Awabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu Burundi avuga ko bwiyambuye intwari Ndadaye

Imyaka ibaye 25 Melchior Ndadaye wari Perezida w’u Burundi yishwe mu gihe we yari afite icyizere cyo guhuza abarundi, Sylvestre Uwibajije wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Burundi akaba avuga ko biyambuye amahirwe ubwo bamwicaga. Ku wa 21 Ukwakira 1993, ubwo Prezida Ndadaye yicwaga, uyu Sylvestre Uwibajije yari ambassaderi w’u Rwanda i Burundi, aho yageze […]

Real Madrid VS FC Barcelona: Umukino utagaragaramo C.Ronaldo na Messi

Nk’uko byari bisanzwe, umukino wa Real Madrid na mukeba wayo, FC Barcelona, wahuruzaga imbaga kubera ishyaka ryawugaragaragamo ariko kuri iyi nshuro ukaba ugiye kuba ibihangange muri ruhago, Ronaldo Cristiano na Lionel Messi bitawurimo. Aya makipe yombi ni ayo muri Espagne akaba arakina kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Ukwakira 2018, yombi ahatanira igikombe cya La […]

Gitega: Umunyeshuri yishwe n’inkoni yakubiswe na mwarimu

Umunyeshuri Bigirimana Cedric wigaga mu mwaka wa gatanu mu ishuri ribanza rya Gihanga mu Ntara ya Gitega mu Burundi, yishwe n’inkoni yakubiswe na mwarimu. Bigirimana yari afite imyaka 12, yakubiswe na mwarimu witwa Mbarushimana Mathieu ku wa 17 Ukwakira 2018, akaba yaramuzizaga kuba yarasakuzaga mu ishuri. Uyu mwana wakubitanwe ubugome, yavunitse uruti rw’umugongo ajyanwa mu […]

Umuyobozi wa Green Party mu Ntara y’Iburengerazuba yatawe muri yombi

Abo mu muryango wa Habumugisha Vincent, umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demokorasi no Kurerengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) mu Ntara y’Iburengerazuba baratangaza ko yatawe muri yombi n’abari bambaye imyenda ya gisirikare. Iri tabwamuriyombi ngo ryabereye mu ntara y’Iburengerazuba, Akarere ka Nyamasheke ahitwa Kanjongo mU mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukwakira 2018, ahagana mu […]

Reba amafoto y’ikizungerezi kiri mu rukundo na Diamond

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania nyuma yaho atandukaniye n’umugore we, Zari Hassan, ubu ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa uzwi ku izina rya Kim Nana. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda, avuga ko uyu mukobwa ubu arimo kubana na Diamond mu nzu ye, aho ategerereje kwibaruka umwana w’uyu mugabo usanzwe afite abana batatu. Mu […]

Kwigisha ubumwe n'ubwiyunge bigomba guhera mu muryango- Mgr Kayinamura

Umwepisikopi w’itorero Methodiste Libre mu Rwanda, Musenyeri Kayinamura Samuel  asanga umuryango ari wo ugomba kuba ishingiro ry’ubumwe n’ubwiyunge nyabwo. Mgr Kayinamura avuga ko gihe mu miryango hazaba hatekanye,nta makimbirane arangwa mo,abaturanyi babanye neza, abasengana basengera mu kuri n’ubworoherane,abakorana  birinda amatiku, amadini n’amatorero n’inzego bwite za Leta bitazazigora kuvuga ubumwe n’ubwiyunge kuko ngo byose bizaba byikora. Ni […]

Impanga ziteguraga gushyingirirwa rimwe zashimuswe

Umuyobozi wo mu nzego z’ibanze muri Nigeria yatangaje ko abakobwa b’impanga bo muri iki gihugu bari hafi gushyingirwa bashimuswe mu mpera y’icyumweru gishize muri Leta ya Zamfara iri mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria. Umuyobozi wungirije wo mu karere ka Zurmi, Abubakar Muhammad yavuze ko aba bakobwa b’impanga ari bo Hassana na Hussaina Bala Dauran, […]

Uganda: Umugabo w’imyaka 40 yasambanyije umukobwa we w’imyaka 13

Umucamanza mu rukiko rukuru muri Uganda, Alex Ajiiji yakatiye igifungo cy’imyaka 15 uwitwa Moses Lutaaya w’imyaka 40 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Moses Lutaaya yemeye icyaha atagoye urukiko ndetse aranigaya nyuma yo guhamwa n’iki cyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 13 yibyariye, akaba yasabye urukiko kuba yakoroherezwa ibihano, […]

Muhanga: Abatuye mu murenge wa Rongi barasabwa kwirinda no kurwanya Ibiza

Mu muganda rusange wo ku wa Gatandatu tariki 26 Ukwakira 2018, wabereye mu murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga, abawutuye  basabwe kwirinda no kurwanya ibiza bikunze kwibasira aka gace k’imisozi miremire ya Ndiza ndetse bikanatwara ubuzima bw’abantu, haterwa ibiti bitandukanye. Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Kondo akagari ka Ruhango  agace gakikije umudugudu w’icyitegererezo […]