Christian University of Rwanda yibutse abazize jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gikirisitu mu Rwanda (Christian University of Rwanda) bufatanyije nâabanyeshuri bayigamo nâabandi bafatanyabikorwa bayo, bibutse ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Kamena 2019, aho waranzwe nâurugendo rwo kwibuka rwatangiriye kuri iyi Kaminuza, mu Kigo kitiriwe Mutagatifu Pawulo (Saint Paul) mu karere ka […]
FARDC yaburijemo igitero cya ADF inabohoza abantu 10 bari bafashwe bugwate
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Kamena, cyaburijemo igitero cyâumutwe wa ADF mu gasantere ka Opira gaherereye muri Tenambo, ho muri Teritwari ya Beni. Aya makuru yemejwe na Sosiyete sivile yo muri Oicha binyuze kuri Janvier Kasayirio uvuga ko humvikanye intwaro ziremereye nâintoya bigateza icyoba […]
Leta yâu Burundi iravugwaho kugira gereza zitazwi hafi yâumupaka wabwo nâu Rwanda
Bamwe mu baturage baturiye umupaka wâu Rwanda nâu Burundi bavuga ko bufite gereza zâibanga hafi yawo, ngo zikaba zifungiyemo abatavuga rumwe na Leta hamwe nâAbanyarwanda. Aho izi gereza ngo ziri ni muri Komini Bugabira na Ntega, mu Ntara ya Kirundo, Intara iri mu Majyaruguru yâu Burundi, ikaba ikora ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundi. Amakuru […]
APR FC yirukanye abakinnyi 16 barimo na Kapiteni
Ubuyobozi bwâikipe ya APR FC bumaze gufata umwanzuro wo kwirukana abakinnyi bagera kuri 16 barimo nabakomeye nk’uwari kapiteni wayo Mugiraneza Jean Baptiste Migi. Kuri uyu wagatanu tariki 28 Kamena 2019Â ni bwo ubuyobozi bwâikipe ya APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezerera abakinnyi bari bamaze iminsi bigaragara ko badatanga umusaruro nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Iki […]
Kuri njye, Bisesero ni ibara ryâu Bufaransa â Bernard Kayumba
Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge nâibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ryâAbafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero […]
Abafana ba Meddy bamusabye gushyira hanze indirimbo yo kubafasha impeshyi
Abafana bâumuhanzi Meddy batangaje ko bifuza ko yashyira hanze indirimbo nshya kugira ngo ibafashe kuryoshya iyi mpeshyi. Meddy yari aherutse gushyira hanze iyo yise âAll Nightâ yanyuze benshi ndetse bakayitazira iyo ku musego bitewe nâimikarago iyigize. Yifashishije urukuta rwe rwa instagram, yagize ati â All Night, mwiteguye kumva indi muri iyi mpeshyi. Niba wumva witeguye […]
Agashya: Mu Burundi hari abantu bagiye gutanga amaturo mu kiliziya batura za grenades
Mu gihugu cyâu Burundi haravugwa ibintu bitari byabaho mu nsengero, haba muri iki gihugu ndetse nâahandi ku Isi, aho hari abantu bagiye gutanga amaturo bakajyana ibishyimbo bivanze nâibisasu bya grenades muri Kiliziya Gaturika yo mu Ntara ya Kayanza, mu majyaruguru yââigihugu. Nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wâIgipolisi cyâu Burundi, Pierre Nkurikiye, ngo ibisasu bibiri bya grenades nibyo […]
Abanyekongo bakomeje guhungira imirwano imaze iminsi yubuye muri Uganda
Amagana y’Abanyekongo akomeje guhungira muri Uganda kubera imirwano ikaze ikomeje kubera mu gice cy’uburasirazuba bw’igihugu cyabo gikomeje no kwibasirwa n’icyorezo cya Ebola. Ukuriye Inkambi y’impunzi ya Kyangwali, Jolly Kebirungi, aravuga ko impunzi zisaga 150 zakirwa buri munsi. Amakimbirane hagati y’amoko y’Abagegere n’Abalendu ngo akaba akomeje gutuma abaturage bata ibyabo muri Joo, Muvarama na Djugu bahungira […]
OMS ivuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kwibasirwa na Ebola
Umuyobozi wâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima (OMS) mu Rwanda, Dr Kasonde Mwinga avuga ko u Rwanda ruri mu byago byo kuba rwakwibasirwa nâicyorezo cya Ebola. Uyu muyobozi avuga ibi ashingiye ku kuba iki cyorezo kimaze iminsi kiyogoza uburasirazuba bwa Congo-Kinshasa buhana umupaka nâu Rwanda mu burengerazuba ndetse ikaba iherutse guhitana batatu mu Karere ka […]
Loni ku mutima wa jenoside yakorewe Abatutsi- Linda Melvern
Mu kiganiro aherutse kugirana na JA, Umunyamakuru wâ Umwongereza, Linda Melvern yatangaje ko Loni ikwiriye kuryozwa jenoside yakorewe Abatutsi basaga miliyoni hagati ya Mata na Nyakanga 1994. Linda yagize atiâ Loni yisanze hagati yâ ubwicanyi ariko nta gisubizo nta nâ umuti yatanze ubwo imbaga yâ inzirikarene yicwaga kandi yari ifite ubushobozi bwose busabwaâ. Yakomeje ashimangira […]
Min.Shyaka avuga ko hifuzwa ko Umujyi wa Kigali wajya ugira umwihariko mu matora
Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Prof.Shyaka Anastase avuga ko hifujwe ko umurwa mukuru wâigihugu waba utandukanye nâutundi turere nyuma yâibibazo byagiye bigaragara mu matora. Min. Shyaka wari mu Nteko Nshingamategeko, ahagarariye Guverinoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2019, ubwo yari arimo ayigezaho irangashingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rigenga amatora, yavuze ko uko […]
UNAMID yongerewe amezi ane yo gukomeza kubungabunga amahoro muri Darfur
Akanama k’amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye katoye umwanzuro wongerera igihe cy’amezi ane ubutumwa bwo kubungabunga amahoro i Darfur buzwi nka UNAMID. Iki gihe cyahawe ubu butumwa ni icyo gusoza ubutumwa bw’ingabo, nkuko bivugwa n’inyandiko y’umwanzuro nimero 2479 w’iyi nama yateraniye i New York kuri uyu wa kane. Ibihugu bigize iyi nama y’umutekano ku isi, byatoye ku […]
DRC: Perezidansi imaze gukoresha 97% ku ngengo y'imari yari iteganyijwe muri 2019
Mu mezi atanu gusa ni ukuvuga kugeza ku wa 31 Gicurasi 2019, Ibiro bya Perezida wa Repbulika Iharanira Demokarasi ya Congo bimaze gukoresha 97,98% ku ngengo yâ imari yari iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wose wa 2019. Ibi byatangajwe muri raporo yavuye mu igenzura risanzwe rikorwa na Minisiteri yâ Imari nâ Ingenamigambi muri Congo-Kinshasa aho raporo […]
Mu rugamba rwo gukumira Ebola, Minisante ikeneye Miliyoni 12 z'Amadolari
Minisiteri y’Ubuzima yabwiye abaterankunga ko ikeneye miliyoni 12 z’amadolari ya Amerika mu mezi atandatu ngo ikomeze gukumirira Ebola irimo kuvugwa muri Congo na Uganda, ibihugu bituranye n’u Rwanda. Ebola imaze igihe ivugwa muri Congo Kinshasa aho imaze guhitana abantu barenga 1,500 kuva mu kwezi kwa munani umwaka ushize. Muri uku kwezi yageze no muri Uganda […]
Bumbogo: Abambuwe isambu ku bwa Burugumesitiri bamaze imyaka 21 basiragizwa
Abaturage bo mu Mudugudu wa Birembo na Gisasa, ho mu Kagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, bavuga ko hashize imyaka 21 batarahabwa ingurane ku butaka bwabo bavuga ko bwubatswemo bayoborwa na Burugumesitiri. Aba baturage bavuga ko Rutabagirwa Faustin wari Burugumesitiri yabanyaze ubutaka, abwubakamo imidugudu bizezwa kuzishyurwa, uko imyaka igenda ishira ikibazo […]