Saido Berahino yerekeje muri shampiyona y'Ububiligi
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mpuzamahanga wo mu Burundi, Saido Berahino yasinye amasezerano yo gukinira Zulte Waregem yo mu Bubiligi. Saido Berahino yakiniraga Stoke City yo mu Bwongereza mbere y’uko imanuka mu kiciro cya kabiri. Amasezerano Berahino yasinye n’iyi kipe azamara imyaka ibiri. Yahise ahabwa umwenda uriho nimero 38. Biteganyijwe ko uyu mukinnyi atangira gukina kuri uyu […]
Ndi mwiza, ndi umunyabwenge kandi nta wundi nsabye kubindebera-Zari
Zari Hassan (The Boss Lady) aragira inama abakobwa bashaka kumwigana mu migirire. Avuga ko byashoboka ko umubiri w’inyuma baba nka we ariko badashobora kugira imitekerereze cyangwa ubwenge nk’ubwe. Ubwo yaganiraga na Ayo TV, Zari yavuze ko ku isi hari ba Zari benshi ariko abafite ubwenge bakaba babarika (ni bake). Ati : ” Yego rwose uburanga […]
Rayvanny yashyize hanze 'Tetema' afatanyije n'ibyamamare mu muziki ku isi-Yumvire hano
Raymond Shaban Mwakyusa ni umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu muziki w’akarere k’Afurika y’Iburasirazuba. Tumuzi nka Rayvanny cyangwa se Vanny Boy nk’uko yiyita. Araririmba, akandika ndetse akagira n’impano yo kubyina. Ibikorwa bye by’umuziki abikorera mu nzu ya Wasafi Classic Baby yatangijwe na Diamond Platinumz. Yakoze indirimbo nyinshi zirakundwa ariko biba akarusho ubwo yashyiraga hanze iyo […]
Uganda: Gen. Tumwine yibasiye Inteko Nshingamategeko, na we atukwa kutagira ikinyabupfura
âNtimumbwire perezida wanyu nâinteko ishinga amategeko yanyu, igisirikare ntigishobora gutegekwa nâabasiviliâ, aya ni amwe mu magambo minisitiri wâumutekano wa Uganda, Gen. Elly Tumwine ashinjwa kuvuga mu gihe akomeje gukurikiranwaho gutera ubwoba abagize inteko ishinga amategeko. Umunyamabanga wa leta muri minisiteri yâubuzima ya Uganda, Sarah Opendi yatangaje ko abona mugenzi we wâumutekano, Gen. Elly Tumwine nkâumuntu […]
Kenya: Abana barimo ab'imyaka 10 bahabwa ibinini birinda gusama
Bamwe mu babyeyi bo muri Kenya barimo guha abakobwa babo, bato muri bo bafite imyaka 10, ibinini birinda gusama kugira ngo batava mu ishuri. Mu gihugu hose, umukobwa umwe kuri batanu hagati y’imyaka 15 na 19 aba atwite cyangwa se afite umwana. Akarere ka Kwale kari hafi y’inkombe y’inyaja ikora kuri Kenya kari mu tubonekamo […]
Amerika nâu Bwongereza biramagana ubutabera bwa Tanzania ku birego bishinjwa umunyamakuru Kabendera
Ambasade za Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâu Bwongereza muri Tanzania kuri uyu wa Gatanu zamaganye idohoka ryâimikorere yâubutabera bwâiki gihugu nyuma yo guhindura ibirego byashinjwaga umunyamakuru Erick Kabendera uzwiho gukora inkuru zicukumbuye, watawe muri yombi mu mpera za Nyakanga. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâizi ambasade zombi rivuga ko zihangayikishijwe nâidohoka ryâubutabera bwa Tanzania, rirangwa no […]
Nyamasheke/ Bushekeri: Ubumenyi buke mu mikoreshereze yâinguzanyo buracyaheza abagore mu bukene
Ubuyobozi bwâumurenge wa Bushekeri nâubwâikigo cyâimari cyâabahinzi bâicyayi Amizero SACCO kiwukoreramo mu karere ka Nyamasheke, buravuga ko ubumenyi buke mu gukoresha inguzanyo bugiheza abagore benshi mu bukene. Byagaragajwe nâubu buyobozi ndetse nâabagore ubwabo,ubwo abagera kuri 70 muri bo basanzwe batazi ibyerekeranye no gukorana nâibigo byâimari bakoranaga amahugurwa yâumunsi umwe na bwo nishyirahamwe ryâibigo byâimari biciriritse […]
âBlack Mambaâ nibwo buryo bukoreshwa mu kwica urubozo Abanyarwanda bafatiwe muri Uganda
Umunyarwanda, Frank Bizimana wari umaze umwaka muri gereza ahitwa Ntungamo, atangaza ko we na bagenzi be bakorerwaga iyicarubozo hifashishijwe uburyo buzwi nka ‘Black Mambaâ. Bizimana wari umaze umwaka muri gereza aryozwa kwinjira muri iki gihugu binyuranyije nâamategeko , avuga ko aho yari afungiwe bakubitwaga hifashishijwe ubu buryo ugenekereje mu Kinyarwanda wavuga ngo ni âinzoka yâumukara.â […]
Huye: Abahinzi ba Soya batashye amara masa
Abahinzi ba Soya bibumbiye muri Koperative, COAGIMPA bavuga ko bahinze Soya kuri hegitari zisaga 50 ariko bakaba bararumbije. Aba bahinzi bo mu gishanga cya Mpaza barasaba ko bashumbushwa ku bwâigihombo bagize. Umwe muri bo, Erasme Budadi Rushimisha avuga ko aho yari yiteze imifuka itatu, nta nâumwe yahabonye. Ati â Nari nziko nzakuramo nka 300,000 Rwf […]
Hashize igihe Wendy Waeni ategereje inkunga yemerewe na Perezida Kagame
Umwana muto wâimpano mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni atangaza ko ategereje inkunga yemerewe na Perezida Paul Kagame wâu Rwanda ubwo bahuraga mu myaka itatu ishize. Wendy yahuye na Perezida Kagame nyuma yo kubimusaba abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Aganira na Televiziyo yo muri Kenya, Ktn, Wendy yavuze ko yaganiriye na Perezida Kagame ku bintu […]
Zari yahishuye icyo yifuzaga kuri Diamond mbere yo kubana na we
Uwahoze ari umukunzi wa Diamond Platnumz, Zari Hassan atangaza ko yifuzaga kubana nâuyu muhanzi igihe kirekire nâubwo bitakunze. Uyu mugore yabwiye Millardayo dukesha iyi nkuru ko Diamond yamubabaje ndetse ko nibyo yatangaje ko yamuciye inyuma ari ikinyoma. Ati â Nashakaga kubana na Diamond igihe kirekire. Arabizi ko ntigeze muca inyuma nâumugabo nâumwe.â Avuga ko atigeze […]
DIGP Marizamunda yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru ya Polisi ya Eswatini
Kuri uyu wa Kane tariki 08 Kanama 2019, umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe imiyoborere nâabakozi DIGP Juvenal Marizamunda ari mu ruzinduko rwâiminsi itatu mu Bwami bwa Eswatini aho azitabira umuhango wo kwizihiza isabukuru ya Polisi yâubwo Bwami. Uyu muhango wo kwizihiza isabukuru ya Polisi ukaba uteganyijwe kuba uyu munsi tariki ya 09 Kanama, […]
Ndatwite, nangiye umugabo wanjye ko dukora imibonano mpuzabitsina, ese umwana ntiyagira ikibazo?
Amahoro kuri mwese, ndi umudamu, nkaba mfite inda yâamezi atanu, ariko umugabo wanjye yifuza ko dukora imibonano mpuzabitsina nkamwangira kuko ntinya ko umwana wacu yagira ikibazo mu nda. Mu byâukuri dutuye mu Ntara yâAmajyaruguru, twari tumaze imyaka ibiri nâigice dushakanye ntaratwita, aho bikundiye mba numva mpangayitse, noneho we nkabona ntacyo bimubwiye, ahubwo yifuza ko twakomeza […]
RDC: Abaganga batatu barashinjwa uruhare mu iyicwa ryâumuganga wa OMSÂ
Abaganga batatu bâAbanyekongo barakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ryâimpuguke mu bijyanye nâibyorezo ikomoka muri Cameroun yakoreraga Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima, OMS. Ubutabera bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Kanama, bukaba bwemeje ko bufite abaganga batatu mu baganga bane bâAbanyekongo bashinjwa kugira uruhare mu gitero cyagabwe ku itsinda […]
Rusizi: Abigisha ijambo ry'Imana basabwe kutarigoreka bagamije indonke
Ubuyobozi bwâishuri rya Bibiliya EMAUS ku rwego rwâigihugu buvuga ko bibabaje kubona hari bamwe mu bavuga ko ari abavugabutumwa usanga barabaye nkâindiri yâubujura bushukana,aho usanga aho kwigisha ijambo ryâImana nâakamaro karyo mu bantu ,biyigishiriza inyigisho zigamije kubasaruramo amafaranga. Byavuzwe ubwo abapasiteri nâababwirizabutumwa mu matorero ya gikirisitu atandukanye bagera ku 10 bahabwaga impamyabushobozi zijyanye no kwigisha […]
Huye: Iduka rimwe ryafatiwemo amapaki yâamasashi ibihumbi 40
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Huye, umurenge wa Kigoma, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 07 Kanama, yafatiye mu iduka ryâuwitwa Uwera Francoise amapaki yâamasashi 40,000 yinjije mu gihugu mu buryo butemewe nâamategeko apfunyikiramo abakiriya. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu ntara yâAmajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Karekezi yavuze ko ayo […]
Imana yakugeneye umugisha udashobora Kunyura kuri Pastor wawe mpaka uwuhawe nâumubyeyi wawe – Rev. / Ev. Nibintije
Abayefeso 6:1 â Bana, mvumvire Ababyeyi banyu mwunze ubumwe nâ umwami, kuko ari byo bikiranuka.â Â Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. […]
Umwanya wâUmushinjacyaha Mukuru wa ICC washyizwe ku isoko ryâumurimo
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyize ku isoko ryâumurimo umwanya wâUmushinjacyaha Mukuru mu gihe habura igihe gito ngo amasezerano yâakazi ya Fatou Bensouda agere ku musozo. Biteganyijwe ko manda yâimyaka 10 ya Bensouda izarangira ku itariki 15 Kamena 2021, akaba kuri ubu akurikiranye uwahoze ari inyeshyamba ya LRA, Dominic Ongwen, ku byaha ndengakamere ashinjwa gukorera mu […]
Uganda: Haravugwa urupfu rwâUmunyarwanda wicishijwe ibuye
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Rukiga kiravuga ko cyatangiye iperereza ku iyicwa ryâUmunyarwanda wâimyaka 29 wakubiswe ibuye mu mutwe bikamuviramo urupfu mu giturage cya Kigara, mu Murenge wa Kamwezi, hafi yâumupaka uhuza Uganda nâu Rwanda. Umuvugizi wâigipolisi muri Kigezi, Elly Maate, yemeje aya makuru, avuga ko nyakwigendera ari uwitwa Augustine Kwizera, ukomoka mu Rwanda […]
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 500 baturutse muri Libya
U Rwanda na Libya biri gukora ku mugambi wo kwimura abimukira Magana bafungiye mu bigo byo muri Libya bakazanwa mu Rwanda nkâuko byemejwe na bamwe mu bayobozi. Diyana Gitera, Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibibazo bya Afurika muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, yabwiye The New Times ko u Rwanda u Rwanda rurimo kwiga ku gitekerezo cyâabafatanyabikorwa cyo gukura […]
Abarimo abarinda Museveni barashinjwa kumena amabanga yâibukuru no kugerageza kumuhirika ku butegetsi
Abantu 12 barimo batatu barinda umukuru wâigihugu (SFC), abapolisi nâabandi bakozi mu gisirikare bafunzwe bashinjwa gutanga amakuru yâumutekano yashoboraga gutuma habaho ihirikwa ryâubutegetsi. Abashinjwa bagejejejwe imbere yâurukiko rwa Gisirikare ruri Makindye, ruyobowe na Lt. Gen. Andrew Gutti kuwa 7 Kanama uyu mwaka. Mu bashinjwa harimo; IP Peter Ayebare wari usanzwe akora mu byâikoranabuhanga ahitwa Naguru, […]
Kenya: Abagore bigaragambije bavuga ko abagabo babo batagitera akabariro
Abagore bo mu gace ka Limuru muri Kenya bari mu myigaragambyo yamagana ba nyirâutubari bakomeje gutuma abagabo babo badatera akabariro. Aba bagore bavuga ko abagabo bazindukira mu tubari dufungurwa mu gitondo cya kare, maze bakanywa ibisindisha, bataye abagore babo mu buriri. Aba bagore bati â Mwubahirize amabwiriza agenga amasaha yo gucuruza cyangwa se tuzigabize inzu […]
Amarira nâagahinda mu ishyingurwa ryâabasirikare bâu Burundi biciwe muri Somalia
Ku wa 27 Nyakanga 2019, nibwo abasirikare bâu Burundi bari mu butumwa bwâamahoro muri Somalia bagabweho igitero na Al Shabaab, barindwi muri bo bahasiga ubuzima. Â Nyuma yo kugezwa i Burundi, ku wa Gatatu tariki ya 7 Kanama 2019, bashyinguwe mu cyubahiro, umuhango waranzwe nâamarira nâagahinda ku miryango yabo ndetse nâubuyobozi bwâingabo butangaza ko bubabajwe […]
Col. Tawimbi ushinjwa gukorana na Kayumba Nyamwasa yafunguwe agira byinshi atangaza
Hari hashize amezi arwindwi Col Tawimbi ushinjwa gukorana na Kayumba Nyamwasa urwanya Leta yâu Rwanda, afunze, nyuma yo gufungurwa akaba avuga ko ntaho ahuriye nâibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Muri Mutarama uyu mwaka nibwo Col Tawimbi yafunzwe ariko akaba yari amaze aya mezi yose ataragezwa imbere yâubutabera. Ku bwe ahamya ko yari afungiye ubusa kandi […]