Urugamba hagati ya FARDC, FDLR na ADF rwatangiye-Omar Kavota

Umuyobozi wungirije w’Ikigo giharanira Amahoro, Demukarasi n’Uburenganzira bwa Muntu (CEPADHO), Omar Kavota arasaba ingabo za Congo(FARDC) kurinda abaturage mu rugamba rwo kurwanya imitwe irimo  FDLR na ADF. Kavota yatangaje ibi kuri uyu wa 18 Nzeri, nyuma y’urupfu rw’umuyobozi mukuru wa FDLR, Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura warasiwe mu gitero muri Bwito/Rutshuru, ndetse na Abdoul Rahman wa […]

Nyamasheke: Ubumenyi buke mu buhinzi burakoma mu nkokora umusaruro wifuzwa

Abahinzi n’aborozi  bayobotse inzira yo kubikora kijyambere mu karere ka Nyamasheke bavuga ko ubumenyi buke n’amahugurwa adahagije bikiri bimwe mu mbogamizi bahura na zo zibabuza kugera ku musaruro wifuzwa wahaza amasoko bashobora kubona bakagira n’ibitunga imiryango yabo,bakavuga ko n’amahugurwa make aboneka ahabwa bake muri bo, bikaba imwe mu mpamvu z’idindira ry’umusaruro ukenewe ku masoko no […]

Ntabwo ndi agakingirizo- Perezida Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yagaragaje ibyo amaze gukora bitaranze ubuyobozi bwa Joseph Kabila. Perezida Tshisekedi yabitangerije ibinyamakuru byo mu Bubiligi, aho yasubizaga Martin Fayulu, wakomoje ku bucuti bwe na Kabila, aho ubuyobozi bwabo abushyira mu gatebo kamwe, akemeza ko Tshisekedi ari igikoresho cya Kabila. Yagize ati “Afite uburenganzira bwo kuvuga […]

Abifuza kwiga ubumenyingiro mu gihe gito bazirikanwe n’Ishuri Rikuru rya PIPR

Abifuza kwiga imyuga mu mu Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) itangaza ko iri gutanga amasomo y’ubumenyingiro mu gih gito mu mashami atandukanye. Iri shuri rikuru rifite icyicaro mu  Murenge wa Niboyi ku muhanda KK453 uherereye mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali  no muri St Paul ritangaza ko abashaka kuryigamo […]

Umufaransa Jean Claude Gianadda ategerejwe i Kigali mu gitaramo

Umunyamuziki w’icyamamare, Jean Claude Gianadda ategerejwe i Kigali, aho azaririmba mu gitaramo cyateguwe na Chorale Christus Regnat. Gianadda w’imyaka 75 y’amavuko, akomoka mu Bufaransa, ni icyamamare muri muzika akaba azwi cyane ku ndirimbo zisingiza Imana. Azafatanya na Chorake Christus Regnat mu gususurutsa Abanyarwanda ku wa 5 Ukwakira 2019, i Kigali. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’ushinzwe […]

Itangazo ryo kubika ryasohowe na FDLR riteye urujijo

Ubuyobozi bw’Inyeshyamba zirwanya Leta y’u Rwanda (FDLR) bwashyize hanze itangazo ribika Umuyobozi w’Ingabo zabwo gusa benshi bemeza ko riteye urujijo bitewe n’ubikwa ndetse n’ipeti yari afite. Itangazo ribika rya FDLR NO 003/2019  ryo kuwa 18 Nzeri  2019 rirabika uwitwa Gen. Mupenzi Pierre Bernard rwabaye kuwa 18 Nzeri 2019 muri Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Igiteye urujijo […]

Dr. w’Umunya-Taiwan yarakajwe n’ibyanditse ku rubuga rutumira abagombaga kwitabira inama i Kigali

Umudogiteri ukomoka mu gihugu cya Taiwan, Tsai Hui-shan yarakajwe n’amagambo yanditse ku rubuga rwa interineti rwariho ubutumire bw’abagombaga kwitabira inama iri kubera i Kigali mu Rwanda. Dr. Tsai Hui-shan (蔡蕙珊) ni umwe mu bagombaga kwitabira inama mpuzamahanga yiga ku kwita ku barwayi b’indwara zikomeye. Uyu muganga usanzwe akorera mu gihugu cya Eswatini (yahoze ari Swaziland) […]

Ishyaka rya Museveni ryihakanye uwatewe umusumari mu itama ari ryo azira

Ubuyobozi bw’Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda (NRM) mu Karere ka Mbale bwihakanye,  Isaac Kitoogo uherutse gutangaza ko yatewe umusumari mu itama azira gusingiza ishyaka rya Perezida Yoweli Museveni. Kitoogo avuga ko yatewe umusumari mu itama ubwo yatahaga avuye mu Mujyi wa Mbale, agahura n’abagabo batatu bamubuzaga gukomeza gusingiza Museveni na NRM ye. Mu kiganiro […]

Numva nayitwika,  ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?

Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze. Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n’umugabo wanjye niho akorera. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z’ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira […]

RDC: Mu ijoro rimwe inyeshyamba zishe abantu 13

Abantu 13 bishwe abandi batatu barakomeretswa mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2019, n’abantu bataramenyekana mu gace ka Ngadu, Teritwari ya Ituri, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Radio Okapi itangaza ko aba bagizi ba nabi bari bitwaje intwaro bityo bakaba bahagabye igitero ahagana saa tanu z’ijoro, bamwe baricwa, abandi barakomereka […]

Kimenyi Yves yagonzwe n'ikibazo gisa n'icya Haruna

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Kimenyi Yves yagonzwe n’ikibazo cy’imyirondoro ibiri itandukanye, nk’icyagonze kapiteni w’ikipe y’igihugu Haruna Niyonzima mu minsi ishize bishobora kuzatuma atanakina umukino amavubi afitanye na Ethiopia. Nkuko RBA ibyutse ibitangaza mu kiganiro k’imikino cya mugitondo,uyu munyezamuzamu afite ibyangombwa bitandukanye hamwe bigaragaza ko yavutse 1996 ahandi bikagaragaza ko yavutse 1992 bityo bikaba bitemewe ko […]

FARDC yirinze kuvuga umubare w’abicanwe na Gen. Mudacumura

Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), General Richard Kasonga, yemeje ko  Lt. Gen. Mudacumura wayobora igisirikare cya FDLR Yishwe na FARDC mu rukerera rwo kuwa 18 Nzeri mu gace ka Bwito muri Rutshuru, yanga kuvuga umubare w’abicanwe na we. Mu kiganiro na VOA, Gen. Kasonga yavuze ko igihe kitaragera ngo atangaze abicanwe […]

Ababyeyi babona abana babo bicwa n'inzara- Kimwe mu birimo gutera ihahamuka impunzi z'Abarundi

Umubare w’impunzi z’Abarundi zihahamuka mu nkambi ya Nduta muri Tanzania urimo kwiyongera, bityo bigatangazwa ko birimo guterwa n’ubuzima bubi zibayemo bwiyongeraho no kuba zirimo gusabwa gutaha ku gahato. Imibereho mibi mu nkambi, ihohoterwa zikorerwa ritandukanye, inzara, imfu za hato na hato, ubwoba bwo gusubizwa mu Burundi ku ngufu,… Nibyo birimo gutera izi mpunzi kugira ibibazo […]

Nzacira, nanyare mu biryo nuntumira mu bukwe bwawe- Umuhanzi abwira  Rema watandukanye na Eddy Kenzo

Umuhanzi Jennifer Full Figure wo muri Uganda yasabye Rema Namakula kutazamutumira mu bukwe bwe kuko atitguye kurya ibyo azakirizwa. Full Figure avuga ko azanyara ndetse agacira mu byo azakirizwa bitewe n’uko ubukwe bwa Rema n’umukunzi we mushya, Hamza Ssebunya abona ari ubw’ubugoryi. Ati “ Nutinyuka ukantumira mu bukwe bwawe, ndagusezeranya ko nzanyara, nkanacira mu biryo  […]

Uburyo mutubura amafaranga iyaba byashobokaga ngo mutubure na BNR- Abadepite babwira abakozi ba RAB

Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Kugenzura Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) baciye amarenga ko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi (RAB) kigomba kuzongera kwitaba iyi Komisiyo  nyuma yo kutanyurwa n’ibisobanuro by’uburyo abayobozi bw’iki kigo batanze amasoko ya miliyari 4.258 Frw, kandi yari yarateganyirijwe kuzatwara miliyari 1.968 z’ amafaranga y’ u Rwanda. Mu bizabagarura kandi harimo n’amasoko yatanzwe atari […]

Ntabwo ingabo z'u Rwanda ziri muri Congo, iza Congo nizo zamwishe-Amb. Nduhungirehe

  Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, Nduhungirehe Olivier, arahakana amakuru yavugaga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amb. Nduhungirehe kandi yanahakanye ko nta ruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu iyicwa rya Lt. Gen Mudacumura Sylvestre wari umuyobozi w’inyeshyamba za  FDLR-FOCA, wishwe ku wa […]