Gen. Nyamvumba, Eduard Bamporiki,… bahinduriwe imirimo, Dr. Sezibera arasimbuzwa
Ashingiye ku biteganywa n’itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 4 Ugushyingo 2019, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobobozi mu buryo bukurikira: -Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane ni Dr Vincent Biruta wasimbuye Dr Richard Sezibera. -Minisitiri w’bidukikije ni Dr Jeanne Dárc Mujawamariya. […]
Nicyo gitumye mfata icyemezo cyo kumubisa nkajya mu ijuru- Ubutumwa bwasizwe n’umugabo wiyahuye
Umugabo witwa Ntigurirwa Amola wakomokaga mu Kagari ka Gitega, Umurenge wa Rushaki, mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, yasanzwe yimanitse mu mugozi asiga ubutumwa buvuga ko atarabanye neza n’umugore we. Ntigurirwa yasanzwe mu mugozi ku nzu iri mu Kagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa byumba, harakekwa ko yiyahuye. Aho umurambo we wari uri hari agapapapru […]
Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
Hari indirimbo nakunze kumva kenshi ya karahanyuze ivuga ngo ‘Urushako ruragwira ariko narabyiboneye. Rwose ubu umugore ntashobora kunyirebera mu buriri ngo ngomba gutegereza amezi atandatu agashira. Nitwa Rukundo, umugore wanjye tumaranye imyaka igera muri Ine ariko dufitanye umwana umwe, ubu hashize amezi abiri mpendahenda ariko ndabona nta mpinduka. Avuga ko adashaka gukora iyi mibonano, namubaza […]
Urujijo ku bivugwa ko jenerali uzwi nka Ndakugarika yagizwe umuyobozi w’ubutasi bw’u Burundi

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo amakuru yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu binyamakuru bitandukanye ko Gen. Etienne Ntakirutimana wari umaze igihe ayobora urwego rw’ubutasi bw’u Burundi yasimbujwe Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, kuri ubu benshi akaba akomeje kubateza urujijo Iyi nkuru benshi batangiye kuyitangaza nyuma yo kuyibona ku rubuga rwa Perezidansi y’u […]
Uganda:Amerika ihakana gutera inkunga abanyeshuri bigaragambya
Ambasade y’Amerika muri Uganda irahakana amakuru avuga ko itera inkunga abanyeshuri bigaragambiriza iyongezwa ry’amafaranga y’ishuri muri Kaminuza ya Makelele. Ibicishije ku rubuga rwayo rwa Twitter kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2019, iyi ambasade ivuga ko ibyo ishinjwa ari ibinyoma kandi ntaho ihurira na politiki ya Uganda. “Amakuru y’uko dufasha abakora imyigaragambyo ni ibinyoma. Ntabwo politiki […]
Kenya: Abaturage basaga 1,000 si ab’igitsinagore cyangwa gabo
Abaturage 1,524 muri miliyoni 47,564,296 zituye igihugu cya Kenya si ab’igitsinagore cyangwa gabo nk’uko bigaragazwa n’imibare y’ibarura ryakozwe mu kwezi kwa Kanama muri uyu mwaka. Ni ubwa mbere muri Kenya habaruwe abaturage bafite irangamimerere riteye gutya. Aba ni abantu imibiri yabo idafite ibiranga umubiri w’igitsinda Gore cyangwa Gabo bisanzwe bigaragarira amaso, bitwa ‘Intersex’. Iri barura […]
Kirehe: Umurenge umaze umwaka urenga nta munyamabanga nshingwabikorwa ugira
Abaturage bo mu Murenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe bavuga ko bamaze umwaka n’amezi ane batagira Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Aba baturage babwiye RBA dukesha iyi nkuru ko serivisi zose bahabwaga na gitifu w’Umurenge bazihabwa n’Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu murenge. Umwe muri bo ati ” Abantu bajya gusezerana birirwayo bategereje uri buje ku karere, bagataha […]
Kizza Besigye yajyanwe ahantu hatazwi nyuma yo kuva mu Busuwisi

Polisi ya Uganda yoherejwe guhagarika inama y’ishyaka rya FDC (Forum for Democratic Change) ku kibuga cy’igihugu cyitiriwe Mandela giherereye muri Nambole, ita muri yombi Dr. Kizza Besigye wari mu Busuwisi kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2019. Nk’uko The Daily Monitor ibivuga, kuri uyu wa 4 Ugushyingo, polisi yamennye ikirahuri cy’imodoka ya Besigye maze imukuramo. Besigye […]
MINEDUC yasabye abakora ibizimani bisoza abanza kwereka ababyeyi ko bize neza
Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri Abanza n’ayisumbuye, Dr Isaac Munyakazi yasabye abanyeshuri basoza amashuri abanza batsinda ibizamini kugira ngo bereke ababyeyi babo ko bigishwe neza. Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ibizamini kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2019, ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge yavuze ko “ Babonye umwanya […]
Umwarimu wa Kaminuza yavuze uko yatunguwe na Perezida Kagame mu nama yo mu 2015
Umwarimu wa Kaminuza ya Obafemi Awolowo, Prof. Nahzeem Oluwafemi Mimiko yavuze ko yatunguwe n’imyitwarire ya Perezida Paul Kagame mu nama yahuje Foundation ya Meles Zenawi, Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) na Leta y’u Rwanda n’iya Ethiopia. Ni inama yari yitabiriwe na Perezida Kagame, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, Visi Perezida wa Ghana, […]
Diamond n’umugore we barashinjwa gukorera iby’ubupfumu ku mwana wabo
Umuhanzi Diamond Platnumz n’umugore we, Tanasha Donna barashinjwa n’abafana babo kuba barakoreye imigenzo bo bita iy’ubupfumu ku mwana wabo w’umuhungu uherutse kuvuka. Abafana b’aba bombi ku mbuga nkoranyabaga, bashingira ku kuba aba babyeyi barashyize agatambaro k’ibara ry’umukara ku kuboko kw’ibumoso no ku kuguru kw’iburyo k’umwana. Umwe mu bafana watangaga igitekerezo ku ifoto yashyizwe hanze na […]
Niba wiyiziho izi ngeso ntakabuza umugore wawe aguca inyuma
Umunsi ku munsi wumva mu miryango itandukanye havugwamo gucana inyuma, gusa akenshi byagiye bigaragara ko gucana inyuma biterwa n’ingeso y’umuntu ku giti cye, kimwe n’uko hari igihe biba byatewe n’umwe uba utuzuza inshingano ze mu bashakanye Reka turebere hamwe bimwe mu bintu byatuma umugore wawe aguca inyuma, nk’uko Bwiza.com ya bibakusanyirije: 1.Kuba umugore atajya anyurwa […]
Gakenke: Inyubako yari iy’Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo
Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n’izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n’Akarere ka Bugarura nk’uko byari byitezwe […]
Dore ibanga rizagufasha kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina kimwe n’uwo muyikorana
Gukora imibonano mpuzabitsina ukaryoherwa cyangwa se ukanashimisha uwo muyikorana mbere na mbese bisaba kubanza kuyitegura ariko hakaba hari bimwe by’ingenzi uzirinda. Irinde kunywa inzoga n’itabi: ugomba kwirinda inzoga n’itabi niba wifuza gukora neza imibonano mpuzabitsina. Ubushakashatsi bwerekana ko inzoga cyangwa itabi bibuza igitsinagabo gufata umurego kimwe no kugabanya intangangabo mu mubiri. Aho kunywa inzoga, wakwinywera […]
Abaturage bareke kuba abafatanyacyaha n’ababahemukira- Ingabire ImmaculĂ©e
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda), uvuga ko bamwe mu nzego z’ibanze batungwa agatoki mu kwaka abaturage ruswa, bakagura serivisi bagaherewe ubuntu, bityo abo mu Karere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo bakaba basabwa gutanga amakuru arebana nayo aho kuba abafatanyacyaha. N’ubwo aba baturage bavuga ko bazi ko gutanga ruswa bibangamira ireme rusange ry’imibereho […]
Ntamuhanga watorotse gereza ya Mpanga biravugwa agiye kugirwa Umuvugizi w’ishyaka rirwanya Leta y’u Rwanda
Umunyamakuru Cassien Ntamuhanga watorotse Gereza ya Mpanga amakuru akomeje gukwirakwira ko agiye kugirwa Umuvugizi w’Ishyaka Leta y’u Rwanda ivuga ko ari umutwe w’ibyihebe , Rwanda National Congress (RNC) riyobowe na Gen. Kayumba Nyamwasa. Mu mpera z’icyumweru nibwo amakuru yasakaye avuga ko Ntamuhanga agiye kugirwa Umuvugizi wa RNC ya Kayumba Nyamwasa. Ni nyuma y’ Ubwegure bwa […]
Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda
Sebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze. Umurage nasigiwe n’ababyeyi n’abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy’umugisha gitemba amata n’ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo […]