Nyamasheke: Ibura rya konegisiyo, Ikibazo gihangayikishije abiga muri G.S Umucyo Karengera

Abanyeshuri barenga 640 biga muri GS Umucyo Karengera mu murenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bababazwa no kwiga inyigisho z’ikoranabuhanga mu magambo gusa kubera kubura konegisiyo( connection) ya internet,kikaba ngo ari ikibazo kimaze igihe kirekire kitabonerwa umuti,bagasaba abo bireba bose kugikemura kuko ngo kibagiraho ingaruka nyinshi zijyanye n’ireme ry’uburezi rijyanye n’ikoranabuhanga. Mu […]
Umunyarwanda Didier Munyaneza yegukanye Tour du Senegal- AMAFOTO

Umunyarwanda Munyaneza w’imyaka 21 y’amavuko, yagumanye umwambaro w’umuhondo ku gace ka nyuma k’iri rushanwa ririmo kubera muri Senagal(Tour du Senegal2019). aho basiganwe 106Km bazenguruka mu mujyi wa Dakar. Munyaneza bakunda kwita Mbappé akinira ikipe ya Benediction Club y’i Rubavu mu Rwanda, yafashe umwambaro w’umuhondo muri iri siganwa kuva mu ntangiriro zaryo muri iki cyumweru. Uyu […]
Abaturiye ishyamba rya Kibiria ntibakirara mu ngo nyuma yo kuhabona abitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda
Abaturage bo muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke, mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Burundi, bakomeje kugaragaza ko bafite impungenge baterwa n’abavuga Ikinyarwanda bakomeje kuboneka mu ishyamba rya Kibira. Aba baturage bashimangira ko aba bantu bavuga ikinyarwanda bakambitse mu ishyamba rya Kibira, bakavuga ko bakorana n’undi mutwe w’abambaye imyenda y’igisirikare cy’u Burundi. Aba baturage bavuga ko batakirara […]
Umugabo yafatanwe ibitsina 21 by’abagore yagiye abakata akabibika iwe muri Firigo
Ni umugabo witwa Peter Frederiksen w’imyaka 63 y’amavuko wabaga muri Afurika y’Epfo, akaba akurikiranwe n’ubutabera nyuma yo gufatanwa ibice bigize imyanya ndangagitsina y’umugore yagiye abika iwe muri firigo. Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’u Bidage yafashwe muri Nzeri uyu mwaka nyuma yo gufatanwa ibi bitsina 21 by’abagore iwe mu rugo, anafatanwa ibikoresho byo kwa muganga […]
Muri salo aho umugabo wanjye nasize yicaye nahasanze udukingirizo 2 twakoreshejwe- Nkore iki?
Ubwo numvaga mfite ibitotsi nataye umugabo wanjye muri salo njya kuba niryamiye, nararyamye bigera nka saa sita ataraza kuryama, nkeka ko akirimo kureba umupira cyangwa ibindi kuri televiziyo. Yagezaho numva araje araryamye sinabyitaho ariko icyaje kuntungura ni uko nazindutse ngiye mu kazi nagera muri salo muri izo ntebe neza aho yari yicaye nkahasanga udukingirizo tubiri […]
Padiri Dr. Nyombayire wayoboraga UTAB arashinja Musenyeri kumurenganya no kwica amategeko nkana
Padiri Dr. Faustin Nyombayire, Umuyobozi mukuru wa kaminuza ya UTAB iri mu karere ka Gicumbi arashinja Musenyeri wa Diyoseze ya Byumba, Mgr. Seliviliyani Nzakamwita kumurenganya no kutubahiriza amategeko mu ibaruwa yamusabye kwegura. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa y’impapuro itanu yo ku wa 13 Ugushyingo 2019, Padiri Dr. Nyombayire yandikiye Mgr. Nzakamwita, yamenyeshejwe Inteko Rusange y’Umuryango wa […]
Ubuzima buhe umukoro- Rev. Nibintije

Kubara 27:2-4 “ Bahagarara imbere ya Mose na Eleyazari umutambyi, n’abatware b’iteraniro ryose ku muryango w’ihema ry’ibonaniro, baravuga bati: ‘Data yapfiriye mu butayu kandi ntiyari mu iteraniro ry’abiteranyirije kugomera Uwiteka bafatanyije na Kora, ahubwo yapfanye ibyaha bye ubwe kandi ntiyabyaye abahungu. Ni iki gikuza izina rya Data mu muryango? Ni uko atabyaye umuhungu? Uzaduhe gakondo […]
Mu Kiyaga kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi habonwemo imirambo y’abantu
Abaturage babonye imirambo itatu ireremba mu Kiyaga cya Rweru kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi ariko ku ruhande rwabwo mu Ntara ya Kirundo. Iyi mirambi ngo ibiri ni iy’abagabo bari mu kigero cy’imyaka 30 undi ukaba uw’uruhinja, yose ikaba yari yatangiye kwangirika nubwo ba nyirayo batamenyekanye. Amakuru agera kuri RPA dukesha iyi nkuru, abaturage bo […]
Adeline Rwigara yavuze ko afite gihamya y’abashimuse musaza we, Ben Rutabana
Mukangemanyi Adeline avuga ko afite gihamya ko ibura rya musaza we, Benjamin Rutabana ryagizwemo uruhare n’abo mu ishyaka rya RNC, ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Amezi abiri ashize Ben aburiwe irengero. Kuva ku itariki 8 Nzeri 2019, nibwo umuryango we [Ben Rutabana] utongeye kumenya iby’amakuru ye ubwo yari yageze ku butaka bwa Uganda amaze […]
Umugabo yahawe intego yo kwemeza umugore mu mibonano mpuzabitsina amupfira mu maguru asohora bwa 7
Umugabo wahawe izina rya Davy yapfiriye muri Hoteli yo mu gace ka Ikotun gaherereye mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria nyuma yo guhabwa intego yo kwemeza umugore mu mibonano mpuzabitsina, ashiramo umwuka ubwo bari bageze ku nshuro ya karindwi (Seventh round in sex). Umugore bakoranaga imibonano yiswe Loveth, kubera ko bose bari bagiye intego ko […]
Tuzabicana n’abagore banyu n’abana- Ofisiye mu Burundi abwira abarwanya Leta ya Nkurunziza
Ofisiye mu gipolisi cy’u Burundi yakuye imitima abatavuga rumwe na Leta nyuma yo kubabwira ko bacizanwa n’umuryango wabo nta we usigaye. Ibi uyu muyobozi muri Polisi yabitangarije abaturage mu nama rusange yaberaga mu Ntara ya Muyinga. Komiseri wa polisi mu Burasirazuba bw’Intara ya Muyinga, Nibibogora Jerome yabwiye abaturage aya magambo yabakuye umutima mu nama yaberaga […]
Bill Gates yongeye kuyobora urutonde rw’abaherwe mu 2019
Umunyamerika ufite ikigo cy’ikorabuhanga cya Microsoft akanayobora ikigo cya Bill & Melinda Gates Foundation yongeye kuyobora urutonde rw’abaherwe ku isi mu ahigitse Jeff Bezos, nyiri Amazon. Urutonde rwa 2019 dukesha The Bloomberg Billionaire Index rugaragaza ko umutungo wa Bill Gates wiyongereyeho agaciro karenga miliyari 10 z’amadolari y’Amerika. Agaciro k’ibyo atunze kazamuwe n’amasezerano yagiranye na Pentagon […]