RDC: Umushoramari w’Umurundi yarashwe
Umushoramari ukomoka mu Burundi witwa Hubert Bizimana bivugwa ko yaraye ategewe mu Minembwe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo maze araraswa gusa ntiyapfuye. SOS Media dukesha aya makuru ivuga koi bi byabaye ejo hashize, ubwo Bizimana usanzwe ari nyir’umuryango witwa Jimbere Fund usanzwe ugurisha amafunguro mu miryango ifasha impunzi. Ubwo yaraswaga, Bizimana yari agiye kugura […]
Perezida Trump yikomye umuyobozi w’inteko ya Amerika
Perezida Donald Trump yavuze amagambo akomeye ku gikorwa cyo kumweguza kugambiriwe mu ibaruwa irimo umujinya yandikiye umuyobozi w’inteko ya Amerika Madamu Nancy Pelosi amushinja “intambara kuri demokarasi ya Amerika” Ati: “Warushijeho gutesha agaciro ijambo ribi cyane, kweguza perezida!” ni bimwe mu byo yanditse mu ibaruwa yatsohotse ejo kuwa kabiri. Uyu munsi, mu nteko hateganyijwe itora […]
Gicumbi: Umupolisi yarashe umugororwa ahasiga ubuzima
Umwe mu bapolisi bakorera kuri kuri Station ya Polisi ya Byumba mu karere ka Gicumbi, umupolisi yarashe umugororwa witwa Igirukwayo Wellars ahita ahasiga ubuzima. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, mu masaha ya saa saba. Bivugwa ko Igirukwayo wari ufungiwe kuri station ya Polisi ya Byumba yarashwe yiruka ashaka gutoroka. Bwiza.com iracyatohoza […]
Gen. Ibingira avuga ko nta wavogera u Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame
Umugaba mukuru w’Inkeragutabara Gen. Fred Ibingira yavuze ko abavugaga bose ko bagiye gutera Urwanada kandi ko bazarufata bakubiswe akanyafu, ubu bakaba bararuciye bakarumira bitewe n’uko nta muntu wabasha guhungabanya u Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame Paul. Mu ijambo rye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukuboza, yavuze ko abari bagambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda […]
Wafanyakazi saba Wilayani Rubavu wafukuzwa kazini
Wafanyakazi saba wa Wilaya ya Rubavu walifukuzwa kazini jana tarehe 17 Disemba baada ya mkutano wa viongozi mbalimbali. Wameandika barua za kujiuzulu ila hawakutangaza mengi nini kilichosababisha uamuzi huo katika vyombo vya habari. Hata hivyo, kisa hiki ni baada ya ziaara ya kikazi ya Waziri wa Mambo ya Ndani, Prof. Anastase Shyaka wilayani humo. Waziri […]
Rusizi: Abantu 4 bamaze kuburirwa irengero, imiryango yabo iravuga ko ihangayitse cyane

Abaturage 4 bo mu mirenge ya Rwimbogo, Gihundwe na Kamembe mu karere ka Rusizi,imiryango yabo iravuga ko yababuze n’ubu yashakishije yahebye,ikaba itazi aho bari ko yagerageje kubimenyesha inzego z’ubuyobozi,iz’umutekano na RIB ,n’ubu RIB ikababwira ko igishakisha, ubuyobozi bw’akarere bwo bukavuga ko nta muturage wabwo buzi waburiwe irengero,iki kibazo abaturage bakavuga ko gikomeje kuba urujijo. Mukandori […]
Yaryamanye n’umurambo ku bwo kwishimira insinzi y’ikipe afana
Umugabo wo muri Bresil, Dos Santos Silva yarayamanye n’umurambo w’umwana w’umukobwa ubwo yari yasinze yishimira insinzi y’ikipe ye. Da Silva nk’uko ibinyamakuru byo muri Brasil bibitantaza, asanzwe ari umukozi w’ahabikwa imirambo (morgue) muri icyo gihugu. Uyu mugabo w’imyaka 52 kuwa 22 Ugushyingo we n’inshuti ye bagiye mu kabari kwishimira insinzi y’ikipe afana ya Flamengo, yari […]
Basanze ndimo konka ibere rya Mama yapfuye- Umuhanzi San-G
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Munyanshongore Celestin akaba azwi ku izina ry’ubuhanzi bwa San-G, uyu musore avuga ko yaciye mu buzima bukakaye nyuma yo kubura ababyeyi akiri muto. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv, avuga ko ahagana mu 1997 aribwo nyina yitabye Imana afite umwaka umwe n’igice, yarezwe na nyirakure ndetse anamubwirwa amateka y’uko […]
Gicumbi: Hataburuwe umwana wapfuye ngo hamenyekane Se
Itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bya Gihanga n’abo mu Rwego rw’Ubugenzacyaha bw’igihugu kuwa Mbere berekeje mu Karere ka Gicumbi ahataburuwe umurambo w’umwana w’umukinnyi w’amagare, Bertin Mukarukundo ngo hamenyekane Se umubyara. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi ahitwa Nyamiyaga aho uyu mukobwa atuye. Taarifa yakurikiranye iyi nkuru ivuga ko uyu mwana yapfuye mu myaka ibiri ishize […]
Databukwe namufashe arimo kwihumuriza amakariso yanjye, byanteye ubwoba- Nkore iki?
Amahoro kuri mwese, ndi umugore utaramara umwaka mu rugo kuko ubukwe bwacu bwabaye umwaka ushize ariko databukwe mbona bitazanyorohera kuba hafi ye. Umugabo wanjye ntabwo ubu ahari, nyuma y’igihe gito tubanye yahise ajya muri misiyo hanze azagaruka irangiye, singombwa kuvuga akazi akora ariko ubu ntawe. Dutuye mu gipangu kimwe no kwa databukwe niho umugabo wanjye […]
Leta y’u Burundi bafatiye ibihano bikakaye abanyeshuri bishwanyagurijeho imyenda

Leta y’u Burundi yafatiye ibihano abanyeshuri 96 bishwanyagurijeho imyenda y’ishuri ubwo bari mu byishimo ko basoje ayisumbuye, none ubu bakaba bagomba kubanza gucishwa mu kigo ngororamuco mbere yo guhabwa impamyabumenyi zabo. Amafoto y’aba banyeshuri yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga muri Kanama uyu mwaka bamwe bari ku mazi aho bari mu munezero ko basoje amashuri yisumbuye, bityo […]
Ijambo rya Neretse mbere y’uko acirwa urubanza
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Ukuboza, nibwo urubanza rwa Neretse Fabien rubera I Buruseli mu Bubiligi rurimo rusozwa, hagasigara gufata umwanzuro ku byaha n’igihano cyabyo. Neretse niwe wasoje amagambo yose mu rukiko, ahabwa ijambo rye rya nyuma. Uyu musaza wimyaka 71 nubwo nta cyaha na kimwe yemera mu byo aregwa, asa n’usaba imbabazi […]
Inyeshyamba za CNRD zagabweho ibitero mu gace zari zatangiye kwikusanyirizamo
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zitangazako kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukuboza 2019, zongeye kugaba ibitero ku nyeshyamba za CNRD muri Teritwari ya Kabare ari zari zatangiye kwikusanyiriza. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo za FARDC muri aka Karere, Capt. DieudonnĂ© Kasereka, ngo izi nyeshyamba zagabweho ibitero kugera muri Teritwari ya Mwenga. […]
Rubavu: Abakuwe mu byabo bahunzwa ibiza barataka imibereho mibi
Abaturage bakuwe mu ngo zabo ubuyobozi bukabacumbikisha mu mashuri hikangwa ko bagirwaho ingaruka n’ibiza byaturuka ku mvura nyinshi ishobora kugwa,none ubu bakaba bugarijwe n’imibereho mibi. Ni ibintu n’ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko buzi, ko aba baturage babayeho nabi aho ngo babasha guteka ari uko uwo munsi habonetse umucyo, ndetse ko ubutabazi bw’ibanze bwabashije kubaha ari ukubacumbikishiriza […]
Request for Quotation – External Audit at The Global Green Growth Institute
The Global Green Growth Institute is a new kind of international organization. GGGI was founded on the belief that economic growth and environmental sustainability are not merely compatible objectives; their integration is essential for the future of humankind. We work with partners in the public and private sector in developing and emerging countries around the […]
(ToR) for the Trash Pick Up Services for Care International in Rwanda (Office)
TERMS OF REFERENCES (ToR) FOR THE TRASH PICK UP SERVICES FOR CARE INTERNATIONAL IN RWANDA (OFFICE) Background CARE is an international nongovernmental organization leading to humanitarian work and fighting global poverty. We seek a world of hope, tolerance and social justice, where poverty has been overcome and people live in dignity and security. CARE International […]
TRUCK DRIVER at World Vision Rwanda
World Vision Rwanda is a child-focused Christian humanitarian organization implementing development programs in 28 Districts of Rwanda. World Vision Rwanda seeks to hire 4 highly qualified, dedicated and experienced nationals for the position of a Truck driver. The positions will be based at Mahama refugee camp, reporting to the WASH Project Manager. Purpose of the […]
Project Coordinator at PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH)
PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH) is an umbrella of Civil Society Organizations working for women promotion, peace and development in Rwanda. The organization was established in October, 1992 and at the moment, Pro-Femmes/Twese Hamwe represents 53 member Organizations within the country. Website: http://www.profemmes.org JOB ANNOUNCEMENT Pro-Femmes/ Twese Hamwe (PFTH) is an Umbrella of Rwandan Civil Society Organizations […]
Musanze: More than 60 pupils in a class, four share one desk
Parents with children at Musezero Primary School in Rwaza sector, Musanze District are worried about overcrowded classrooms which they say impedes pupil’s learning and growth. The parents expressed the concern saying it is a challenge on teachers’ efficiency in evaluating performance of so many learners at once. In some classes, there are more than 60 […]
Ndacyahanganye – Kizza Besigye
Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Col. (Rtd) Dr. Warren Kizza Besigye Kifefe yaciye amarenga ko ashobora kuzahatana ku nshuro ya gatanu mu matora ya perezida ategerejwe mu mwaka wa 2021. Kizza Besigye wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ‘ Forum for Democratic Change’ (FDC) yahanganye na Perezida Museveni w’Ishyaka, National Resistance Movement (NRM) […]
Magendu ya caguwa : Uruhare rw’inzego z’umutekano n’iz’ibanze

Imyenda ya caguwa ikomeje kwinjira, iturutse mu bihugu bituranye n’u Rwanda, hakoreshejwe amayeri akomeye nubwo bivugwa ko yaciwe mu gihugu kubera kuzamurirwa umusoro ukikuba. Mbere yo kugera ku masoko yo mu Rwanda, habamo ikibaba cya bamwe mu bagize inzego z’umutekano iz’ibanze zishyikira zikanakira ruswa. Uretse kuba birimo kunyereza imisoro binagira ingaruka ku isoko ry’imyenda ikorerwa […]
How To Date Women Who Are Hotter Than You Are
There’s nothing worse than the phrase “out of your league” when it comes to dating. It’s like the English language conspired to put four words together to remind you that there’s a class of women out there that you’re never, ever supposed to get near. Fortunately, this is (at least usually) nonsense. There are more […]
Rusizi: Ntitwakwihanganira abashaka kuzana akaduruvayo mu rusengero- Mgr Kayinamura

Umwepisikopi w’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda, Nyiricyubahiro Musenyeri Samuel Kayinamura avuga ko iri torero ridashobora kwihanganira no kurebera bamwe mu bakirisitu baryo bashaka kubuza abandi umudendezo no gukurura akaduruvayo mu rusengero,nyuma y’aho bamwe mu baririmbyi muri paruwasi ya Kamembe muri iri torero bashatse kurikururamo umwuka mubi bigahoshwa n’inzego zinyuranye zirimo iz’itorero,iz’umutekano na komisiyo y’igihugu y’ubumwe […]