Rubavu: Abazunguzayi bariye karungu nyuma y’uko ubuyobozi buseye imbuto z’umwe muri bo
Abazunguzayi bakorera mu mujyi wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu, bariye karungu nyuma yuko umwe muri bo ubuyobozi bumwatse inanasi yacuruzaga bukazishyira mu mashini bavuga ko isya imyanda. Bigitangira ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira, Polisi ngo yasanze umwe muri aba bagore bahoze bakorera mu gasoko k’ahitwa kwa Rujende acururiza ku muhanda, itwara […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 7

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 7 mu bipimo 1736 byafashwe. Barimo 4 babonetse mu mujyi wa Kigali, uwabonetse muri Burera, uwabonetse muri Muhanga n’undi wabonetse mu Karere ka Musanze. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4848 barimo 18 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni […]
Umugore yashatse guhagarika ubukwe bw’umugabo bamaze imyaka 35 batandukanye
Umugore w’imyaka 58 y’amavuko witwa Mary Baseka Norah yagiye guhagarika ubukwe bw’umugabo bari bamaze imyaka 35 batandukanye, bwaberaga mu rusengero. Byabereye mu mujyi wa Jinja muri Uganda kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020, ubwo Martin Tibarila usanzwe ari umucuruzi ukomeye yakoraga ubukwe n’undi mugore witwa Proscovia Nabirye. Impamvu yatumye Norah ajya guhagarika ubu […]
Hamenyekanye ikihishe inyuma y’akarengane Munuera yakoreye FC Barcelona ikina na Real Madrid
Ikipe ya FC Barcelona yamaze kugeza ubujurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Espagne (FEF), nyuma y’akarengane ivuga ko yakorewe n’umusifuzi Martinez Munuera, mu mukino iheruka gutsindwamo na Real Madrid. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gushize ni bwo FC Barcelona yari yakiriye Real Madrid i Camp Nou, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona ya Espagne warangiye […]
Abayisilamu bari mu kaga nk’ako Abayahudi barimo mbere y’Intambara ya II y’Isi – Erdogan
Nyuma yo gutangaza kuwa Gatandatu ushize ko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron akwiye gupimwa hakarebwa niba ari muzima mu mutwe, Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan kuri ubu arahamagarira abantu kwanga kugura ibicuruzwa byo mu Bufaransa ndetse agereranya ukuntu u Burayi bufata Abayisilamu muri iki gihe nk’uko Abayahudi bafatwaga mbere y’Intambara ya II y’Isi. Kuri […]
Riderman yatunguye umugore we amwita ‘umukecuru’
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman yatunguye abamukurkira ku rubuga rwa Instagram yita umugore we umukecuru mu butumwa bumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko. Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020, ubwo Agasaro Nadia yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, Riderman yifashishije urukuta rwe rwa Instagram amuvuga nk’umuntu udasanzwe ku buzima bwe, abenshi batungurwa n’uko yamwise umukecuru. Muri ubu butumwa […]
Rukundo wabeshyaraga abagabo abashinja gusambanya umwana we yafashwe
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Sheema cyataye muri yombi umutekamutwe w’umugore wari ukomeje kwambura abagabo amafaranga abashinja kumusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 10. Igipolisi kiravuga ko uyu mugore yitwa Annet Rukundo, yatezaga abagabo umukobwa we w’imyaka 10 ubundi agahita yirukankira kuri polisi akajya gutanga ikirego avuga ko bari kumusambanyiriza umwana. Amakuru aturuka mu gipolisi aragira […]
Abarimu basaga 1500 bari mu kazi nta byangombwa byemewe bafite – Raporo
Muri raporo y’ibikorwa ya 2019/2020, komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta yavuze ko abarimu 1.566 bigisha mu mashuri ya Leta barimo gukora nta byangombwa byemewe bibashyira mu myanya bafite. Raporo yashyikirijwe Sena ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, yerekana ko abarimu 6,6 ku ijana by’abakorimu bose bigisha bakomeje gukora nta madosiye, ahanini biteea n’ubushobozi buke […]
Ibihugu 5 bya mbere bifite igisirikare cyo mu kirere gikomeye muri Afurika

Ibisirikare birwanira mu kirere bya mbere muri Afurika muri 2020 ushobora kuvuga ko ari byo bifite ubushobozi bwinshi mu bice byose by’intambara zo mu kirere. Ingabo zirwanira mu kirere ni Ishami ryo mu kirere ry’ingabo z’igihugu. Uruhare rwazo ni, Ukurinda ikirere, kugaba ibitero bya bombe, kugenzura imipaka, kugaba ibitero ku mwanzi ku butaka no mu […]
Shaddyboo yatekeye abana b’umuhanda, basangirira iwe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi Shaddyboo yatunguye abana 35 bahoze baba ku muhanda arabatumira baza mu rugo iwe barasangira. Ni igikorwa cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020. Ubusanzwe bimaze kumenyererwa ko Shaddyboo ategura bene iki gikorwa ku munsi we w’amavuko cyangwa ku yindi minsi mikuru yo mu Idini ya Islam. […]
Abakinnyi 6 bagaragaje urwego rwo hasi basezerewe mu myitozo y’Amavubi
Abatoza b’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ bamaze gusezerera abakinnyi batandatu mu myitozo iyi kipe iri gukora mu rwego rwo kwitegura umukino wa Cape Verde, nyuma yo kugaragaza urwego ruri hasi ugereranyije na bagenzi babo. Saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba (ku isaha y’i Kigali) z’itariki ya 11 Ugushyingo 2020, ni bwo Amavubi y’uko Rwanda azaba atana mu mitwe n’Ikipe […]
Umuhanzi Israel Mbonyi yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Umuhanzi uririmba indirimbo ziramya Imana Israel Mbonyi yegukanye igihembo cya Album y’umwaka mu bihembo bya Maranathan Awards. Album uyu muhanzi yise “Mbwira “ ni yo yatwaye igihembo cya Album nziza y’umwaka 2020 . Ni igihembo Mbonyi yahawe adahari cyane ko yabitangarijwe binyuze ku rubuga rwa Instagram. Babinyujije ku rukuta rwa Instagram rwabo, ubuyobozi bwa Maranatha […]
L’archevêque Kambanda devient le premier cardinal du Rwanda
L’archevêque de l’Église catholique romaine au Rwanda, Mgr. Antoine Kambanda, a été élevé au rang de cardinal par le Pape François. Le nom de Kambanda figurait sur la liste des 13 clercs que le Pape François a nommés cardinaux que le pontife a délivrée le 25 octobre, et ils seront élevés au rang lors d’une […]
Rutangarwamaboko yaragije Karidinali Kambanda abazimu b’i Rwanda
Muganga Rutangarwamaboko yaragije Antoine Kambanda wagizwe umukaridinali Imana n’abazimu by’i Rwanda, amusabira ko bamuhunda umutima w’i Rwanda kugira ngo utazamuhuza icyuho abatuye mu rw’imisozi igihumbi batewe n’amateka y’icinyizamuco n’ihonyantekerezo. Ku cyumweru tariki ya 25 Ukwakira, ni bwo Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Nyir’ubutungane Papa Fransisiko, yagize Musenyeri Antoine Kambanda usanzwe ari Arikibishopu wa Kigali […]
Karidinali wa mbere w’Umunyamerika wirabura ntacana uwaka na Trump

Wilton Gregory, wabaye Umunyamerika wa mbere wirabura wagizwe Karidinali, asanzwe azwi cyane mu guharanira uburenganzira bwa muntu nk’aho yavuzwe cyane mu itangazamakuru ubwo yanengagaTrump ashaka kwifotoreza imbere ya kiliziya y’i Washington nyuma y’aho igipolisi cyari kimaze gukoresha ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambyaga muri Kamena. Gregory ni umwe mu ba Karidinali 13 batoranyijwe na […]
Uko Pasiteri Christophe yumva iby’indagu za Magayane na Nyirabiyoro
Pasiteri Sebanani Christophe ukora ubushakashatsi mu by’Iyobokamana yavuze ku ndagu za Magayane na Nyirabiyoro, zerekeye imitegekere y’u Rwanda kuva ku ngoma ya Cyami kugeza kuri Repubulika. Pasiteri Christophe mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yabanje kuvuga ku mateka y’imyemerere n’imyizere y’Abanyarwanda kuva mbere y’ubukoloni, agaruka kuri izi ndagu. Ati: “Ubundi ubwo buhanuzi bwa Magayane ntabwo […]
Huye: Abasore babiri bafatanwe ikiyobyabwenge cya Heroïne
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye yafashe abasore babiri; Nshimiyimana Olivier w’imyaka 22 y’amavuko na Sadam Abdoul w’imyaka 27 y’amavuko bafite ikiyobyabwenge gihambaye cya ‘Heroïne’. Umuyobozi wa Polisi w’umusigire mu Karere ka Huye, CIP Michel Majyambere yavuze ko aba basore bafatanwe udupfunyika tune turimo ifu […]
Uganda: Museveni na Tumukunde mu bamaze kwemererwa kuziyamamaza

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Uganda yamaze gusuzuma no kwemeza kandidatire z’abakandida bane mu bifuza kuzahatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2021. Abo bakandida ni Yoweri Museveni wa NRM usanzwe ari perezida, Fred Mwesigye (umukandida wigenga), Henry Tumukunde Kakurugu (umukandida wigenga) na Nancy Kalembe (umukandida wigenga). Bamwe mu bakandida kandidatire zabo zigisuzumwa […]
Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto

Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yitabiriye ibirori by’ababyeyi b’umugore we, Angeline Ndayubaha. Se wa Angeline Ndayubaha yitwa Ngogwanubusa Gérard, nyina akitwa Hakizimana Madeleine, bakaba barizihizaga imyaka 50 ishize bashakanye, hiyongeraho ibyishimo byo kuba bafite umukwe umaze amezi arenga atatu yicaye ku ntebe y’Umukuru w’Igihugu. Ngogwanubusa na Madeleina […]
Hari abatishimiye indirimbo Bruce Melodie asingizamo u Rwanda
Kuri uyu wa 25 Ukwakira 2020, umuhanzi Shima Charles yashyize hanze indirimbo isingiza u Rwanda yitwa ‘24’ yafatanyije na Bruce Melodie. Gusa bitewe n’uburyo bw’imiririmbire Melodie yari amenyerewemo, hari abatashimishijwe n’iyi ndirimbo. Ni indirimbo uyu muhanzi agizemo uruhare nyuma yo kunengwa bikomeye, ashinjwa gukora injyana y’ibishegu; imwe abantu bita ko ikururira abayumva mu irari ry’ubusambanyi. […]
FARDC yigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba z’i Burundi, yica izikabakaba 30
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko kigaruriye ibirindiro bikuru by’inyeshyamba za FNL z’i Burundi biherereye ahitwa Naombe muri Teritwari ya Mwenga ho muri Kivu y’Amajyepfo, kinica abenshi muri abo barwanyi cyo kimwe n’abo mu yindi mitwe. Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyepfo, Capt Dieudonné Kasereka, yatangaje ko ingabo zigaruriye biriya birindiro […]
Mu cyumweru kimwe; havuzwe imfu z’abayobozi bakuru ba RUD Urunana na FDLR
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 19 kirangira tariki ya 25 Ukwakira 2020. Cyaranzwe n’amakuru arebana n’ubuzima bw’abaturage, ubw’igihugu ndetse n’umutekano wacyo. Ni cyo gihe intumwa y’u Rwanda n’iy’u Burundi zagiranye ikiganiro, RURA ihagarika ibiciro by’ingendo byari byarateje impaka, n’andi menshi. Ijwi rya rubanda ryatumye RURA isubizaho ibiciro by’ingendo bya mbere ya Covid-19 Nyuma y’inama Minisitiri […]