Samuel Eto’o uherutse kugirwa Ambasaderi, yakoze impanuka

Icyamamare mu mupira w’amaguru, Samuel Eto’o yakoze impanuka y’imodoka nyuma y’iminsi mike agizwe Ambasaderi ku rwego mpuzamahanga (Ambassadeur ItinĂ©rant, ambassador-at-large) na Perezida wa Chad, Marshall Idriss Deby. Iyi mpanuka Eto’o wari utwaye imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Prado, yayikoze ubwo yari avuye mu birori, ageze mu gace ka Nkogsamba muri Cameroon, agongwa n’indi modoka […]
Mu turere 7 na Kigali habonetse abanduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2020 yatangaje ko abantu 9 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 1741, bakaba babonetse mu turere 7 tw’igihugu no mu mu mujyi wa Kigali. Abanduye barimo 1 wabonetse mu mujyi wa Kigali, 1 wabonetse muri Burera, 1 wabonetse muri Kirehe, uwabonetse muri Musanze, 2 babonetse muri […]
Uganda: Batatu mu muryango umwe bishwe nâumuriro bagerageza gutabarana
Abaturage bo mu gace ka Tamu, mu karere ka Mityana mu gihugu cya Uganda bari mu gahinda kenshi nyuma yâurupfu rwâabantu batatu bo mu muryango umwe bishwe nâamashanyarazi ku mugoroba wo kuwa Gatanu ushize bagerageza gutabarana. Igipolisi kiravuga ko abapfuye ari Maria Naddamba wâimyaka 45, Margaret Kivumbi wâimyaka 24 na Fiina Kivumbi wâimyaka 9. Iyi […]
Perezida Kagame yiyunze n’abandi Bakuru bâIbihugu mu guha ikaze Biden na Harris
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2020 yifatanyije nâabandi Bakuru bâIbihugu bitandukanye ku Isi mu guha ikaze Joe Biden waraye yegukanye amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe zâAmerika (USA) na Kamala Harris uzamubera Visi Perezida. Ni ubutumwa Umukuru wâIgihugu atanze nyuma yâabandi bayoboye ibihugu bikomeye ku Isi, nâabandi […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye nâumufasha we mu kato nyuma yo gukubuka i Malabo
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye nâumufasha we, Angeline Ndayubahe, baruhukiye mu kato kâamasaha 72 nyuma yo gukubuka mu ruzinduko rwâiminsi itanu mu gihugu cya Guinea Equatorial. âTuvuye mu gihugu coronavirus ikirimo, ntawamenya, twaririnze ubwo twari turiyo, ndetse nâuyu munsi dukomeje kwirinda. Ariko nta wamenya kubera ko murabizi ko virus inyura mu mwuka,â ibi ni ibyatangajwe […]
Rusizi: Bababazwa n’uko SACCO yabo igikorera mu nyubako y’ubukode ishaje

Abanyamuryango ba SACCO Tea Shagasha yâabahinzi bâicyayi ba COOPTHE Shagasha na ThĂ© Villageois UMACYAGI mu karere ka Rusizi bavuga ko hashize imyaka myinshi bakorera mu nyubako yâinkodeshanyo bikabadindiza mu iterambere, bagasaba ubuyobozi bwabo, Banki Nkuru yâIgihugu (BNR) nâubwâAkarere ka Rusizi ubuvugizi kugira ngo babashe kubona inyubako yabo bwite, kuko nâiyo nkodeshanyo itakijyanye nâigihe. Mu kiganiro […]
Nyarugenge: Umugore wubatse araregwa gusambanya umuhungu abyaye
Umuryango wâumwana wâumuhungu wâimyaka 15 wo mu Mujyi wa Kigali wagaragaje ko utishimiye uburyo Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rurimo gukurikirana ikibazo cyâumwana wabo, bivugwa ko yasambanywaga nâumugore wubatse, bavuga ko iyo aza kuba ari umukobwa iki kibazo kiba cyarakemuwe nâububasha bwose bwâamategeko. Nkâuko bitangazwa nâabaturage bo mu Mudugudu wâAgatare, mu Kagali ka Nyabugogo, mu Murenge […]
Rusizi: Imiryango 210 itishoboye yorojwe amatungo magufi
Imiryango 210 itishoboye ifite abana bafashwa nâumushinga RW 0480 ukorera muri ADEPR/Paruwasi ya Bugarama, uterwa inkunga na Compassion International yorojwe ihene nâingurube mu rwego rwo kuyifasha kwikura mu mibereho mibi, isabwa kutazigurisha nkâuko hari bamwe bazihabwa bugacya bazigurishije bagakomeza kuba mu mibereho mibi. Baganira na Bwiza.com nyuma yo kuzihabwa, bavuze ko nubwo kororera muri uyu […]
Ibigwi bya Kamala Harris, Umwiraburakazi wa mbere ubaye visi perezida wa USA

Kamala Harris niwe Munyamerikakazi ufite igisekuru mu Buhinde wabaye senateri, ndetse aba nâUmunyamerikakazi ufite igisekuru muri Afurika wa kabiri wabaye umusenateri, kuri ubu akaba agiye kuba nâUmunyamerikazi wa mbere ufite inkomoko muri Afurika n’umugore wa mbere ugiye kuba visi perezida. Kamala Devi Harris wavukiye mu Mujyi wa Oakland, muri Leta ya California, ku itariki 20 […]
Abanya #Musanze basubijwe nyuma yâijambo rya Perezida Kagame-VIDEO
Byuma Djuma , ufite ibikorwa bitandukanye , birimo amacumbi azwi nka Shez Manu , avuga ko nyuma yo kumva ijambo ryâumukuru wâigihugu perezida Paul Kagame akangurira abanya Musanze kwikorera ibyabo aho kujya kubishaka hanze, ryamukanguye akareba ikintu gikenewe muri Musanze , maze ahitamo gukora uruganda rukora imigati nâibijyanye nayo. Byuma Juma usanzwe ari rwiyemezamirimo ukorera […]
Col. Dr. Besigye yibasiye Perezida Museveni mu mafoto atandatu

Umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda, Col. Dr. Kizza Besigye yibasiye Perezida Yoweri Museveni mu mafoto atandatu, avuga ko agomba kuva ku butegetsi. Aya mafoto ahurijwe hamwe Dr. Besigye yashyize ku rubuga rwa Twitter, agaragaza Perezida Museveni ari kumwe nâabaperezida batandukanye bayoboye Leta Zunze Ubumwe zâAmerika. Nta byinshi Besigye yayavuzeho keretse kugira ati: âIkibazo cyâAfurikaâŠNi […]
Abanyeshuri bari basigaye mu rugo na bo bagiye gutangira gusubira ku ishuri
Nyuma yâaho icyiciro cya mbere cyâabanyeshuri biga mu myaka ya 3, uwa 5 nâuwa 6 kigereye ku bigo byâamashuri bigaho, minisiteri yâuburezi yatangaje gahunda yâamatariki azakorwaho ingendo zâicyiciro cya kabiri cyâabanyeshuri biga mu wa 1, uwa 2 nâuwa 4 biga mu mashuri yisumbuye nâayâubumenyingiro (icyiciro cya 3)bazaba basubira ku bigo bigaho bacumbikirwa. Izo ngendo zateguwe […]
Rusizi: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Rwinzuki baratabaza

Abaturage bâimirenge ya Gashonga na Nzahaha bivuriza ku kigo nderabuzima cya Rwinzuki kiri mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi kimwe nâabajyanama bâubuzima bakorana nâiki kigo nderabuzima baratakambira ubuyobzi bwâAkarere ka Rusizi ngo bubatunganirize imihanda 2 ihagera, kuko nta kinyabiziga na kimwe gishobora kugeza umurwayi cyangwa umugore uri kunda kuri iki kigo nderabuzima mu […]
Uganda: Abanyankole bamaze guhitamo Bobi Wine nka perezida wabo mushya
Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, akazaba ahagarariye ishyaka NUP mu matora yâumukuru wâigihugu ataha muri Uganda, kuri ubu muri Ankole bamaze kumuha izina rya âMusinguziâ bivuga Utsinda (Victor). Iri zina ryâakabyiniriro yarihawe ubwo ishyaka NUP ryatangazaga Manifesto yaryo ya 2021-2026 kuri Kakyeka Stadium, mu Mujyi wa Mbarara kuri uyu wa Gatandatu. Visi […]
Umukobwa yafunzwe azira gutukira abahungu kuri YouTube
Umuhanzi wo mu Burundi, Kezakimana Divine uzwi nka Queen Diva the Best tariki ya 4 Ugushyingo 2020 yatawe muri yombi na polisi azira gutukira abahungu ku rubuga rwa YouTube. Inkuru zakozwe nâibitangazamakuru bikorera mu Burundi, zavuze ko uyu mukobwa yagiye gufungirwa kuri sitasiyo ya Kamenge iherereye mu mujyi wa Bujumbura. Intandaro yo gufungwa, ni ikiganiro […]
Perezida Kagame yijeje mugenzi we, Felix Tshisekedi, ko amushyigikiye

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 07 Ugushyingo, Umukuru wâIgihugu, Paul Kagame yakiriye itsinda ryâintumwa ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimuzaniye ubutumwa bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi bujyanye nâishusho yâimibanire myiza hagati yâibihugu byombi. Perezida wa Repubulika nâizi ntumwa zaturutse i Kinshasa baganiriye ku kuntu ubutwererane hagati yâibihugu byombi bwarushaho gukomezwa. Intumwa za Perezida […]
Ijambo Joe Biden watorewe kuyobora USA yavuze ku Rwanda

Umukandida wâishyaka rya Democratic Party, Joe Biden yaraye yegukanye insinzi yo kuyobora Leta Zunze Ubumwe zâAmerika (USA) guhera muri Mutarama 2021. Nyuma yo kumva iyi nkuru nziza kuri Biden, amahanga menshi yagaragaje ubushake bwo kuba inshuti zâuyu musaza wâimyaka 77, mu bya demukarasi. U Rwanda narwo rwaba kimwe mu bihugu byakwifuza ubushuti na we mu […]
Ntabwo ibihekane âNTSâ na âMPFâ bicyemewe mu myandikire yâIkinyarwanda_RALC

Ururimi rugereranwa nâibinyabuzima, aho ruvuka, rugakura cyangwa se rugapfa; byose bikaba bitewe nâabarukoresha. Mu gihe rukura, ni bwo hahangwa amagambo mashya, hakinjizwamo amatirano (emprunts) cyangwa se uburyo rwakoreshwaga, haba mu myandikire, bukagenda buvugururwa. Aha ni ho rugira ibyo rwinjiza nâibyo rutakaza. Ibiba ku zindi ndimi, biba no ku rurimi rwâIkinyarwanda rukoreshwa ahanini nâAbanyarwanda. Amavugurura aheruka […]
Abakomeye ku Isi bateye umugongo Trump, baha ikaze Biden
Nyuma yâiminota mike bimaze kwemezwa ko Joe Biden yegukanye amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe zâAmerika (USA), abakomeye ku Isi bahise bamuha ikaze, batera umugongo Donald Trump ucyemeza ko ari we watsinze. Insinzi Biden yayibonye nyuma yo kwegukana amajwi shingiro 20 yo muri Leta ya Pennsylvania, ubwo yari afite 264 aburaho 6 gusa kugira […]