Abanyarwanda bane bishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko abagore babiri n’abagabo babiri, bose b’Abanyarwanda, bishwe n’icyorezo cya Covid-19 kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020. Aba bagore bafite imyaka 47 na 63 y’amavuko bapfiriye i Kigali, abagabo b’imyaka 52 na 68 bapfira mu Karere ka Rubavu. Abanduye iki cyorezo uyu munsi bo ni 61, mu bipimo 3545 byafashwe. Barimo […]
Umugore wa Bobi Wine yavuze Ikinyarwanda gitomoye, Kisoro ikura ingofero
Umugore wa Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) wiyamamariza umwanya wâUmukuru wâIgihugu, Barbara Itungo yavuze Ikinyarwanda gitomoye, abaturage batuye mu Karere ka Kisoro bakura ingofero. Byabaye tariki ya 16 Ukuboza 2020 ubwo Bobi Wine yiyamamarizaga muri aka Karere gahana imbibi nâaka Burera mu Rwanda. Ubusanzwe abaturage bâi Kisoro bakunze gukoresha indimi ebyiri: Ikinyarwanda nâUrukiga. Mu kubatungura, […]
Perezida Museveni yavuze ko abayoboke ba Bobi Wine azabamaraho
Ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Hoima kuri uyu wa 19 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Repubulika ya Uganda, yatangaje ko abayoboke ba Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) bahataniye umwanya wâUmukuru wâIgihugu, azabamaraho. Perezida Museveni yabwiye abayoboke bâishyaka NRM ahagarariye mu bikorwa byo kwiyamamaza, ko abashyigikiye Bobi Wine biganjemo urubyiruko ari abasazi. Muri videwo yatambukijwe na […]
RDC: FARDC yafashe abasaga 150 barimo abashakaga kugaba igitero ku Mujyi wa Beni
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko cyataye muri yombi abantu 154, barimo abana 15 nâabarwanyi 16 bâumutwe wâinyeshyamba wa CODECO, mu mukwabu cyakoreye mu mudugudu wa Kotoni, uherereye mu birometero 15 uvuye Bunia, muri Teritwari ya Djugu. Muri uyu mukwabu wakozwe nâabasirikare ba FARDC ku bufatanye nâabapolisi, mu ijoro ryo kuwa […]
Zimwe mu modoka z’abarengeje ibiciro by’ingendo zirafunzwe
Urwego rwâIgihugu Ngenzuramikorere (RURA) kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 rwagaragaje ko ku bufatanye na Polisi yâu Rwanda batangiye gufata imodoka zâabarengeje ibiciro byâingendo. Ni nyuma yâaho mu bice bitandukanye byâigihugu Abaturarwanda bakomeje kugaragara ko nâubwo RURA yatangaje ko ânta cyahindutseâ ku biciro byâingendo, hari aho bakomeje kubizamura mu buryo bweruye. Uru rwego rwagaragaje ibirango […]
Barack Obama yatewe ubwoba nâukuntu uwenda kuzaba umukwe we arya

Ubwo yaganiraga nâumunyamakuru wâimikino, Bill Simmons, uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yagarutse ku bihe bya âGuma mu rugoâ yanyuzemo nâumuryango we, ariko byâumwihariko umusore ukundana nâumukobwa we wâimfura, Malia, aho yatangajwe nâuburyo uyu wenda kuzaba umukwe we arya cyane bya gisore. Kimwe nâabandi baturage ba Amerika, Barack Obama, nawe […]
Perezida wa Chile yahawe igihano azira kwifotozanya nâumugore, atambaye agapfukamunwa

Urwego rushinzwe ubuzima muri Chile ku wa 18 Ukuboza 2020, rwatangaje ko Umukuru w’Igihugu, Perezida Sebastian Pinera yaciwe amande yâamafaranga 3,500 yâamadolari ya Amerika ($3500), azira kwifotozanya nâumugore, nta dupfukamunwa bambaye. CNN ivuga ko mu ntangiriro zâuku kwezi ubwo Perezida Pinera yatemberaga ku musenyi mu gace ka Cachagua ari bwo uyu mugore yamusabye ko bakwifotoza […]
Ngiki igihugu kitagira urusengero na rumwe
Ku Isi usanga abenshi bemera Imana, bakubaka insengero kugira ngo bajye baziteraniramo mu gihe cyâamasengesho. Biragoye kubona igihugu cyaburamo urusengero na rumwe, keretse nka Saudi Arabia (Arabie Saoudite), hari imisigiti yâAbasilamu gusa. Muri iki gihugu usanga ku mugaragaro hasengera Abasilamu gusa, abakirisitu bakeya (babarirwa muri 5% byâabatuye muri iki gihugu barenga miliyoni 32, Pew Research) […]
U Rwanda rwijeje Tanzania gukomeza gukoresha Icyambu cya Dar es Salaam
Guverinoma yâu Rwanda yasezeranyije Tanzania ko izakomeza gukoresha Icyambu cya Dar es Salaam kuko ishima serivisi zitangirwa kuri iki cyambu kinyuzwaho 80% byâibyo igihugu gitumiza mu mahanga. Ibi Ambasaderi wâu Rwanda muri Tanzania, Maj. Gen. Charles Karamba, yabitangarije Dodoma kuri uyu wa Gatanu ushize nyuma yo guhura no kugirana ibiganiro na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa […]
Imirimo yo kubaka Ibitaro bya Nyabikenke bemerewe na perezida igeze ku musozo
Abaturage ba Ndiza, mu Karere ka Muhanga, barishimira ko batazongera gukora ibirometero bajya gushaka serivisi zo kwa muganga, nyuma yâaho Ibitaro bya Nyabikenke bemerewe na Perezida wa Repubulika bizatwara agera kuri miliyari 7 bigiye kuzura. Aba baturage bakoraga urugendo rurerure bakajya i Kabgayi no mu Karere ka Gakenke bagiye gushaka serivisi zo kwa muganga nko […]
Amabwiriza yâimyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Umuyobozi Mukuru (Intebe) wungirije w’Inteko y’Umuco, Uwiringiyimana Jean Claude nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri nâUrubyiruko nâUmuco, Hon. Bamporiki Edouard kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 batangaje ko amabwiriza yâimyandikire yâIkinyarwanda yateje impaka mu myaka 6 ishize agiye gukurwaho. Aya mabwiriza yashyizweho nâurwego rwitaga Inteko Nyarwanda yâUrurimi nâUmuco (RALC) mu 2014. Aya mabwiriza yashyizeho ibihekane birimo […]
Hari abari gutegura umuhango wo kurahira kwa Trump nkâuwatsinze amatora
Abantu barenga 325,000 bari gutegura uburyo bazitabira umuhango wo kurahira kwa Donald Trump nkâuwatsinze amatora yâUmukuru wâIgihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nkâuko igitangazamakuru The Independent cyabitangaje, aba bantu bamaze kwemeranya ko uyu muhango uzakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga rihuza amashusho, ku rubuga rwa Facebook, ari na ho hari kubera ubukangurambaga buhamagarira abandi kuwitabira. Abari gutegura […]
Sudani yarunze ingabo nyinshi ku mupaka na Ethiopia nyuma yo kwicirwa abasirikare
Ibiro ntaramakuru bya Sudani, Suna, kuri uyu wa Gatandatu byatangaje ko iki gihugu cyohereje “ingabo nyinshi” ku mupaka wacyo na Ethiopia nyuma yâigitero cyagabwe nâingabo za Ethiopia nâimitwe yitwara gisirikare ku basirikare ba Sudani. Ibiro bya Sudani byavuze ko “ingabo za Sudani zakomeje gutera imbere zinjira muri Al Fashaqa” muri Sudani, byongeraho ko igisirikare cyohereje […]
Centrafrica: Francois Bozize yamaganye abamushinja gushaka guhirika ubutegetsi
Umuvugizi wa Francois Bozize wahoze ari Perezida wa Centrafrica yateye utwatsi amakuru akomeje kuvuga ko ari we uri inyuma yâabantu bitwaje intwaro bashaka guhirika ubutegetsi nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, mu itangazo ryashyizwe ahagaragra na minisitiri wâitumanaho, Ange-Maxime Kazagui. âOya, Francois Bozize ntabwo ari mu bihuru ahubwo ari iwe i Bossangoaâ, nkâuko byemejwe na […]
Mu mikino 10 iheruka, Arsenal yakubiswemo 7
Agahinda ni kenshi ku bakunzi nâabafana ba Arsenal FC, imwe mu makipe yâubukombe mu Bwongereza, nyuma yâaho ikomeje kwitwara nabi muri shampiyona yâicyiciro cya mbere, English Premier League. Ubwo umwaka wâimikino wâ2020/2021 watangiraga, abakunzi nâabafana bâiyi kipe batangiye kumwenyura kuko yabanje gutsinda imikino ibiri; uwayihuje na Fullham tariki ya 12 Nzeri 2020, ikawutsindamo ibitego 3-0 […]
Pierre Buyoya wayoboye u Burundi azashyingurwa muri Mali
Umuryango wa Pierre Buyoya wayoboye Repubulika yâu Burundi, kuri uyu wa 19 Ukuboza 2020 watangaje ko umurambo we uzashyingurwa muri Mali. Mali ni ho Pierre Buyoya nâumuryango we bari bamaze imyaka igera ku 8 baba, aho yagiyeyo amaze guhabwa inshingano yo kuba Intumwa Yihariye yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) muri iki gihugu no mu […]