Lague Byiringiro yabengutswe na FC ZĂŒrich iri mu zikomeye mu Busuwisi

Rutahizamu ukina uca ku mpande wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Lague Byiringiro, yamaze kubengukwa n’ikipe ya FC ZĂŒrich ibarizwa mu kiciro cya mbere mu Busuwisi. Radio B&B FM-Umwezi dukesha iyi nkuru iravuga ko uyu musore azahaguruka i Kigali mu cyumweru gitaha yerekeza i Zurich aho azaba agiye gukora ikizamini cy’ubuzima. Mu gihe uyu musore […]

Niba uri Umuhutu ubwo buhutu bwawe ni nde uzaburya?_Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye abaturage b’igihugu cye ko kwitwa ‘Umuhutu cyangwa Umututsi’ nta wabirya, ashimangira ko icy’ingenzi ari ukurangwa n’ubumwe. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 01 Werurwe, ubwo yari muri Komini Buraza ho mu ntara ya Gitega, aho yari yitabiriye ibirori byo kwishimira intsinzi y’ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umukuru w’igihugu […]

Padiri Ubald yaranzwe n’impuhwe n’urukundo_ACP RĂ©verien Rugwizangoga

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru, Assistant Commissioner of Police RĂ©vĂ©rien Rugwizangoga, yavuze ko n’ubwo Padiri Ubald yakuriye mu rwango rushingiye ku macakubiri n’itotezwa, we yabirenze agakurana ‘umutima wuzuye urukundo, n’impuhwe nyinshi yagiriraga bose’. ACP Rugwizangoga usanzwe ari murumuna wa nyakwigendera Padiri Ubald, yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri mu muhango wo gushyingura mukuru […]

Nigeria: Amabandi yasabye urukundo abakobwa aherutse gushimuta

Abakobwa basaga 279 baherutse gushimutwa n’amabandi muri Leta ya Zamfra muri Nigeria abaravuga ko amwe muri ayo mabandi yabasabye ko bakundana, bakanabana, iby’amasomo bakabireka. Abakobwa bashimuswe biga mu ishuri rya Jangebe babwiye Daily Trust ko ayo mabandi yabahaye nimero za telefoni mbere yo kubarekura, ngo bajye bavugana bemeza niba bemeye gukundana nayo. Umwe muri aba […]

Perezida Kagame avuga ko u Bwongereza budasobanura impamvu bwashyize u Rwanda ku rutonde rutukura

kagame1.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 28 Gashyantare 2021 yatangaje ko Ubwami bw’u Bwongereza bwashyize iki gihugu ayoboye ku ‘rutonde rutukura’ rubuza ababiturukamo gukorerayo ingendo, budasobanura impamvu bwabikoze. Yabibwiye umushoramari Lord Evgeny Aleksandrovich Lebedev uyoboye ihuriro ‘The Giants Club’ ribungabunga urusobe rw’ibinyabuzima mu kiganiro bagiranye mbere yo gushyira umukono ku masezerano yinjiza […]

Les dĂ©putĂ©s demandent au gouvernement d’accĂ©lĂ©rer la mise Ă  niveau des rĂ©serves de pĂ©trole

Le Parlement a demandĂ© au ministĂšre des Infrastructures de montrer la feuille de route pour la rĂ©habilitation des installations de stockage des rĂ©serves stratĂ©giques de pĂ©trole de Bigogwe dans le district de Nyabihu et de Rwabuye dans le district de Huye. L’appel est l’une des derniĂšres poussĂ©es des lĂ©gislateurs pour augmenter les rĂ©serves de pĂ©trole […]

Musanze: Yishe abantu babiri barimo umwana wari uhetswe abateye icyuma ahita abura

Kuri iki Cyumweru gishize mu Karere ka Musanze umusore yishe ateye icyuma abantu babiri barimo umwana wari uhetswe na nyina yari amaze guhusha ahita aburirwa irengero. Ibi byabaye ahagana mu ma saa tatu z’ijoro ryo ku itariki 28 Gashyantare 2021, ubwo abantu babiri batewe icyuma, umwe agahita apfa undi agapfira mu bitaro bikuru bya Ruhengeri […]

Umuburo ku bagabo n’abagore basambana n’abo batashakanye, bitwaje ko bakuze

Mu Rwanda hakunze kumvikana inkuru z’abatabwa muri yombi, bakurikiranweho icyaha cyo gusambanya abana, bagahanishwa itegeko NÂș68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, mu ngingo yaryo y’123. Iri tegeko rivuga ko umuntu uhamwe n’icyaha cyo gufata umwana ku ngufu ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka makumyabiri ariko na none itarenga makumyabiri n’itanu, gusa kikaba […]

Uwahoze ari Min. w’Ububanyi n’amahanga mu Rwanda yareze Alain Gauthier wa CPCR

Uwabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Rwanda mu 1994, Jean Marie Vianney Ndagijimana avuga ko yatanze ikirego mu nkiko zo mu Bufaransa arega Alain Gauthier ukuriye Collectif des Parties Civiles pours le Rwanda (CPCR) kumusebya mu ruhame. Ndagijimana wabaye ambasaderi w’u Rwanda i Paris (1990 – 1994) na minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda igihe gito mu […]

Abakirisitu barohamye mu ruzi bari kubatizwa umupasiteri atabwa muri yombi

Kuri iki cyumweru gishize, itariki ya 28 Gashyantare 2021, abakirisitu ba rimwe mu matorero yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo babonye ibyago ubwo bagenzi babo batatu bari mu muhango wo kubatizwa batwarwaga n’amazi bakaburirwa irengero bikarangira umupasiteri wahabajyanye atabwa muri yombi. Umuhango wo kubatiza wari wateguwe wahise uhinduka inzozi mbi ku Cyumweru, ubwo abakiristu […]

Abajenerali batatu ba Sudani y’Epfo bapfiriye umunsi umwe

Igisirikare cya Sudani y’Epfo kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bo ku rwego rwa ba Jenerali bahitanwe n’icyorezo cya COVID-19. Abapfuye ni Gen David Manyot Barach, Gen Elijah Alier Ayom na Gen Mabior Maket. Inkuru y’urupfu rw’aba basirikare bakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Sudani y’Epfo, Brig Gen Santo Domic Chol, wanavuze ko […]

Abagize umuryango barwaniye umurambo wa Kasango, rubura gica

kas.jpg

Kuri uyu wa 2 Werurwe 2021 muri Kiliziya Kaderali ya All Saints muri Kampala, habaye misa yo gusezera ku murambo w’umunyamategeko Robert Aldridge Kasango (Bob Kasango) uherutse gupfira muri gereza. Nk’uko bisanzwe, uyu muhango wagombaga gukurikirwa no kujya kumushyingura, gusa byaje gutungurana ubwo abagize umuryango batangiye kurwanira umurambo, bitewe no kutumvikana aho ugomba gushyingurwa. Habanje […]

Polisi yataye muri yombi bane bacuruza amavuta ya ‘mukorogo’

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 2 Werurwe 2021 yatangaje ko yataye muri yombi inereka itangazamakuru abantu bane bacuruzaga amavuta yangiza uruhu azwi nka ‘mukorogo’. Aba bacuruzi bafatiwe mu Murenge wa Gikondo w’Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali. Nk’uko tubikesha Taarifa, umwe muri aba bacuruzi witwa Munyantore, yavuze ko mukorogo yacuruzaga yayiranguye n’abayatemberazaga mu […]

Uwahoze ari rutahizamu wa Rayon Sports afunzwe azira gusambanya umugore w’abandi

Rutahizamu Uwimana Abdoul ‘Gakara’ wahoze akina mu kipe ya Rayon Sports, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umugore utari uwe. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko Uwimana Abdul yatawe muri yombi ku wa Mbere w’iki cyumweru, akaba afungiye kuri sitasiyo y’i Nyamirambo. Dr Murangira yagize ati: “Yafashwe […]

Gasabo: Uwanize umugore we kugeza amwishe yakatiwe igihano kiruta ibindi

Umugabo wo mu Karere ka Gasabo wishe umugore we amunize mu mpera z’icyumweru gishize yakatiwe igihano cy’igifungo cya burundu nk’uko yari yagisabiwe n’ubushinjacyaha. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatanze iki gihano ubwo rwasomaga urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo Hategekimana Thomas w’imyaka 31 y’amavuko icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye umugore we amunize kugeza ashizemo umwuka. Ni icyaha cyakozwe […]

Facebook yahaye gasopo Dr Stella Nyanzi kubera kwibasira Bobi Wine

Urubuga Nkoranyambaga rwa facebook rwihanije impirimbanyi y’Umugandekazi, Dr Stella Nyanzi kubera amagambo akoresha kuri uru rubuga. Uyu mugore wahoze ari umwarimu muri Kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda akaba aherutse guhungira muri Kenya avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga, aravuga ko ameze neza nubwo yahawe gasopo. Yavuze ko agiye no kwandika igitabo, aho […]

Gen Muhoozi na nyina bacyeje imvubu za Uganda zanditse amateka mu gikombe cya Afurika

Madamu Janet Museveni wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, bari mu banya-Uganda benshi bashimiye ‘Imvubu za Uganda’ nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika. Ku mugoroba w’ejo ku wa Mbere ni bwo ikipe y’igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 20, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe […]

Amafoto: Minisitiri w’Intebe wa CAR yakiriye abarimo Komanda w’Ingabo z’u Rwanda zidasanzwe

fb_img_16146711879631543_1.jpg

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Centrafrica, Firmin Ngrebada, yakiriye mu biro bye abasirikare bakuru barimo Komanda w’umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe zoherejwe muri iki gihugu gukaza umutekano, Col. Jean Paul Karangwa. Yakiriye kandi abarimo Minisitiri w’Umutekano Marie-NoĂ«lle Koyara, Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umuyobozi Mukuru wa Jandarumeri (Gendarmerie) n’uwa Polisi; bose bo muri CAR. Minisitiri Ngrebada mu […]

Abanyarwanda bagomba kubona amakuru, nibabona atari yo bazahindukirana leta – Umunyamakuru Mugabe

“Abanyarwanda bagomba kubona amakuru. Kandi Leta nikomeza kwanga gutera inkunga itangazamakuru abaturage bazabona amakuru atari yo, nibabona amakuru atariyo bazahindukirana leta,” aya ni amagambo y’umunyamakuru Robert Mugabe wemeza ko muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zikoreshwa cyane abaturage bafite ibyago byo guhabwa amakuru n’abantu batari abanyamwuga babaha ibinyoma n’amakuru rutwitsi. Umunyamakuru Robert Mugabe aravuga ko ukurikije […]

Yakubise umugore we w’abana 7 aramwica ku bwo kuboneza urubyaro atamubwiye

Umugabo w’imyaka 40 witwa Ojok wo mu Karere ka Amuru muri Uganda, yishe umugore we, Beatrice Amito babyaranye abana barindwi kuko yatangiye gufata ibinini byo kuboneza urubyaro nta ruhushya amuhaye. Uyu mugabo yakubise umugore we w’imyaka 37 aramwica, ubwo yari yamenye ko umugore we ajya kuhagura ibinini bituma adasama. Umuyobozi w’aho uyu muryango utuye mu […]

Visi Perezida wa Zimbabwe yeguye, nyuma yo gushinjwa gusaba abagore igitsina

Visi Perezida wa Zimbabwe, Kembo Mohadi yeguye kuri izi nshingano kuri uyu wa 1 Werurwe 2021 nyuma yo gushinjwa gusaba abagore ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Mohadi mu butumwa bwatambutse ku rubuga rwa Twitter rwa Minisiteri y’Itumanaho, yagize ati: “Aka kanya, neguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Repubulika ya Zimbabwe.” Yasobanuye ko yeguye kugira ngo […]

Sam Karenzi yasabye RIB gukumira imigambi mibisha ya ‘Sadate n’abambari be’

Umunyamakuru Karenzi Samuel, yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira icyo rwakora rukaburizamo imigambi mibisha ya ‘Munyakazi Sadate (wahoze ayobora Rayon Sports) n’abambari be’. Sam Karenzi ukuriye ibiganiro by’imikino ku gitangazamakuru cya Radio/TV10, yifashishije urubuga rwa Twitter, atambutsa ubutumwa bugira buti: “Maze iminsi nkurikirana ibivugirwa kuri iyi groupe [ya WhatsApp] ya Sadate Munyakazi n’abambari be! Nabanje […]

Umusore w’imyaka 22 arashinjwa gutegura umugambi wo kwica Perezida Kenyatta

Ubushinjacyaha bwo muri Kenya burashinja umusore w’imyaka 22 y’amavuko witwa Simon Muchiri gutegura umugambi wo kwica Umukuru w’Igihugu, Uhuru Kenyatta. Bwabitangarije mu rukiko rwa Kiambu kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Werurwe 2021. Iki cyaha Muchiri ashinjwa gishingiye ku butumwa yatangarije ku rubuga rwa Facebook ku wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021, avuga […]

Ubuyapani buvuga ko gupima abaturage COVID-19 binyuze mu kibuno bibahungabanya

Ubuyapani bwasabye Ubushinwa kutongera gupima abaturage babwo Covid-19 bafatiye ibipimo mu kibuno kuko ngo byabahungabanyije. Bamwe mu Bayapani binubiye ko ubu buryo bwo gupima bwabateye “guhungabana”, nk’uko abategetsi babivuga. Ubushinwa, busa n’ubwabashije guhashya iki cyorezo, mu kwezi kwa mbere ni bwo bwatangiye gufata ibipimo bya Covid-19 mu kibuno. Mu cyumweru gishize, bwahakanye ko bwasabye abadipolomate […]