Tanzania: Ababikira 60 n’abapadiri 25 bapfuye mu mezi abiri ashize

Kiliziya Gatolika muri Tanzania iravuga ko mu mezi abiri ashize, Ababikira 60 n’abapadiri 25 bapfuye nyuma yo kwerekana ibimenyetso by’icyorezo cya Coronavirus. Umunyamabanga w’Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Tanzania, Padiri Charles Kitima, yavuze ko Covid-19 ari ukuri muri Tanzania, mu gihe Perezida John Pombe Magufuli yakunze kugaragaza ko iki cyorezo nta kiriho. Padiri Kitima yemeje aya […]

Uganda: Abakekwaho kwica abarimo umukomando w’ipeti rya ‘Major’ bafashwe

Polisi ya Uganda kuri uyu wa 1 Werurwe 2021 yatangaje ko yataye muri yombi abantu 8 bakekwaho kwica abantu 10 barimo umukomando w’ipeti rya ‘Major’ uri mu mutwe w’ingabo kabuhariwe za SFC (Special Force Command), Noel Mwesigye. Mu masa tatu y’ijoro rya tariki ya 17 Mutarama 2021 ni bwo amabandi yitwaje intwaro yari kuri moto, […]

Covid-19: Le Rwanda reçoit les premiers vaccins du programme Covax

Le Rwanda a reçu, ce mercredi le 3 Mars, ses premiers vaccins contre le Covid-19 , du programme mondial de partage de vaccins de l’Organisation mondiale de la santé (OMS), Covax. Selon le ministère de la Santé, un vol transportant 240 000 doses du vaccin AstraZeneca / Oxford produit par le Serum Institute of India […]

Perezida Kagame yishimiye cyane inkingo za COVID-19 zashyikirijwe u Rwanda

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko yishimiye cyane inkingo z’icyorezo cya COVID-19 u Rwanda rwashyikurijwe, nyuma y’igihe kirekire ruzitegereje. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 03 Werurwe, ni bwo u Rwanda rwakiriye icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus ibihumbi 240 zo mu bwoko bwa AstraZeneca zatanzwe muri gahunda ya Covax, igamije […]

Bimwe mu bintu bidasanzwe bishobora kuba bihishe i Vatican

jesus-emoji.jpg

I Vatican ni ahantu havugwaho amayobera n’ibihuha byinshi ku bintu byaba bihishe mu ishyinguranyandiko zaho, akaba ari muri urwo rwego tugiye kubagezaho bimwe mu bintu bidasanzwe bivugwa bishobora kuba bihahishe nk’uko tubikesha urubuga Toptenz.net. Icyemeza ko Yesu yaba yarabayeho cyangwa atabayeho Abantu benshi bizera ko Yesu Kristo w’I Nazareti yabayeho ariko hari n’abandi batabyemera. Gusa, […]

Museveni agiye gukora impinduka mu gisirikare ku bajenerali barimo Kayihura

Hari amakuru ko Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda (CIC/UPDF), Gen Museveni Yoweli Kaguta, agiye gukora impinduka mu gisirikare, ashyira mu kiruhuko abarimo Gen Kale Kayihura Muhwezi wahoze ayobora polisi y’iki gihugu ndetse na Gen David Sejusa (Tinyefuza) wahoze ari umuhuzabikorwa w’inzego z’ubutasi. Ikinyamakuru kiri hafi ya Leta ya Uganda, The New Vision gitangaza ko hari […]

Pasiteri Niyomwungere yemeje ko ari mu bazashinja Rusesabagina mu rukiko

Umuvugabutumwa ukomoka mu Burundi, Pasiteri Niyomwungere Constantin yatangaje ko ari mu batangabuhamya bazashinja mu rukiko Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ubutabera bw’u Rwanda. Uyu muvugabutumwa yabitangarije umwanditsi Joshua Hammer nk’uko bigaragara mu nkuru yasohotse mu gitangazamakuru The New York Times kuri uyu wa 2 Werurwe 2021. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko mu rubanza rwa Rusesabagina […]

Museveni ukomeje kotswa igitutu yagiranye inama n’abakomanda b’igisirikare na Polisi

Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’icyo gihugu, Yoweri Kaguta Museveni, yagiranye inama n’abayobozi bakuru b’ingabo na Polisi, mu gihe akomeje kotswa igitutu n’abatari bake. Inama ya Museveni n’abakomanda b’igisirikare na Polisi yabaye ejo ku wa Kabiri, yibanda ku bibazo by’umutekano byugarije Uganda. Perezida Museveni n’umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ukuriye umutwe w’ingabo […]

RDC: Iyicwa rya Ambasaderi rizatwara imyaka 2 ngo ba mukerarugendo basubizwe icyizere

Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko kugirango ubukerarugendo bwongere kubura umutwe muri Pariki ya Virunga bizasaba nk’imyaka ibiri kubera iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani, Luca Attanasio. Mu gihe biteganyijwe ko ibikorwa by’ubukerarugendo muri Pariki ya Virunga biteganyijwe ko bizasubukurwa ku itariki ya 01 Mata, […]

¾ bya firigo zikoreshwa mu Rwanda zirashaje cyane kandi zangiza ibidukikije – REMA

Muri firigo 87,512 zikoreshwa mu Rwanda izisaga ibihumbi 60 (75%) zishaje cyane ku buryo zikoresha amashanyarazi y’umurengera kandi zangiza ibidukikijenk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cyo kurengera ibidukikije, REMA, kivuga ko ari yo mpamvu gikangurira Abaturarwanda kureka ibyo bikoresho ahubwo bagakoresha ibizigama umuriro. Umuyobozi Mukuru wa REMA, Juliet Kabera, avuga ko, gutunga firigo ifasha kubika neza ibintu […]

Umutoza Johnathan McKinstry wa Uganda Cranes yahagaritswe

Umutoza Jonny McKinstry yahagaritswe ku mirimo ye nk’umutoza wa Uganda Cranes, mu gihe kitageze ku myaka ibiri asimbuye kuri aka kazi Umufaransa Sebastian Desabre. Mu magambo make, Fufa yasabye uyu Munya-Irlande y’Amajyaruguru “kujya ku ruhande” hasigaye ibyumweru bike ngo ikipe y’igihugu isubire mu majonjora yo guhatanira itike yo kuzakina Igikombe cya Afurika mu mukino uzayihuza […]

Kenya: Uwari kuba padiri yishe umugore n’umwana we, ariyahura

unnamed_-_copy.jpg

Umugabo wari hafi kuba padiri, Kevin Kipkoech yishe umugore witwa Charity Cheboi ndetse n’umuhungu we, Allan Kipngetich na we ahita yiyica nk’uko polisi mu Mujyi wa Nairobi, ku muhanda Jogoo nk’uko polisi ya Kenya ibitangaza. Iperereza ryakozwe na polisi rigaragaza ko uyu mudiyakoni yishe aba bombi abanize na we ariyica kuwa 27 Gashyantare 2021. Uyu […]

Major mu ngabo za RDC yiciwe mu muhanda warasiwemo Ambasaderi w’u Butaliyani

Mu masaa tatu y’ijoro ryo kuri uyu wa 2 Werurwe 2021, abitwaje intwaro bataramenyekana bishe Maj. William Assani wari umugenzuzi w’Urukiko rw’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ruri muri Teritwari ya Rutshuru. Nk’uko amakuru aturuka muri RDC dukesha imbuga zirimo urwa Baromètre Sécuritaire du Kivu (Kivu Security) abivuga, imodoka yari itwaye Maj. Assani, […]

Amerika yafatiye Uburusiya ibihano ibushinja amarozi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano Uburusiya, kubera amarozi bivugwa ko yahawe Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Vladimir Putin. Umwe mu bayobozi ba Amerika aganira n’itangazamakuru, yavuze ko ibihano byafatiwe abayobozi barindwi b’Uburusiya n’ibigo 14 byo muri kiriya gihugu byagize uruhare mu gukora ariya marozi. Amerika yatangaje ko yakoze iperereza igasanga […]

U Rwanda rwakiriye inkingo za mbere za Coronavirus

evipyz1xmaew0_x.jpg

U Rwanda rwakiriye inkingo za Coronavirus ibihumbi 240 zo mu bwoko bwa AstraZeneca kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Werurwe 2021. Indege ya Qatar Airways itwaye icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19 ziri muri gahunda ya Covax, yazigejeje i Kigali zakirwa n’abayobozi banyuranye. RBA itangaza ko byitezweko izindi nkingo 102,960 zo mu bwoko bwa […]

Karasira yagarukiye Leta nyuma yo kugerageza gukurikira abayirwanya

Umuhanzi wamenyekanye cyane mu biganiro ku rubuga rwa YouTube bitavugwaho rumwe, Karasira Aimable avuga ko ubu yagarukiye Leta y’u Rwanda nyuma yo kugerageza gukurikira abayirwanya, akabona nta cyerekezo bafite. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Bwiza TV kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Werurwe 2021. Karasira yagize ati: “Abantu bavuga ko ndwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, […]

Ubushakashatsi bwakorewe muri DRC butanga ‘ icyizere ku muti wa HIV’

Ibyagezweho n’ubushakashatsi bwakorewe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kuri HIV ‘bitanga icyizere cy’umuti’ nk’uko abahanga muri siyansi babivuga. Aba bahanga bavuga ko bavumbuye itsinda rinini ry’abantu bafite imibiri ihangana mu buryo bwa kamere na virusi itera SIDA bitabaye ngombwa ko bafata imiti, riri kwerekeza ku cyizere ko hari igihe kizagera ikabonerwa umuti, nkuko abahanga […]

Impunzi zirenga miliyoni 3 zo mu Karere ziratabarizwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) n’irishinzwe ibiribwa (PAM) aratabariza impunzi zirenga miliyoni 3 ziba mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, zitakibona inkunga zagenerwaga uko bikwiye, bikaba byaratumye ibiribwa zagenerwaga bigabanywa ku gipimo kigeze kuri 60%. Uhagarariye UNHCR muri aka Karere, mu Ihembe rya Afurika no mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Clementine Nkweta-Salami kuri uyu wa […]

Burundi: Icyishe wa mukobwa wari wagiye mu birori by’isabukuru cyamenyekanye

Umuvugizi wa Minisiteri y’umutekano w’imbere mu Burundi, Pierre Nkurikiye yatangaje icyavuye mu iperereza ryakozwe ku rupfu rw’umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko witwa Mushimiyimana Jacqueline. Tariki ya 25 Gashyantare 2021 ni bwo hamenyekanye inkuru y’uyu mukobwa inshuti zari zateguriye ibirori by’isabukuru y’amavuko tariki ya 24, mu buryo bwo kumutungura (surprise). Uyu mukobwa yagiye kuri izi nshuti mu […]