Ubwumvikane buke hagati y’abafatanyabikorwa bwadindije itangira ry’inyubako ya Bazilika ya Kibeho

Ubwumvikane buke hagati ya Fondasiyo (Fondation) ‘Our Lady of Kibeho’ igizwe n’Abakirisitu b’Abanyamerika bifuzaga gutera inkunga umushinga wo kubaka kiliziya nini (Bazilika) yitiriwe Bikira Mariya Nyina wa Jambo i Kibeho na Diyoseze Gatolika ya Gikongoro, bwatumye umushinga wo kuyubaka wagombaga gutangira mu ntangiriro za 2020 udindira. Madame Ilibagiza ImmaculĂ©e, umukirisitu w’Umunyarwanda uba muri Leta Zunze […]
Dr Tedros yasabye Perezida mushya wa Tanzania ubufatanye mu kurwanya Covid-19
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga ushinzwe ubuzima (OMS), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus kuri uyu wa 19 Werurwe 2021 yasabye Perezida mushya wa Tanzania, Samia Suluhu ubufatanye mu kurwanya icyorezo cya Covid-19. Ni ubutumwa Dr Tedros yanditse ku rubuga rwa Twitter nyuma y’irahira rya Samia Suluhu nk’Umukuru w’Igihugu w’inzibacyuho, wasimbuye Dr John Pombe Magufuli wapfuye tariki ya […]
Centrafrique: François Bozizé agiye kuva ku buyobozi bwa KNK ajye kuyobora inyeshyamba
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, François BozizĂ©, yatangaje ko agiye kuva ku buyobozi bw’ishyaka rye rya Kwa Na Kwa (KNK) kugira ngo abashe kuyobora CPC, ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Centrafrique. BozizĂ© arateganya kwegura ku buyobozi bwa KNK mu gihe cya vuba nk’uko yabitangarije abayobozi bakuru ba ririya shyaka mu mpera […]
U Rwanda rwihanangirije Ambasaderi w’u Bubiligi kuri Rusesabagina_Belga
Ibiro Ntaramakuru by’Ababiligi (Belga) byatangaje ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yihanangirije Ambasaderi w’u Bubiligi muri iki gihugu, BenoĂ®t Ryelandt ku kibazo cya Paul Rusesabagina. Mu gihe ubutabera bw’u Rwanda bukurikiranye Rusesabagina ho ibyaha 9 by’iterabwoba, Belga yavuze ko amakuru ikesha ibitangazamakuru birimo De Standaard na Het Nieuwsblad kuri uyu wa 19 […]
Minisitiri w’Intebe agiye kugaragaza gahunda ya leta yo kuzamura ubukungu bw’igihugu
Biteganijwe ko Minisitiri w’intebe Édouard Ngirente azitaba inteko ishinga amategeko ku wa kane w’icyumweru gitaha aho azamurika gahunda ihari yo kuzahura ubukungu bw’igihugu. Mu ibaruwa yanditse mu ntangiriro z’uku kwezi, Ngirente yasabye abavuga rikijyana bombi kumuha umwanya wo kwerekana ibikorwa bya guverinoma bijyanye no kuzahura ubukungu. Yanditse ati: “Nishimiye kubasaba kumpa umwanya kugira ngo mbashe […]
Le Premier ministre fera la lumière sur la reprise économique au Parlement
Le Premier ministre Édouard Ngirente devrait comparaĂ®tre au Parlement jeudi la semaine prochaine oĂą il fera la lumière sur la reprise Ă©conomique nationale. Dans une lettre Ă©crite au dĂ©but du mois, Ngirente a demandĂ© aux deux prĂ©sidents du parlement de lui accorder du temps pour prĂ©senter les activitĂ©s du gouvernement en matière de reprise Ă©conomique. […]
Iby’umurambo wa Kasango umaze hafi ukwezi utarashyingurwa byageze mu rukiko
Umugore wa nyakwigendera Robert Aldridge Kasango (Bob Kasango) wari umunyamategeko ukomeye muri Uganda, Nice Bitarabeho yareze nyirabukwe, Rosie Kabise, mu Rukiko Rukuru amushinja kumutambamira ntashyingure umugabo we. Ni nyuma y’aho guhera tariki ya 2 Werurwe 2021 Bitarabeho, abana be n’abandi babashyigikiye bananiwe kumvikana na Kabise n’abamushyigikiye ku hantu Kasango agomba gushyingurwa, ndetse hakaba harabaye igisa […]
2021: U Rwanda ruza mu bihugu bitatu bya mbere ku Isi bifite abaturage batishimye
Raporo yerekana uko abaturage b’ibihugu bitandukanye ku Isi bishimye, ishyira u Rwanda mu bihugu bitatu bya mbere ku Isi bifite abaturage batishimiye muri uyu mwaka wa 2021. Iyi raporo ngarukamwaka izwi nka ‘The World Happiness Report’, ikorwa n’ikigo The Sustainable Development Solutions Network cyegamiye ku Muryango w’Abibumbye gisanzwe gifite ikicaro i New York muri Leta […]
RDC: Urugo rw’uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi, Kalev Mutond, rwasatswe
Urugo rwa Kalev Mutond, wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) ku butegetsi bwa Joseph Kabila, kuri uyu wa Kane, itariki 18 Werurwe rwatewe n’inzego z’umutekano zaruteye hejuru zirusaka. Nyuma y’iki gikorwa za telefone, mudasobwa na modem byatwawe n’abashinzwe umutekano bamwe bari bambaye igisirikare abandi bambaye gisivili nk’uko byemejwe n’umwe […]
Perezida Kagame yasabye abayobozi kwirinda gukora ibintu uko babishaka
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame yasabye abayobozi bashya barahiye, gushyira imbere inyungu z’Abanyarwanda ago gukora ibintu uko babyumva, mu bushake bwabo. Izi mpanuro yazitanze mu ijambo rye mu muhango wo kurahiza abaminisitiri babiri bashya kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Werurwe 2021. Umukuru w’igihugu yavuze ko ” abayobozi kwirinda gukorera inyungu zabo […]
Abantu hafi 20 bishwe no kurya inyama z’akanyamasyo
Guhera kuwa Mbere ushize, itariki 15 Werurwe, abantu basaga 34 bajyanwe mu bitaro nyuma yo kurya akanyamasyo ko mu nyanja kari mu bwoko bubujijwe. Abantu 19 muri abo bajyanwe mu bitaro barimo abana 9 byabaviriyemo urupfu. Ibi byabanje kubera ahitwa Vatomandry, mu burasirazuba bwa Madagascar, aho abayobozi mu by’ubuzima bavuga ko abantu 10 mu bariye […]
UEFA Champions league: Bayern Munich yisanze hamwe na PSG, Real Madrid itombora Liverpool
Tombora y’uko amakipe agomba guhura muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league, yasize ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage itomboye PSG yo mu Bufaransa, Real Madrid yo muri Espagne itombora Liverpool yo mu Bwongereza. Ni tombora yaberaga i Nyon mu gihugu cy’Ubusuwisi. Bayern Munich na PSG zaherukaga guhurira muri UEFA Champions league mu mwaka […]
Gashyantare: Cassa Mbungo André ni we mutoza wahize abandi muri shampiyona ya Kenya
Umunyarwanda Cassa Mbungo AndrĂ© utoza ikipe ya Bandari FC yo mu kiciro cya mbere muri Kenya, yahembwe nk’umutoza wahize abandi muri iriya shampiyona mu kwezi kwa Gashyantare. Ikipe ya Bandari FC kuri Twitter yayo yavuze ko kuba Cassa yahembwe nk’umutoza w’ukwezi nta gitunguranye kirimo, ishimangira ko ari ikimenyetso cy’uko ibyiza biri imbere. Bandari FC iri […]
Abayobozi b’ibihugu bya Afurika bapfuye bari ku buyobozi mu myaka ya vuba

Ku wa gatatu tariki ya 17 Werurwe, Tanzaniya yatakaje Perezida John Magufuli wapfuye azize indwara y’umutima bivugwa ko yari amaze imyaka igera kuri 10 ahanganye na yo. Mu gihe bari mu cyunamo muri Tanzania, urupfu rwa Magufuli rwateje kwibukwa ibihe nk’ibi bibabaje byabaye ku mugabane wa Afurika, akaba ari muri urwo rwego twabateguriye urutonde rw’abaperezida […]
Samia Suluhu amaze kurahirira kuyobora Tanzania, asimbuye Dr Magufuli
Samia Suluhu Hassan wari Visi Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania amaze kurahirira kuba Umukuru w’Igihugu w’inzibacyuho asimbuye nyakwigendera Dr John Pombe Magufuli wapfuye tariki ya 17 Werurwe 2021. Ni igikorwa kibaye hashingiwe ku biteganywa n’Itegekonshinga rya Repubilika, rivuga ko mu gihe Umukuru w’Igihugu agize impamvu zituma atabasha gukomeza kukiyobora zirimo urupfu, Visi Perezida […]
Gulu: Abanyeshuri bishwe barasiwe mu kigo cy’abakobwa bari bagiye gutereta
Abanyeshuri babiri b’abahungu; Rubangakene Brian na Emmanuel Okeny bigaga ku ishuri rya St Joseph’s College mu Karere ka Gulu, bishwe barashwe n’umurinzi w’ishuri ryitwa Bright Valley School ryigaho abakobwa bari bagiye gutereta. Aba bahungu biravugwa ko bavuye ku ishuri ryabo batorotse, bajya kureba umupira wa UEFA Champions League mu isanteri ya Layibi gusa mu gutaha, […]
Burundi: Ukuriye Imbonerakure yafatiwe mu cyuho asambanya umwana wiga mu ishuri ribanza
Umuyobozi w’Imbonerakure muri Komini Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, mu gihugu cy’u Burundi arashinjwa n’abaturage gusambanya abana b’abakobwa bataragira imyaka y’ubukure abashukisha amafaranga. Kuri ubu biravugwa ko uyu mugabo aherutse gufatirwa mu cyuho ari gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, abaturage bakaba bamagana kuba uyu adahanwa. Uyu muyobozi w’Imbonerakure muri Komini […]
Ikiriyo cy’Umwami w’Abazulu cyitabiriwe n’abarimo abambaye ubusa (Amafoto)

Tariki ya 12 Werurwe 2021 ni bwo Umwami w’Abazulu, Goodwill Zwelithini wari ufite imyaka 72 y’amavuko yatanze azize indwara ya diyabete (diabetes). Ni inkuru y’incamugongo abatuye mu Ntara ya Kwa Zulu Natal bari bakiriye, kuko abenshi byarabagoye kwakira ko Umwami wabo wari umaze imyaka 52 abayobora yatanze. Ikiriyo cyatangiye kuva ku munsi Umwami Zwelithini yatangiyeho […]
Madamu Samia Suluhu ararahirira kuyobora Tanzania
Samia Suluhu Hassan uyu munsi kuwa Gatanu ararahirira kuba perezida wa Tanzania, nk’uko byatangajwe n’ibiro by’umuvugizi wa guverinoma. Mama Samia ararahira saa yine z’amanywa ku isaha ya Tanzania mu ngoro y’umukuru w’igihugu, nk’uko biri mu itangazo ryashyizwe kuri Twitter n’umuvugizi wa guverinoma. Itegeko riteagnya ko uyu wari visi perezida akomeza manda y’imyaka itanu, John Magufuli […]