Nta gihindutse, Perezida Tshisekedi arasesekara i Goma mu masaha make ari imbere

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi ategerejwe mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa 12 Kamena 2021, mu rwego rwo gusura abagizweho ingaruka n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Bimwe mu bitangazamakuru byo muri RDC bivuga ko amakuru y’uruzinduko rwa Perezida Tshisekedi yemejwe n’umuntu wizewe. Muri uru ruzinduko […]

RIB ivuga ko umunyamakuru Cyuma agambanira igihugu

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry yatangaje ko umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ© uzwi nka Cyuma Hassan agambanira igihugu, binyuze mu byo atangariza ku rubuga rwa YouTube. Mu kiganiro Dr Murangira yagiriye kuri Popote TV, ubwo yageze ku bakoresha “nabi” urubuga rwa YouTube, yavuze ko bene aba bari mu byiciro bitatu. Yagize ati: “Hari cya […]

Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10

Umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye mu Ishuri rya Ainamoi riri ahitwa Kericho muri Kenya kuwa Gatatu w’iki cyumweru yashimangiye mu mutwe wa diregiteri, Geoffrey Rono, umusumari wa inches enye zingana na cm 10.16 Uyu munyeshuri utavuzwe amazina, yakoze ibi nyuma y’aho ubuyobozi bw’ishuri bwari bumwirukanye kuko yasabwaga kubanza kwishyura ideni abubereyemo. Uyu […]

Mali: U Bufaransa bwishe uwagize uruhare mu iyicwa ry’abanyamakuru 2 ba RFI mu 2013

Ingabo z’u Bufaransa zivuganye Baye Ag Bakabo, umwe mu b’ingenzi bakekwaho kwica abanyamakuru babiri b’Abafaransa bakoreraga RFI, Ghislaine Dupont na Claude Verlon, muri Operation yabereye mu majyaruguru ya Mali. “Bitwaga Ghislaine Dupont na Claude Verlon, bari Abafaransa, bari abanyamakuru. Ku ya 2 Ugushyingo 2013, bashimutiwe muri Mali bicwa n’abaterabwoba ba al-Qaeda muri Maghreb ya kisilamu. […]

Amb. Nikobisanzwe ku ifatwa rya Cassien Ntamuhanga

Ambasaderi w’ u Rwanda muri Mozambique, Claude Nikobisanzwe avuga ko nta kaboko k’ u Rwanda kari mu ifatwa rya Cassien Ntamuhanga wari waratorotse Gereza ya Mpanga, agahungira muri icyo gihugu aho yabaga kuva mu 2017. Ntamuhanga yatawe muri yombi ku cyumweru tariki 23/05 ku kirwa cya Inhaca kiri mu burasirazuba bwa Maputo aho yari asigaye […]

Col. Makanika yemeye kujya mu biganiro byo gushakira amahoro Abanyamulenge

Umunyamulenge Col. Michel Rukunda wamenyekanye nka Makanika mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yemeye kujya mu biganiro bigamije gushakira amahoro bene wabo bahuje ubwoko batuye mu misozi ya Minembwe muri Teritwari ya Fizi. Nk’uko Radio Okapi yabitangaje, abayobozi batandukanye barimo abo muri Minembwe ni bo bemeje iki cyemezo cya Col. Makanika tariki […]

RwandAir suspend ses vols vers l’Ouganda en raison de l’augmentation de Covid

La SociĂ©tĂ© Nationale des Transports AĂ©riens, RwandAir, a suspendu tous les vols vers l’aĂ©roport international d’Entebbe alors que l’Ouganda est aux prises avec une augmentation des cas de Covid-19. « En raison d’une augmentation des cas de Covid-19 en Ouganda, RwandAir annonce la suspension de ses vols vers Entebbe Ă  compter du 10 juin 2021, jusqu’Ă  […]

Munyenyezi ntagishaka kwivuriza ku Muhima

Munyenyezi BĂ©atrice ukurikiranyweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 avuga ko akwiriye kuvurirwa mu bitaro biri ku rwego rwo hejuru y’ibya Muhima ku bw’ikibazo cy’ubushobozi bwabyo. Abanyamategeko ba Munyenyezi; Me Buhuru Pierre Celestin na Me Gatera Gashabana mu iburanisha ryo kuri uyu wa 11 Kamena 2021, bagaragarije urukiko ko uwo bunganira arwaye indwara zirimo […]

Rwamagana: Imisanzu batanze n’inkunga y’Ubudehe byaburiwe irengero

Abatuye mu mudugudu wa Gisanza mu Kagari ka Mwulire mu Murenge wa Mwulire baratamba basaba ubuyobozi gukurikirana amafaranga y’imisanzu ndetse n’inkunga y’ubudehe bakeka ko byiririwe n’abayobozi. Abaturage baganiriye na bwiza bahavuga ko hashize imyaka 3 batanze amafaranga basabwa n’abayobozi b’umudugudu bababwira ko bagiye kubaha ivome rusange. Umuturage twise Ngarambe ku mpamvu z’umutekano we yavuze ko […]

Umushinwa yakorewe ibya mfura mbi n’Umunyafurika yiyongoje gutera icyuma

Umugabo w’Umushinwa yakorewe inya mfura mbi na mugenzi we w’Umunyafurika, nyuma yo kumwiyongoza akagerageza kumutera icyuma. Byabereye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu gace ka Tonkolili ho muri Sierra Leone. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uwo mugabo w’Umushinwa atonganya Umunyafurika, mbere y’uko akubitwa nk’umwana muto. Witegereje neza amashusho ubona ko uriya mushinwa yageragezaga […]

Ibihano EU yafatiye u Burundi byagize ingaruka kuri EAC yose_Dr Mathuki

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba uzwi nka EAC, Dr Peter Mathuli tariki ya 9 Kamena 2021 yandikiye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) awusaba gukuraho ibihano bwafatiye u Burundi. Dr Mathuki avuga ko ikibazo cy’umwuka mubi wa politiki wateje umutekano muke kitakiri mu Burundi. Uyu munyamabanga mukuru ubwo yari amaze kugeza ubu busaba kuri EU, yatangarije […]

Musanze: Perezida arayobora umuhango wo gushyikiriza impamyabumenyi ba ofisiye 47

e3l4h49xwamn369.jpg

Biteganijwe ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aza kuyobora itangwa ry’impamyabumenyi ku basirikare bakuru n’abapolisi 47 basoje amasomo y’umwaka umwe bahabwaga mu ishuri rikuru rya gisirikare (Senior Command and Staff College) riherereye mu Karere ka Musanze. Aya masomo akomeye yo kuyobora yahuriyemo abasirikare n’abapolisi bari ku rwego rwa Majoro na Koloneli. Iri shuri ryashinzwe ku […]

Maroc-Espagne : Communiqué du Parlement Panafricain

Le Parlement panafricain, Ă  travers son PrĂ©sident et Ambassadeur de bonne volontĂ©, le camerounais Roger Nkodo Dang a rappelĂ© que le Parlement europĂ©en ne doit pas s’impliquer dans la crise entre le Royaume du Maroc et l’Espagne, car il s’agit d’une crise bilatĂ©rale qui peut ĂȘtre rĂ©solue par des moyens diplomatiques ou Ă  l’aide d’une […]

Umuriro watse hagati y’abanyapolitiki Philippe Mpayimana na Ingabire Victoire

Nyuma y’aho kuri uyu wa Kane, itariki 10 Kamena, umunyapolitiki Philippe Mpayimana yibasiye abanyapolitiki bagenzi be batavuga rumwe n’ubutegetsi bakorera hanze y’igihugu no mu Rwanda, abashinja gukorera ba mpatsibihugu, Ingabire Victoire uri mu batunzwe urutoki nawe yasubije Mpayimana avuga ko ntacyo ari cyo kuburyo yamuha amasomo. Ibi Mpayimana yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru cyabereye mu […]

Hari incabwenge z’Abafarisayo ariko Yezu yigira mu barobyi- Museveni ku guhitamo abayobozi bashya

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko yahisemo gutungurana ubwo yashyiragaho abagize guverinoma bashya, akoresha uburyo Yezu yakoresheje ahitamo intumwa ze. Ubwo yagarukaga ku ngingo zitandukanye nyuma yo kugeza ku nteko, ingengo y’imari, Museveni yagarutse no gutungurana kwabayeho mu ishyirwaho ry’abagiye kuyoborana na we muri manda nshya aheutse kurahirira. Kuri iyo ngingo yagize ati […]

Abaturuka muri RDC, Uganda na Zambia ntibemerewe kwinjira i Dubai

Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) tariki ya 9 Kamena 2021 zafashe icyemezo cyo gukumira abagenzi baturuka muri Uganda, Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na Zambia. Ni icyemezo yafashe mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Covid-19 cyugarije ibi bihugu byo ku mugabane wa Afurika, guhera mu mezi make ashize, nk’uko Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) byabitangaje. […]

Minisitiri w’Intebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, yeguye na guverinoma ye

Minisitiri w’Intebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, kuri uyu wa Kane, yatangaje ko yashyikirije ubwegure bwe, Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra, wongeye gutorwa mu Ukuboza. “Maze gushyikiriza nyakubahwa Perezida wa Repubulika Faustin-Archange TouadĂ©ra ukwegura kwanjye ndetse n’ukwa guverinoma.” Minisitiri w’intebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, yabitangaje ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Kamena, ashimangira […]

Mu gihe abaturage batakamba, NISR ivuga ko ibiciro mu mijyi ‘byagabanyutse’

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kivuga ko muri Gicurasi 2021 ibiciro ku masoko yo mu mijyi byagabanyutse ku kigero cya 0.1% ugereranyije n’uko byari bimeze mu kwezi nk’uku mu mwaka ushize. Nk’uko Igihe yabitangaje, igabanyuka ry’ibi biciro mu mijyi ryatewe n’ibiciro by’ubwikorezi byagabanyutse ku kigero cya 13.8%. Iki kigo kivuga ko kuva Mata kugeza muri […]

‘Hari abavuga ngo yaburiwe irengero’ Impamvu RIB yerekana utarahamwa n’icyaha

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yavuze ko zimwe mu mpamvu zituma bereka itangazamakuru umuntu ukurikiranweho icyaha kitaramuhama, ari ukugira ngo abantu batavuga ngo yaburiwe irengero. Dr Murangira yabitangarije mu kiganiro cyatambutse kuri Popote TV, cyibandaga ku ngingo zirimo uko RIB ikurikirana abakekwaho ibyaha. Mu gihe RIB yataye muri yombi ukekwaho icyaha, […]

Nizzo ku gukorana ubukwe n’umukobwa uba mu Bushinwa

Umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boyz, Ahmed Nshimiyimana uzwi nka Nizzo avuga ko nta gahunda y’ubukwe afite kuko ngo ubu nta n’umukunzi afite. Kuva mu 2020, ku mbuga nkoranyambaga na bimwe mu bitangazamakuru byahwihwishije ko Nizzo yaba yarakoze ubukwe n’umukobwa ubua mu Bushinwa gusa we arabihakana. Mu kiganiro n’imwe muri radiyo zo mu Rwanda, […]

RwandAir yahagaritse ingendo za Entebbe i Kampala

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ubwikorezi bwo mu kirere (RwandAir), yatangaje ko yabaye ihagaritse by’agateganyo ingendo ziva n’izijya ku kibuga cya Entebbe cy’i Kampala muri Uganda. RwandAir mu itangazo ryayo yavuze ko yahagaritse ingendo zayo kubera “ubwiyongere bw’imibare y’abanduye Covid-19 muri Uganda.” Iyi Sosiyete yaboneyeho kwihanganisha abagizweho ingaruka n’icyemezo yafashe, ibasaba kuzongera kugura amatike y’indege bundi […]

Ubushinjacyaha ntibushaka ko hitabazwa amashusho yerekana niba Dr Kayumba yarakoze ibyaha

Ejo ku wa 10 Kamena 2021, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwumvise ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher wafunzwe umwaka nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo guteza umutekano muke, yashinjwaga gukorera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe. Ni urubanza byari byitezwe ko rutangira saa mbiri z’igitondo, ariko rukererwaho amasaha umunani kuko rwatangiye mu masaa kumi y’umugoroba. Dr Kayumba […]

Wa mugabo wakubitiye mu ruhame Perezida Macron yakatiwe

Umugabo wo mu gihugu cy’u Bufaransa yahanishijwe amezi ane y’igifungo, nyuma yo kwemera ko ari we wakubitiye urushyi mu ruhame Perezida Emmanuel Macron wu Bufaransa. Damien Tarel wakubise Perezida Macron, yabwiye urukiko ko kumukubita igikorwa cyamujemo gutyo gusa atabanje kubitekerezaho, ariko umushinjacyaha avuga cyari “igikorwa cy’urugomo cyagambiriwe.” Amakuru avuga ko Tarel agendera ku bitekerezo bya […]