Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse ba Colonel bane bashya
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera abasirikare bane bari basanzwe ari ba Lt Colonel abagira ba Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda ribivuga, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wazamuwe mu ntera agirwa Colonel, anagirwa Umunyamabanga Mukuru Wungurije w’Urwego Rukuru Rushinzwe Iperereza […]
Umukino wa Rayon Sports na Rutsiro ntukibaye, iy’amakipe ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere irasubikwa yose
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, ryafashe icyemezo cyo gusubika umukino wa shampiyona wagombaga guhuza Rayon Sports na Rutsiro FC, ndetse n’imikino yose y’amakipe ane ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere. Rayon Sports yari kuzasura Rutsiro ejo ku wa Gatandatu, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona wari kuzabera kuri Stade Umuganda i Rubavu. FERWAFA […]
Rwamagana: Akarere karasabwa kubaka ibikorwaremezo bizazana impinduka ku mibereho y’abaturage
Abatuye umujyi wa Rwamagana bavuga ko hakenewe ibikorwaremezo bizana impinduka mu mujyi wabo bishobora gukurura abashoramari kuhakorera, bikanatuma abaturage benshi babona akazi. Abaganiriye na Bwiza.com bavuga ko Rwamagana ari agace gakwiye kwitabwaho bakongererwa ibikorwaremezo bizakurura abashoramari kuhubaka amahoteri n’ibindi bikorwa bizatanga akazi ku baturage. Niyonshuti Jean Bosco ni umuturage utuye mu murenge wa Muhazi. Avuga […]
Christian Eriksen wari wageze ku munwa w’urupfu yavuye mu bitaro
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Denmark, ryatangaje ko Christian Eriksen yamaze kuva mu bitaro, nyuma y’icyunweru cyose Ari kwitabwaho n’abaganga. Ku wa 12 Kamena ni bwo Christian Eriksen yakuye abenshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru imitima, nyuma yo kwitura hasi ari mu kibuga ubwo ikipe y’igihugu cye yakinaga na Finland. Hari mu mukino w’Igikombe cy’u […]
Le parquet rejette les demandes de deux “généraux” du MRCD qui souhaitent être réintégrés
L’accusation a rejeté les demandes de Felicien Nsanzubukire et d’Anastase Munyaneza, anciens « majors généraux » du CNRD-Ubwiyunge qui ont déclaré au tribunal qu’ils devraient être amnistiés, tout comme de nombreux autres « rebelles » capturés en RDC. Le CNRD-Ubwiyunge est l’un des groupes qui se sont réunis pour créer le MRCD, une coalition qui a donné naissance à […]
UN yatahuye ko umutwe wa ADF ufite ‘drones’
Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zivuga ko umutwe witwaje intwaro wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ufite utudege duto tutagira abapilote (drones). Nk’uko bigaragara muri raporo izi mpuguke zigize akanama k’umutekano ka UN zashyize ahabona tariki ya 10 Kamena 2021, amakuru y’uko ADF ikoresha utu tudege yemejwe n’abantu batandatu yari […]
Urutonde rw’imijyi 10 kuyituramo biteye siteresi mu 2021
Kompanyi yo mu Budage yitwa Vaay yashyize hanze urutonde rwerekana uko imijyi 100 ihagaze ku gutera siteresi (imihangayiko) ku bantu bayituyemo muri uyu mwaka wa 2021. Ni urutonde rwakozwe hagenzurwa imijyi 500 yo ku isi gusa imwe Vaay ikavuga ko bayiretse kuko nta makuru yizewe muyo bashakaga bayibonyeho. Mu gukora uru rutonde, hagendewe ku birimo: […]
Uko urushyi uwari guverineri wa Nairobi yakubise umudepitekazi rwabaye uruhenze mu mateka
Biravugwa ko uwahoze ari guverineri wa Nairobi, Evans Kidero, yishyuye miliyoni 30 z’amashiringi y’amande (Miliyoni zisaga 275 Frw)kubera gukubita umunyapolitiki mugenzi we Rachel Shebesh mu 2013, bikaba bishoboka ko ari rwo rushyi rwa mbere ruhenze mu mateka. Mu kiganiro kuri Ghetto Radio, Shebesh, icyo gihe wari uhagarariye abagore ba Nairobi mu nteko ishinga amategeko, yemeye […]
Angelina Mukandutiye yasabiwe gufungwa imyaka 20
Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda bwasabiye Mukandutiye Angelina uri mu bareganwa na Rusesabagina, guhanishwa igifungo cy’imyaka 20 ku byaha aregwa. Ubushinjacyaha mu iburanisha ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kamena 2021 bwavuze ko Mukandutiye akwiye guhamwa n’icyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba. Bwavuze ko nubwo yemera icyaha, ariko ukwemera kwe kutuzuye bityo adakwiye kugabanyirizwa igihano. […]
Urugo rw’umunyamakuru Cyuma rwatewe n’abafite amapingu

Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan avuga ko mu masaa tanu y’ejo ku wa 17 Kamena 2021 urugo rwe rwatewe n’abantu bataramenyekana bari bitwaje amapingu, akeka ko bamushakaga ku ngufu. Umukozi wo mu rugo wa Cyuma yabwiye itangazamakuru ko abashakaga umukoresha we bari bambaye imyenda ya gisivili, bari mu modoka y’umweru ya Vigo ifite […]
Iran: Babyukiye mu matora agomba kuzagena perezida mushya
Amatora ya Perezida wa Iran kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Kamena, azagena uzayobora guverinoma y’abasivili izayobora iki gihugu kiganjemo Abayisilamu n’ahazaza h’umubano wacyo n’ibihugu byo mu burengerazuba nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika bidacana uwaka. Mu bakandida bane, umuyobozi w’ubucamanza ukomeye, Ebrahim Raisi bigaragara ko ari we uza ku mwanya wa mbere mu bafite […]
Tanzania yatahuye Abany-Ethiopia basaga 50 binjiye mu gihugu bari muri matera

Abakozi bashinzwe abinjira n’abasohoka mu Ntara ya Pwani muri Tanzania baguye ku bimukira 54 bavuye muri Ethiopia binjiye mu gihugu bihishe mu makamyo atwaye imifariso (matera). Ikamyo yo mu bwoko bwa Scania ifite pulake T 191 AYD niyo aba biganjemo abagabo n’urubyiruko basanzwemo ubwo bari bavuye ahitwa Bagamoyo, bagafatwa na polisi yo mu muhanda ikorera […]
Nigeria: Umupolisi yishwe abanyeshuri basaga 80 biganjemo abakobwa barashimutwa
Abantu bitwaje intwaro kuri uyu wa Kane bishe umupolisi banashimuta byibuze abanyeshuri 80 n’abarimu batanu bo mu ishuri ryo muri leta ya Kebbi yo muri Nigeria, nk’uko byatangajwe na polisi, abaturage n’umwarimu. Iki gitero cyaranzwe n’ishimuta rikabije kibaye ku nshuro ya gatatu mu byumweru bitatu mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria, abayobozi bakaba bavuga ko ibi […]
Perezida Ndayishimiye yasabye abakozi ba Leta kwitangira igihugu, kikava mu madeni acyugarije
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arasaba abakozi ba Leta kwitangira igihugu cyabo kugira ngo kive mu madeni menshi acyugarije. Uyu Mukuru w’Igihugu mu nama aherutse kugirana n’aba bayobozi mu Ntara ya Ngozi, yavuze ko iki gihugu gikomeje kujya mu madeni ku buryo hari impungenge ko mu gihe nta cyaba gikozwe, ashobora kuzarenga ubukungu […]
Simbabajwe n’uko nakuwe muri Guverinoma kuko umukobwa wanjye yagizwe Minisitiri_Dr Mateke
Dr Philemon Mateke wari Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ushinzwe ibibazo by’akarere, yahishuye ko atigeze ababazwa n’uko yakuwe muri Guverinoma bitewe n’uko umukobwa we yagizwe Minisitiri cyangwa se Umunyamabanga wa Leta. Tariki ya 8 Kamena 2021 ni bwo Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yatangaje abantu 80 bagize guverinoma nshya, abari bayisanzwemo barimo Dr Mateke […]
Perezida Kagame yunamiye Kenneth Kaunda ufatwa nk’umubyeyi w’ubwigenge bwa Afurika
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije umuryango wa Kenneth Kaunda ndetse n’abaturage b’igihugu cya Zambia, nyuma y’urupfu rw’uyu mukambwe ufatwa nk’umubyeyi w’ubwigenge bwa Afurika. Ku wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021 ni bwo Kaunda yitabye Imana azize uburwayi bw’ibihaha. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe waharaniye ubwigenge bwa Zambia akanaba Perezida wa mbere wa kiriya gihugu, […]
Mugabo Gabriel wari ufunzwe akekwaho gufata ku ngufu yarekuwe
Myugariro Mugabo Gabriel ukinira ikipe ya Sunrise FC yo mu karere ka Nyagatare, yamaze kurekurwa nyuma y’icyumweru yari amaze afunzwe akekwaho icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Ku itariki ya 10 Kamena ni bwo Mugabo Gabriel yari yatawe muri yombi na RIB, nyuma y’umukino wa shampiyona ikipe ye ya Sunrise yari imaze guhuriramo […]
Apôtre Mutabazi yavuze ko hari abari gupanga kumugirira nabi
Umuvugabutumwa akaba n’umusesenguzi mu bya politiki n’imibereho rusange y’abaturage, Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice, yatangaje ko hari abantu batavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yamenye ko bashaka kumugirira nabi, kugira ngo byitiriwe Leta. Ni nyuma y’amakuru yavugaga ko hari ababa baramucecekesheje bamuziza ibiganiro bye by’ubusesenguzi yamenyekaniyeho ku rubuga rwa YouTube. Mu kiganiro yagiriye kuri Bwiza TV […]
Ukekwaho kwica AIGP Kaweesi yajyanwe ahatazwi ku iraswa rya Gen Katumba
Umugabo witwa Yusuf Nyanzi, kuwa Kabiri yatawe muri yombi, ajyanawa ahantu hataramenyekana, akekwaho gutegura iraswa rya Gen Katumba Wamala mu gihe yakurikiranwaga yidegembya ku iyicwa rya AIGP Andrew Felix Kaweesi. Abanyamategeko be, Wameli and Company Advocates bavuga ko yafatiwe iwe mu Mujyi wa Kampala, afatanwa n’umuhungu we, waje kurekurwa nyuma gato. Umwe mu banyamategeko, Godfrey […]
Kayiranga Baptiste yagizwe umutoza w’inzibacyuho wa Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ko Kayiranga Jean Baptiste ari we ugomba kuyibera umutoza w’inzibacyuho, nyuma yo kwegura kwa Guy Bukasa wari umutoza wayo mukuru. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Umukongomani Guy Bukasa wari umutoza Mukuru wa Rayon Sports yeguye ku mirimo ye, nyuma y’umukino wa shampiyona ikipe ye yari imaze gutsindwamo […]
Amwe mu mahoteli y’i Musanze ntasaba icyemezo cyerekana ko umuntu yipimishije Covid-19_Polisi
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yavuze ko amahoteli akorera mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru gafatwa nk’igicumbi cy’ubukerarugendo, yaba imwe mu nzira zishobora kunyuramo ubwandu bw’icyorezo cya Covid-19. Mu kiganiro CP Kabera yagiriye kuri radiyo Musanze mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Kamena 2021, yavuze ko ubwo we na […]
Raporo nshya ya Loni iravuga ko zimwe mu ntwaro ADF ikoresha zinyuzwa muri Uganda
Raporo nshya y’impuguke za Loni kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo irerekana ko imitwe yitwaje intwaro ikomeje gushyira ubuzima bw’abaturage mu kaga, kandi izi mpuguke zigatunga urutoki Igisirikare cya Congo, FARDC, zigishinja ibikorwa by’ubusahuzi, ubucuruzi butemewe bw’amabuye y’agaciro, no kwica abaturage gishinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro. Iyi raporo ya Loni yibanze ku ntara eshatu zo […]
Umubyeyi w’uruhinja rwagaragaye runagana kuri moto akomeje kwamaganwa
Umubyeyi w’umwana w’uruhinja uheruka kugaragara ku ifoto yatendetswe inyuma ya moto, akomeje kwamaganwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga bamushinja guhutaza uburenganzira bw’uwo yibarutse. Ni ifoto yatangiye gukwirakwira ku mbuga zirimo urwa Twitter ku wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021, bikaba bivugwa ko yafatiwe hafi ya Stade ya Huye mu mujyi wa Huye. Kuri iyi […]
Dukeneye cyane kwitegura byuzuye guhangana na Amerika- Kim Jong Un
Perezida Kim Jong-Un wa Korea ya ya Ruguru yatangaje ko igihugu cye gikeneye kwitegura “kuganira cyangwa guhangana” na Leta Zunze Ubumwe za Amerika “cyane cyane kwitegura byuzuye guhangana”. Kim yavugiye ibi mu nama y’abategetsi bakuru i Pyongyang. Muri iyo nama nkuru y’Ishyaka ry’Abakozi yatangiye muri iki cyumweru muri uwo murwa mukuru ni naho Kim yemeje […]
VIDEO: Namenye ko hari abashaka kunyica- Apostle Mutabazi arasuhuza abanyarwanda n’abavugaga ko yaburiwe irengero
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Rusizi: Barasaba ko serivisi z’ubuvuzi bw’amaso zitangirwa ku rwego rw’ibitaro zibegerezwa

Bamwe mu batuye ikibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi bavuga ko kuba serivisi zikomeye z’ubuvuzi bw’amaso zitangirwa gusa mu bitaro bya Mibilizi kandi kuhagera bigoye bamwe bagahitamo kureka kuyivuza bagakurizamo indwara zirushijeho gukomera zirimo n’ubuhumyi cyangwa umutwe udakira ugendanye na zo ari ikibazo kibakomereye,bagasaba ko bazegerezwa cyangwa inzobere z’abaganga z’ibi bitaro zikabegera kenshi ngo […]
VIDEO: Abasaza babanyapolitike ni babi mubirinde -Assouman avuze amagambo akomeye ku gihano Sankara yasabiwe
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV