VIDEO: Ibiri mu rubanza rwa Aimable Karasira: Ikibazo cyo mu mutwe, yaba iturufu yamurokora gufungwa?
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Nyagatare: Abantu 19 bafatiwe mu rwuri bari bamaze umwaka basengeramo
Abantu 19 basengera mu itorero ry’Abagorozi ryiyomoye ku itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi, bafatiwe mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Karangazi basenga, nyuma y’umwaka basengera aho hantu mu ibanga. Bafatiwe mu Kagari ka Mbare mu Murenge wa Karangazi mu rwuri rw’umuturage, bakaba biganjemo abo mu karere ka Ngoma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karangazi, Ndamage […]
Kapiteni wa Zambia y’abagore yanditse amateka akomeye mu mikino Olempike
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Zambia y’abagore, Barbra Banda, yanditse amateka yo kuba umugore wa mbere utsinze hat-tricks (ibitego bitatu mu mukino umwe) ebyiri zikurikiranye mu mateka y’imikino Olempike. Uyu mukobwa w’imyaka 21 y’amavuko yaherukaga gutsinda ibitego bitatu mu mukino we na bagenzi be banyagiwemo n’ikipe y’Igihugu y’u Buholandi ibitego 10-3, mbere yo kubisubira kuri uyu […]
Ntungamo: Bahangayikishijwe n’inka zambutswa rwihishwa ziva mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibijyanye n’amatungo muri Uganda, Bright Rwamirama, yaburiye abaturage bo mu Karere ka Ntungamo bashinjwa kwinjiza inka rwihishwa zivuye mu Rwanda ko abazajya bafatwa bazajya bamburwa izo nka zikagurishwa mu cyamunara. Abayozobozi bo muri aka karere nk’uko tubikesha NTV, bavuga ko abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Uganda bakomeje kurenga ku mabwiriza […]
Melania Trump ayoboye urutonde rw’abagore b’abaperezida bayoboye USA b’ibizungerezi

Babaye abagore b’abagabo bakomeye ku Isi, usibye imbaraga, bagiye bagaragaza igikundiro na gukurura abantu igihe cyose bagaragaraga mu ruhame . Aba badamu babaye muri White House, bakora ibikorwa by’ubugiraneza, bagira inshingano zitandukanye, ariko ntibibabuza kugaragara neza igihe cyose bagiye mu ruhame baherekeje abagabo babo bakomeye. Muri iki cyegeranyo turarebera abagore b’uburanga b’abaperezida bayoboye Amerika mu […]
VIDEO: Urupfu rutunguranye ku baperezida bagiye bakerensa ibya Covid-19, akagambane cyangwa n’ibindi? Andry yarusimbutse
Rusizi: Imiryango 305 yorojwe amatungo magufi inibutswa ko ak’imuhana kaza imvura ihise
Imiryango 305 itishoboye ifite abana bafashwa n’umushinga RW 0169 ukorera mu itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda,paruwasi ya Shara, murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi ,uterwa inkunga na Compassion international, yorojwe ihene mu rwego rwo kuyizahura ngo n’abo bana bagire imibereho myiza,ariko inibutswa ko ak’imuhana kaza imvura ihise, ko igomba guharanira kwigira aho gutekereza guhora […]
Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi kumupyinagaza, bwo bukavuga ko yigize intakoreka

Umuturage witwa Twagirimana Bonaventure wo mu Kagari ka Gasura mu Murenge wa Jomba w’Akarere ka Nyabihu, arashinja umuyobozi w’akagari kumuhohotera ubugira kenshi ashyigikiwe n’uw’umurenge yitwaje ibibazo bwite afitanye na bwo. Uyu muturage avuga ko bigitangira yacuruzaga akabari na butike muri kariya gace, ariko mbere y’uko icyorezo cya COVID-19 kigera mu Rwanda ku wa 14 Werurwe […]
Abantu 19 batagira indagamuntu basanzwe mu rwuri i Nyagatare bahamaze umwaka n’igice
Abantu 19 barimo abagabo barindwi bafatiwe mu rwuri rw’umworozi mu Murenge wa Karangazi aho bamaze umwaka n’igice basenga. Bafashwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga 2021, nyuma y’amakuru yatanzwe na David Bayingana nyiri urwuri basengeragamo mu mudugudu wa Karohoza, Akagari ka Mbare Umurenge wa Karangazi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza, […]
L’ancien ministre rwandais condamnĂ© pour gĂ©nocide rwandais transfĂ©rĂ© au SĂ©nĂ©gal
Augustin Ngirabatware l’ancien ministre rwandais condamnĂ© pour son rĂ´le dans le gĂ©nocide contre les Tusis, a Ă©tĂ© transfĂ©rĂ© au SĂ©nĂ©gal cette semaine pour purger sa peine, devenant le dernier dĂ©tenu Ă quitter un centre de dĂ©tention de l’ONU en Tanzanie, ont confirmĂ© jeudi des sources judiciaires. Depuis 1990, Ngirabatware Ă©tait ministre du Plan et il […]
Museveni aracyari indwanyi ikomeye muri Afurika n’umwarimu w’intambara – Gen Muhoozi
Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, unayobora ingabo zirwanira ku butaka, yongeye gutakagiza se avuga ko akiri indwanyi y’akataraboneka muri Afurika. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter akunze gukoresha agaragaza ibitekerezo bye, rimwe na rimwe bitavugwaho rumwe, Gen. Kainerugaba yatakagije se avuga ko akiri indwanyi ikomeye kurusha izindi muri Afurika. Yavuze ko imbaraga […]
Zambia: Uwiyamamarije kuba umudepite yananiwe kumvikana n’umukobwa bari mu kabariro, yitabaza urukiko
Herbert Mwale wigeze kwiyamamariza umwanya w’umudepite muri Repubulika ya Zambia, yitabaje urukiko nyuma yo kugirana ubwumvikane buke n’umukobwa witwa Natasha Chabinga mu gihe bari gutera akabariro. Nk’uko igitangazamakuru cyabitangaje, iburanisha ryabereye mu rukiko rwa Ndola kuri uyu wa 24 Nyakanga 2021, Mwale w’imyaka 51 y’amavuko asobanura ko saa tanu z’ijoro ryo ku wa 18 Mata […]
Umwuka si mwiza hagati ya Zimbabwe na USA, hejuru y’inkingo za Covid-19
Umwuka si mwiza hagati ya Guverinoma ya Zimbabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bitewe n’inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo hagati y’ibihugu byombi byatutumbye ubwo Ambasade ya USA yashakaga guha ishyaka MDC Alliance ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe inkingo 500,000 za Johnson & Johnson kugira ngo ritangire gahunda yo gukingira abaturage. Ni mu gihe […]
Ntiyamira yasabye guhagarika kuba padiri akarongora
Ku mbuga nkoranyambaga zinyuranye haracicikana ibaruwa y’Umupadiri witwa Fidèle de Charles Ntiyamira yandikiye Nyiricyubahiro Musenyeri Servilien Nzakamwita, Umushumba wa Diyosezi ya Byumba, asezera ku muhamagaro w’Ubupadiri, kuko yifuza gushinga urugo. Mu ibaruwa yanditswe tariki 18 Nyakanga 2021, amenyesha Mgr Nzakamwita ko asezeye mu butumwa bwo kwiha Imana, akaba agiye kuba Umulayiki biturutse ku mpamvu ze […]
Pegasus: Ambasaderi wa Uganda muri Loni, Adonia Ayebare, nawe yaba yarumvirijwe
Ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda kiravuga ko cyamenye ko na telephone ya Ambasaderi wa Uganda muri Loni yumvirijwe n’ikindi gihugu cyo muri Afurika kitatangajwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Pegasus rikomeje kugaruka mu nkuru zitandukanye muri iyi minsi. Mu nkuru yacyo, iki kinyamakuru cyatangaje ko Telephone ya Ambasaderi Adonia Ayebare yinjiriwe mu mwaka ushize kimwe n’uyundi […]
Myugariro Rayon Sports yifuzaga yayiteye umugongo yerekeza muri AS Kigali
Ikipe ya AS Kigali yamaze gusinyisha myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Rukundo Denis wakiniraga Police FC yo mu gihugu cya Uganda. Uyu myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo yari Kapiteni w’iriya kipe y’Igipolisi cya Uganda. Ni ku nshuro ya kabiri uyu musore aje gukina muri shampiyona y’u Rwanda, kuko yanyuze muri APR FC gusa ntabone umwanya […]
Muhanga: Umwana wishe nyina agahusha se agakomeretsa abavandimwe be yakatiwe n’urukiko
Umwana w’imyaka 17wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo wari ukurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye nyina, icyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake byateye urupfu, ndetse n’icyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake umwana, yahamwe n’ibyaha akatirwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 10. Ibi byahaha byakozwe ku itariki ya 03 Kamena 2021, mu masaha ya saa mbiri n’igice z’ijoro, […]
Algeria yareze RSF nyuma yo kuyishinja gukoresha Pegasus ikaza kwivuguruza
Igihugu cya Algeria kuri uyu wa Gatanu cyareze mu butabera bw’u Bufaransa umuryango w’Abanyamakuru batagira Umupaka (Reporters sans frontières) kiwurega isebanya nyuma y’aho uyu muryango ushinje iki gihugu gukoresha software ya Pegasus mu rwego rw’ubutasi mbere yo kwisubiraho. Iki kirego cyatanzwe na Algeria kirebana n’ibyatangajwe na RSF kuwa 19 Nyakanga ku rubuga rwayo nk’uko byemezwa […]
Ntidukeneye ubushumba hano_Museveni abwira abakomando binjiye muri UPDF
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye abakomando bashya aherutse kwinjiza mu gisirikare gushyira ku ruhande imico ya gishumba ahubwo bakifashisha ubumenyi bahawe mu gukora inshingano nshya zibategereje. Museveni usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo za Uganda, yabigarutseho ejo ku wa Gatanu ubwo yari ayoboye umuhango wo gusoza imyitozo y’abakomando kabuhariwe 171 mu kurwanya iterabwoba. Aba […]
Harimo ‘risques’ n’ibyiza- Sematumba wo muri ICG ku kohereza RDF muri Mozambique
Umusesenguzi wa politiki yo mu karere k’ibiyaga bigari wo mu ishyirahamwe International Crisis Group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko kohereza ingabo z’u Rwanda 1,000 muri Mozambique birimo ibyago (risques/risks) n’ibyiza ku bihugu byombi. Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique aho zatangiye kurasana n’abarwanyi zagiye guhashya muri icyo gihugu. Sematumba yabwiye BBC ko harimo ibyiza n’ibyago […]
Min. w’Intebe wa Uganda avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba. Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ” Iyo ntumwa yegrereye musaza wanjye aho akorera iramubza ngo uriya mugore ashaka iki? Niba umuntu ashobora […]