Abarimo Sinduhije na Barankitse bashyiriweho impapuro zo kubata muri yombi
Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi, Nyandwi Sylvestre yatangaje ko uru rwego rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi abantu barimo: Alexis Sinduhije uyoboye ishyaka MSD na Marguerite Barankitse washinze Maison Shalom. Harimo kandi: Umunyamabanga wa MSD; François Nyamoya, Melchiade Biremba, Nibigira Jean Claude, Niyukuri Nicolas, Gad Albert Bahati, Lievin Ndayiragije n’abandi batarashyira ahagaragara. Mu itangazo yashyize hanze, […]
Abafaransa bari mu Burundi basabwe kuba maso no kwigengesera
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yasabye Abafaransa baba mu Burundi kwigengesera, kubera ibitero bitatu byagabwe mu Ntara ya Bujumbura na Gitega; imirwa mikuru y’igihugu. Itangazo ryasohotse kuri uyu wa 22 Nzeri 2021, risaba Abafaransa baba mu Burundi kwirinda ingendo nyinshi mu masoko ndetse na gare by’i Bujumbura na Gitega; by’umwihariko mu gihe hari umwijima. Bahawe […]
Murashaka kunyohereza gukunda Satani utankunda kandi hari Imana inkunda?_Chameleone
Umuhanzi Joseph Mayanja ukunzwe mu muziki wa Uganda nka Dr Jose Chameleone, yavuze ko yahisemo kuva mu ishyaka National Platform Unity (NUP) rya Bobi Wine akerekeza muri National Resistance Movement (NRM) rya Perezida Museveni, kuko aho yumvaga adakunzwe uko bikwiye. Chameleone yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya NBS, nyuma y’amasaha make ahawe na […]
Rwamagana: Haravugwa urupfu rw’umusore wishwe n’imashini isya yakoreshaga
Mwijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki ya 22 Nzeri 2021, mu mudugudu wa Kamata akagari ka ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro, haravugwa umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 witwa Vincent wasanzwe mu mashini yarakoreshaga asya imyumbati yamuseye umutwe hasigaye igihimba. Ntwali Janvier Musa, uyobora umudugudu wa Kamata yavuze ko yamenye urwo rupfu ahamagawe […]
Abanyahayiti birukanwe muri Amerika bahondaguye abapilote bari babacyuye
Kuri uyu wa Kabiri, Abanyahayiti birukanwe muri Amerika bageze iwabo muri Port-au-Prince bafata abapilote b’Abanyamerika bari babatwaye ndetse n’abakozi b’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka barabahondagura barabakomeretsa. Imvururu zadutse nyuma gato yuko indege yari itwaye abagabo bakuze yari igeze muri Haiti maze abo yari ijyanye bashyikirizwa abayobozi ku bayobozi ba Haiti ku kibuga cy’indege. Nk’uko bitangazwa na […]
Ouverture des bars 18 mois après la fermeture
Le conseil des ministres du mardi 21 septembre a dĂ©cidĂ© d’ouvrir les bars progressivement, suite Ă la rĂ©duction des cas de Covid-19 dans le pays. C’est la première fois que des bars ouvrent depuis l’Ă©pidĂ©mie de Covid-19 au Rwanda il y a 18 mois. Les heures de couvre-feu dans la ville de Kigali ont Ă©galement […]
Amashusho ya Fik Fameica ari gutera akabariro agiye gushyirwa hanze nyuma y’ifoto y’integuza

Umuntu utaramenyekana yashyize hanze ifoto yafatwa nk’integuza, irimo umukobwa utaramenyekana, ari mu gitanda n’umuhanzi, Shafik Walukagga uzwi nka Fik Fameica, asezeranya ko mu minsi mike, hagiye gusohoka amashusho. Iyi nkuru itegerejwe mu bakurikiranira hafi imyidagaduro bamaze gukubita ijisho iyo foto Fik Fameica ari kumwe na slay queen mu buriri. Ayo mafoto yakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, […]
Mupenzi Eto’o yasabye imbabazi nyuma yo kwita uwamututse mu Gifaransa ‘imimbweti n’imisega’
Mupenzi Eto’o ushinzwe kugura no kugurisha abakinnyi muri APR FC, yasabye imbabazi nyuma yo kumvikana hari abo yita imisega n’imimbweti. Mu minsi ishize ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’uyu mugabo hari abantu yibasira, n’ubwo ntawe yigeze yerura ngo avuge mu izina. Byari nyuma y’uko APR FC yari ikubutse muri Djibouti, aho yari yagiye […]
Imodoka y’umwe mu bajyanama bakuru ba Perezida Zelenskyy wa Ukraine yarashweho

Imodoka y’umuntu wegereye bya hafi Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine kuri uyu wa Gatatu yarashweho urufaya rw’amasasu mu cyo ubuyobozi bufata nko kugerageza kumwivugana. Amasasu agera ku 10 ni yo yafashe imodoka yari itwaye uyu muntu wa hafi mu bafasha perezida (Principal Aide) ubwo yari igeze hafi y’agace ka Lesnyky, mu birometero nka bitanu usohotse […]
Rusizi: Inshuke zitigaga kubera kubura aho zigira zujurijwe ibyumba by’amashuri bigezweho

Ababyeyi bo mu kagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi, nyuma yo gushyikirizwa n’umuyobozi w’Akarere ka Rusizi Kayumba Ephrem ibyumba by’amashuri y’inshuke bubakiwe ku bufatanye n’umuryango nyafurika w’ivugabutumwa( AEE) n’abafatanyabikorwa bawo, baravuga ko bagiye gushishikariza bagenzi babo,baba abatuye aka kagari n’abagaturiye bari barabuze aho bajyana abana babo hafi guhaha ubumenyi n’uburere,kuko […]
Hafashwe umwarabu ushinjwa kuba yatozaga inyeshyamba za ADF gukoresha drones
Umunyamahanga ukomoka mu gihugu cya Jordan mu Burasirazuba bwo Hagati, bivugwa ko ari mu batoza inyeshyamba za ADF, yatawe muri yombi n’abayobizi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, afatiwe ku muhanda usanzwe atari nyabagendwa wo muri Beni nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri. Patrick Muyaya, Umuvugizi wa Guverinom ya Congo yagize ati “Igisirikare cyafashe Umunya-Yorodani […]
Itangazo ryo guhindura izina
Cristiano Ronaldo yigaranzuye Messi ku rutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo nyuma yo kwerekeza muri Manchester United atanzweho akayabo, yahise yigaranzura Lionel Messi ku rutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi ku Isi. Ikinyamakuru Forbes Magazine cyatangaje ko mu mwaka w’imikino wa 2021/22 byitezwe ko Cristiano Ronaldo azinjiza akayabo ka $ miliyoni 125 arimo miliyoni 70 agomba guhabwa na Manchester United nk’imishahara n’uduhimbazamusyi. Aya mafaranga […]
Bamwe mu bicanyi ruharwa babayeho barimo umugore waba warishe abantu 650

Kuri iyi Isi hari abantu bagiye babaho wavuga ko bavukanye umuvumo w’ubwicanyi cyangwa inyota yo kwica bagiye baba abicanyi ruharwa, nk’abo tugiye kurebera hamwe bagiye babayeho mu mateka bivugwa ko ari bamwe mu bicanyi ruharwa kugeza ubu bamenyekanye nk’uko tubikesha Wikipedia. Ted Bundy Theodore Robert Bundy yari umwicanyi ruharwa w’Umunyamerika, ushimuta, ufata ku ngufu, wibasiye […]
Francine Niyonsaba yakiriwe nk’Umwamikazi nyuma yo guhesha igihugu ishema

Umurundikazi Francine Niyonsaba ukunzwe kwitwa Farah yakiriwe i Bujumbura nk’Umwamikazi, nyuma y’imini yari amaze ahesha ishema igihugu cye mu marushanwa mpuzamahanga yo kwiruka. Mu gitondo cy’uyu wa 22 Nzeri 2021 ni bwo indege ya Kenya Airways yagezaga Fara ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri mu murwa mukuru w’ubukungu, Bujumbura, avuye muri Esipanye. Uyu […]
Uyu mwanzuro niyo nkuru nziza numvise muri uyu mwaka-Umugore ku ifungurwa ry’utubari
Inama y’abaminisitiri mu Rwanda yemeje ifungurwa ry’utubari mu byiciro nyuma y’umwaka umwe n’igice dufunze, inkuru yashimije benshi abarimo na Mukakamanzi uvuga ko ari inkuru nziza ya mbere yakiriye mu 2021. Ku mbuga nkoranyambaga cyane Twitter na Whatsapp benshi bahise baherekanya iby’iyo nkuru, bagaragaza ko uyu mwanzuro w’abaminisitri bateranye kuwa kabiri ari wo ubashishikaje kurusha indi. […]
Kicukiro: Ubuyobozi bwasibye ifoto yari yashushanyijwe mu guha icyubahiro Jay Polly
Umunyabugeni Rwigema Abdul wahanze igishushanyo cyatumye benshi bitirira umuhanzi Jay Polly umwe mu mihanda yo muri Kigali, aravuga ko cyamaze gusibwa n’ubuyobozi ku mpamvu atazi. Uyu munyabugeni yari yarashushanyije iki gihangano ku gikuta cy’inzu iherereye ku muhanda uri mu murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro. Byari mu rwego rwo guha icyubahiro umuraperi Tuyishime Joshua […]
U Bufaransa: Uwahoze ari minisitiri yabitswe akiri muzima
Paul Quilès,wahoze ari minisitiri kubwa Perezida François Mitterrand, kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Nzeri 2021 yabitswe akiri muzima, binyomozwa n’umwe mu bakobwa be. Uyu mugabo wahoze ari umuyobozi w’ibikorwa byo kwiyamamaza bya François Mitterrand mu 1981, wabaye minisitiri mu myaka ya 80 na 90, byatangajwe ko yapfuye kubera kwibeshya nk’uko iyi nkuru dukesha RFI […]
RDC: Major Kenga na mugenzi we Jacques Mugabo mu rubanza ku iyicwa rya Chebeya
Major Christian Ngoy Kenga Kenga n’umurinzi we, Jacques Mugabo, bakatiwe badahari ku rwego rwa mbere igihano cy’urupfu n’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare mu 2011 mu rubanza rw’iyicwa ry’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu Floribert Chebeya (uri ku ifoto) n’umushoferi we Fidèle Bazana, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 22 Nzeri , 2021 baritaba ku nshuro ya mbere mu […]
Byinshi kuri Musanganya, wagize ‘Dan’ ya kabiri ya Karate mu 1988

Umunyabigwi muri Karate mu Rwanda, Faustin Musanganya, ni umwe mu batangije uyu mukino njyarugamba mu Rwanda ku buryo bwemewe na Leta mu 1986, abona Dan ya kabiri muri Karate mu 1988. Musanganya w’imyaka 65, BWIZA yamusanze mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze ahitwa Nyamagumba, aho atuye n’umufasha we, babyaranye abana batanu. Bigaragara ko […]
RED-Tabara yamaganye ibitero by’i Bujumbura, ibigereka ku butegetsi bwa CNDD-FDD
Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wamaganye ibitero bya za grenade biheruka kugabwa mu mujyi wa Bujumbura, ubigereka ku ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi muri kiriya gihugu. Ku mugoroba wo ku wa Mbere ni bwo i Bujumbura hakabwe ibitero bibiri bya za Grenade, zimwe ziterwa ahategerwa imodoka zitwara abagenzi indi iterwa ahacururizwa indagara. Amakuru […]
New York: Perezida Tshisekedi yasabiye ibihano abacukura amabuye y’agaciro muri RDC mu buryo butemewe
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabiye ibihano bikomeye ibigo mpuzamahanga byose bicukura amabuye y’agaciro mu gihugu cye mu buryo butemewe. Perezida Tshisekedi mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iri kubera i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa 21 Nzeri 2021, yavuze […]
Umukobwa wa Rusesabagina yasabye amakipe nka Arsenal guhagarika amasezerano yayo n’u Rwanda
Umukobwa wa Paul Rusesabagina, Carine Kanimba, yasabye amakipe nka Arsenal guhagarika amasezerano yo kwamamaza ubukangurambaga bwo gusura u Rwanda buzwi nka Visit Rwanda. Carine yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Channel 4 News ku wa 20 Nzeri 2021 ubwo Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’urwambukiranya imipaka rwari rumaze gukatira Rusesabagina igifungo cy’imyaka 25. Uru […]
Mayhem in Kabaya center as a batch of thieves released from prison
Residents of areas surrounding Kabaya trading center located in Muhoza Sector, Musanze District decry insecurity following the release of those they term, thieves from Kinigi transit center and RIB prison known a Groupement in Musanze City. One of the residents says the release of about 14 thieves is one of the key factor of the […]