Rusizi: Urubyiruko ruvuga ko rukenana impano rwifitemo kuko rudafashwa kuzibyaza umusaruro

img-20211021-wa0020.jpg

Rumwe mu rubyiruko rwo mu mujyi wa Rusizi ruvuga ko rukenana impano zinyuranye rwifitemo ziba zagombaga kurutungana n’imiryango yarwo,urukiri mu mashuri rukabona amafaranga y’ishuri bitagoranye,urwarangije izo mpano zikarubera igishoro,nyamara ntirufashwe, dore ko hari rwinshi mu mirenge itandukanye y’aka karere n’ibitangazamakuru binyuranye byagiye bifasha mu kugaragaza ubwo buhanga rwifitemo ariko ntirugire icyo rufashwa n’ubuyobozi ngo ruzikuze, […]

Zimbabwe: Nelson Chamisa utavuga rumwe n’ubutegetsi yongeye kurusimbuka

Rimwe mu mashyaka akomeye atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe riravuga ko kuri uyu wa Gatatu umuyobozi waryo, Nelson Chamisa, yongeye kurusimbuka bwa kabiri mu gihe cy’iminsi 10 ubwo imodoka yari arimo yaraswaga isasu atamenye ahantu ryaturutse. Umuyobozi Wungirije w’ishyaka MDC-Alliance, Tendai Biti, yavuze ko imodoka ya Chamisa yarasiwe mu Mujyi wa Mutare uri ku mupaka […]

Mugisha Samuel yatawe muri yombi na RIB

Mugisha Samuel usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake. Mugisha Samuel usanzwe akinira La Roche-sur-Yon Vendée Cyclisme yo mu Bufaransa ari mu Rwanda mu biruhuko nyuma yo gusoza shampiyona. Yatawe muri yombi kuri uyu wa 21 Ukwakira […]

Col. Mukalayi yatanze andi makuru ku rupfu rwa Chebeya n’umushoferi

Col. Daniel Mukalayi uri kurangiza igifungo cy’imyaka 15 yakatiwe n’urukiko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yavuze ko umugambi wo kwica impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Floribert Chebeya n’umushoferi we, Fidèle Bazana wari umaze igihe utegurwa. Col. Mukalayi ubwo yagezwaga mu rukiko rwa gisirikare rwa Ndolo kuri uyu wa 20 Ukwakira 2021 nk’umutangabuhamya, yasobanuye ko uyu […]

Muhanga: Uwagize umugore umukobwa w’imyaka 17 yasabiwe gufungwa burundu

Umusore ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana no kubana nk’umugabo n’umugore, kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira 2021 Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu mu Rukiko Rwisumbuye rwa Muhanga. Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko, akekwaho kuba ku itariki ya 25 Ukuboza 2020, kugeza ku itariki ya 5 Mutarama 2021, ari mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, […]

Ibitaro 10 bya mbere byiza ku mugabane wa Afurika

kenya_medical_research_institute.jpg

Niba ujya wibaza ibitaro bya mbere byiza muri Afurika bifite ubushobozi haba mu kuvura, ibikoresho n’inyubako, ikigo SCImago Institutions Rankings (SIR),cyo muri Espagne kizwiho gukora urutonde rw’Ibigo by’ubushakashatsi u Isi kuva mu 2009 kigufitiye igisubizo. Iki kigo nacyo cy’ubushakashatsi mu by’ubuvuzi kikaba muri uyu mwaka cyasohoye urutonde rw’ibitaro biteye imbere ku Isi ruzwi nka “Global […]

VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno

Umupasiteri utamenyekanye amazina yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari/uruhimbi ari kubahata ibiboko ku bibuno. Muri iyi videwo yashyizwe hanze n’umukinnyi wa filimi wo muri Nigeria, Victor Osuagwu, pasiteri agaragara afite ikintu kimeze nk’umukandara ari gukubita abakirisitu ku mpamvu itamenyekanye. Abagore n’abagabo bagaragara baryamye bubamye, pasiteri akabanyuraho abakubita. Si pasiteri kuko n’umwungirije bose babanyuragamo igiti kivuza ubuhuha. […]

Impyiko y’ingurube yatewe mu muntu birakunda

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), itsinda ry’abaganga bakoraga ubushakashatsi ryateye impyiko y’ingurube mu muntu, bikunda nta ngorane zihabaye. Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika (Associated Press) bivuga ko iri geregeza ryakorewe mu ivuriro rya Kaminuza ya New York ryitwa Langone Health, rikaba ryatwaye iminsi irenga ibiri kugira ngo imitsi ye iteranywe n’iyi mpyiko. Muganga Dr Robert […]

Three children killed in airstrikes in war-torn Tigray

BY CNN Three children were killed and one person was injured in Monday’s airstrikes in Mekelle, the capital of Ethiopia’s war-torn Tigray region, the United Nations said Tuesday. Jens Laerke, spokesperson of the UN Office for the Coordination of Humanitarian Affairs (OCHA), said at a briefing in Geneva that local health workers in the Mekelle […]

Impinduka mu masomo yigishwa mu mashuri yisumbuye

lfk.png

Mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo ku wa 20/10/2021 hasohotse iteka N° 002/MINEDUC/2021 rya Minisitiri w’Uburezi rishyiraho integanyanyigisho mu mashuri y’uburezi bw’ibanze bw’inyigisho rusange, mbonezamwunga n’iz’imyuga n’ubumenyi ngiro. Iri teka rigaragaza impinduka mu masomo yigishwa mu mashuri yisumbuye, by’umwihariko mu cyiciro cya kabiri cyayo (Upper Secondary). Nko mu mashuri yisumbuye mu nyigisho rusange, bigaragara […]

Motocyclist accuses Tour du Rwanda winner, drunk Mugisha of beating him

Tour du Rwanda 2018 edition winner, Mugisha Samuel is accused of beating a motorcyclist, one Sangwa Olivier, 29, over transport charges misunderstanding. Sangwa Olivier alleges, the drunk Mugisha was last night supposed to pay 1,000 Rwf as agreed by both parties. However, during the journey, he changed his mind and did not want to pay […]

Musanze: Umuyobozi w’ishuri washinjwaga ivangura yakatiwe imyaka 7 y’igifungo

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy’imyaka 7 uwari umuyobozi w’ishuli ryisumbuye rya CYAPA riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge wa Rwerere, nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri. Icyaha uyu mugabo yahamijwe yagikoze ku italiki 22 Ukwakira 2020 saa mbiri z’ijoro(20h00) agikorera mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza […]

Ikipe yakwifuza kugura abakinnyi babiri ba FC Barcelona, yasabwa kwishyura Frw arenga tiriyari ebyiri

pedri.jpg

Ikipe ya FC Barcelona yo muri Esipanye ikomeje kwiyubaka mu buryo burambye, yongera amasezerano n’abakinnyi bayo bakiri bato, batanga icyizere cy’ahazaza, ku buryo indi kipe yabifuza byayigora bigendanye n’ubushobozi bw’amafaranga. Tariki ya 14 Ukwakira 2021, FC Barcelona yatangaje ko igiye kuvugurura amasezerano yayo na Pedro González Lopez uzwi nka Pedri, akazageza tariki ya 30 Kamena […]

Ingero z’ibibazo CIA yateje Abanyafurika mu kubambura abayobozi no gushyigikira igitugu

00161955_7d65350770acda4df1e92099bcf67dcd_arc614x376_w735_us1.jpg

Uruhare rw’iburengerazuba mu gutuma ubuzima butihanganirwa ku Banyafurika rwanditse neza. Abanyamerika, cyane cyane, bazwiho kwivanga mu bibazo by’ibihugu byigenga ku nyungu zabo bwite. Ikigo gishinzwe iperereza cyabo (CIA), kizwiho kwivanga mu bibazo by’ibindi bihugu bya Afurika. Baza bitwaje ko bakuyeho abanyagitugu mu bihe bimwe na bimwe, naho mu bindi bagashaka kuvanaho igitugu koko, ariko ku […]

Guverinoma yamaganye ukwinjira kw’ingabo z’u Rwanda_Minisitiri Muyaya

Minisitiri ushinzwe itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya avuga ko bamaganye ukwinjira kw’ingabo z’u Rwanda ku butaka bw’igihugu cyabo guherutse kuba. Minisitiri Muyaya yabitangarije mu ijambo yagejeje ku itangazamakuru ryerekeye gahunda za Guverinoma, i Kinshasa kuri uyu wa 20 Ukwakira 2021. Ubwo yabazwaga kuri iri kosa ingabo […]

Amavubi nyuma yo gutsindwa na Uganda yasubiye inyuma ho imyanya itanu ku Isi

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, yasubiye inyuma ho imyanya itanu ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA rwerekana uko ibihugu bikurikirana mu mupira w’amaguru. Amavubi kuri ubu ari ku mwanya wa 133 ku Isi, mu gihe ku rutonde rw’ukwezi gushize kwa Nzeri yari ku wa 127. U Rwanda rwatakaje imyanya itanu nyuma yo gutsindwa n’Imisambi ya Uganda […]

Gasabo: Umugore yasanzwe yapfiriye mu mugozi hafi ye hari umukoropesho uriho amaraso

Inzego z’ibanze n’inzego z’umutekano mu mu Mudugudu wa Bugarama, Akagari k’Agateko zageze mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo kuri uyu wa 20 Ukwakira 2021 saa tatu zisanga umugore witwa Bakareke Basilisse ari mu nzu amanitse mu mugozi yapfuye ariko hafi ye hari amaraso ku mukoropesho. Umuyobozi w’irondo mu kagari, (Vill Commander) witwa Maniragaba Pascal […]

Perezida wa Koreya y’Epfo yagaragaye mu ndege y’intambara

Perezida wa Repubulika ya Koreya y’Epfo, Moon Jae-in yagaragaye mu ndege y’intambara yo mu bwoko bwa FA-50 Fighting Eagle yakorewe mu gihugu cye. Uyu Mukuru w’Igihugu yagaragaye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2021 ubwo yari yitabiriye imurika ry’intwaro zitandukanye ryabereye mu murwa mukuru, Seoul. Perezida Moon yageze ku kibuga cy’indege muri Seoul hamaze icyumweru habera […]

HRW iravuga ko u Rwanda rwakajije umurego mu kutihanganira abatavuga rumwe narwo

hqdefault-5.jpg

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, uvuga ko Leta y’u Rwanda yakajije umurego mu kutihanganira umuntu wese ujya impaka cyangwa uyinenga. HRW ivuga ko mu kutihanganira abatavugarumwe na Leta, u Rwanda rufunga abanenga politiki iriho mu gihugu. Uyu muryango uvuga ko uku gufunga kwakajije umurego nyuma y’aho ishyaka DALFA Umurinzi ritaremerwa mu Rwanda […]

Nyaruguru: Buri mwaka asaga miliyari 4,5 FRW azajya agurizwa ab’amikoro make bifuza guhinga icyayi

Buri mwaka, uhereye umwaka w’ubuhinzi wa 2022/2023, kugeza mu 2042, umushinga wa SCON (Services Company Outgrowers Nyaruguru) urateganya guhinga hegitari 500 z’ubutaka bw’abaturage b’amikoro make, butabyazwa umusaruro, mu mirenge ya Mata, Kibeho, Cyahinda na Busanze yo mu karere ka Nyaruguru. Buri muturage ufite ubutaka azajya agurizwa 900,000 Frw kuri hegitare ahinge icyayi, umushinga ukamwigisha uko […]

Umuvunyi Mukuru avuga ko mu manza 12,2% zaburanishijwe mu nkiko zirimo akarengane

Umuvunyi Madeleine Nirere yavuze ko Ibiro bye byasanze akarengane muri 12.2% by’imanza zaburanishijwe mu nkiko ariko abaturage bakaba barazimushyikirije kubera ko nta butabera bahawe asaba Urukiko rw’Ikirenga kongera kuziburanisha. Ibi ni ibyagezweho n’Ibiro by’Umuvunyi muri raporo ngarukamwaka ya 2020-2021 byagejeje kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira, ku Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi. Umubare w’akarengane […]

Trump agiye gushinga urubuga nkoranyambaga rwe rwo guhangana na Twitter na Facebook

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gushinga urubuga nkoranyambaga rwe yise ‘Truth Social’ nyuma yo gukumirwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Trump yavuze ko uru rubuga nkoranyambaga rwe ruje “guhagurukira igitugu cya sosiyete z’ikoranabuhanga zikonmeye” ashinja gucecekesha amajwi y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Amerika. Ikigo Trump Media & Technology […]

Cristiano Ronaldo yafashije Manchester United kwigaranzura Atalanta yari yayifashe ku gakanu

img_20211021_061108.jpg

Ikipe ya Manchester United ibifashijwemo na Cristiano Ronaldo, yatsinze Atalanta ibitego 3-2 nyuma yo kuyigaranzura. Manchester United y’umutoza Ole Gunnar Solskjaer yaherukaga gutsindwa na Leicester City ibitego 4-2, yari yakiriye Atalanta i Old Trafford mu mukino wa UEFA Champions league wa gatatu wo mu tsinda F. Nta wari uzi ko Manchester United iza kwegukana intsinzi […]

Amafoto: Umumotari avuga ko Mugisha Samuel uzwi mu magare na Ezechiel uvuga ko ari afande bamumennye ijisho

capture-61.png

Umumotari witwa Sangwa Olivier utuye mu Mudugudu wa Kamuhoza, Akagari ka Kamuhoza mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, avuga ko Mugisha Samuel wigeze kwegukana Tour du Rwanda n’undi mugabo wavugaga ko ari afande muri RDF witwa Muyoboke Ezechiel bamukubitiye ku Gisozi, bakamumena ijisho bapfa ko abishyuje amafaranga y’urugendo. Uyu mumotari ufite ID No: 1199280053993035 […]