Mbere yo kugera mu Rwanda, Minisitiri Riester yabanje muri Uganda
Minisitiri w’u Bufaransa ushinzwe ubucuruzi mu mahanga no kubaka ubukungu, Franck Riester yabanje muri Uganda, mbere yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa 26 Ukwakira 2021. Muri Uganda, Riester yakiriwe na Perezida w’iki gihugu, Yoweri Museveni, amugezaho ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron. Perezida Museveni amaze kubitangariza ku rukuta rwa Twitter, agira […]
Ese ni ngombwa ko abana bamenya impamvu itumye ababyeyi babo batandukana?

Muri ibi bihe turimo ingo nyinshi zirasenyuka. Abenshi babikora batabanje gutekereza byimbitse ku ngaruka mbi bishobora kugira kuri bo ubwabo, ku bana babyaye, ku miryango yabo no kumibanire n’inshuti bahuriyeho. Gutandukana ku bashakanye si ikintu cyoroshye kuganira. Bigora kurushaho iyo, umwe mu bashakanye bibaye ngombwa ko abiganiriza abana be: agahinda, umujinya , igihirahiro, ubwoba. Ubwoba […]
Uwahoze ari intasi yemeje ko Igikomangoma Bin Salman cyaba cyarishe Umwami Abdullah

Uwahoze ari umuyobozi mukuru mu butasi bwa Arabiya Sawudite wakoranye n’Amerika mu kurwanya iterabwoba yatangarije mu kiganiro ” 60 Minutes” cya CBS cyatambutse kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukwakira, ko igikomangoma cy’ikamba Mohammed bin Salman (MBS)yigeze gukomoza ku kwica umwami arimo kuganira mu 2014. Byavuzwe na Saad al-Jabri wahoze akomeye mu rwego rw’ubutasi uri mu […]
Amafoto: Habayeho ukundi guturika muri Uganda, benshi bikekwa ko bahaguye

Habayeho uguturika kwa bisi (bus) ya Kompanyi yitwa Swift Safaris Limited mu Karere ka Mpigi kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021, bigakekwa ko hari abahasize ubuzima cyangwa bagakomereka. Ikinyamakuru The Independent cyo muri Uganda kivuga ko uku guturika kwabereye ahitwa Lungala ku muhanda uva Masaka werekeza Mbarara. Ntiharamenyekana icyateye uku guturika kwa bisi ya Swift […]
RIB yongeye guhamagaza Hakuzimana Rashid
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwongeye guhamagaza Hakuzimana Abdou Rashid ukunze kumvikana mu biganiro bitavugwaho rumwe ku rubuga rwa YouTube. Ibaruwa ya RIB yashyizweho umukono n’umugenzacyaha Jules Mutabazi kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 inakirwa na Hakuzimana uyu munsi, igira iti: “…utumiwe ku biro bikuru by’ubugenzacyaha bikorera ku Kimihurura mu karere ka Gasabo ku itariki […]
Mali yirukanye uhagarariye ECOWAS
Guverinoma ya Mali yahaye uhagarariye umuryango wa Afurika y’Uburengerazuba, Hamidou Boly amasaha 72 ngo abe yavuye mu gihugu cyayo. Itangazo iyi guverinoma yatambukije kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021, risobanura ko Hamidou Boly yirukanwe azira gukora ibitandukanye n’inshingano ye. Iri tangazo rigira riti: “Guverinoma ya Repubulika ya Mali yafashe icyemezo cyo kwemeza […]
Kamwokya: Akaboko k’umujura kaheze mu rugi rw’ibitaro yari agiye kwiba
Akaboko k’umujura wagerageje kwiba ivuriro mu gace ka Kamwokya ku muhanda wa Mawanda muri Kampala, kaheze ku rugi, kuhava biranga. Abantu batandukanye nk’uko Matooke Republic yabitangaje, basanze uyu mujura akaboko ke kaheze mu rugi rw’iryo vuriro ry’amenyo kandi nta kindi kintu kimufashe. Ababonye uyu mujura bari bumiwe, basanze agerageza gukura ikiganza cye mu rugi ariko […]
U Rwanda nicyo gihugu cyonyine muri Afurika ku rutonde rw’ibihugu 10 bitekanye
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatandatu mu bihugu 10 bya mbere ku Isi bifite umutekano ku bantu bifuza gukora urugendo bonyine cyangwa “Solo travellers”. Nicyo gihugu cyonyine cya Afurika kiri ku rutonde. Urutonde rukorwa na usebounce.com mu rwego rwo gufasha abagenzi guhitamo aho bakorera ibiruhuko bonyine. Urubuga rwatangaje ko rwatangaje ko urutonde rwarwo rushingiye […]
Le Rwanda parmi les pays les plus sûrs pour les voyageurs en solo
Le Rwanda a Ă©tĂ© classĂ© sixième parmi les 10 pays les plus sĂ»rs au monde pour les voyageurs en solo. C’est le seul pays africain sur la liste. Le classement rĂ©alisĂ© par usebounce.com afin d’aider les voyageurs Ă choisir leur futur lieu de vacances en solo. Le site internet qui propose des consignes Ă bagages […]
Perezida wa Repubulika agira imbabazi ntemera_Ingabire Immaculée
Umuyobozi w’umuryango Transparency International-Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie ImmaculĂ©e avuga ko Perezida wa Repubulika agira imbabazi atemera. Ingabire yabitangarije mu kiganiro Ishusho y’Icyumweru cyo kuri RBA cyatambutse kuri uyu wa 24 Ukwakira 2021, cyari cyerekeye ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo n’uburyo ababigiramo uruhare bakurikiranwa. Yavuze ko abakurikiranwaho iki cyaha mu Rwanda ari bake […]
Burkina Faso: Hasubukuwe urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara
Kuri uyu wa Mbere, i Ouagadougou muri Burkina Faso hasubukuwe urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara wishwe ku itariki ya 15 Ukwakira 1987 nyuma y’ibyumweru bibiri rusubitswe. Ni urubanza rwatangiye ku itariki 11 Ukwakira mu rukiko rwa gisirikare nyuma y’imyaka 34 Sankara yishwe muri coup d’etat yashyize ku butegetsi Blaise Compaore uregwa muri uru rubanza. […]
Amakipe atanu mu munani APR FC izatomboramo ni ayo mu Barabu
Ikipe ya APR FC yashyizwe mu gakangara ka gatatu gaherereyemo amakipe yasezerewe muri CAF Champions league agomba gutomborana n’ayo mu ka kane karimo ayakomeje mu ijonjora rya gatatu rya CAF Confederation Cup. Kuri uyu wa Kabiri tatiki ya 26 Ukwakira ni bwo hateganyijwe tombora y’imikino ya kamarampaka ku makipe yasezerewe muri CAF Champions league ndetse […]
Uwakoze Coup d’Etat muri Sudan yamenyekanye, avuga impamvu yabimuteye

Lt Gen Abdel Fattah Burhan, usanzwe akuriye inama ihuriweho n’abasivile ni we watangaje ko yahiritse ubutegetsi bwa gisivili agira ngo arengere igihugu. Ku wa Mbere, igisirikare cya Sudan cyasheshe leta ya gisivile, gita muri yombi abayiyoboye, kinatangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu. Gen Burhan, ashinja abanyapolitiki amakimbirane ariho. Mu ijambo yavugiye kuri televiziyo, yavuze ko ubushyamirane […]
Karongi: RIB yataye muri yombi abanyeshuri 2 bazira ‘kunnyuzura’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abanyeshuri babiri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Rubengera mu karere ka Karongi bazira gukubita no gukomeretsa bagenzi babo. Abatawe muri yombi barimo uw’imyaka 21 n’ufite imyaka 20; bakurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake abanyeshuri bagenzi babo nk’uburyo bwo kubannyuzura. Usibye aba bafunze, RIB iri gukora iperereza […]
Katumbi, Kabila na Fayulu bishyize hamwe mu kurwanya icyemezo cya Tshisekedi
Ishyirwaho ry’itsinda ry’ubuyobozi bushya bwa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (Ceni) ryateje impagarara muri RDC ariko rinatuma habaho kwiyunga hagati y’abanzi. Nk’uko byari byitezwe, imitwe myinshi ya politiki n’imiryango itegamiye kuri leta irwanya ishyirwaho ry’abayobozi bashya ba komisiyo y’amatora bashyizweho n’umukuru w’igihugu, FĂ©lix Tshisekedi, yishyize hamwe kugira ngo yitambike iki cyemezo […]
Green Party expels two members over harboring treacherous plans
The Central Executive Committee of the Democratic Green Party of Rwanda after has fired two members; Tuyishime Jean Deogratious, Mutabazi Ferdinand, after getting advice from the Party’s Ethics and Disciplinary Committee on matters concerning acts of treachery and misconduct by whom have been harboring treacherous plans of destroying the party from within by creating another […]
Green Party yirukanye abayoboke bashinjwa gushaka kuyisenya nabo bati turabifata nk’ibihuha

Tuyishime Jean Deogratious na Mutabazi Ferdinand abarwanashyaka b’ishyaka rya Green Party rivuga ko byagaragaye ko bafite imigambi mibisha kandi y’ubugambanyi yo gusenya Ishyaka birukanwa burundu na Komite Nyobozi Nshingwabikora y’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) nyuma yo kugirwa Inama na Komite Nkemurampaka y’Ishyaka, kuwa 24 Ukwakira 2021. Abirukanwe bo bavuga ko babyumva […]
Umuvugabutumwa akurikiranweho gukoza intoki mu gitsina cy’inkumi ngo arirukanamo Satani
Urukiko rw’ i Accra muri Ghana rwasabye umuvugabutumwa witwa Peter Mensah kwisubiraho nyuma y’aho rwakiriye ikirego ko yakoze mu gitsina cy’umukobwa yabwiraga ko ari kumusengera, ngo yirukanemo Satani. Mensah kandi urukiko rwasanze yarabanje gukorakora uwo mukobwa, rumurekura bitewe n’uko umurega yavanye ikirego cye mu rukiko gusa ruramwihanangiriza. Peter Mensah kuwa 11 Ukwakira 2021 ahagana saa […]
Ubuzima bwa Kim Jong Un bukomeje kwibazwaho, haba hari gutegurwa umusimbura

Bake mu bayobozi b’Isi ni bo bakurikiranirwa hafi kandi batwikiriwe n’amayobera nka Kim Jong Un. Amacenga ya politiki na dipolomasi ni yo akomeje kuvugwa kuri uyu muyobozi, bikekwa ko ari mu mpera z’imyaka 30 uri ku butegetsi kuva mu 2011. Hari ibihuha bikomeje kuvuga ko ubuzima bwe bwaba butifashe neza ndetse ko amakuru ye ya […]
Imyambarire y’abakinnyi ba Rayon Sports mu byacyesheje ibirori by’umunsi w’igikundiro (Amafoto)

Imyambarire y’abakinnyi ba Rayon Sports bari bacyeye ku maso, iri mu byasusurukije ibirori by’umunsi mukuru wa Rayon Sports Day wahariwe iyi kipe. Kuri icyi cyumweru ni bwo habaye ibirori by’umunsi mukuru wa Rayon Day uzwi nk’uw’igikundiro byabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Abafana ba Rayon Sports babarirwa mu bihumbi umunani beretswe abakinnyi ikipe yabo izifashisha […]
Abandi ba Guverineri bo mu Rwanda barahura n’abo mu Burundi
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel n’uw’iy’Amajyepfo, Kayitesi Alice barahura na bagenzi babo bo mu Burundi, bagirane ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi. Iyi nama irabera ku mupaka wa Gasenyi-Nemba ahaherera mu Karere ka Bugesera, kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021. Ba Guverineri bo mu Burundi bitabira iyi nama ni uw’Intara ya Kirundo na Muyinga […]
Rulindo: Umugore wishinganishije ku buyobozi yishwe atwikishijwe lisansi
Mukagatare Clementine wari utuye mu Mudugudu wa Nyabyondo w’Akagari ka Rutonde k’Umurenge wa Shyorongi w’Akarere ka Rulindo, yishwe n’umuntu utaramenyekana wamusutseho lisansi, arangije aramutwika. Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko Mukagatare wari ufite imyaka 45 y’amavuko yishwe tarikiya 20 Ukwakira 2021 ubwo yari hafi y’inzu ye. Amakuru y’ibanze kuri Mukagatare avuga ko yari yarishinganishije ku […]
Sudan’s PM Hamdok under house arrest, ministers detained
By: Aljazeera Al Hadath TV says an unidentified military force besieged the prime minister’s home and placed him under house arrest early on Monday. Military forces in Sudan have arrested several members of the country’s civilian leadership and put Prime Minister Abdallah Hamdok under house arrest, according to Al-Hadath TV. The Dubai-based broadcaster said the […]
Mai Mai yarekuye Abanyamulenge yari yarashimuse

Abarwanyi ba Mai Mai KUWA 23 Ukwakira, barekuye abaturage b’Abanyamulenge 52 bari bamaze iyinga rirenga baratwawe bunyaga n’abarwanyi ba Mai Mai,Biloze Bishambuke. Abo baturage bafatiwe mu bitero Mai Mai yagabye mu cyumweru gishize mu nsisiro zo mu Bibogobogo ho muri Teritwari ya Fizi intara ya Kivu y’epfo biganjemo abana, abagore n’abakecuru ndetse n’abasaza. Ubwo bagera […]
U Bufaransa: Koffi Olomide ategerejwe mu rubanza aregwamo gufata ku ngufu
Kuri uyu wa Mbere umuririmbyi Koffi Olomide ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aratangira kuburanishwa n’Urukiko rwa Versailles mu Bufaransa aho akurikiranweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bane b’ababyinnyi be. Umwe mu bakobwa bemeza ko bahohotewe na Koffi OlomidĂ© avuga ko yabajyanaga mu mahoteli akabasambanya ku ngufu, ndetse hari n’igihe yabahohoteraga bari […]
Abaminisitiri basaga 60 b’ububanyi n’amahanga muri EU na AU mu nama i Kigali
Abantu bagera kuri 500 barimo abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga barenga 60 bo mu Muryango w’Ububanyi n’u Burayi (E.U) n’abo mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ukwakira barateranira i Kigali mu nama ya 2 y’iminsi ibiri y’abaminisitiri ihuza iyi miryango. Ni inama ya mbere ibaye kuva muri Mutarama 2019. Biteganijwe […]
Sudani: Minisitiri w’Intebe n’abandi batanu bafunzwe n’abasirikare
Umutwe w’abasirikare bo muri Sudani bivugwa ko utazwi wataye muri yombi Minisitiri w’Intebe, ba Minisitiri bane n’umwe mu bagize akanama kayoboye igihugu. Televiziyo Al Hadath yo muri Sudani ivuga ko aba basirikare bagabye igitero ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe, Abdallah Hamdok kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021, iz’aba baminisitiri n’uyu muyobozi, zibafata bugwate. Itabwa muri […]
Abasirikare ba RDF muri RDC, aba FLN bashyikirijwe u Rwanda n’amavugurura mu burezi; inkuru nyamukuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Ukwakira 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, ubutabera n’uburezi. Harimo: Abasirikare b’u Rwanda bisanze muri RDC Tariki ya 18 Ukwakira 2021, igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cyatangaje ko mu gitondo cy’uwo munsi, abasirikare b’u Rwanda bakandagiye ku butaka bwabo mu gace ka Kibumba, habaho ukurasana […]
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo araza mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane wa Afurika y’Epfo, Dr Naledi Pandor araza i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021. Ibiro bya Afurika y’Epfo bishinzwe ububanyi n’amahanga, DIRCO, bivuga ko Dr Pandor araba aje kwitabira inama ya kabiri ihuza abaminisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) n’uw’ubumwe bw’Uburayi, EU. Iyi nama iraba […]
Hamenyekanye ibyabereye mu iturika ry’igisasu i Kampala
Polisi ya Uganda ivuga ko umuntu umwe yapfuye naho abandi batatu barakomereka, nyuma y’igisasu cyibasiye igice cy’amajyaruguru cyo mu murwa mukuru Kampala, ahitwa Komamboga. Cyaturitse ku wa Gatandatu mu masaha ya saa tatu z’ijoro (21h) ku isaha yaho, ni ukuvuga saa mbili z’ijoro (20h) mu Rwanda mu kabari kanacuruza ibiryo ko mu gice ahanini gituwemo […]