Umukobwa wa Museveni aritegura gushyiranwa n’umuhungu wa Gen. Tumukunde

Umukobwa wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Dr Angela Kakishozi, yerekanye ku mugaragaro umukunzi we wo kuva kera, Amanya Tumukunde, umuhungu Gen. Henry Tumukunde mu muhango gakondo wabereye i Lyantonde muri iyi weekend ishize. Uyu muhango wabaye kuwa gatandatu ushize, witabiriwe n’inshuti n’abavandimwe bo mu miryango yombi barimo abavandimwe ba Perezida Museveni, Shedrick Nzeire na Micheal […]
Rusizi: Imihanda itaramba,postes de santé zidakora,ibice by’umujyi n’icyaro bitazi amazi meza-Bimwe mu bibazo bitegereje njyanama nshya

Ku wa 22 Ukwakira ni bwo njyanama y’Akarere ka Rusizi yateranye bwa nyuma inasezeranaho. Nubwo yagaragaje byinshi yagezeho, bamwe mu bajyanama n’abaturage baganiriye na Bwiza.com bavuze ko ibyagezweho ari byiza koko binashimishije ariko kuba hari ibikorwa remezo byubakwa bigasenyuka bitamaze kabiri kubera kubakwa nabi cyangwa kutitabwaho nyuma yo kubakwa, ibyubakwa ntibikore icyo byubakiwe,inyubako zatwaye Leta […]
Le Rwanda et le Sénégal commenceront la fabrication de vaccins à la mi 2022
BioNTech SE a annoncĂ© mardi son intention de construire une usine de fabrication de vaccins Ă base d’ARNm en Afrique Ă la mi-2022. Il s’agit de la prochaine Ă©tape des efforts de BioNTech pour mettre en Ĺ“uvre des solutions durables d’approvisionnement en vaccins de bout en bout sur le continent. La dĂ©cision est le rĂ©sultat […]
Simba SC yatandukanye na Didier Gomes, isigaranwa n’umutoza w’Umunyarwanda
Ikipe ya Simba Sports Club yo muri Tanzania, yamaze gutandukana n’Umufaransa Didier Gomes da Rosa wari umutoza wayo mukuru, isigaranwa n’Umunyarwanda Thierry Hitimana wari umwungirije. Gomes w’imyaka 52 y’amavuko, yari umutoza wa Simba kuva muri Mutarama uyu mwaka asimbuye Umubiligi Sven Vandenbroeck werekeje muri ASFAR Rabat yo muri Maroc. Uyu mutoza watoje Rayon Sports hagati […]
U Rwanda rugiye gutangira gukora inkingo za Malariya na COVID-19

U Rwanda na Senegal bigiye gutangira gukora inkingo za COVID19, Malaria n’igituntu. Ibihugu byombi kuri uyu wa 26 Ukwakira 2021, byamaze gusinyana amasezerano n’ikigo BionTech ndetse na Banki y’Ishoramari y’u Burayi. Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije, yagaragaje aya masezerano nk’intambwe ikomeye yo gutuma inzozi zo gukorera inkingo muri Afurika ziba impamo. Uruganda rukora inkingo ruzubakwa […]
U Bufaransa: Koffi Olomide yasabiwe imyaka 8 y’igifungo
Umuhanzi Koffi Olomide yasabiwe gufungwa imyaka 8 nyuma y’aho urubanza akurikiranwemo gufata ku ngufu abakobwa bari ababyinnyi be rusubukuriwe kuri uyu wa Mbere. Koffi Olomide ari kuburanishwa n’Urukiko rw’Ubujurire rwa Versailles muri Paris ku byaha byo gusambanya ku ngufuabakobwa bane bahoze ari ababyinnyi be ndetse no kubakubita. Uyu muhanzi w’icyamamare mu njyana ya Lumba ubwe […]
First planet out of galaxy found
Astronomers have found hints of what could be the first planet ever to be discovered outside our galaxy. Nearly 5,000 “exoplanets” – worlds orbiting stars beyond our Sun – have been found so far, but all of these have been located within the Milky Way galaxy. The possible Saturn-sized planet discovered by Nasa’s Chandra X-Ray […]
Kayonza man kills colleague over 200Rwfs
Ntimugura, resident of Nyamirama Sector in Kayonza District, Eastern Rwanda, allegedly kills, Jean Pierre Ahirushakiye in 200Rwfs feud. The incident took place 0n 23 October in the night, according to local Tv station, BTN. Eyewitness claim ” I heard someone asking for help during night, when I went out, a found out that Ntimugura had […]
CAF Confederation Cup: APR FC itomboye ikigugu cyo muri Maroc
Ikipe ya APR FC igomba guhura na Renaissance Sportive de Berkane yo muri Maroc, mu mikino ya kamarampaka yo gushaka itike y’amatsinda ya CAF Confederation Cup. Ni nyuma ya tombora yabaye kuri uyu wa kabiri. APR FC ni yo igomba kubanza kwakira umukino ubanza, mu gihe uwo kwishyura uzabera muri Maroc. RS Berkane izahura na […]
Umunsi Abongereza batwitse White House bihorera ku gitero cy’Abanyamerika

Ku itariki ya 24 Kanama mu 1814, mu gihe cy’ “Intambara yo mu 1812” hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza, Ingabo z’Abongereza zinjiye muri Washington D.C. zitwika White House zihorera ku gitero ingabo z’Abanyamerika zari zagabye ku mujyi wabo wa York, muri Ontario ho muri Canada muri Kamena 1813. Ubwo Abongereza bageraga […]
Dr Jose Chameleone ararembye
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone ararembye bitewe n’ibibazo byo mu nda nk’uko ibinyamakuru bimwe byandika imyidagaduro muri Uganda bibivuga. Blizz ivuga ko Chameleone arembejwe ‘uburwayi bw’umwijima n’indi nyama yitwa Pancreas mu ndimi z’amahanga. Umuntu wa hafi mu muryango wa ba Mayanja ari nawo Chameleone avukamo, yatangaje ko ibi bice byombi by’umubiri kuri […]
Lt. Gen. Muhoozi yongeye kuburira abantu batekereza ko batsinda Abachwezi

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, yongeye kuburira abantu batekereza ko bashobora kubatsinda we na se nk’abantu bakomoka mu bwami bw’Abachwezi. Mu mwaka ushize nibwo uyu muhungu wa Museveni icyo gihe wari umujyanama wihariye wa se, yatangaje ko kuba umuryango wabo ufitanye isano na dynasty […]
Simba SC yafashe icyemezo cyo kwirukana Didier Gomes da Rosa
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yafashe icyemezo cyo kwirukana Umufaransa Didier Gomes da Rosa nyuma yo kunanirwa kuyigeza mu matsinda ya CAF Champions league. Didier Gomes w’imyaka 52 y’amavuko, yari umutoza wa Simba kuva muri Mutarama uyu mwaka asimbuye Umubiligi Sven Vandenbroeck werekeje muri ASFAR Rabat yo muri Maroc. Uyu […]
Bamwe mu nzego z’umutekano bahungabanyije Abanyarwanda-Raporo ya NCHR

Mu buryo burambuye, Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (NCHR) iherutse kugeza ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, raporo iy’uko yasanze uburenganzira bwa muntu bwarubahirijwe hagati y’umwaka wa 2020 na 2021, ivuga ko hari aho inzego z’umutekano zabuhutaje. Yavuze ko inzego z’umutekano zahungabanyije Abanyarwanda ku buryo hari n’abarashwe barapfa. Ahandi ni mu magereza yasanze ubucucike […]
Perezida Erdogan yisubiye ku kwirukana ba ambasaderi 10 nyuma yo kumusaba imbabazi
Kuri uyu wa Mbere, Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yisubiye ku cyemezo cyo kwirukana ba ambasaderi 10 bo mu bihugu byo mu burengerazuba kubera itangazo bahuriyemo ryo gushyigikira umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri leta ufunzwe. Erdogan yavuze ko mu mpera z’icyumweru gishize yategetse ko aba ba ambasaderi batangazwa ko batagifite ikaze mu gihugu “persona non […]
Perezida Museveni yahinduye Komanda wa Military Police

Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Yoweri Museveni kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 yahinduye umuyobozi w’umutwe w’igisirikare ushinzwe imyitwarire uzwi nka Military Police. Uwahawe iyi nshingano nshya ni Maj. Gen. Don Nabasa wari umaze umwaka ayoboye ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) muri Somalia, […]
Kayonza: Umugabo yishe mugenzi we amuziza Frw ibiceri bibiri
Umugabo witwa Ntimugura utuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Gikaya, Umurenge wa Nyamirama muri Kayonza, aravugwaho kwica mugenzi we witwa Ahirushakiye Jean Pierre amuziza amafaranga y’u Rwanda 200. BTN TV dukesha iyi nkuru yatangaje ko iki cyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 23 rishyira uwa 24 Ukwakira 2021. Uwo mu muryango we yasobanutse […]
U Rwanda n’u Burundi byiyemeje gufatanya kurwanya imitwe yitwaje intwaro
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’uw’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, na bagenzi babo bo mu Ntara ya Muyinga n’iya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya byimbitse mu gukemura ibibazo by’umutekano ku mipaka ibihugu byombi bihuriyeho. Ibi aba bayobozi babigarutseho kuri uyu wa Mbere mu biganiro bagiranye bigamije gutsura umubano w’ibihugu byombi, byabereye ku mupaka wa Nemba. Muri iyi […]
Ingabo z’u Burundi, iza Uganda n’iza Somalia zirukanye Al Shabaab mu birindiro bikuru

Ingabo z’u Burundi n’iza Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika yunze ubumwe muri Somalia, AMISOM, zifatanyije n’iz’iki gihugu kwirukana abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab mu birindiro byabo bikuru mu karere ba Basra. AMISOM kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 yatangaje ko izi ngabo zabigezeho nyuma ya operasiyo yo guhiga aba barwanyi yatangiye […]
Amajyepfo: Abakoze Jenoside n’abayirokotse bemeza ko inyigisho z’isanamitima zabafashije kongera kubana neza

Abarangiza ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi baratangaza ko inyigisho bahabwa z’isanamitima zituma babasha kongera kwibona mu muryango nyarwanda bangije. Abakoze Jenoside bagafungwa bakarangiza ibihano bavuga ko muri izo nyigisho bahabwa bigishwa akamaro ko kwemera icyaha, no gusaba imbabazi bigatuma babohoka ku mitima yabo kuko ngo n’ubwo baba bararangije ibihano, ahanini bataha bagishengurwa n’ibyo […]
Abapolisi 9 bakomerekeye ku mukino wa Marseille na PSG, hatabwa muri yombi abantu 21
Abapolisi icyenda ni bo bakomeretse na ho abantu 21 batabwa muri yombi, mbere, mu gihe na nyuma y’umukino wa Shampiyona y’Abafaransa ikipe ya Olympique de Marseille iheruka guhuriramo na Paris Saint-Germain. Ku Cyumweru tariki 24 Ukwakira ni bwo Marseille yakiriye PSG i Velodrome, mu mukino wa Shampiyona y’Abafaransa warangiye amakipe yombi aguye miswi 0-0. Kimwe […]
Sudan: Abigaragambya bishwe abandi basaga 80 barakomereka
Abantu batari munsi ya batatu bitangazwa ko bapfuye naho abandi bagera kuri 80 barakomereka, nyuma yuko abasirikare barashe ku mbaga y’abigaragambya bamagana kuba igisirikare cyafashe ubutegetsi muri Sudan. Abigaragambya biraye mu mihanda ku wa mbere nyuma yuko abasirikare basheshe ubutegetsi bwa gisivile, bafunga abanyapolitiki bakuru mu butegetsi ndetse batangaza ko igihugu cyinjiye mu bihe bidasanzwe. […]
General Odongo wo muri Uganda ari mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, General Jeje Odongo ari mu Rwanda kuva ejo ku wa 25 Ukwakira 2021. Akigera mu Rwanda, General Odongo yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, uyu munyapolitiki wabaye umusirikare yasobanuye ko yaje kwitabira inama y’abaminisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU […]