Mpayimana Philippe mu bahawe imirimo mishya n’inama y’abaminisitiri

Umunyapolitiki Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2017, yahawe imirimo mishya agirwa impuguke nkuru ishinzwe uruhare rw’abaturage muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Inshingano uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda yahawe zemejwe n’inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo iyobowe na Perezida wa […]

Dani Alves yagarutse muri FC Barcelona izajya imuhemba Frw 1,000 ku cyumweru

Myugariro w’umunya-BrĂ©sil Dani Alves, yagarutse mu kipe ya FC Barcelona yahoze akinira nyuma y’uko iyi kipe ihawe uburenganzira n’umutoza Xavi HĂ©rnandez. Dani Alves w’imyaka 38 y’amavuko, yakiniye FC Barcelona hagati ya 2008 na 2016, ayivamo yerekeza muri Juventus yo mu Butaliyani. Uyu myugariro w’iburyo ufatwa nk’uw’ibihe byose FC Barcelona yatunze mu mateka yayo, byari bimaze […]

Le secteur financier restera stable – BNR

Le secteur financier du Rwanda devrait rester stable Ă  court et moyen terme, a dĂ©clarĂ© la banque centrale alors mĂŞme qu’elle met en garde contre les vulnĂ©rabilitĂ©s liĂ©es Ă  l’augmentation du risque de crĂ©dit. Les perspectives sont contenues dans le dernier rapport de la Banque qui met en Ă©vidence un fort rebond du secteur financier […]

Abacancuro 300 mu bakoreraga muri Libya bagiye kwirukanwa

Umutwe witwaje intwaro wa LNA urwanya ubutegetsi bwa Libya wemeye kwirukana abasirikare b’abacancuro 300 mu bakoranaga nawo, bagasubira mu bihugu baturutsemo. NLA ya Gen. Khalifa Haftar yafashe iki cyemezo mu rwego rwo kubahiriza amasezerano y’amahoro yagiranye Guverinoma ya Libya, bigizwemo uruhare n’Umuryango w’Abibumbye na Guverinoma y’u Bufaransa. Ntabwo ibihugu aba bacancuro baturutsemo bivugwa gusa ngo […]

Umunyamakuru Cyuma yavuze ko yari yiteguye gufungwa, umwunganira avuga ko bazajurira

Nyuma yo gukatirwa ndetse urukiko rugategeka ko ahita afatwa agafungwa, umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan ufite umuyoboro wa Youtube witwa Ishema TV yatangaje uko ifatwa rye ryagenze atabaza ndetse avuga ko yari abyiteguye. Umwunganizi we mu mategeko avuga ko bahita bajuririra iki cyemezo. Kuri uyu wa kane, itariki 11 Ugushyingo 2021, Urukiko Rukuru […]

Abayoboke ba Kabila na Fayulu bateguye urugendo rwo kwitambika icyo bita igitugu cya Tshisekedi

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Ugushyingo, imitwe ya politiki ya Lamuka n’ihuriro rya FCC rya Joseph Kabila yateguye urugendo rwo mu mahoro I Kinshasa rugamije kubuza Komisiyo y’igihugu yigenga y’amatora (CENI) kuba igikoresho cya politiki cya Perezida Tshisekedi batangiye kwita umunyagitugu. Muri uru rugendo, ishyirahamwe ry’urubyiruko rushyigikiye Kabila (Association des Jeunes Nationalistes Kabilistes (AJNK), […]

Nyaruguru: Umusaza w’imyaka 60 akurikiranyweho gusambanya umwana, ngo yabitewe n’amadayimoni

Umusaza w’imyaka 60 y’amavuko witwa Gahongayire Theophile utuye mu mudugudu wa Kiramutse, akagari Ka Cyuna, umurenge wa Rusenge, akarere Ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuturanyi we, w’imyaka 15, ku buryo yari yarabigize akamenyero. Amakuru yuko umwana yahohotewe yatanzwe n’umugore wa Gahongayire nyuma yo gusanga umugabo we n’umwana bari mu nzu mu rugo rwe, […]

APR FC yahakanye ko yimye abakinnyi Amavubi

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatanu, yamaganye amakuru yavugaga ko yimanye abakinnyi bayo ngo bajye mu butumwa bw’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Mu gitondo cy’ejo ku wa Kane ni bwo APR FC yashinjwe kwima ikipe y’Igihugu abakinnyi, nyuma y’uko bamwe mu bakinnyi bayo bari bahamagawe mu kipe y’igihugu bagaragaye mu mukino wa gicuti yatsinzemo Gasogi […]

Gitwe: Abashinjaga Urayeneza bisubiyeho; ngo bari barashukishijwe inzoga n’ibiryo

Babiri mu bashinjaga nyiri Kaminuza ya Gitwe, Urayeneza Gerard kuba icyitso ku cyaha cya jenoside no kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye jenoside ndetse akanakatirwa igifungo cya burundu, bisubiyeho baramushinjura, basobanura ko bari barashukishijwe inzoga n’ibiryo. Aba ni umutangabumya Musoni Jerome na Ngendahayo Denys bombi bavuga ko bashutswe n’uwitwa Ahobantegeye Charlotte wakoraga muri […]

Kayonza: Umugabo utaramenyekana yasanzwe mu mazi munsi y’ikiraro yapfuye

Amakuru agera kuri Bwiza.com aturuka mu Karere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba, aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, mu Murenge wa Murama hagaragaye umurambo w’umuntu tutaramenya imyirondoro ye, mu mazi ari munsi y’ikiraro cyaho, ariko kugeza ubu abantu twagerageje gushakaho amakuru arambuye ntacyo baratumarira. Bwiza.com yagerageje kuvugisha Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama, […]

Ethiopia: Guverinoma yagize ibyo isaba ngo itekereze kujya mu mishyikirano

Guverinoma ya Ethiopia yagize ibyo isaba kugira ngo ibashe kugirana ibiganiro byo guhagarika imirwano n’abayobozi b’ishyaka rya Tigray People Liberation Front (TPLF), nyuma y’iminsi umuryango mpuzamahanga usaba guhagarika imirwano iyafashe intera kuva muri Kamena. Guverinoma ya Minisitiri w’intebe Abiy Ahmed imaze umwaka mu ntambara ihanganye n’abarwanyi bo mu Ntara ya Tigray iherereye mu majyaruguru ya […]

Museveni aziyamamaza no mu 2026 utabyumva ajye korora imbata- Twodong na Tanga ba NRM

Umuyobozi wa Komisiyo y’Amatora mu ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, NRM witwa Tanga Odoi avuga ko Perezida Museveni Yoweli Kaguta azahagararira iryo shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu mu 2026, naho Umunyamabanga mukuru wa NRM, Richard Twodong, akavuga ko abatabyumva bajya gukora ubworozi bw’imbata. Ibi Tanga yabitangaje kuwa 11 Ugushyingo 2021 mu nama ya NRM […]

Cyuma hari amagambo yasize avuze, mbere yo gusubizwa muri gereza

cyuma.jpg

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2021, urukiko rukuru rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo cyo kugira umwere umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ© wiyita Cyuma Hassan, rumuhamya ibyaha birimo gusagararira inzego zishinzwe umutekano, kwiyitirira umwuga w’itangazamakuru no gukoza isoni inzego z’umutekano. Uru rukiko rwafashe iki cyemezo nyuma yo kumva ubujurire bw’Ubushinjacyaha ku cyo urukiko rwisumbuye rwari rwarafashe, […]

Instrumentation Technician at CIMERWA

JOB ADVERT. CIMERWA Plc is Rwanda’s largest cement manufacturer with a capacity of 600,000tons of cement per year with PPC Ltd having 51% shareholding. The company Operates a dry process technology Plant in Muganza Sector, Rusizi District in Western Province. As part of its localization and optimization plans the Company is recruiting professionals to fully […]

Projects Development Officer at Rwanda Bar Association

TERMS OF REFERENCE FOR THE “PROJECTS DEVELOPMENT OFFICER “ (PDO) I. Background The Rwanda Bar Association (RBA) is a professional body of Advocates created for the first time in Rwanda by an Act of Parliament in 1997 (Act N°03/97 of March 19th, 1997) creating to Kigali Bar Association. Currently, the Rwanda Bar Association was established […]

Nyamasheke: Abayobozi b’ibigo by’imari bafata ibyemezo bidahwitse bagiye kujya babiryozwa

Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’amakoperative ( RCA) buraburira abayobozi b’ibigo by’imari iciriritse( SACCOs) bafata ibyemezo bidahwitse bishobora gushyira mu bibazo umutungo w’abaturage bashinzwe,ko itegeko rishya rigenga amakoperative ryabashyiriyeho ibihano bikakaye , bisobanutse kuruta uko byari bimeze mu ryari risanzwe, bagasabwa kwitwararika mu micungire n’ifatwa ry’ibyo byemezo kuko ngo uwo bizajya bigaragara ko icyemezo yafashe cyagize ingaruka […]

Ethiopia tables three conditions of possible talks with Tigray rebels

BY AFP Ethiopia on Thursday outlined conditions for possible talks with rebels from the country’s war-hit Tigray region, following days of frantic diplomatic efforts by international envoys to head off another surge in fighting. Prime Minister Abiy Ahmed’s government has been locked in a year-long war with the Tigray People’s Liberation Front (TPLF), which has […]

Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye

ndagijimana.jpg

Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe wishe umuzungu Padiri Rupias wahawe izina rya Rugigana, Ndagijimana JuvĂ©nal yapfuye kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2021, azize uburwayi. Inkuru y’urupfu rwa Ndagijimana wari utuye ahamenyekanye nko mu Gahunga k’Abarashi mu Murenge wa Gahunga w’Akarere ka Burera imenyekanye muri iki gitondo. Uretse kumenyekanira ku bumenyi bwinshi yari afite ku mateka […]

Sudani: Igisirikare cyashyizeho guverinoma nshya y’inzibacyuho

Umuyobozi w’igisirikare cya Sudani, General Abdel Fattah al-Burhan, wayoboye ihirika ry’ubutegetsi riheruka, yashyizeho Guverinoma nshya y’inzibacyuho yiganjemo abantu basaba ko ubutegetsi bwasubizwa abasivili. Televiziyo ya leta kuri uyu wa Kane yatangaje ko Gen. al-Burhan azakomeza kuba Perezida w’Akanama kayoboye igihugu, akazakomeza kungirizwa na Mohamed Hamdan Dagalo, umuyobozi w’umutwe witwara gisirikare ukunze gufatanya n’igisirikare uzwi nka […]

Rutaremara avuga ko Museveni agirira ishyari u Rwanda na Kagame

Hon. Tito Rutaremara uri mu kanama ngishwanama k’inararibonye akaba n’umwe mu babaye muri Uganda igihe kirekire mbere y’urugamba rwo kubohora igihugu, avuga ko Perezida Yoweri Museveni agirira ishyari u Rwanda na Perezida wa Repubulika yarwo, Paul Kagame. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Igihe cyerekeye umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi, n’impamvu zishobora kuba ziwutera. Bimwe mu […]

Umugore yishe anize abana batanu muri batandatu yabyaye akimara kubona ifoto y’umugabo we

Umugore witwa Christiane K w’imyaka 28 yishe anize abana batanu muri batandatu yibyariye nyuma yo kubona ifoto y’umugabo we ari kumwe n’undi mugore bikekwa ko ari inshoreke ye. Uyu wakatiwe gufungwa burundu nyuma y’aho urukiko rumuhamije icyaha cyo kwicira abana batanu mu nzu yabagamo ahirwa Solingen mu Budage kuwa 3 Nzeri 2020. The Mirror itangaza […]

Haruna Niyonzima yashimiwe na FERWAFA (Amafoto)

img_20211112_062659.jpg

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Haruna Niyonzima, yashimiwe n’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma yo kugaragara ku rutonde rwa FIFA Century Club. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi FIFA yasohoye urutonde yise FIFA Century Club, ruriho abakinnyi bakiniye amakipe y’ibihugu byabo imikino irenga 100 mu mateka y’umupira w’amaguru. Ni urutonde ruriho […]

Igiciro cy’ibirayi ntikigomba kujya munsi ya Frw155/Kg

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yashyize hanze ibiciro by’ibirayi ku kilo, nyuma y’iminsi bamwe mu bahinzi bavuga ko umusaruro wabo ugurwa ku mafaranga make, bikabateza ibihombo. Kuri ibi biciro bigendanye n’ubwoko bw’ibirayi, bigaragara ko ikiri hasi ari amafaranga y’u Rwanda (Frw)155 ku kilo, ikiri hejuru kikaba Frw 300 ku kilo. MINICOM ivuga ko umuhinzi azajya agurisha […]