Polisi yahakanye yivuye inyuma guhisha camera zo ku muhanda

cps.jpg

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera na Komiseri w’ishami ry’umutekano wo mu muhanda, ACP Gerard Mpayimana bahakanye bivuye inyuma gushyira imfatashusho (camera) zo ku muhanda mu bwihisho. Babihakaniye mu kiganiro bagiriye kuri RBA kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2021 nyuma y’igihe kirekire abatwara ibinyabiziga batakamba, bavuga ko izi mfatashusho zishyirwa ahantu nko […]

OVG yatangaje ko Nyamuragira yaba igiye kuruka

Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ibirunga mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, OVG, cyatangaje ko ikirunga cya Muragira giherereye cyaba kigiye kuruka. Umuyobozi wa OVG, Kasereka Mahinda yabwiye Radio Okapi dukesha iyi nkuru ati: “Magma (ibikoma) ntabwo iri kure, ishobora gusohokera mo imbere cyangwa inyuma y’umwobo (crater).” Gusa Kasereka yahumurije abaturage bari hafi […]

Perezida Samia Suluhu avuga ingabo zidasanzwe za Tanzania zatsinze ibyihebe byaturukaga muri Cabo Delgado

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ingabo zidasanzwe z’igihugu ayoboye zatsinze abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba baturukaga mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu ijambo yavugiye ku birindiro by’ingabo bya Lugalo tariki ya 15 Ugushyingo 2021, ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama y’abayobozi bakuru b’igisirikare cya Tanzania. […]

Umunyamakuru Sam Karenzi yeguye muri Bugesera FC

Umunyamakuru Karenzi Samuel wari umunyamabanga w’ikipe ya Bugesera FC, yatangaje ko yeguye ku nshingano yari afite muri iyi kipe. Uyu munyamakuru wa Fine FM yemeje ubwegure bwe mu ibaruwa yandikiye ubuyobozi bwa Bugesera FC. Yagize ati: “Mbandikiye kugira ngo mbamenyeshe ubwegure bwanjye nk’umunyamabanga w’ikipe ya Bugesera FC aka kanya. Icyemezo cyafashwe ku mpamvu zanjye bwite, […]

Umupasiteri avuga ko yagiye mu ijuru inshuro enye Imana ikaba ariyo imusiga amavuta

Umugabo wo muri Ghana uvuga ko ari pasiteri, yemeje ko yagiye mu ijuru inshuro enye ndetse ko Imana ariyo yamwisigiye amavuta ngo akore umurimo wayo. Uyu mugabo utavuzwe amazina, mu kiganiro kuri radiyo Koma FM, yavuze ko yagiye mu ijuru inshuro zitari munsi y’enye. Umunyamakuru yongeye gusubiramo ikibazo, avuga ko ” Ni uko byagenze, Imana […]

Impaka kuri Sophia n’ibyapa: Rwabuze gica hagati ya CP Kabera na KNC

Habaye impaka zikomeye hagati y’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera n’umunyamakuru akaba n’umuyobozi mukuru wa Radio/TV1, Kakoza Nkuriza Charles wamamaye nka KNC zishingiye ku mikorere ya imfatashusho zahawe izina rya Sofiya (Sophia) n’ibyapa byo ku muhanda. Izi mpaka zumvikanye mu kiganiro Rirarashe cya TV1 cyatambutse mu gitondo cy’uyu wa 17 Ugushyingo 2021, […]

Rashid Abdou Hakuzimana yanze kwisobanura ku byo aregwa avuga ko yabwiwe amagambo amukomeretsa

Rashid Abdou Hakuzimana, umugabo uzwi kuri shene (channels) zinyuranye za YouTube no ku ye bwite, Rashid TV aho yatangaga ibitekerezo bitavugwaho rumwe, yahakanye ibyaha bine aregwa, ntiyanabyisobanuraho kuko yavuze ko yakorewe iyicarubozo mu mutwe, abwirwa amagambo mabi atavuze ayo ariyo. Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2021, Ubushinjacyaha bwavuze ko uyu […]

Captain ari mu basirikare ba Uganda baherutse gukatirwa urwo gupfa, bazira kwica abasivili muri Somalia

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Uganda rwashyize hanze amazina y’abasirikare batanu ruherutse gukatira igihano cy’urupfu n’icy’igifungo cy’imyaka 39, bazira kwica abasivili mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia, AMISOM. Tariki ya 10 Kanama 2021 ni bwo abasirikare ba Uganda bari bahanganiye n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab mu gace ka Golweyn bishe barashe […]

Musanze outgoing mayor fails to make it to the council

Musanze District two outgoing vice-mayors were re-elected as councilors, yet the out going mayor, Jeannine Nuwumuremyi lost the election in a recent election of district councilors. Andrew Rucyahana Mpuhwe and Axelle Kamanzi, who respectively served as vice-mayor for economic development and vice-mayor in charge of social affairs, will join the district advisory council. The outgoing […]

IS claims twin bombings in Kampala

BY AFP Twin suicide bombings killed three people and wounded several dozen more in Uganda’s capital Kampala on Tuesday, police said as the Islamic State group claimed responsibility for the attacks. The police earlier blamed the Allied Democratic Forces (ADF), an armed group active in eastern Democratic Republic of Congo blamed for a string of […]

Laboratory Technician at Alight

Laboratory Technician at Alight: (Deadline 23 November 2021) VACANCY – LABORATORY TECHNICIAN ALIGHT works with its partners and constituencies to provide opportunities and expertise to refugees, displaced people, and host communities – to better survive conflicts and crisis, and to rebuild lives of dignity, health, security, and self-sufficiency. ALIGHT presently works in and with partners […]

Argentine yakuye itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kuri BrĂ©sil

Ikipe y’Igihugu ya Argentine yabaye igihugu cya 12 gikatishije itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kuzabera muri Qatar, nyuma yo kugwa miswi na BrĂ©sil 0-0. Argentine yari yakiriye BrĂ©sil yaherukaga gutsindira ku mukino wa nyuma wa Copa America, mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi wabereye kuri Stade ya San Juan del Bicentenario mu mujyi […]

Nyanza: Urukiko rwagize umwere uwari Gitifu n’uwo bareganwaga nyuma y’imyaka irenga ibiri bafunzwe

Uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga, Ntezirembo Jean Claude wari warahamijwe icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no kumwanduza SIDA na Niyomugabo Eric wahamijwe kuba icyitso kuri iki cyaha, bagizwe abere nyuma y’imyaka irenga ibiri bafunzwe. Ntezirembo na Niyomugabo wakoreshaga uyu mukobwa w’imyaka 19 y’amavuko mu kabari batawe […]

IS yigambye ibitero by’ i Kampala

Umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) wigambye kugaba igitero cy’ibisasu bibiri byaturikiye mu murwa mukuru Kampala wa Uganda ku wa kabiri, uvuga ko byagabwe n’abiyahuzi biturikirizaho ibisasu bawo. IS yatangaje iby’icyo gitero ku rubuga rwa Telegram, mu izina ry’icyitwa intara yo muri Afurika yo hagati (ISCAP). IS ivuga ko iki gitero cyakozwe n’Abanya-Uganda, uwa mbere […]

Umunyamabanga wa USA yaraye muri Kenya, aramara iminsi muri Afurika

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken yaraye ageze muri Kenya, muri gahunda y’uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine ateganya kugirira mu bihugu bya Afurika. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Jomo Kenyatta, Blinken yahageze mu masaa sita y’ijoro, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Raychelle Omamo hamwe n’abadipolomate b’igihugu cye. Arateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri […]

Nyagatare: RIB yafunze Gitifu ukurikiranweho gutanga ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze Habineza Longin usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karama ho mu karere ka Nyagatare ukurikiranweho icyaha cyo gutanga ruswa kugira ngo imodoka ya koperative KOHIIKA irekurwe kandi yafatiwe mu cyaha. RIB kuri Twitter yayo yavuze ko Gitifu wa Karama afunganwe na Twiringiyimana Jean Chrysostom, Perezida wa koperative KOHIIKA […]

Niyonsenga Dieudonné yahamijwe icyaha kimaze imyaka 2 cyaravanwe mu mategeko

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwongeye kujuririra urubanza Urukiko Rukuru rwahamijemo ibyaha Niyonsenga DieudonnĂ© usanzwe ari nyiri Televiziyo ya Ishema TV ikorera kuri YouTube. Mu cyumweru gishize ni bwo Niyonsenga uzwi nka Cyuma Hassan yakatiwe n’Urukiko Rukuru igihano cyo gufungwa imyaka irindwi ndetse akanatanga ihazabu ya miliyoni 5 Frw, nyuma yo guhamywa ibyaha bine. Ibyaha […]

U Burundi bwerekanye abarwanyi bwohererejwe n’ u Rwanda bwabambitse imyenda mishya

Polisi y’u Burundi kuri uyu wa 16 Ugushyingo, yerekanye abarwanyi 19 bivugwa ko ari abo muri RED-Tabara, u Rwanda ruheruka gushyikiriza icyo gihugu bari mu myambaro myiza bamwe bambaye imishya. Polisi yasobanuye ko kwerekana aba barwanyi ari ukugira ngo abantu batazagira ngo barapfuye kandi ko bazahabwa ubutabera bakwiriye. Bose uko ari 19 berekanywe na polisi […]

Abaguye mu mpanuka y’ubwato mu Kivu biyongereye, abandi bakomeje kubura

Imibare y’abantu bapfiriye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu mu cyumweru gishize muri Congo, yiyongereye igera ku bantu 22 kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2021 mu gihe abasaga 10 bakomeje kubura kugeza ubu. Abayobozi bo muri Congo mu cyumweru gishize bari batangaje ko iyi mpanuka yaguyemo abantu umunani ubwo kuwa Kane ubwato bari barimo […]

Uganda: Ibyihebe 7 byamaze kwicwa, 81 bitabwa muri yombi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangaje ko kuva muri Kamena uyu mwaka inzego z’umutekano zo mu gihugu cye zishe ibyihebe birindwi, na ho 81 bitabwa muri yombi. Perezida Museveni yemeje aya makuru mu itangazo yasohoye, nyuma y’uko abiyahuzi babiri biturikirijeho ibisasu hafi y’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko ya Uganda ndetse no ku cyicaro cya Polisi […]