EU yashimye umusanzu wa RDF muri Mozambique na CAR, yifuza ubufatanye bwisumbuyeho

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) washimye umusanzu w’ingabo z’u Rwanda mu kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Mozambique na Centrafrica, igaragaza ko yifuza gukorana n’u Rwanda mu buryo bwisumbuyeho bitewe n’iyi mpamvu. Byatangajwe n’Umuvugizi wa EU mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru Lusa byo muri Portugal ku wa 16 Gashyantare 2022, nk’uko DW yabitangaje. Uyu Muvugizi yagize ati: […]

Nyamasheke: Indi kamyo yari itwaye sima yakoze impanuka, ihitana umushoferi wayo

img-20220218-wa0091.jpg

Nyuma y’umunsi umwe gusa ikamyo yari ivanye sima mu karere ka Rusizi iyijyanye mu Bugesera ikoreye impanuka ikomeye mu mudugudu wa Rukerereza,akagari ka Kanazi, umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke, igahitana umunyakenya wari uyitwaye ithuka Munyo, saa yine z’ijoro zo ku wa 17 Gashyantare iruhande rwayo haguye indi na yo yari ivanye sima muri […]

Uko Nkundakozera wari umugirwa yahinduriwe amateka agahinduka pasiteri

Pasiteri muri ADEPR Nkundakozera Yohani Bosiko, atuye mu Mudugudu wa Rubindi, Akagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, avuga ko yari umugirwa nyuma akabonekerwa, agahinduka akaba umukirisitu, kugeza ubwo abaye pasiteri. Ibitangazamakuru bya BWIZA TV na BWIZA.Com byamusanze iwe, avuga ko yabaye umugirwa kuva muri za 1970, gusa kuwa 1 Mata, […]

Rangnick yashyize umucyo ku makuru yavugaga ko Cristiano ashobora kugirwa Kapiteni wa Manchester United

Umutoza w’ikipe ya Manchester United, Ralf Rangnick, yanyomoje amakuru yavugaga ko rutahizamu Cristiano Ronaldo ashobora gusimbura myugariro Harry Maguire ku nshingano zo kuba Kapiteni w’iriya kipe. Inkuru y’uko umutoza Rangnick afite gahunda yo gusimbuza Cristiano Harry Maguire yatangajwe ku wa Kane w’iki cyumweru n’ikinyamakuru The Mirror. Iki kinyamakuru kiri mu bikomeye byandika inkuru z’imikino mu […]

Le gouvernement dissipe les craintes concernant la hausse des frais de transfert de terres

L’AutoritĂ© rwandaise de gestion et d’utilisation des terres (RLMUA) a apaisĂ© les craintes que les frais de transfert de terres pourraient augmenter et a assurĂ© que les frais pourraient ĂŞtre rĂ©duits bientĂ´t Ă  la place. Suite Ă  la dĂ©cision de donner des pouvoirs aux notaires privĂ©s pour superviser les transactions foncières, le public se demande […]

Uganda: Ufatwa yishe umusambi, azajya afungwa burundu cyangwa acibwe amadolari akabakaba miliyoni 6

Minisiteri y’ubukerarugendo n’urusobe rw’ibinyabuzima n’ikigo kibishinzwe muri Uganda byatangaje ko uzafatwa yishe umusambi, azajya akatirwa igifungo cya burundu cyangwa acibwe ihazabu y’amashilingi miliyari 20; angana n’amadolari miliyoni 5.7. George Owoyesigire uyoboye iki kigo mu gusobanura ishingiro ry’iki gihano, yatangaje ko umubare w’imisambi isanzwe igize ibirango by’igihugu uri kugabanyuka bitewe n’impamvu zirimo abantu bayica. Yagize ati: […]

BNR on why there is high increase of food and commodity prices

Food and commodity prices have been going up in recent months across the country raising concern among retailers and consumers on how it could impact the cost of living. Increased food and commodity prices have consequently driven up inflation to 4.3 per cent in January 2022, according to the Central Bank (BNR). New projections show […]

Ibihugu 6 bya Afurika bigiye guhabwa ikoranabuhanga ry’inkingo za Covid-19

6_pres.jpg

Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima, WHO, ku bufatanye n’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) n’uwa Afurika yunze ubumwe (AU) byemeje ibihugu bya mbere byo ku mugabane wa Afurika bizahabwa ikoranabuhanga rya mRNA rizabifasha kwikorera inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ibihugu byatoranyijwe ni: Misiri, Kenya, Nigeria, Senegal, Afurika y’Epfo na Tunisia. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama irimo guhuriz abahagarariye […]

Burundi: Iperereza ryafashe abantu batatu bakorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda

Abantu batatu bashinjwa gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira, muri Komini Mabayi , mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, batawe muri yombi n’urwego rw’iperereza kuwa Gatatu ushize bafite ibikoresho birimo grenades, magazine umunani, toni 2 z’ifu y’ubugari na toni y’ibishyimbo. Bari bagemuriye inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rw’umusozi […]

Kakwenza wahunze ahamya ko Gen. Saleh azaza mu Rwanda kumushakisha

Umwanditsi w’ibitabo wo muri Uganda uherutse guhunga, Kakwenza Rukirabashaija, ahamya ko Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho uzwi nka Salim Saleh yaza mu Rwanda kumushakisha. Tariki ya 16 Gashyantare, umunyamakuru Canary Mugume wa televiziyo NBS yatangaje ko abakora mu biro by’Umukuru w’Igihugu bizewe bamuhaye amakuru y’uko uyu murumuna wa Perezida Museveni agirira uruzinduko rw’icyumweru mu Rwanda guhera […]

Senateri Havugimana avuga ko yari kwishimira kubona Bruce Melodie yubatse ishuri ry’umuziki

brabus.jpg

Senateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Dr Havugimana Emmanuel avuga ko yari kwishimira kubona umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yubatse ishuri ryigisha umuziki rikamwitirirwa. Ni igitekerezo yatanze nyuma y’aho hamenyekanye amakuru y’uko uyu muhanzi yaba yaramaze kugura imodoka ya Mercedez Benz G Brabus ibarirwa mu gaciro ka miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda, […]

Nyaruguru: Perezida w’urukiko akurikiranweho kwaka ruswa y’igitsina

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu karere ka Nyaruguru, akurikiranweho ibyaha bya ruswa y’ishimishamubiri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo gishingiye ku itonesha n’ubushuti. RIB yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter. Iti: “RIB yafashe Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere […]

Nigeria: Umukecuru w’imyaka 102 arateganya kwiyamamariza umwanya wa Perezida

Umukecuru wo muri Nigeria ufite imyaka ijana n’ibiri (102) y’amavuko witwa Nonye Josephine Ezeanyaeche yatangaje ko yiteguye kwiyamamariza kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mwaka wa 2023. Uyu mukecuru ubusanzwe witwa umunyabigwi cyangwa “Mama Africa” utuye muri leta ya Anambra akaba ari we washinze itsinda ryitwa ‘Ijwi ry’abaturage bakuze muri Nigeria. Mu minsi ishize […]

U Burundi bwashyikirije u Rwanda inka zaherukaga kwibwa i Nyaruguru

Inzego z’ubuyobozi mu gihugu Burundi ejo ku wa Kane zashyikirije iz’u Rwanda inka eshatu zaherukaga kwibwa mu murenge wa Busanze w’akarere ka Nyaruguru, mbere yo gufatirwa ku butaka bwa kiriya gihugu. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 16 Gashyantare rishyira ku wa Kane tariki ya 17 Gashyantare ni bwo izi nka zibwe umuturage […]

We need each other and that means working as full partners-Kagame at AU-EU Summit

President Paul Kagame has said that there is need for a relationship between the European Union and the African Union that is meaningful and produces concrete results. The head of state shared the remarks at the ongoing Europe-Africa summit in Belgium on Thursday February 17. “We need each other, and that means working as full […]

Amerika yavuze impamvu enye Uburusiya bushobora kwitwaza bugatera Ukraine mu minsi ya vuba

Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya Amerika ibivuga mu buryo bune bushobora kwifashishwa ngo ibi bigerweho. Kuwa Kane Perezida Joe Biden yavuze ko ibitero bya gisirikare bishobora gutangira vuba, ariko ashimangira ko igisubizo cya dipolomasi kigishoboka. Antony Blinken, ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika nyuma nawe […]

Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga

Umunyamakuru Niyonambaza Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga Eugenie ko yagize uruhare muri jenoside akanakatirwa n’Urukiko Gacaca, gufungwa imyaka 30 bamusabiraga. Urukiko rw’ubujurire ruherutse gutegeka ko Nkundabanyanga w’imyaka 81 y’amavuko arekurwa na gereza ya Nyarugenge yari amaze hafi amezi 10 afungiwemo, ubwo yasabirwaga kurangiza iki gifungo. Urukiko rwasanze ikirego cyatanzwe n’uwitwa Karangwa Charles kuri Nkundabanyanga nta shingiro […]

Ifoto y’umugore mushya wa Pasiteri Bugingo ari muri kasino yakuruye urunturuntu

screenshot_1-2.jpg

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza ku ifoto y’umugore mushya wa Pasiteri Aloysius Bugingo, Suzana Makula Nantaba, ubwo yakoraga muri kasino yitwa Pyramid mu myaka yashize, bigakekwa ko no gucuruza umubiri rwari rugeretse. Iyi foto igaragaraza Nantaba wari ukiri muto, ateruye ibyo kurya mu twenda tugufi mu gihe bamwe bamuzi nk’umugore wa pasiteri uhora yambaye gomisi cyangwa […]

Perezida Tshisekedi yihanangirije abasirikare bivanga muri politiki

fl0kizaxiam6-jt.jpg

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane yavuze ko hari ingeso yo kutubaha ikomeje kwigaragaza mu nzego zose za gisirikare, asaba abasirikare b’igihugu kwirinda kwivanga muri politiki. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 17 Gashyantare, Perezida Tshisekedi yari yahuye n’abasirikare bakuru ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) na […]

Musanze: Polisi yataye muri yombi ukekwaho kwiba moto yiyita umusirikare wa RDF

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari, bafashe uwitwa Habimana CĂ©lĂ©stin w’imyaka ukekwaho kwiba moto yiyita umusirikare wa RDF. Habimana w’imyaka 25 y’amavuko yafatiwe mu Murenge wa Muhoza, mu Kagari ka Mpenge, Umudugudu wa Rukoro ku wa Gatatu tariki ya 16 Gashyantare. Moto akekwaho kwiba ni iyo mu bwoko bwa […]