Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n’urupfu rwa Dr Paul Famer

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yababajwe cyane n’inkuru y’urupfu rwa Dr Paul Famer, ashimangira ko kumutakaza ari igihombo kiremereye haba ku Rwanda nk’igihugu yakundaga cyane, ku muryango we ndetse no kuri we ubwe Inkuru y’urupfu rw’uyu munya-Amerika washinze Kaminuza ya Butaro rwamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, akaba yitabye Imana azize uburwayi. Iyi […]

Mukandutiye ahamya ko ntaho yakura indishyi yo guha abagizweho ingaruka n’ibitero bya FLN

Mukandutiye Angelina uri mu bareganwa na Rusesabagina Paul, Nsabimana Callixte n’abandi 19, yamenyesheje urukiko rw’ubujurire ko nta mitungo agira yagakuyemo indishyi yo guha abagizweho ingaruka n’ibitero bya MRCD-FLN kuko iyo yari afite yasanze yaratejwe cyamunara. Mu iburanisha ku rwego rw’ubujurire ryabaye kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022, Mukandutiye yemeje ko ashyigikiye ko abagizweho ingaruka n’ibitero […]

Imfura ya Bobi Wine yirukanywe ku ishuri, izira Marijuana

Imfura ya Robert Kyagulanyi cyangwa Bobi Wine, umunyapolitiki akaba n’umuhanzi ukomeye muri Uganda yitwa Solomon Kampala Sekaayi aherutse kwirukanwa n’ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya St Mary’s College Kisubi, azira ikiyobyabwenge cya Marijuana. Nk’uko radiyo Galax FM yabitangaje, Komite ishinzwe imyitwarire muri iri shuri yakoze isaka ritunguranye mu byumba abanyeshuri bararamo, bageze kuri Seekayi w’imyaka 17 y’amavuko, […]

Rayon Sports na APR FC zegukanye amanota atatu mbere yo kwesurana

Ikipe ya Rayon na APR FC zegukanye amanota atatu y’umunsi wa 18 wa shampiyona, mbere yo kwesurana ku wa Gatandatu w’iki cyumweru. Rayon Sports izaba yakiriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo APR FC yayitsinze ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yasuye Bugesera FC […]

Umuhanda wo ku Gisimenti ntuzongera kunyurwamo n’imodoka muri wikendi

fmiguclwqacr6_m.jpg

Umujyi wa Kigali watangaje ko kuva kuwa Gatanu tariki 25 Gashyantare 2022, buri wikendi umuhanda KG 18 Ave uri ku Gisimenti ahakorera utubari na resitora, nta modoka zizajya zemererwa kuwunyuramo kuko abahacururiza bazajya bahakirira abakiliya. Umujyi wa Kigali uvuga ko gufunga uyu muhanda bizajya bitangira ku wa Gatanu saa kumi z’umugoroba kugeza ku Cyumweru saa […]

Sankara abona ko igihano asabirwa kirimo ukwihorera no kumwumvisha

Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara mu gihe yari Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN abona ko igifungo cy’imyaka 25 asabirwa n’ubushinjacyaha kirimo ukwihorera (vengeance) no kumwumvisha. Uyu mufungwa yabivugiye mu bujurire bwabaye kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022, akomoza ku gifungo cy’imyaka 20 yakatiwe n’urukiko rukuru mu mwaka ushize, igihano asabirwa n’icyo we yifuza […]

Cyanika: Hari abaturage bavuga ko Frw yo gufasha abagezweho n’ingaruka z’ifungwa ry’umupaka yiherewe ‘abakire’

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gasovu mu Kagari ka Cyamanyana mu Murenge wa Cyanika mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, bavuga ko Frw ibihumbi 150 byari byagenewe gufasha abagizweho ingaruka n’ifungwa ry’umupaka, yahawe abo bita “abakire” Umwe mu baturage witwa Nyirantegerejimana Alliance yatangarije BWIZA ko ayo mafaranga hari aho yagiye ahabwa […]

Misiri: Amabanga ya Credit Suisse yagaragaje uko abahungu ba Hosni Mubarak basahuye igihugu

Abahungu b’uwahoze ari Perezida wa Misiri, Hosni Mubarak, bavuzwe mu makuru y’ibanga y’abakiriya ba Credit Suisse, avuga ko banyereje bakabitsa amamiriyoni y’amadolari kuri konti yo muri iyi banki yo mu Busuwisi amamiliyoni y’Abanyamisiri akarushaho kujya mu bukene. Abahungu ba Mubarak, Alaa na Gamal bari ku rutonde rw’abakiriya ba Credit Suisse rwagiye ku mugaragaro ku Cyumweru, […]

Perezida Ndayishimiye yemeje ko hari abo muri CNL bakorana na RED Tabara

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yemeje ko hari abayoboke b’ishyaka ryemewe ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya CNL bakorana n’umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 20 Gashyantare 2022 ubwo yari avuye mu ruzinduko yagiriraga mu Bubiligi, aho yari yitabiriye inama ihuza umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, […]

Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina

Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy’umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y’u Rwanda. Rusesabagina wamenyekanye muri filime ‘Hotel Rwanda’ kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y’igifungo kubera ibyaha by’iterabwoba yahamijwe n’Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by’iterabwoba n’ibyambukiranya imbibi. Ni ibyaha byakozwe mu izina ry’umutwe […]

Rugwabiza to lead UN mission in CAR

Rwandan diplomat Valentine Rugwabiza has been nominated by the United Nations Secretary General Antonio Guterres to head the UN mission in the Central African Republic (CAR). Rugwabiza is Rwanda’s outgoing Permanent Representative to the United Nations in New York after government named former infrastructure minister, Claver Gatete to replace her. She is expected to stay […]

Legal Senior Officer at Cogebank

CAREER OPPORTUNITY Legal Senior Officer ABOUT US Cogebanque (Compagnie GĂ©nĂ©rale de Banque Plc) is a Rwanda-based commercial bank, licensed by the National Bank of Rwanda. It started operations in 1999. It is one of the fastest-growing banks in Rwanda and today has 28 branches, over 600 agents, and 36 ATMs across the country. These are […]

Umufaransa ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda, Umunyarwanda aba uwa 5

img_20220221_131007.jpg

Umufaransa Dujardin Sandy ukinira ikipe ya Total Energie y’iwabo, ni we wegukanye agace ka kabiri k’isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda rya 2022 kakinwe kuri uyu wa Mbere. Ni agace kavaga mu mujyi wa Kigali kerekeza i Rwamagana, mbere y’uko abasiganwa bahindukira nanone bagasoreza mu mujyi wa Kigali babanje kuzenguruka bimwe mu bice byawo. Rwari urugendo […]

Kenya on high alert after Malawi detects Polio case

Kenya has heightened surveillance for polio following an outbreak reported in Malawi last week. Amid rising concerns over the risk of a potential re-introduction of polio in the African continent, a Kenyan Ministry of Health expert has assured the public that there is nothing to worry about. At the same time, however, Director-General of Health […]

Queen Elizabeth tests positive for Covid-19

Britain’s 95-year-old Queen Elizabeth II tested positive for Covid-19 on Sunday but her symptoms are “mild” and she intends to continue with light duties at her Windsor Castle residence, aides said. The news comes after Prince Charles, the queen’s eldest son and heir, tested positive on February 10, two days after meeting his mother at […]

Urukiko rwasubitse urubanza ruregwamo Past. Bugingo

Urukiko rw’ibanze rwa Entebbe muri Kampala rwasubitse urubanza ruregwamo Pasiteri Bugingo n’umugore we, Suzan Makula Nantaba, ku bwo gukora ubukwe mu buryo butemewe n’amategeko, rukazakomeza kuburanishwa kuwa 21 Werurwe 2022. Bugingo washinze akanayobora itrorero, House of Prayer Ministries, byari biteganyijwe ko yitaba urukiko mu cyumweru gishize. Ari kuburana ku kuba kuwa 7 Ukuboza 2021, yagiye […]

Ubutumwa bwitiriwe Perezida Kagame bwateshejwe agaciro

message.jpg

Umuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Stephanie Nyombayire, yatesheje agaciro ubutumwa buri mu rurimi rw’Igifaransa bwitiriwe Perezida Paul Kagame. Ubu butumwa bwakwirakwiye ku rubuga rwa Twitter, bumenyesha abanya-Mali ko babaye babuze umuntu nka Assimi GoĂŻta uyoboye inzibacyuho nyuma yo guhirika ubutegetsi bwariho inshuro ebyiri, baba bahombye. Ubu butumwa bugira buti: “Turabashimiye baturage ba Mali. Icy’ingenzi mu gihugu […]

U Burusiya bwaba buri gutegura urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa intambara niba

Ibaruwa yandikiwe Umuyobozi w’Ishami rya Loni ryita ku Burenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet, avuga ko Amerika ifite ‘amakuru yizewe avuga ko ingabo z’u Burusiya zirimo gukora urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa cyangwa koherezwa mu nkambi mu gihe haba igitero cya gisirikare muri Ukraine. Iyi baruwa ivuga kandi ku “makuru yizewe” yerekeranye no gukoresha ingufu mu “guhosha […]

Umuhinzi yatoraguye amadolari 25,000, ayasubiza nyirayo

guverineri.png

Umuhinzi wo muri Benin witwa Baraka Amidou aherutse gutoragura amafaranga ya CFA akoreshwa muri iki gihugu miliyoni 14 (angana n’amadolari 25,000), ayasubiza nyirayo. Nk’uko BBC ibivuga, Amidou yatoraguye aya mafaranga yari mu mufuka ku wa 19 Gashyantare 2022 ubwo yari avuye mu isambu. Ubwo yageraga mu isoko, ngo yaje kumva umucuruzi wari wagiye kugura imbuto […]

Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria yituye hasi ahita apfa

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yemeje ko Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria, Dr Wilfred Machage, yapfiriye i Abuja ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu nyuma y’uburwayi bw’igihe gito. Minisiteri yemeje ko uyu mudipolomate w’imyaka 65 yituye hasi ari we ahita ajyanwa mu bitaro, aho byatangajwe ko yapfuye akihagera imbere y’umugore we, nk’uko minisiteri yabitangaje mu itangazo. Umunyamabanga […]

Bahati muri Uganda, Kainerugaba kuri Kayumba, dosiye ya Habyarimana; mu nkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Gashyantare 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye politiki, umutekano n’ubutabera. Harimo: Umusizi Bahati muri Uganda Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) tariki ya 16 Gashyantare rwatangaje ko umusizi Bahati Innocent umaze umwaka aburiwe irengero yagiye muri Uganda, ko yanakoranaga na bamwe mu barurwanya baba muri iki gihugu, mu Bubiligi no muri Leta […]

Umuhungu wa Gen Tumukunde yarongoye umukobwa wa Perezida Yoweri Museveni

Amanya Nduhura Tumukunde, umuhungu wa Lt Gen Henry Tumukunde yarongoye Dr. Angela Nagasha Kakishozi, umukobwa wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Amanya yakoye Kakishozi, mu muhango wabereye iwabo w’umukobwa mu karere ka Lyantonde. Amakuru avuga ko aba bombi bamenyaniye muri Malaysia ubwo bari bahuriye muri Kaminuza. Ni umuhango witabiriwe […]