U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
Guverinoma y’u Bwongereza yatekereje by’umwihariko ku baryamana bahuje ibitsina, abihinduza ibitsina n’abandi bahuriye mu muryango wa LGBTQI+ barebwa n’amasezerano ibihugu byombi biherutse kugirana. Muri raporo y’isuzuma u Bwongereza bwakoze, bwagaragaje ko butekereza ku buryo aba bimukira bashobora kuzafatwa mu gihe bazaba barageze mu Rwanda nk’igihugu kidafite amategeko yihariye abarengera. Muri iyi raporo yasohotse kuri uyu […]
Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye
Byamenyekanye ko Bamporiki Edouard uheruse guhagarikwa ku nshingano y’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco ushinzwe umuco, yishyuye uwitwa Mucyo Ezra wigeze kumurega ko yamwambuye. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu umenyerewe mu gukorera abaturage ubuvugizi ni we wabihishuye, ubwo yari mu kiganiro Ahabona kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, cyibanze ku ihagarikwa n’ifungwa rya Bamporiki ukurikiranyweho icyaha […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mali ari mu Rwanda (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mali, General Oumar Diarra, ari hano mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi kuri uyu wa Kabiri. Uruzinduko rwa Gen Diarra hano mu Rwanda rugomba kumara iminsi itatu. Ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwe, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mali yasuye icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura, agirana ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Ingabo, […]
Munyenyezi uregwa jenoside yasabye kudakomeza gufungirwa i Nyamagabe
Beatrice Munyenyezi uregwa jenoside yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ko atakomeza gufungirwa muri gereza y’abagore ba Nyamagabe kuko atabasha kubonana n’abaganga uko bikwiriye ndetse no kumusura ntibyorohe. Munyenyezi woherejwe na leta ya Amerika ubu ufungiye muri gereza y’abagore ya Nyamagabe, ashinjwa ko yakoze jenoside mu mujyi wa Butare (Huye), ibyo we ahakana. Beatrice Munyenyezi w’imyaka […]
U Bwongereza n’u Rwanda bikwiye kubahiriza uburenganzira bwa muntu aho kuzana politiki ku buzima bw’abantu-Me Habinshuti Jean Bosco

Me Habinshuti Jean Bosco, abona Leta y’u Bwongereza n’u Rwanda bakwiye kureka gukomeza gukinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu, Aho babona ko buri gihugu gikwiye kubahiriza uburenganzira bw’impunzi zabahungiyeho nkuko amategeko abiteganya. Amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza yasinywe muri Mata 2022. Abimukira bagombaga kugera i Kigali muri Kamena, uwo mwaka, iza guhagarikwa nyuma yo […]
U Bwongereza n’u Rwanda bikwiye kubahiriza uburenganzira bwa muntu aho kuzana politiki ku buzima bw’abantu-Me HABINSHUTI JEAN BOSCO
Me Habinshuti Jean Bosco, abona Leta y’u Bwongereza n’u Rwanda bakwiye kureka gukomeza gukinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu, bityo akaba abona buri gihugu gikwiye kubahiriza uburenganzira bw’impunzi zabahungiyeho nkuko amwe mu mategeko ya Loni abiteganya. Amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza yasinywe muri Mata 2022. Abimukira ba mbere bagombaga kugera i Kigali muri Kamena, […]
Tanzania’s Samia arrives in Uganda for two-day visit
Tanzanian President Samia Suluhu arrived in Uganda Tuesday morning for a two-day state visit. Invited by her Ugandan counterpart Yoweri Kaguta Museveni, she was received at Entebbe International Airport by Third Deputy Prime Minister Rukia Nakadama and State Minister for International Cooperation Henry Okello Oryem. She was later taken to State House Entebbe where she […]
Igisirikare cya Burkinafaso kirigamba kwica ibyihebe 50
Kuri uyu wa Kabiri, ingabo za Burkinafaso zatangaje ko “zivuganye” byibuze “ibyihebe” mirongo itanu ku wa Mbere ubwo zasubizaga igitero cyagabwe mu majyaruguru y’uburengerazuba ndetse n’igikorwa cyabereye mu majyepfo y’uburengerazuba. Ku wa mbere, “umutwe wa Garsi (Groupe d’Action Rapide de Surveillance et d’Intervention) witwaye neza imbere y’igico cyatezwe n’abantu babarirwa muri mirongo mu birometero bike […]
ISIS yigambye kwica abasirikare batatu muri Mozambique
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State, watangaje ko wagabye igitero cyaguyemo abasirikare batatu mu gihugu cya Mozambique. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye ejo ku wa Mbere wavuze ko wishe bariya basirikare nyuma yo kugaba igitero ku kigo cya gisirikare barimo, mu gace ka Quiterajo ho mu karere ka Macomia kari mu tugize intara ya Cabo Delgado […]
Mkurugenzi Mtendaji wa EABC awataka wajasiriamali nchini DR Congo kujiunga na baraza hilo

Mkurugenzi Mtendaji wa Baraza la Biashara la Afrika Mashariki (EABC), Bw John Bosco Kalisa, amewataka wajasiriamali nchini Jamhuri ya Kidemokrasia ya Congo (DR Congo), kujiunga na baraza hilo ili kupata faida nyingi zinazotolewa kwa washiriki. Bw Kalisa alisema hayo jana tarejhe 9 Mai wakati wa kufungua rasmi mkutano kati ya EABC na Shilikisho la wajasiriamali […]
RD: Urubanza rwa Vital Kamerhe ruratangira gusubirwamo kuri uyu wa Gatatu
Urubanza rwa Vital Kamerhe ruzakomeza kuri uyu wa gatatu. Birashoboka ko ari cyo gihe kugirango umuyobozi w’ishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) yongere kwidegembya. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Gicurasi 2022, biteganyijwe ko Vital Kamerhe azitaba abacamanza kugira ngo hasubukurwe urubanza rwe, nyuma y’aho Urukiko rusesa imanza rutesheje agaciro igihano yari yahawe […]
Minisitiri Patel yatangaje ko ‘abimukira b’ubwato buto’ nta burenganzira bafite bwo kuba mu Bwongereza
Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Priti Patel yatangaje ko abimukira binjira iwabo mu buryo butemewe n’amategeko bakoresheje ubwato buto, badafite uburenganzira bwo kubayo. Uyu muyobozi yabivugiye mu kiganiro yagiriye ku kigo cya Met Police kiri mu mujyi wa Kent, asobanura ibikubiye mu masezerano y’imyaka itanu guverinoma y’u Bwongereza yagiranye n’iy’u Rwanda tariki ya 14 […]
EABC boss says there is a ‘surprising’ gap between EAC’s trade and DR Congo

The Chief Executive Officer of East African Business Council (EABC), John Bosco kalisa, has urged the private sector in Republic Democratic of Congo to join the organization so as to benefit from the services provided to its members, in order to address what he terms the ‘surprising’ gap between EAC and DRC. The remarks were […]
Abasenateri batangiye kugenzura imitangire ya serivisi z’ubuvuzi mu gihugu
Komite ya Sena ishinzwe imibereho myiza n’uburenganzira bwa muntu iri kuzenguruka igihugu isuzuma uko serivisi zitangwa mu rwego rw’ubuzima. By’umwihariko, intego yabo ni ukumenya uko serivisi zitangwa mu bitaro, n’intambwe imaze guterwa mu kuvura indwara zitandura (NCD) mu gihugu. Urugendo rw’iminsi 15 rwatangiriye ku wa Mbere, mu Mujyi wa Kigali, ruteganijwe kugera mu ntara zose […]
Amavubi y’abato yabuze amahirwe yo kwitabira irushanwa yatumiwemo na UEFA

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) y’abatarengeje imyaka 16 yabuze amahirwe yo kwitabira irushanwa ritegurwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Uburayi (UEFA) yatumiwemo kubera kubura ibyangombwa. Tariki ya 23 Mata 2022 ni bwo Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Muhire Henri yatangaje ko bari gutegura abana barenga 40 baturutse mu bice bitandukanye by’igihugu barimo […]
U Rwanda ruyoboye ibihugu byo mu karere mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri RDC – EABC

Igihugu cy’u Rwanda nicyo kiyoboye ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rugakurikirwa na Uganda, Kenya, Tanzania n’u Burundi nk’uko byagaragajwe ubwo hatangizwaga inama ihuza Akanama gashinzwe Ubucuruzi mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EABC) n’Ihuriro ry’ibigo by’ubucuruzi byo muri Congo (FEC), yabereye i Goma kuri […]
Gasabo: Polisi yasubije amafaranga n’ibyangombwa byatowe n’umupolisi
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 9 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda (RNP) yashyikirije amafaranga y’u Rwanda, ibihumbi mirongo ine (40,000 Frw) nyirayo nyuma yo gutoragurwa n’Umupolisi ukorera mu Kigo cya Polisi gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibinyabiziga (Automobile Inspection Centre) gikorera i Remera mu karere ka Gasabo. Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, nibwo Umupolisi witwa Senior Sergent […]
Noteri ukekwaho gufasha Miss Iradukunda Elsa arafunzwe
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rufunze Noteri witwa Uwitonze Nasira ukekwaho gufasha Miss Iradukunda Elsa mu gukora inyandiko mpimbano no kubangamira iperereza. Uwitonze ufungiwe kuri sitasiyo ya Remera guhera kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, akurikiranyweho icyaha cyo gukora inyandiko itavugisha ukuri no kwiyitirira umuriro utari uwe. Amazina ya Uwitonze ni yo agaragara kuri kashe (cachet) […]
Umuhinzi naza akakwirirwa imbere ejo n’usonza uzamenye ko ari wowe wateje iyo nzara- Dr Usta Kayitesi

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, Dr Usta Kaitesi, avuga ko ingeso mbi yo kusiragiza abaturage bashaka serivisi mu nzego z’ibanze ikigaragara, avuga ko bigira ingaruka nk’aho umuhinzi ashobora kumara igihe adakora, bigateza inzara. Bamwe mu baturage baravuga ko bakigorwa no kubona serivisi baba bakeneye mu nzego z’ibanze, bigatuma batakaza umwanya bakabaye bakoresha mu bindi bikorwa. […]
Janet Museveni ahangayikishijwe n’uburyo abana babyukira ku ishuri kare cyane, bagacyurwa bwije
Minisitiri w’uburezi na siporo muri Uganda unasanzwe ari umugore wa Perezida Yoweri Museveni, Janet Kataha Museveni, yagaragaje ko ahangayikishije n’uburyo abana babyukira ku ishuri hakiri kare cyane, bagacyurwa bwije. Janet yagejeje izi mpungenge ku banyamakuru mu kiganiro bagiranye tariki ya 4 Gicurasi 2022, cyari cyerekeye gahunda zitandukanye z’urwego rw’uburezi. Uyu muyobozi yavuze ko bidakwiye ko […]
Nyina wa Miss Iradukunda Elsa yanyomoje amakuru y’uko yaba atwite inda ya Prince Kid
Umubyeyi wa Miss Iradukunda Elsa, Christine Mukandekezi, yanyomoje amakuru y’uko umukobwa we yaba atwite inda ya Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, atakambira Madamu Jeanette Kagame ngo amurenganure afungurwe. Ni nyuma y’amakuru yamenyekanye ejo ku wa Mbere avuga ko Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2017 ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho […]