Umufaransakazi wari ukurikiranyweho gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi yagizwe umwere

Urukiko mpanabyaha rw’i Paris mu Bufaransa rwagize umwere umunyamakuru akaba n’umusesenguzi, Natacha Polony rwari rukurikiranyeho icyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Imvano y’ikurikiranywa ry’uyu munyamakuru ni amagambo yigeze gutangariza kuri televiziyo France Inter tariki ya 18 Werurwe 2018. Icyo gihe yavuze ko mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi, bitashobokaga […]

Cabo Delgado: Botswana mu iperereza ku basirikare bayo bivugwa ko batewe n’indaya

Visi Perezida wa Botswana, Slumber Tsogwane, yatangaje ko hazakorwa iperereza ku gitero ingabo zabo ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, bivugwa ko zagabweho n’indaya. Nk’uko ikinyamakuru DW cy’Abadage kibivuga, muri Mata 2022 ikinyamakuru cyo muri Botswana cyatangaje ko ingabo z’igihugu ziri muri Cabo Delgado zatewe n’indaya. Gusa nk’uko inkuru yasohotse […]

Gakenke: Barashinja uwo bavuga ko ari mushiki wa Minisitiri w’Intebe kubateza inzara n’igihombo gikabije

barataka_inzara_n_ubukene.jpg

Abaturage bahinga mu gishanga cya Gako cyo mu murenge wa Muhondo, akarere ka Gakenke mu ntara y’Amajyaruguru, bavuga ko uwitwa Nyirangwabije ThĂ©rèse ari nyirabayazana y’ibibazo n’igihombo bamazemo imyaka irindwi. Reba inkuru mu mashusho Nyirangwabije bavuga ko ari mushiki wa Minisitiri w’Intebe abifashijwemo n’abayobozi, ngo babategetse guhinga igihingwa cya Geranium, kikaba kimaze imyaka irenga irindwi cyaraheze […]

Perezida Kagame yayoboye Inama Nkuru y’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (Amafoto)

img_20220520_190526.jpg

Perezida Paul Kagame usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye Inama Nkuru y’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda na yateranye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Gicurasi 2022. Ni inama yitabiriwe na ba Ofisiye bakuru mu ngabo z’u Rwanda, ba Ofisiye muri Polisi ndetse n’abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano n’Iperereza, NISS. Inama nk’iyi yaherukaga guterana […]

EABC irasaba ibihugu bya EAC koroshya imisoro kugira ngo bikurure ishoramari

Umuyobozi nshingwabikorwa w’urugaga rw’abikorera bo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba (EABC), Kalisa John Bosco, arasaba ibihugu bigize umuryango w’aka karere (EAC) koroshya imisoro kugira ngo abashoramari babigana biyongere. Kalisa yabivugiye mu nama yerekeye imisoro n’ingengo y’imari ya 2022/2023 yifashishije ikoranabuhanga rihuza amashusho yateguwe n’uru rugaga ku bufatanye na PricewaterhouseCoopers na Coca Cola, yabaye kuri uyu […]

EABC urges EAC member states to harmonize domestic taxes to attract investments

Friday 20th May 2022, Arusha, Tanzania: The East African Business Council CEO, Mr. John Bosco Kalisa has urged EAC Partner States to harmonize domestic taxes to attract more investments into the EAC region. Speaking during the Webinar on Domestic Tax Regimes and Proposed measures for 2022/23 Budgets Mr. Kalisa said “the Treaty for the establishment […]

FARDC irashinja M23 kurenga ku ihagarikwa ry’imirwano

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 20 Gicurasi, umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Lt. Col. Guillaume Njike yashinje umutwe wa M23 kuba yararenze ku ihagarikwa ry’imirwano muri Kivu y’Amajyaruguru. Abakuru b’ibihugu bya Congo na Kenya bari bahamagariye imitwe yitwaje intwaro mu Ntara ya Ituri na Kivu zombi gushyira intwaro hasi, nyuma y’inama zabereye […]

U Burusiya bugiye kubaka ibirindiro bya gisirikare 12 mu rwego rwo gusubiza Finlande na Suede

U Burusiya burateganya gushinga ibirindiro 12 bya gisirikare mu burengerazuba bw’igihugu mu rwego rwo gusubiza Suede na Finlande bisaba kuba NATO. Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, Serge Shoigu yabitangaje, avuga ko ibirindiro bishya bizaba byubatswe mu “mpera z’umwaka”. Yavuze ko “ibirindiro 12 bya gisirikare bizoherezwa mu Karere ka Gisirikare ko mu Burengerazuba”, […]

Bimwe mu bihugu ku Isi bitaremerwa n’Umuryango w’Abibumbye n’icyabiteye

Loni ivuga ko “kwemera leta cyangwa guverinoma nshya ari igikorwa ibindi bihugu na guverinoma byonyine bishobora gukora. Kandi, ibihugu bimwe na bimwe ntibiremerwa ku mugaragaro ku Isi. Hano twabatoranyirije ibihugu bimwe bitari byaba abanyamuryango ba Loni. Ubundi se igihugu ni iki? Ntibyoroshye gusubiza iki kibazo gisa nk’icyoroshye. Kubera ko igitekerezo cy’igihugu kidasobanutse. Iyo ushakishije igisobanuro […]

Amavubi yahamagaye abakinnyi 28 bagomba kwitegura Mozambique na Sénégal

img_20220520_124701.jpg

Umutoza w’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Carlos Ferrer, yahamagaye abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero utegura imikino y’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2023 Amavubi afite mu kwezi gutaha. Amavubi azakina na Mozambique tariki ya 2 Kamena na tariki ya 7 Kamena na Senegal, mu mikino y’ijonjora ry’Igikombe cya Afurika cya 2023 kizabera muri CĂ´te d’Ivoire. […]

Satisfying the public requires consistent judicial reform, Chief Justice

img-20220519-wa0051.jpg

Chief Justice of Rwanda, Dr Faustin Ntezilyayo, insists that satisfying the public requires consistent judicial reform which must be undertaken in ways that are responsible to the expectations and needs of public. It is in his, May 19; welcome remarks during the meeting with the President of Supreme Court of Justice of Democratic Republic of […]

Urubanza rwa Bucyibaruta: Umutangabuhamya ufunzwe yahakanye ibyo yavuze mu 2012, ngo yabikoze ku gahato

Ku munsi wa 8 w’urubanza rwa Bucyibaruta rubera I Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya ufungiye muri gereza ya Nyanza. Mu buhamya bwe ntahuza n’ibyo yavuze mu 2012, agasobanura ko yabivugishijwe n’impamvu z’umutekano we muri gereza. Uyu mutangabuhamya BAKUNDUKIZE Innocent w’imyaka 67. Yabaye Burugumesitiri wa Komini Mubuga ku Gikongoro incuro ebyiri, kuko yabanje kuyobora iyi Komini […]

Monkeypox, indi ndwara ikomeje kwibasira benshi ku Isi ni bwoko ki?

Nta gihe kinini gishize Isi yibasiwe n’icyorezo cya Koronavirusi. Uyu munsi igihanganye nacyo, ibinyamakuru hirya no hino biragaruka ku yindi ndwara yitwa Monkeypox ikomeje kwibasira Uburayi na Amerika. Iyi ndwara bwa mbere yagaragaye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) mu mwaka 1970, ku mwana w’imyaka 9 ubwo iy’ubushita (Smallpox) yari imaze gucika. Nyuma y’iki […]

50 demandeurs d’asile britanniques attendus au Rwanda d’ici fin mai

Le Rwanda s’attend Ă  ce que le premier groupe de 50 demandeurs d’asile soit transfĂ©rĂ© du Royaume-Uni d’ici la fin mai, a dĂ©clarĂ© jeudi un porte-parole du gouvernement. En avril, le gouvernement britannique a annoncĂ© son intention d’envoyer des demandeurs d’asile dans ce pays d’Afrique de l’Est, mais plus tĂ´t ce mois-ci, il a dĂ©clarĂ© […]

Imodoka ya Benz yakozwe mu 1955 yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi na miliyari hafi 150 Frw

50345007306_ac71b95df7_b.jpg

Imodoka ya Mercedes-Benz yo mu 1955, 300 SLR Uhlenhaut, yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi nyuma yo kugurwa mu cyamunara n’umuntu ukusanya ibintu bya kera, indi modoka nk’iyi ikaba izaguma mu nzu ndangamurage w’imodoka ya Mercedes. Mercede-Benz yatangaje ko yagurishije iyi modoka ku muntu wigenga ku kayabo ka miliyoni 143 z’Amadolari ( Hafi miliyari […]

RDC: Joseph Kabila na Moise Katumbi baba bari mu nzira zo kwiyunga?

felix_kabange_22_02145_jpg_640_350_1.jpg

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila wahoze ari umkuru w’igihugu, n’umunyapolitiki Moise Katumbi, bahoze ari inshuti magara mbere yo gutandukana kubera kutumvikana ku ngingo zimwe na zimwe, bishoboka ko bashobora kongera kwiyunga nk’uko byemejwe n’umwe mu begereye Kabila. “Ntabwo bizaba bitangaje kubona Joseph Kabila na MoĂŻse Katumbi biyunga. Ni […]

Perezida Tshisekedi agiye gusura u Burundi

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, agiye gusura u Burundi, nk’uko yari yarabitanzemo isezerano. Ibiro bya Perezida w’u Burundi, kuri uyu wa 20 Gicurasi 2022 byangaje ko uyu Mukuru w’Igihugu azagirirayo uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu ruratangira kuri uyu wa 21. Byagize biti: “U Burundi bwiteguye kwakirana urugwiro rwinshi nyakubahwa FĂ©lix-Antoine […]

Uko abakobwa b’amasugi batorwa ngo babe abamikazi ba Mswati III

Eswatini yahoze yitwa Swaziland ni cyo gihugu muri Afurika kikigira amahame ya cyami, aho umwami wacyo, Mswati III, ari we ufata ahanini imyanzuro ikomeye mu gihugu. Ni na bwo bwami bumaze imyaka myinshi muri iki kinyejana. Eswatini ni igihugu cyahoze gikolonizwa n’Abongereza, aho usanga imibereho yabo ya buri munsi ntaho ijya gutanira n’iy’Abongereza. Urugero nko […]

Ubukemurampaka (ADR) igisubizo ku bibazo by’idindira ry’imanza, gutakaza amafaranga, umwanya n’imibanire myiza

Uburyo bwo gukemura amakimbirane bitabaye ngombwa ko abayafitanye bajya mu nkiko (Alternative Dispute Resolution), ahubwo bakitabaza ubuhuza cyangwa ubukemurampaka ni bumwe mu buryo butanga igisubizo kirambye ndetse Abanyarwanda bashishikarizwa kuyoboka kurusha uko bitabira imanza mu nkiko. Ubu buryo bwo gukemura amakimbirane butuma akemurwa mu buryo bwihuse, bikabera aho ariho hose, kandi bwemerera ababuranyi kubona inyandiko […]

Ntabwo natekerezaga ko byaba_Mukansanga uri mu bazasifura mu gikombe cy’Isi

Umusifuzi Salima Mukansanga w’Umunyarwandakazi watoranyijwe mu bazasifura mu irushanwa ry’igikombe cy’Isi rizabera muri Qatar mu Gushyingo 2022, yagaragaje ko yatunguwe no kwibona kuri uru rutonde kuko ngo atigeze arota ko byamubaho. Kuri uyu wa 19 Gicurasi, FIFA yatangaje ko Mukansanga, Umufaransakazi Stephanie Frappart n’Umuyapanikazi Yamashita Yoshimi ari bo bagore batoranyijwe mu basifuzi b’iri rushanwa ry’abagabo, […]

USA yemeje ko Rusesabagina afunzwe mu buryo budakurikije amategeko

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yemeje ko umugororwa Rusesabagina Paul uri muri gereza ya Nyarugenge afunzwe mu buryo budakurikije amategeko. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi w’ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga muri guverinoma ya USA, Ned Price, nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters byabitangaje. Uyu Muvugizi yasobanuye ko kwemeza ko Rusesabagina afunzwe mu buryo budakurikije amategeko bijyanye […]

Ibanga ryamfashije gutsinda Rayon Sports ni uko nta byangombwa ngira_Umutoza Adil

Umutoza Mohammed Adil Erradi utoza ikipe ya APR FC, yatangaje ko ‘kuba nta byangombwa’ agira ari ryo banga rukumbi ryamufashije gutsinda Rayon Sports akayisezerera mu gikombe cy’amahoro. Ejo ku wa Kane ni bwo APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro izahuriramo na AS Kigali, nyuma yo gusezerera Rayon Sports muri ½ cy’irangiza ku […]

Rihanna yibarutse imfura

Umuhanzi Robyn Rihanna Fenty n’umukunzi we akanaba umuraperi A$AP Rocky, bamaze kwibaruka imfura yabo. TMZ yatangaje ko ifite amakuru y’uko uyu mwana w’umuhungu yavutse tariki ya 13 Gicurasi, avukira i Los Angeles. Muri uyu mujyi ni na ho Rihanna aheruka kugaragara ari mu ruhame, ubwo ku wa 09 Gicurasi we na A$AP Rocky bagaragaraga bafata […]