Gen. Rusoke uhagarariye Uganda mu Rwanda yanyuzwe n’uburyo rwateguye CHOGM

Gen. (Rtd) Robert Rusoke yashyikirije Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, impapuro zimwemerera guhagararira Leta ya Uganda muri iki gihugu. Nk’uko komisiyo nkuru ya Uganda ibisobanura, iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa 22 Kamena 2022, Perezida Kagame yizeza Gen. Rusoke ubufasha bwose azakenera mu kazi ke. Uyu mudipolomate kandi yashimiye uburyo yakiriwe mu Rwanda […]
Igihugu cya mbere cya Afurika cyashyigikiye ibirego byerekeye M23 bya RDC ku Rwanda
Afurika y’Epfo yabaye igihugu cya mbere gishyigikiye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishinja u Rwanda gufasha M23. Afurika y’Epfo yashyigikiye ibirego bya RDC ku Rwanda binyuze muri Perezidante w’Inteko ishinga amategeko yayo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula. Ku wa Kabiri tariki ya 21 Kamena uyu mugore cyo kimwe n’abandi bakuru b’Inteko zishinga amategeko z’ibihugu bya Afurika […]
RDC ngo ntishoboye kurwana n’u Rwanda na Uganda icyarimwe
Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yongeye gushimangira ko Uganda yafatanyije n’u Rwanda mu gufasha M23 kwigarurira Bunagana, gusa ashimangira ko igihugu cye kidashobora guhangana n’ibi bihugu byombi icyarimwe. Mboso yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo kuri ba Perezida b’Inteko zishinga amategeko z’ibihugu bya Afurika. Yavuze ko ku wa Mbere w’icyumweru […]
Huye: Uwashinjwaga gusambanya umwana w’imyaka 7 yakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 20 Kamena 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Murindahabi Fidèle icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 7, rumuhamya icyaha maze rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko urukiko rwafashe icyemezo cyo kumuha icyo gihano kubera ko n’ubwo yemeye icyaha kuva […]
Science/Foundation Teacher at Kigali International Community School (KICS)
Join our team of staff at Kigali International Community School as SCIENCE/ FOUNDATION TEACHER To apply, visit https://www.kicsrw.org/working-at-kics Welcome to Kigali International Community School (KICS)! KICS is located in the beautiful capital city of Kigali, Rwanda. The school is a college preparatory day school offering classes for students from pre- kindergarten through high school. KICS […]
Inzitizi z’urukiko rw’u Burayi ku kohereza abimukira mu Rwanda zishobora guteshwa agaciro
Inzitizi y’Urukiko rw’Uburenganzira bwa Muntu rw’u Burayi cyo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda zishobora guteshwa agaciro n’abaminisitiri mu busabe bushya. Icyifuzo cyashyikirijwe inteko ishinga amategeko, kizemerera abaminisitiri kwirengagiza ibyemezo by’urukiko nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ikomeza ivuga. Ibi biriyongera ku mpinduka ziteganijwe mu itegeko ryerekeye uburenganzira bwa muntu kandi bishobora no kugira ingaruka ku manza […]
Perezida Kagame na madamu we bakiriye Igikomangoma Charles wa Wales (Amafoto)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye muri Village Urugwiro Igikomangoma Charles cya Wales, gihagarariye Umwamikazi w’u Bwongereza mu nama ya CHOGM ari kumwe na Madamu we Camilla, baganira ku mubano ibihugu byombi bifitanye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Igikomangoma Charles cyashimiye Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ku […]
AIGP Kasingye yasabye umunyamakuru kuguma i Kigali niba abona ari heza kurusha iwabo

Asan Kasingye wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ya Uganda (AIGP), Umuvugizi wayo na Komiseri ushinzwe politiki, yasabye umunyamakuru Daniel Lutaaya wa NBS TV kuguma i Kigali, niba abona ari heza kurusha iwabo. Ni nyuma y’aho uyu munyamakuru uri gukurikirana inama ya Commonwealth i Kigali atangaje ibyiza byinshi amaze kubona muri uyu mujyi mu minsi […]
Guverineri wa Kinshasa aravuga ko batangiye gufata abantu bari guhohotera Abatutsi
Muri iyi minsi ishize mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, urubyiruko ruvuga ko ruva mu ihuriro riri ku butegetsi rwagaragaye mu marondo, rufite imihoro mu ntoki, rushaka abantu bavuga Ikinyarwanda, abafashwe bagahohoterwa, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 21 Kamena, Guverineri wa Kinshasa, Gentiny Ngobila, akaba yatangaje ko abapolisi batangiye gufata uru […]
U Rwanda na Maldives byashyize umukono ku masezerano 5 y’ingenzi y’ubufatanye

Guverinoma y’u Rwanda na Guverinoma ya Maldives zashyize umukono ku masezerano y’ingenzi hagati y’ibihugu byombi, hagamijwe kurushaho kunoza no gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi. Aya masezerano yashyizweho umukono mu muhango wabereye muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ushize. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Maldives, Ahmed Khaleel yashyize […]
M23 yategetswe kuva mu bice yafashe yashimye umwanzuro umwe wafatiwe i Nairobi
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wasabwe mu buryo buziguye kuva mu bice bya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) iherutse gufata, yashimye umwanzuro wafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’akarere k’ibiyaga bigari baherutse guteranira i Nairobi muri Kenya. Tariki ya 20 Kamena ni bwo aba bakuru b’ibihugu bigize EAC usibye Samia Suluhu Hassan wari uhagarariwe na […]
Uganda: Gen. Otafiire yateranye amagambo na Minisitiri w’Intebe mu nama y’abaminisitiri
Mu Nama y’abaminisitiri muri Uganda kuri uyu wa Mbere ushize habereye guhangana gukomeye hagati ya minisitiri ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu, Gen. Kahinda Otafiire ndetse na Minisitiri w’Intebe, Robinah Nabanja. Gen Otafiire, amakuru ava muri guverinoma avuga ko ari umuntu ukunze kurangwa n’umujinya rimwe na rimwe, ngo yahinduye ururimi avuga Igiswahili maze yibaza ku mikorere […]
Some eastern DR Congo residents doubt EAC force’s intervention
AFP Some residents in eastern Democratic Republic of Congo have rejected the proposal to deploy a regional peacekeeping force. On Monday, in the Kenyan capital Nairobi, East African Community (EAC) leaders endorsed the deployment of a regional force to help stabilise eastern DRC, a move that had also earlier been discussed by military chiefs in […]
FARDC yatangiye gushaka urubyiruko rwifuza kujya mu gisirikare i Goma
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyatangiye gushaka urubyiruko rwifuza kukinjiramo mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru nk’uko bigaragara mu itangazo ry’Akarere ka 34 ka gisirikare . Itangazo ryashyizweho umukono n’ushinzwe ibikorwa byo kwinjiza abasirikare bashya, Col. Chita Itakila, rivuga ko igisirikare cy’igihugu kibanda ku kamaro ko kugira abasirikare bafite ubushobozi […]
Kanombe: Uruganda rwa JIBU rwahagaritswe ruzira amazi atujuje ubuziranenge
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ishami ry’uruganda rwa JIBU rutunganya rukanacuruza amazi riherereye mu murenge wa Kanombe w’akarere ka Kicukiro, mu mujyi wa Kigali. FDA isobanura ko tariki ya 8 Kamena 2022, yafashe ibipimo by’amazi JIBU itunganyiriza muri iri shami riherereye mu kagari ka Kabeza, isanga atujuje ubuziranenge. Ibaruwa iki […]
APR FC yakuriye inzira ku murima amakipe arimo Rayon Sports yifuzaga abakinnyi bayo bakomeye
Ikipe ya APR FC yakuriye inzira ku murima amakipe arimo Rayon Sports yifuzaga bamwe mu bakinnyi bayo bakomeye, ivuga ko nta n’umwe muri bo iteganya kurekura. Ni nyuma y’amakuru yavugaga ko iyi kipe y’Ingabo z’igihugu ishobora gutakaza abarimo Omborenga Fitina na Ndayishimiye DieudonnĂ© bombi bakina inyuma ku ruhande rw’iburyo cyo kimwe na Ruboneka Jean Bosco […]
Perezida Tshisekedi yaganiriye na Antonio Guterres ku bibera mu burasirazuba bwa RDC
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres. Iki kiganiro cyabereye ku murongo wa telefone kuri uyu wa 21 Kamena 2022, cyarebanaga n’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu nk’uko ibiro bya Perezida wa RDC bibisobanura. Byagize biti: “Ikibazo cy’umutekano kiri mu burasirazuba bwa RDC cyaranze ikiganiro […]
Huye: Umugabo arashinjwa gusambanya umwishywa we w’imyaka 5
Umugabo w’imyaka 38 wo mu Karere ka Huye akurikiranweho Ubushinjacyaha gusambanya umwana wa mushiki we w’imyaka 5 y’amavuko. Icyaha uregwa akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye ngo cyakozwe mu gihe cya saa mbiri z’amanywa ku wa 28 Ukuboza 2021 mu mu Mudugudu wa Nyamikaba, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Karama, mu Karere ka Huye, […]
Zabyaye amahari hagati ya Espoir FC na Gatera Moussa wahoze ayitoza
Ikipe ya Espoir FC yatangaje ko iteganya kunengera mu ruhame Gatera Moussa wahoze ari umutoza wayo mukuru, kubera imyitwarire mibi na ruswa imushinja. Gatera yari umutoza mukuru w’iyi kipe y’i Rusizi kuva mu myaka ibiri ishize, mbere yo gutandukana na yo akerekeza muri Gorilla FC. Umwuka mubi hagati y’uyu mutoza n’ubuyobozi bw’iriya kipe wadutse ubwo […]
Prince Charles, Duchess Camilla in Kigali
Prince Charles and his wife Camilla arrived in Rwanda Tuesday evening ahead of the main sessions of the Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM) in the capital Kigali. The Prince of Wales and The Duchess of Cornwall landed at Kigali International Airport at around 8:45p.m. Their royal highnesses’ maiden trip to Rwanda had earlier Tuesday […]
Le prince Charles et son épouse Camilla sont arrivés à Kigali
Le prince Charles et son Ă©pouse Camilla sont arrivĂ©s au Rwanda mardi soir avant les principales sessions de la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth (CHOGM) dans la capitale Kigali. Le prince de Galles et la duchesse de Cornouailles ont atterri Ă l’aĂ©roport international de Kigali vers 20h45. Le voyage inaugural de leurs altesses […]
Bamwe mu Banyekongo ntibakeneye izindi ngabo z’amahanga ku butaka bwabo
Nyuma y’aho kuwa Mbere ushize i Nairobi hafatiwe icyemezo cyo kohereza ingabo za EAC kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bamwe mu baturage baragaragaza ko badakeneye izindi ngabo z’amahanga ku butaka bw’igihugu cyabo, ahubwo hakenewe kuvugurura no kongerera ubushobozi igisirikare cy’igihugu (FARDC). Mu ibaruwa yandikiwe Perezida wa RDC, FĂ©lix […]
M23 ivuga ko itewe impungenge n’uburyo Leta ya Tshisekedi yihinduranya nk’uruvu
Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, avuga ko biteguye kubahiriza imyanzuro yavuye mu nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC i Nairobi muri Kenya kuwa 20 Kamena 2022, gusa ngo bafite impungenge z’imyitwarire ya Leta ya Tshisekdi,” yihunduranya nk’uruvu.” Maj. Ngoma mu kiganiro kigufi yahaye BWIZA kuwa 21 Kamena 2022, yavuze ko M23 ishimira abakuru b’ibihugu ku […]
Minisitiri w’Intebe wa Canada ari mu nzira aza mu Rwanda
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, ari mu nzira aza mu Rwanda kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma mu bihugu bya Commonwealth yatangiye tariki ya 20 Kamena 2022. Indege yamuvanye muri Canada mu masaha arenga 9 ashize. Ibiro bye byasobanuye ko mu mwanya muto uri imbere araba ageze mu murwa mukuru w’u Rwanda, Kigali. […]
Taiwan yohereje indege zayo z’intambara kuburira indege 29 z’u Bushinwa zayivogereye
Kuri uyu wa Kabiri ushize Taiwan yohereje indege zayo z’intambara kuburira indege 29 z’Abashinwa zari zinjiye mu kirere cyayo cy’ubwirinzi, zirimo izitwara za bombe zagurukiraga mu majyepfo y’icyo kirwa no muri pasifika. Gucengera mu kirere cy’ubwirinzi cya Taiwan kw’indege z’intambara z’u Bushinwa ni kumwe mu guheruka mu gihe hakomeje umwuka mubi hagati ya Taipei na […]
Minisitiri Lutundula yahamije ko u Rwanda rutifuza ko igisirikare cya RDC gikomera
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Christophe Lutundula, yahamije ko u Rwanda ari igihugu kitajya cyifuza ko igisirikare cyabo gikomera ku buryo cyabasha kugarura amahoro n’umutekano uhungabanywa n’imitwe yitwaje intwaro. Lutundula yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, cyari cyerekeye umubano hagati ya RDC n’akarere, by’umwihariko n’u Rwanda ukomeje kuzamba, kubera […]