Udushya 10 twa Prof. Wajackoyah, umukandida ushaka gusimbura Uhuru Kenyatta ku butegetsi

Bamwe bita Wajackoyah 'Perezida wa Ganja'

Prof. George Luchiri Wajackoyah ni umwe mu bakandida biyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika ya Kenya, mu gihe hategerejwe amatora muri Kanama 2022. Uyu mugabo w’ubwanwa bwinshi bw’imvi akomeje gutangaza benshi mu bakurikirana ibikorwa bye, bitewe n’imigambi idasanzwe avuga ko afitiye Abanyakenya. Nk’uko aherutse kubitangariza Abanyakenya, Prof. Wajackoyah afite imigambi irenga umunani yose ifite umwihariko, […]

Umupolisikazi yatawe muri yombi ashinjwa kwishora mu bikorwa by’ubujura

Umupolisikazi wo mu gihugu cya Kenya ukorera kuri station ya polisi yo muri Embakasi, muri Nairobi, yatawe muri yombi ashinjwa kwishora mu bikorwa by’ubujura muri Mombasa afatanyije n’abasivili. Hellen Wanjiru Wamweu yafatanwe n’abasivili babiri; Harrison Marube Biko na Fredrick Gatheri, bose batuye Nairobi. Raporo ya polisi yabonwe na Nairobi News ivuga ko station nkuru ya […]

UPDF yamaganye raporo ivuga ko Gen. Kabarebe yabaye Minisitiri wayo

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyamaganye raporo ivuga ko umusirikare w’u Rwanda, General James Kabarebe, yabaye Minisitiri wacyo. Raporo yasohowe ku muyoboro wa YouTube wa Zehabesha Original tariki ya 4 Gicurasi 2022, ishinja igisirikare cya Uganda gutoreza muri Uganda na Sudani y’Epfo umutwe witwaje intwaro wa TPLF uhanganye na Leta ya Ethiopia. Muri ubu bufasha iregwa, […]

Ibihugu 20 byo muri Afurika byamunzwe na ruswa kurusha ibindi

Transparency International ikoresha ibipimo bya ruswa mu gushyira ibihugu bitandukanye ku Isi ku gipimo cya zero kugeza ku 100; aho zero igaragaza ahari ruswa cyane kuzamura kugeza ku 100 aho igenda iba nkeya. Uyu muryango wakurikiranye ruswa mu nzego za Leta ku Isi kuva mu 1995. Twabibutsa ko raporo ya CPI iheruka kwerekana ko impuzandengo […]

RDC: Guverinoma yiyemeje guha FARDC ibyo ikeneye byose igahashya M23

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yiyemeje guha igisirikare cya FARDC ibyo gikeneye byose kugirango gihashye inyeshyamba za M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro yose. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Intebe, Sama Lukonde, mu nama y’abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Tshisekedi kuwa Gatanu ushize, itariki ya 01 Nyakanga 2022 nk’uko iyi nkuru dukesha Actu7.cd ivuga. Umuyobozi […]

U Burusiya butangaje ko bwafashe igice cya Donbas kirimo Donetsk na Luhansk

Minisiteri w’ingabo z’u Burusiya, Sergei Shoigu amaze gutangaza ko zamaze kwambura iza Ukraine igice cyose cya Donbas giherereyemo Leta ya Donetsk na Luhansk ziharanira ubwigenge. Ikinyamakuru RT cyegamiye kuri Leta y’u Burusiya kigize kiti: “Donbass yose iri mu maboko ya Moscow-Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya.” Minisitiri Shoigu asobanura ko ingabo za nyuma zari Ukraine zari zisigaye […]

Ambasaderi wa EU asobanura ko ibihano bya UN bitabuza ingabo za RDC kugura intwaro

Ambasade w’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Jean-Marc Châtaigner asobanura ko ibihano by’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano bitabuza ingabo z’iki gihugu (FARDC) kugura intwaro. Mu nama y’aka kanama yabereye i New York tariki ya 30 Kamena 2022, ni ho hafatiwe umwanzuro nimero 2641 wo kongera ibi bihano kuri RDC, birimo […]

U Bwongereza bubona umubano wabwo n’u Rwanda wahungabana, bugaragaje ikiguzi cy’amasezerano y’abimukira

Guverinoma y’u Bwongereza ibona kugaragaza ikiguzi cy’amasezerano y’abimukira n’iterambere ry’ubukungu yagiranye n’iy’u Rwanda byahungabanya umubano w’ibihugu byombi. Tariki ya 14 Mata 2022, u Bwongereza bwagiranye aya masezerano y’imyaka itanu n’u Rwanda, rwemera kuzajya rwohererezwa abimukira binjira mu buryo butemewe n’amategeko; igikorwa ruzajya rwishyurirwa. Ikinyamakuru The Independent kivuga cyo cyabajije mu biro by’Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe […]

Kenya: William Ruto yibasiwe nyuma yo kuvuga ko azakurikirana Kenyatta natsinda amatora

Visi Perezida wa Kenya, Wiliam Ruto, yibasiwe bikomeye n’abantu batandukanye nyuma yo kuvuga ko ateganya kuzakurikirana mu mategeko Perezida Uhuru Kenyatta naramuka atsinze amatora ya perezida. Abafatanyabikorwa ba Perezida Kenyatta ndetse n’umufatanyabikorwa we azaba anashyigikiye muri ayo matora ateganyijwe mu kwezi gutaha, Raila Odinga, bafatanyije kwibasira Ruto. Bayobowe n’umuvugizi wa Azimio, Junet Mohamed, abayobozi batandukanye […]

Sosiyete ikomeye y’Abafaransa irashinjwa gufasha inyeshyamba muri Centrafrica

Abashinjacyaha bo mu Bufaransa barwanya iterabwoba batangiye iperereza ku birego bivugwa ko bishobora gufatwa nk’ubufatanyacyaha mu byaha by’intambara biregwa sosiyete y’Abafaransa, Groupe Castel, muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), nk’uko amakuru aturuka hafi y’iki kibazo yageze kuri Reuters ku wa Gatanu avuga. Amakuru avuga ko ishami ry’iyi sosiyete ikora ibinyobwa y’Abafaransa rikekwaho kuba ryarahaye amafaranga umutwe […]

AIGP Kasingye yafashe icyemezo cyo kwimurira ibiro mu rugo kubera ihenda rya peteroli

Asan Kasingye wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ya Uganda (AIGP) akaba n’Umuvugizi wayo, yiyemeje kwimurira ibiro bye mu rugo kubera ihenda ry’ibikomoka kuri peteroli. Mu butumwa yashyize kuri Twitter mu ijoro ryo kuri uyu wa 2 Nyakanga 2022, AIGP Kasingye yagize ati: “Bitewe n’izamuka ry’ibiciro bya peteroli, nafashe icyemezo kibabaza cyo gushyira ibiro mu […]

Perezida wa Belarus arashinja Ingabo za Ukraine kurasa mu gihugu cye

Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, aravuga ko ingabo ze zarashe misile zarashwe mu gihugu cye zivuye muri Ukraine kandi yizeza guhita asubiza ibitero by’abanzi byose. Ibiro Ntaramakuru Belta kuri uyu wa Gatandatu ushize byasubiyemo amagambo ya Perezida Lukashenko agira ati: “Turimo gushotorwa.” Yakomeje agira ati: “Ndagira ngo nkubwire ko hashize iminsi itatu, cyangwa irenga, bagerageje […]

M23 yemeza ko yavumbuye amayeri FARDC iri gukoresha mu mirwano

Umutwe witwaje intwaro wa M23 uremeza ko wavumbuye amayeri ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, ziri gukoresha mu mirwano ibera muri teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu itangazo rigenewe Abanyekongo n’amahanga ryasohowe n’Umuvugizi w’uyu mutwe, Maj. Willy Ngoma, kuri uyu wa 3 Nyakanga 2022, yavuze ko basanze FARDC iri kurasira […]