Ambasaderi Busingye yanenze BBC kubera ibyo yatangaje kuri Perezida Kagame
Ambasaderi wâu Rwanda mu Bwongereza, Busingye Johnston, abona ko ikinyamakuru BBC cyo muri iki gihugu cyahimbiye Perezida Paul Kagame ibitandukanye n’ibyo yavuze ku matora ateganyijwe mu 2024. Mu birori byo kwibohora ku nshuro ya 28 byabereye mu mujyi wa Stockport byabaye kuri uyu wa 9 Nyakanga 2022, Busingye yavuze ko BBC yahinduye ibyo Perezida Kagame […]
Sri Lanka: Abigaragambya biyemeje kuzava mu ngoro ya perezida ari uko yeguye ku butegetsi

Abigaragambya bavuze ko bazakomeza kwigarurira ingoro ya perezida nâiya minisitiri wâintebe ba Sri Lanka kugeza igihe abayobozi bombi beguye ku mugaragaro. Perezida Gotabaya Rajapaksa yavuze ko azava ku butegetsi ku ya 13 Nyakanga, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ku wa Gatandatu. Ariko perezida ntiyigeze aboneka cyangwa ngo agire icyo atangaza ku mugaragaro. Kuri uyu […]
Umugabo wâUmushinwa yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango atazi kibazo afite
Umugabo wâumushinwa yagiye kwivuza ikibazo cyo kwihagarika bya hato na hato, atungurwa no kumenya ko afite udusabo tw’intanga twa kigore kandi yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango. Nkâuko ikinyamakuru China Morning Post kibitangaza, ngo uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko wamenyekanye gusa ku mazina ya Chen Li mu rwego rwo kurinda umwirondoro we, yabanje gusuzumwa […]
Minisitiri Kabanda yavuze ko RDC irakomeza kotsa igitutu u Rwanda na M23
Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Kabanda Gilbert, yavuze ko barakomeza kotsa igitutu u Rwanda nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu muyobozi yabitangarije mu nama yâabaminisitiri yabaye ku wa 8 Nyakanga 2022, yibandaga ku kibazo cyâumutekano muke kiri mu burasirazuba bwâigihugu. Minisitiri Kabanda yashimangiye ikirego cyâabo muri Let aya RDC barimo na […]
Soweto: Igitero cyâabantu bitwaje intwaro mu kabari cyahitanye abantu 15
Igitero cyâabantu bitwaje intwaro mu masaha akuze kuri uyu Gatandatu ushize, mu kabari ko mu Mujyi wa Soweto muri Afurika yâEpfo, mu burengerazuba bwa Johannesburg, cyahitanye abantu 15 abandi barakomereka bikabije. Raporo za polisi zerekana ko itsinda ryâabagabo bahageze muri tagisi ya minibus batangira kurasa mu kabari, bituma abari imbere bagerageza guhunga. Komiseri wa polisi […]
FBI na MI5 byagaragaje ko ubu nta kibazo kibangamiye uburengerazuba nk’u Bushinwa
Mu ijambo ryahurijwe hamwe ritigeze ribaho, abayobozi ba FBI na MI5 (Ikigo cyâAbongereza gishinzwe umutekano no gukumira ubutasi mu gihugu) batanze umuburo ku wa Gatatu ku bibazo bitandukanye bishobora guterwa nâubutasi bwâAbashinwa. Bagaragaje ikibazo kimwe cyâukuntu u Bushinwa bwashyize imbaraga mu kubuza kuba umudepite Umushinwa witandukanyije nâubutegetsi bwa Pekin mbere yo kuba umuturage wa Amerika. […]
Kenya: Minisitiri wâIngabo na we yavuze ko Ruto yashatse kumukubita urushyi
Umunyamabanga muri guverinoma (Minisitiri) ya Kenya ushinzwe ingabo, Eugene Wamalwa, na we yatangaje ko Visi Perezida, William Ruto yashatse kumukubita urushyi. Ni nyuma yâaho hagiye hanze amajwi ya Ruto avuga ko yashatse gukubita urushyi Umukuru wâIgihugu mu 2017 ubwo bajyaga impaka ku cyemezo cyâurukiko rwâikirenga ku byavuye mu matora. Ibyâuru rushyi biherutse kuvugwaho na Perezida […]
Umujyanama mu Karere ka Moscow yakatiwe imyaka 7 yâigifungo azira kunenga intambara yo muri Ukraine
Umujyanama w’Akarere ka Moscou yakatiwe imyaka irindwi yâigifungo azira kunenga igitero cy’u Burusiya muri Ukraine, mu byo umunyamategeko ukunze kunenga perezidansi yâu Burusiya (Kremlin) yavuze ko ari urubanza rwa mbere umuntu agiye muri gereza hakurikijwe itegeko rishya rihana âamakuru y’ibinyomaâ. Alexei Gorinov, umwe mu bagize njyanama yâakarere, yabwiye inama ya njyanama ku ya 15 Werurwe, […]
Tanzania igiye kugurisha kontineri 216 zâigisirikare nâigipolisi cya RDC
Leta ya Tanzania yafashe umwanzuro wo gushyira ku isoko ryâicyamunara kontineri 216 zatunganyijwemo inzu zâigisirikare nâigipolisi cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Izi kontineri zaheze ku cyambu cya Ubungo mu murwa mukuru wa Tanzania, Dar es Salaam mu 2020, ndetse ngo Leta ya RDC ntabwo yigeze yishyura ikiguzi cyo kuba ziri hano. Ikinyamakuru RFI […]
Blaise Compaore yasubiye aho yari yarahungiye muri Cote dâIvoire igitaraganya
Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso, Blaise CompaorĂ©, yavuye i Ouagadougou kuri uyu wa Gatandatu, itariki 9 Nyakanga nyuma ya saa sita asubira i Abidjan, aho yahungiye kuva yahirikwa mu 2014. Yari yasubiye mu ghugu cye ku wa Kane ushize, yitabiriye inama yahuriyemo nâundi wahoze ari Perezida, Jean-Baptiste OuĂ©draogo na Lt. Col. Paul Henri Damiba uyoboye […]
Kwamamaza imiti nâibikorwa byâubuvuzi bigiye kujya bihanirwa mu Rwanda
Ishingiye ku mabwiriza ya Minisitiri No 20/0004 yo ku wa 09/01/2019 abuza kwamamaza imiti nâbikorwa byâubuvuzi mu buryo ubwo ari bwo bwose nâibiganiro bitemewe, minisiteri yâubuzima yasabye abayobozi bâibitangazamakuru nâubuyobozi bwâibanze guhagarika ibyo bikorwa. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 09 Nyakanga ryashyizweho umukono na minisitiri wâubuzima, Dr Daniel Ngamije, havuga ko […]
Martin Fayulu yijeje rubanda ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira RDC igihangange
“Iyo nza kuba nicaye mu ntebe ya perezida, iriya ntambara iba yararangiye,â ibi ni ibyatangajwe na Martin Fayulu, perezida wâishyaka EciDĂ© (Engagement pour la CitoyennetĂ© et le DĂ©veloppement) yizeza abaturage ba Boyoma ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihugu gikomeye. Ati â Tugiye gufata iriya ntebe kandi ntibizaba ari ugushaka […]
Ev. Eliane yifuza ko Perezida Kagame yazasimburwa nâumwana we
Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira wo mu itorero Zion Temple avuga ko yakwifuza ko mu gihe byazaba ngombwa, Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yazasimburwa nâumwe mu bahungu be. Yabivugiye mu kiganiro cyatambutse ku rubuga rwa Twitter mu buryo bwa âspaceâ, aho yibandaga ku barwanya Leta yâu Rwanda, bamwe bagaragaza ko bifuza ko ubutegetsi buhinduka. Ev. Eliane yagize […]
U Bwongereza bwatangiye gutoza ingabo za Ukraine ngo zishobore guhangana nâu Burusiya
U Bwongereza bwatangiye gutoza ingabo za Ukraine kugira ngo zishobora guhangana nâizâu Burusiya zimaze amezi ane nâigice zizigabaho ibitero bikomeye. Umunyamabanga wâu Bwongereza ushinzwe ingabo, Ben Wallace, yasobanuye ko abasirikare 1060 bâigihugu cye ari bo bari gutoza aba Ukraine mu bigo bitandukanye biri mu Bwongereza. Gahunda Leta yâu Bwongereza ifite ni ugutoza abasirikare ba Ukraine […]