Habyarimana BĂ©ata wahoze ari Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yahawe imirimo mishya
Habyarimana Uwamaliza BĂ©ata uheruka gusimbuzwa ku nshingano yari afite nka Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Habyarimana BĂ©ata yakuwe ku nshingano za Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, asimbuzwa Dr Jean Chrisostome Ngabitsinze. Habyarimana yari Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda kuva muri Werurwe 2021. Yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BK Group […]
Kenya: Uwiyamamariza kuba Perezida yakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Prof. George Wajackoyah uri mu bakandida biyamamariza kuyobora Kenya mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mpera z’iki cyumweru, yagaragaye akorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’umwe mu bagore bo muri Kenya. Amashusho y’uyu mukandida wo mu ishyaka Roots Party ahohoterwa ubwo yarimo yiyamamaza akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga. Muri aya mashusho, umwe mu bagore agaragara agerageza […]
Kigali a besoin de plus de 500 bus pour faire face aux problèmes des transports publics
Plus de 500 bus sont nĂ©cessaires pour aider Ă mettre fin aux problèmes de transport public dans la ville de Kigali, a rĂ©vĂ©lĂ© Emmanuel Katabarwa, l’ingĂ©nieur de la ville. S’exprimant sur le radiodiffuseur national le dimanche 31 juillet, il a dĂ©clarĂ© que sur la flotte existante actuellement sur les routes de la ville, il y […]
Leta yazamuye umushahara w’abarimu kuri 88% na 40%

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yatangaje ko guhera mu kwezi kwa Kanama 2022, abarimu bo mu mashuri abanza bazongererwa umushahara ku kigero cya 88%. Na ho abafite impamyabumenyi za A1 na A0 bazongererwa 40%. Ibi Dr Ngirente yabitangaje ubwo yagezaga ku nteko Ishinga Amategeko (imitwe yombi), ibikorwa bya Guverinoma bijyanye n’ibimaze kugerwaho mu rwego rw’uburezi […]
Aho u Rwanda ruhagaze mu mpaka z’ibihugu bya EAC ku kizabamo icyicaro cya EAMI
Bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byananiwe kumvikana ahazajya icyicaro cy’Ikigo gushinzwe kwiga uko uyu muryango wagira ifaranga rimwe, East African Monetary Institute (EAMI). Ibihug byo muri uyu muryango byagaragaje ko bishaka kwakira iki kigo, kizagera nyuma kikavamo banki ya EAC. The Eastafrican yatangaje ko izi mpaka z’uwakwakira EAMI zadutse bitewe n’uko […]
Battle among EAC states over East African central bank host
The Eastafrican Partner states have failed to agree on which country should host the East African Monetary Institute (EAMI), one of the key establishments in implementing a single currency regime. The East African Community partners submitted their pitches to host the institute that would later transform into a regional central bank. But the EAMI has […]
Kivu y’Amajyepfo: Umusirikare wa FARDC yarashe bagenzi be umwe ahita apfa
Kuri iki Cyumweru, itariki 31 Nyakanga 2022, umusirikare mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe bagenzi be 2 b’abasirikare ahitwa Kalamba, hafi y’igikingi cya Inera, muri Gurupoma ya Miti muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo. Abatangabuhamya bavuga ko umusirikare umwe yahise apfira aho undi agakomereka bikabije. Umusirikare wagize uruhare muri iki […]
Uko umwana w’imyaka 10 yabaye umwicanyi ruharwa
Mary Bell yavukiye mu Bwongereza ku wa 26 Gicurasi 1957 avukira, nyina umubyara yitwaga Elizabeth Bell akaba yarakoraga umwuga w’uburaya, aho yajyaga mu kazi akamusubira nyirakuru cyangwa se witwaga William. Bell ni umwana wavutse nyina atamushaka kuko yagerageje kunywa ibinini ngo inda ivemo. Mu mwaka w’1960 Betty yafashe uyu mukobwa we amuhanura mu igorofa, yikubita […]
Imigambi y’Abanya-Nigeria bashatse gukoresha Rwandair mu gutwara ibiyoyabwenge yaburijwemo
Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Nigeria (NDLEA) bataye muri yombi abantu 51 bakekwa mu mukwabu kuri Sky Restaurant mu gace ka Nasarawa muri Leta. Hafashwe kandi abagiye bashaka gukoresha Rwandair mu kujyana ibiobyabwenge i Dubai. Kuri iki Cyumweru, umuvugizi w’iki kigo, Femi Babafemi, yatangaje ko aba bakekwa batawe muri yombi ku ya 29 […]
Mozambique: Ingabo za RDF mu rugamba rwo gutatanya ibyihebe byongeye kubura umutwe
Ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique zifatanyije n’iza SADC, ziri gutatanya ibyihebe byo mu mutwe wa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah bimaze igihe byongeye kubura umutwe. Kuri ubu ibi byihebe binazwi nka Al Shabaab biri guhungira RDF mu bice by’Uburengerazuba n’amajyepfo ya Cabo Delgado, ibyatumye abaturage batari bake bakomeza kuva […]
M23 yashyizeho undi muvugizi uzakorana na Maj Willy Ngoma
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwashyizeho undi muvugizi, Lawrence Kanyuka, wiyongera kuri Maj Willy Ngoma usanzwe avugira uyu mutwe aho umwe akazajya awuvugira ku byerekeye politiki, undi ku bya gisirikare. Kanyuka uzajya avuga ibyerekeye Politiki mu gihe Maj Willy Ngoma we azakomeza kuwuvugira ibyerekeye ibya gisirikare. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa M23 kuri iki […]
New details of how Weasel brutally beat up Rwandan Teta Sandra to pulp emerge
Goodlyfe singer Douglas Mayanja aka Weasel reportedly brutally beat up his baby mama Sandra Teta like a chicken thief and threw her outside the gate at Nomard Bar along Gaba Road, here we break down some of the reasons why. According to Blizz Uganda trusted souces, Weasel made it a habit to beat up the […]
Nyabihu-Rugera: Hadutse itsinda ry’insoresore z’amabandi zizengereje abaturage
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera, mu Karere ka Nyabihu, barataka kujujubywa n’itsinda ry’insoresore ribazengereje ryiba imitungo yabo rikanatobora amazu yabo. Umwe mu baturage utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu bwite, yavuze ko iri tsinda ririmo abasore bakiri bato, bari munsi y’imyaka 20 ariko ngo […]
Ukraine: Ubwato bwa mbere bwikoreye ibinyampeke bwahagurutse ku Cyambu cya Odesa
Ubwato bwa mbere bwikoreye ibinyampeke byomuri Ukraine bwahagurutse ku Cyambu cya Odesa kuri uyu wa Mbere nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ingabo ya Turkiya nyuma y’amasezerano aherutse kugerwaho agamije kugabanya ikibazo cy’ibiribwa ku Isi cyatewe n’intambara y’u Burusiya kuri Ukraine. Minisiteri yagize ati: “Ubwato Razoni bwavuye ku cyambu cya Odesa bwerekeza i Tripoli muri Libani. Butegerejwe […]
Al Shabab yiciye mu ruhame abagabo 7 barimo abashinjwa kuba intasi za Amerika
Umutwe w’iterabwoba al-Shabab wo muri Somaliya wishe abagabo barindwi mu Ntara ya Bay, mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu, aho batandatu muri abo bishwe bazira kuba intasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Leta ya Somalia. Iyi nkuru dukesha Ijwi rya Amerika iravuga ko aba bantu biciwe kuwa Gatandatu ushize imbere y’imbaga y’abaturage mu nkengero z’Umujyi […]
Abasirikare ba MONUSCO bishe Abanyekongo babiri bazirukanwa – Guverinoma ya RDC
Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wayo, Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye byimazeyo ibyabereye ku mupaka wa Kasindi, aho kuri iki Cyumweru ingabo za MONUSCO zarashe zikica abaturage babiri zigakomeretsa abandi 15 ubwo zari zivuye muri Uganda zinjira muri Congo. Itangazo rya leta riravuga ko abasirikare ba MONUSCO bagize uruhare muri ibi bintu […]
Perezida Ndayishimiye yamaganye ubwicanyi Ingabo za MONUSCO zakoreye muri RDC
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yamaganye Ingabo za MONUSCO ziheruka kurasira abasivile muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu gitondo cy’ejo ku Cyumweru tariki ya 31 Nyakanga ni bwo abasirikare babiri ba MONUSCO barashe ku baturage ku mupaka wa Kasindi uhuza u Rwanda na RDC, bica abasivile babiri na ho ababarirwa muri 15 barakomereka. Icyatumye […]
Umunya-Nigeria yiciwe mu muhanda ku manywa y’ihangu abari aho bari gufata videwo
Igitero cyo ku wa Gatanu ku Munya-Nigeria ucururiza mu muhanda, byamenyekanye ko yitwa Alika Ogorchukwu, yagabweho n’undi mugabo rwagati mu mujyi wa Civitanova Marche, cyafashwe amashusho ubwo yicwaga. Urupfu rw’uyu mwimukira wagabweho igitero ku manywa y’ihangu rwagati mu Butaliyani rwateje uburakari bwinshi. Iyo videwo, amakuru avuga ko yafashwe n’abantu bari bashungereye batagerageza gutabara, igaragaza uwo […]
Blinken uzaza i Kigali ku bwa Rusesabagina, Nyungwe yatwitswe n’impinduka muri guverinoma: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 25 Nyakanga 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamakuru zirebana na politiki n’umutekano. Harimo ko: Blinken ategerejwe mu Rwanda Ikinyamakuru Jeune Afrique tariki ya 27 Nyakanga cyatangaje ko Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, mu kwezi gutaha azagirira uruzinduko mu Rwanda no muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Muri […]