Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza yatanze, asimburwa n’umuhungu we
Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza, yatanze kuri uyu wa Kane ku myaka 96 y’amavuko. Inkuru y’itanga rye yemejwe n’umuryango w’ibwami mu butumwa wanyujije ku rubuga rwawo rwa Twitter. Wagize uti: “Umwamikazi yatanze mu mahoro i Balmoral kuri iki gicamunsi. Umwami n’umwamikazi baraguma i Balmoral kuri uyu mugoroba, hanyuma bazasubire i Londres ejo.” Ku gicamunsi cyo […]
Rubavu: Umuryango w’umusore warashwe urasaba Polisi kuwufasha gushyingura no gukurikirana umupolisi wamwishe

Umuryango w’umusore w’imyaka 18 y’amavuko witwa Ishimwe Prince uherutse kuraswa n’umupolisi wamwise umujura, urasaba Leta kumukuraho iki cyasha no gukurikirana mu butabera uyu mupolisi , ndetse bagasaba police kubafasha kumushyingura . VIDEO Kuri uyu wa 7 Nzeri 2022, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yatangarije BWIZA ko Polisi ikorera mu […]
Burundi: Gen Bunyoni yahererekanyije ububasha na Gen Ndirakobuca wamusimbuye
Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, yahererekanyije ububasha na Lt Gen Gervais Ndirakobuca uheruka kumusimbura kuri uyu mwanya. Kuri uyu wa Kane ni bwo habaye ihererekanyabubasha hagati y’aba bagabo bombi, mu muhango wabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Burundi. Ku wa Kane tariki ya 07 Nzeri ni bwo Inteko Ishinga Amategeko […]
Uganda: Umwaka urashize abadepite babiri ba NUP bafunzwe by’agateganyo
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Nzeri 2022, umwaka umwe wari ushize abadepite babiri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, bo mu ishyaka NUP; uhagarariye Kawempe y’Amajyaruguru, Muhammad Ssegirinya na mugenzi we uhagarariye Makindye y’Iburengerazuba, Allan Ssewanyana, bafunzwe by’agateganyo bashinjwa uruhare mu bwicanyi bwigeze kwibasira Akarere ka Masaka. Urubanza rw’aba badepite ntirwigeze rutangira kandi […]
Le Rwanda parmi les pays pilotes pour le traitement antiviral oral contre le Covid-19 Covid-19
Le Rwanda a Ă©tĂ© sĂ©lectionnĂ© parmi neuf pays d’Afrique subsaharienne oĂą l’utilisation d’un traitement antiviral oral contre le Covid-19 sera testĂ©e . Les pays cibles comprennent le Ghana, le Kenya, le Malawi, le NigĂ©ria, le Rwanda, l’Afrique du Sud, l’Ouganda, la Zambie et le Zimbabwe, et un pays d’Asie du Sud-Est, le Laos. Le nouveau […]
Ruhango: Hafi y’urugo rw’umuturage habonetse ibisasu bibiri
Mu Murenge wa Mwendo, mu Karere ka Ruhango, hafi y’urugo rw’umuturage hagaragaye grenade ebyiri, ubwo nyiri urugo yacukuraga umusingi ashaka gutega urugo rwe ngo rutazasenywa n’amazi . Muhire Floribert uyobora Umurenge wa Mwendo, yatangaje ko grenade zahise zirindwa amanywa n’ijoro kugira ngo hatagira uwazikinisha zikaba zaturika, mu gihe hari hagitegerejwe inzego zibishinzwe ngo zizihakure. Muhire […]
Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza yaba arembye
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bwongereza aravuga ko ubuzima bw’umwamikazi Elizabeth II wabwo butifashe neza, nyuma y’uko abaganga batangaje ko bahangayikishijwe cyane na bwo. Itangazo ryasohowe n’ingoro y’umwamikazi rivuga ko kuri ubu ari gukurikiranirwa hafi n’abaganga i Balmoral. Iri tangazo rivuga ko “Nyuma y’irindi suzuma muri iki gitondo, abaganga b’umwamikazi bahangayikishijwe n’ubuzima bw’umwamikazi bityo akaba […]
Umusore ‘wo mu Gatsata’ yafatiwe i Kabale yibye batiri z’amatara yo ku muhanda
Umusore witwa Ronald Tumushime bivugwa ko ari uwo mu Gatsata mu Mujyi wa Kigali, yafatiwe mu Mujyi wa Kabale muri Uganda, ashinjwa kwiba batiri ziba mu matara abiri yo ku muhanda. Uyu musore w’imyaka 18 nk’uko Umuvugizi wa Polisi ya Uganda mu gace ka Kigezi, Elly Maate, yabitangarije Chimpreports, yafashwe nyuma y’aho kuwa 19 Nyakanga […]
Uko abasirikare ba Senegal bitangiye u Bufaransa bakishyurwa urupfu
Intambara ya kabiri y’Isi ni yo makimbirane akomeye aheruka kugira ingaruka ku mahanga yose. Byibuze habarurwa abantu barenga miliyoni 40 baguyemo, ni yo ntambara yamenetsemo amaraso y’ikiremwamuntu cyane. Ni intambara yahuzaga ibihugu byari bigize itsinda rya Axis Power ryari rihuriyemo u Budage, u Butaliyani, u Buyapani) ku rundi ruhande hari itsinda ryitwaga Allied Power ryari […]
Amason Kingi wahoze ari Guverineri wa Kilifi yatorewe kuyobora Sena ya Kenya
Uwahoze ari Guverineri wa Kilifi, Amason Kingi, yatorewe kuba Perezida wa Sena ya Kenya . Kuri uyu wa Kane, itariki 8 Nzeri 2022, Kingi yatowe nyuma yo kubona amajwi 46 kuri 67, bituma agira ubwiganze busesuye. Amatora ye aje nyuma gato y’aho Kalonzo Musyoka yikuye mu ihiganwa ryo kuyobora Sena ya Kenya. Uyu nk’uko tubikesha […]
Ku birindiro bya Ramstein habereye inama yo kongerera ingabo za Ukraine imbaraga

Minisitiri w’ingabo wa Ukraine, Reznikov Alexey n’Umugaba w’ingabo wungirije, Lt Gen. Eugene Moisyuk bitabiriye inama y’umutekano mpuzamahanga yabareye ku birindiro by’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirwanira mu kirere bya Ramstein biherere mu Budage. Iyi nama yabaye kuri uyu wa 8 Nzeri 2022, yahuje abasirikare bakuru na ba Minisitiri b’ingabo b’ibihugu by’inshuti bya […]
Beni: Inyeshyamba za ADF ziciye abaturage batanu hafi y’umupaka na Uganda
Abasivili batanu bishwe n’inyeshyamba za ADF (Allied Democratic Force) mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki ya 08 Nzeri 2022 muri komini ya Bulongo, Umurenge wa Ruwenzori, muri Teritwari ya Beni yo muri Kivu y’Amajyaruguru hafi y’umupaka na Uganda . Nk’uko byatangajwe na sosiyete sivile yo muri ako gace ivugana na […]
U Rwanda mu bihugu 9 muri Afurika bizageragerezwamo umuti wa Covid-19 unyobwa
U Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu icyenda byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bizageragerezwamo ikoreshwa ry’umuti ugabanya ubukana bwa virusi ya Covid-19 unyobwa . Ibihugu bireba ni Ghana, Kenya, Malawi, Nigeria, u Rwanda, Afurika y’Epfo, Uganda, Zambia, na Zimbabwe, ndetse n’igihugu kimwe cyo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Aziya, Laos. Uyu muti mushya wiswe, Paxlovid, […]
Perezida Museveni yazamuye mu ntera abasirikare basaga 400 barimo abajenerali

Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda akaba na Perezida, Museveni Yoweli Kaguta, yazamuye mu ntera abasirikare 469 anemeza amapeti y’abofisiye bato n’abakuru barimo ba koloneri babiri; David Tweheyo na Silva Changa Muhwezi, bagizwe ba Brigadier Generals. Iri zamurwa mu ntera ryemejwe mu itangazo igisirikare cya Uganda cyashyize hanze kuri uyu wa 8 Nzeri 2022.
Mozambike: Abaterabwoba bishe umubikira w’Umutaliyanikazi banaca imitwe abaturage batandatu
Umutwe w’iterabwoba wa Daesh wigambye ibitero by’iterabwoba byabereye mu ntara ya Nampula muri Mozambike, aho byibuze abaturage batandatu biciwe baciwe imutwe ndetse n’umubikira w’umutaliyanikazi w’imyaka 83 akicwa arashwe . Kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Nzeri, mu mujyi w’ibiruhuko wa Xai Xai uri mu majyaruguru y’umurwa mukuru, Maputo, Perezida Filipe Nyusi yavuze ko abaterabwoba bakoze […]
Chelsea yabonye umutoza mushya usimbura Thomas TĂĽchel
Ikipe ya Chelsea yamaze gushyiraho Graham Potter nk’umutoza wayo mukuru, usimbura Umudage Thomas TĂĽchel iheruka kwirukana. Graham Potter yari asanzwe ari umutoza mukuru wa Brighton & Hove Albion. Umunyamakuru Fabrizio Romano yatangaje ko umutoza Potter yamaze kugera ku bwumvikane na Chelsea ndetse iyi kipe ikaba yamaze kumvikana na Brighton yatozaga ko igomba kwishyura release clause […]
Mama Charlene yavuze ko ashyigikiye urushako rw’uwari umugabo we n’umukunzi we

Umuvugabutumwa Mukeshimana Emeritha wamenyekanye nka Mama Charlene yavuze ko ashyigikiye urushako rwa Ntakabanyura Claude n’umukunzi we bateganya gusezerana imbere y’Imana witwa Louise. Tariki ya 4 Nzeri ni bwo Ntakabanyura yeretse inshuti n’umuryango uyu mukunzi we, amwambika impeta, anamenyesha itangazamakuru ko bazasezeranira imbere y’Imana mu itorero ADEPR mu Kuboza 2022. Inkuru yabanje https://bwiza.com/?Claude-Papa-Charlene-yerekanye-umukobwa-asimbuje-umuvugabutumwa-Mama-Charlene Mukeshimana wakunze kugaragara […]
Landslides kill at least 15 in western Uganda
THE DAILY MONITOR At least 15 people died in Rukooki, Kasese District, western Uganda after their homes were buried following Tuesday night mudslides caused by a heavy downpour that also left hundreds of residents displaced. Several others are reported missing or feared dead as search and rescue operations by Uganda Red Cross officials, residents and […]
Two more people in jail in a case involving Muhizi who ‘lied’ to Kagame
The National Public Prosecution Authority (NPPA) has received the case files of Anatole Muhizi, Jean-LĂ©on Rutagengwa and Alphonsine Nibigira who are pinned in various crimes related to fraud involving the sale of a house. According to investigation body spokesperson, Thierry Murangira the case was submitted to the NPPA on September 5. Muhizi is suspected of […]
Paris: Ubutabera ntibuzakurikirana Ingabo z’u Bufaransa zivugwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubutabera bw’u Bufaransa bukomeje gukemura ibibazo bikomeye bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, aho bwafashe icyemezo cyo kutazakurikirana Igisirikare cy’u Bufaransa mu iperereza ku bijyanye n’uko ingabo z’Abafaransa ntacyo zakoze mu gihe cy’ubwicanyi bwo mu Bisesero mu mpera za Kamena 1994 . Nyuma y’imyaka 17 hafunguwe iperereza ry’ubucamanza, n’imyaka ine nyuma y’isozwa ryaryo, abacamanza […]
RDC yatakambiye Inteko zishinga amategeko zo muri Afurika ngo zigire icyo zikorera u Rwanda
Visi Perezida wa mbere w’inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Prof. AndrĂ© Mbata, yatakambiye abakuru b’izindi nteko zo ku mugabane wa Afurika ngo zifatire ibyemezo u Rwanda kuko ngo rwagumanye igice cy’igihugu cyabo, rubinyujije mu mutwe witwaje intwaro wa M23. Mbata nk’uko ikinyamakuru Media Congo kibivuga, yabisabiye mu nama yahuje aba […]
Byashoboka ko Perezida Kenyatta atishimiye kuba naratsinze umukandida we: Ruto
Dr William Ruto uherutse gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Kenya yatangaje ko Perezida Uhuru Kenyatta ashobora kuba atarishimiye kuba yaratsinze umukandida yari ashyigikiye, Raila Odinga. Uyu munyapolitiki wari usanzwe ari Visi Perezida wa Kenya yabibwiye umunyamakuru wa CNN, Christiane Amanpour, mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa 7 Nzeri 2022, amaze kumubaza niba Perezida wa Kenya […]
Abavoka bavuga ko kohereza abimukira bo mu Bwongereza mu Rwanda byemewe mu mategeko
A?banyamategeko ba leta y’Ubwongereza babwiye urukiko rukuru ko ifite ububasha busobanutse bwo mu rwego rw’amategeko bwo kohereza mu Rwanda abimukira muri gahunda yayo yateje impaka yo kuhabimurira. K?u wa Gatatu, wari n’umunsi wa Gatatu wo gutambamira iyo gahunda mu rwego rw’amategeko, abanyamategeko bunganira minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu bavuze ko impungenge z’umuryango w’abibumbye ONU/UN zidafite ishingiro. G?ahunda […]
Perezida Kagame mu bakuru b’ibihugu 40 batumiwe mu irahira rya William Ruto
Perezida watowe wa Kenya, Dr William Ruto, yatumiye abakuru b’ibihugu babarirwa muri 40 bo hirya no hino ku Isi mu muhango w’irahira rye. Ku wa Kabiri tariki ya 13 Nzeri ni bwo Dr Ruto azarahirira kuba Perezida wa gatanu wa Kenya, mu muhango uzabera kuri Stade yitiriwe Moi i Kasarani. Azasimbura Uhuru Kenyatta yari amaze […]