Tshisekedi abona MONUSCO ikwiye kuva muri RDC
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi, abona misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye izwi nka MONUSCO ikwiye kubavira mu gihugu kubera ko yananiwe kubafasha kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa BBC muri porogaramu Africa Daily yerekeye ubuzima bwa buri munsi bw’umugabane wa Afurika. Uyu Mukuru w’Igihugu […]
Mozambique: RDF yatahuye undi murundo w’intwaro ibyihebe byari byarahishe (Amafoto)

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko kuri uyu wa Gatanu Tariki ya 21 Ukwakira cyatahuye undi murundo ibyihebe muri Mozambique byari byarahishe. Ingabo z’u Rwanda zatahuye izi ntwaro mu byahoze ari ibirindiro by’ibyihebe biherereye mu gace ka Miloli, mu ishyamba rya Limala riherereye mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bw’akarere ka Mocimboa da Praia. Ni agace Ingabo […]
RDF yungutse abasirikare bashya basoje imyitozo y’ibanze ya gisirikare (Amafoto)

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ukwakira cyungutse abasirikare bashya, nyuma yo gusoza amahugurwa y’ibanze ya gisirikare mu kigo cy’imyitozo cy’Ingabo z’u Rwanda cya Nasho. Abinjiye mu ngabo z’u Rwanda bari bamaze amezi 12 bahabwa imyitozo ya gisirikare. Kuri uyu wa Gatanu ubwo binjizwaga ku mugaragaro mu ngabo z’igihugu, beretse […]
Rubavu: Polisi yerekanye abantu 11 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabu

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yerekanye abantu 11 bakekwaho ibikorwa by’ubujura bakoreye mu bice bitandukanye muri aka karere . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yavuze ko aba bafatiwe mu mukwabu w’iminsi itatu wakozwe nyuma y’aho abaturage batabaje bataka kuzengerezwa n’abajura. Ati “ Nyuma yo kumva amakuru abaturage bavuga ko […]
Sosiyete y’indege ifite amasezerano yo kuzana abimukira mu Rwanda yakuyemo akarenge
Sosiyete y’indege ya Privilege Style yari ifitanye na guverinoma y’u Bwongereza amasezerano yo kuzana abimukira binjiye muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, yakuyemo akarenge. Ni mu gihe yari ikomeje gushyirwaho igitutu n’abashaka kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu u Bwongereza bwagiranye n’u Rwanda muri Mata 2022. Nk’uko The Guardian ibivuga, […]
Ruto yagize uwari ushizwe umutekano we akiri visi perezida umuyobozi w’abashinzwe kumuherekeza
Uwari umaaze igihe kinini ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Perezida William Ruto yazamuwe mu ntera agirwa umuyobozi mushya w’ishami rishinzwe guherekeza Perezida, Presidential Escort Unit (PEU) . Assistant Inspector General, Oloonkishu Yiampoy, yari amaze imyaka icumi ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Visi Perezida nk’uko tubikesha The Star. Impuguke mu kurinda bntu […]
Kagame, First Lady attend RPF Bureau Politique Meeting (Photos)

President Kagame and First Lady Jeannette Kagame have on Friday joined over 2,000 RPF-Inkotanyi’s members from across the country for the RPF Bureau Politique Meeting. This meeting also includes special guests representing other political parties, the Rwandan ruling party announced on Twitter. Photo Credit: RPF INKOTANYI
Tshisekedi ngo Perezida Kagame iyo bari kumwe imbonankubone ntahakana gufasha M23
Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Congo Kinshasa yatangaje ko hari ibimenyetso byinshi bigaragaza ko u Rwanda ruha ubufasha M23, ibyo avuga ko na Perezida Paul Kagame atajya ahakana iyo bari kumwe imbonankubone. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro ‘Africa Daily’ aheruka kugirana n’umunyamakuru Victoria Uwonkunda wa BBC. Ni ikiganiro cyabaye mu gihe Congo Kinshasa imaze iminsi isa n’iyacanye […]
Plus de Rwandais pauvres obtiendront de l’argent de l’ONG GiveDirectly
Un plus grand nombre de Rwandais pauvres sont destinĂ©s Ă bĂ©nĂ©ficier de GiveDirectly, une organisation mondiale Ă but non lucratif de premier plan spĂ©cialisĂ©e dans la fourniture de transferts monĂ©taires numĂ©riques . Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ©, Jeudi, Rory Stewart, prĂ©sident de GiveDirectly, et a discutĂ© de la poursuite de la collaboration en vue […]
Sudani: Byibuze abantu 155 biciwe mu makimbirane hagati y’amoko mu minsi 2
Byibuze abantu 155 biciwe mu midugudu itatu iri mu nkengero z’akarere ka Wad al-Mahi mu ijoro ryo ku wa Gatatu no mu gitondo cyo ku wa Kane, biturutse ku ntambara ikomeje kumena amaraso hagati y’amoko ya Hausa na Berta muri leta ya Blue Nile muri Sudani . Kugeza ku ya 6 Ukwakira, imirwano hagati y’abaturage […]
Umutoza wa Man. U yatangaje ko atagombaga kongera kwihanganira ikosa rya Cristiano Ronaldo
Umutoza mukuru wa Manchester United, Erik ten Hag, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gukura Cristiano Ronaldo ku rutonde rw’abakinnyi azitabaza ku mukino w’iyi kipe na Chelsea FC kubera ngo atagombaga kongera kwihanganira ikosa ryisubiriye. Uyu mutoza kuri uyu wa 20 Ukwakira ni bwo yafashe umwanzuro wo gukura Cristiano muri aba bakinnyi bazitabazwa mu mukino uraba […]
Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi
Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Iterambere ryo gutwara abantu n’ibintu ITDP (The Institute for Transportation and Development Policy) wagaragaje ko uburyo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bukirimo ibibazo kuko abatega imodoka rusange bazitegereza igihe kirekire. Umuhuzabikorwa w’uyu muryango, Chris Kost avuga ko n’ubwo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyize imbaraga mu kuzamura urwego rwo gutwara abagenzi […]
Capitaine Ibrahim Traoré yarahiriye kuyobora Burkina Faso, yiha intego iremereye
Capitaine Ibrahim TraorĂ© kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ukwakira, yarahiriye kuba Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso ndetse n’Umukuru wa Guverinoma ya kiriya gihugu. Ni mu muhango wabereye i Ouagadougou mu murwa mukuru wa Burkina Faso. Ni umuhango utitabiriwe n’umudipolomate n’umwe, haba ku ruhande rwa Burkina Faso cyangwa ku nshuti zayo. Uyu musirikare yarahiriye […]
M23 iravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye ahitwa Rangira zayabangiye ingata
Umutwe wa M23 uravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye mu gace ka Rangira muri Teritwari ya Rutshuru zimaze kuyabangira ingata zerekeza ahitwa Rukoro . Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa Goma24 rukunze gutangaza amakuru ava muri M23, biravugwa ko ingabo za FARDC zataye urugamba kugeza mu birometero bine ubu zikaba zibarizwa mu birometero […]
U Burusiya buremeza ko NATO iri gusatira intambara yeruye na bwo

Leta y’u Burusiya yatangaje ko umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare wa NATO uri gusatira intambara yeruye na bwo bitewe n’intwaro ibihugu biwugize bikomeje guha ubutegetsi bwa Ukraine. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Moscow kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022. Zakharova yagize ati: “Ibihugu bya NATO bisa […]
Abarinzi ba Perezida Tshisekedi baherutse gufungirwa mu Bwongereza
Abarinzi babiri ba Perezida wa Repubulika ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, baherutse gufungirwa mu mujyi wa Londres mu Bwongereza mu gihe cy’amasaha ane ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yari yo mu ruzinduko. Abatawe muri yombi ni Lieutenant Colonel JosuĂ© Kasongo Nteki na Captain Tabu Eboma Tema, babiri muri batanu bari baherekeje uyu Mukuru w’Igihugu. Umunyamakuru Pero […]
Umuntu umwe ashobora kuzajya apfa buri masegonda 36 azize inzara mu karere – Oxfam
Raporo nshya ivuga ku bijyanye no kwihaza mu biribwa mu karere, iravuga ko nyuma y’ibihembwe bine bikurikiranye imvura itagwa neza, umusaruro muri Afurika y’Iburasirazuba wabaye iyanga ku buryo umuntu umwe ashobora gupfa buri masegonda 36 azize inzara . Ibintu birushaho gufata intera cyane muri Somalia, Ethiopia na Kenya ku buryo impuguke mu bijyanye n’uburenganzira bwa […]
FARDC n’abarimo FDLR bagabye ibindi bitero kuri M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gufatanyije n’imitwe irimo uwa FDLR, kuri uyu wa Gatanu bagabye ibitero ku bindi birindiro by’umutwe wa M23. Ibirindiro byagabweho igitero ni iby’ahitwa Muhimbira ho muri Groupement ya Bweza, Teritwari ya Rutshuru. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu muri aka gace harimo habera imirwano hagati y’inyeshyamba […]
Kenya: Inganda zitunganya icyayi zakangishije Leta kwimukira mu Rwanda

Inganda mpuzamahanga zitunganya icyayi mu ntara ya Kericho ikorerwamo ubuhinzi bwiganjemo ubw’iki gihingwa zakangishije Leta ya Kenya kwimurira ibikorwa byazo mu Rwanda, kubera igitutu zikomeje gushyirwaho. Ubuyobozi bw’intara ya Kericho burashinja izi nganda zirimo urwa James Finley na Unilever kudaha agaciro abaturage ndetse n’abahinzi b’icyayi, bukazisaba gukorera mu nyungu zabo. Byatumye izi nganda mpuzamahanga zinubira […]
President Nyusi pardons 25 surrendered citizens after RDF intervention in Mozambique
Mozambique President Filipe Nyusi has granted pardon to 25 citizens who were allegedly members of a terrorist group which has been staging attacks in the northern province of Cabo Delgado since 2017. The 25 citizens were who were pardoned in a ceremony held in Nampula province Wednesday were said to have been recruited in the […]
Umwana w’umunyeshuri w’imyaka 14 yiyahuriye mu isomero ry’ishuri kubera urukundo
Polisi mu Karere ka Bukomansimbi mu gihugu cya Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rw’umwana w’umunyeshuri wo mu mwaka wa 7 w’amashuri abanza bivugwa ko yiyahuriye mu isomero ry’ishuri . Paul Luyimbazi, w’imyaka 14, yari umunyeshuri mu ishuri ribanza rya Mutagatifu Jude Thaddeus mu Karere ka Bukomansimbi. Luyimbazi yasanzwe yimanitse mu isomero ry’ishuri abonwe n’undi […]
Rusizi: Uwashinjwaga gusambanya no gutera inda umukobwa we yakatiwe imyaka 21 y’igifungo
Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 19 Ukwakira, rwahanishije igifungo cy’imyaka 21 umugabo w’imyaka 41 wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 17 bikamuviramo gutwara inda . Uwo mugabo wo mu mudugudu wo mu mudugudu wa Nyamagana, Akagali ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, yatangiye gusambanya umwana we mu […]
Tchad: Imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi yaguyemo 50 abandi barakomereka

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’intebe Saleh Kebzabo yabwiye abanyamakuru ko abantu bagera kuri 50 bishwe abandi benshi bagakomereka mu myigaragambyo yo kwamagana leta muri Tchad . Urugomo rwadutse nyuma y’uko abigaragambyaga bafungaga imihanda bagatwika icyicaro cy’ishyaka rya minisitiri w’intebe ubwo abantu babarirwa mu magana birohaga mu mihanda basaba ko hajyaho ubutegetsi bwihuse bwa demokarasi […]
Zambia: Umudepite yavuze ko Min.w’ubuzima ari mu nteko yambaye mu buryo ‘bukurura abagabo’
Minisitiri w’ubuzima wa Zambia Sylvia Masebo yahatiwe gupfuka intungu ze n’umugongo akoresheje igitambaro ari mu Nteko Ishingamategeko nyuma y’uko umudepite w’umugabo, Mulenga Fube, abwiye umukuru w’inteko ko uko yambaye birimo gutera “urusaku mu ntekerezo” ku badepite b’abagabo. Mulenga Fube yabajije niba Sylvia Masebo yambaye bikwiriye, mu gihe ikanzu ye yerekanaga umugongo we nta kiriho. Ikanzu […]
Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w’umuryango umaze gutanga Frw ku miryango 170,000

Perezida Kagame kuri uyu wa 20 Ukwakira yakiriye Rory Stewart, Perezida w’Umuryango, GiveDirectly, umaze gutanga Frw ku miryango 170,000. Perezidansi ibinyujije kuri Twitter yavuze ko aba bombi bagiranye ibiganiro byibanze ku guteza imbere ubufatanye bugana ku mibereho n’ubukungu. Imiryango Give Directly ukorera mu Turere 17 two mu Rwanda, umaze kandi gutanga amafaranga y’inkunga ku miryango […]