Inama Perezida Kagame, Tshisekedi na Ndayishimiye bari batumiwemo yimuwe

Inama yiga ku bibazo by’u Rwanda na RDC ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi bari batumiwe i Luanda muri Angola; yimuwe ishyirwa ku wa Gatatu w’Iki cyumweru. Ni inama yagombaga kuba kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ugushyingo, gusa biba […]

Nyamasheke: Ubuvuzi n’uburezi biracyari imbogamizi ku bantu bafite ubumuga

Nubwo abantu bafite ubumuga mu karere ka Nyamasheke bishimira ibyagezweho n’ubuyobozi n’abafatanyabikorwa mu kubigisha uburenganzira bwabo no kumenya kubuharanira, baravuga ko bagihanganye n’ibibazo byinshi birimo ibyibanda cyane cyane ku buvuzi n’uburezi, basaba ko byakorerwa ubuvugizi bigakemuka. Mu bibazo by’ubuvuzi bikibabereye umutwaro,ngo hari nk’abakenera kubagwa n’abaganga b’inzobere mu by’amagufa,kuko muri aka gace, uretse abaganga baza by’igihe […]

Igisubizo cya Perezida Ndayishimiye ubwo yabazwaga niba koko u Rwanda rwaba rufasha M23

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko atemeza koko niba u Rwanda rwaba rufasha umutwe wa M23 nk’uko Congo Kinshasa ibivuga, asobanura ko inama igomba guhuza Perezida JoĂŁo Lourenço wa Angola n’abakuru b’ibihugu byo mu karere ari yo izagaragaza ukuri kw’ibivugwa. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n’abanyamakuru: Marc PERELMAN na Laurent CORREAU ba […]

Martin Fayulu yibasiye Mushikiwabo, asaba RDC kuva muri OIF

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibasiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo. Fayulu wiyita Perezida wa RDC kandi yaboneyeho gusaba iki gihugu kuva muri uyu muryango uzwi nka OIF cyangwa La Francophonie, ngo mu gihe kiyobowe n’umuntu ushyigikiye u Rwanda. Kuri uyu wa 21 […]

Igikombe cy’Isi: U Bwongereza bwahaye Iran umubatizo, mu mukino w’agapingane

Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yatangiranye intsinzi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 iri kubera muri Qatar, nyuma yo kunyagira iya Iran ibitego 6-2. The Three Lions y’u Bwongereza na Team Melli ya Iran bari bahuriye mu mukino wa mbere wo mu tsinda B wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Khalifa. Ni umukino wari utegerejwe na benshi, […]

Mbuji-Mayi: Urundi rubyiruko hafi 2000 rwerekeje i Kinshasa mu myitozo ya gisirikare

Nyuma y’ubukangurambaga rusange bwatangijwe na Perezida wa Repubulika, urubyiruko rwinshi rukomeje kwinjizwa mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). I Mbuji-Mayi, kuri uyu wa Mbere, itariki 21 Ugushyingo 2022, aba basirikare bashya bakabakaba 2000 berekeje i Kinshasa aho bagiye gufatira imyitozo ya gisirikare . Uru rubyiruko ruzifatanya n’abandi bashya bamaze kugera i Kinshasa, […]

Indonesia: Umutingito ukaze wahitanye byibuze abasaga 50 usenya amazu arenga 1700

Kuri uyu wa Mbere, umutingito ukaze uri ku gipimo cya mgnitude ya 5.6 wahitanye abantu barenga 50 ukomeretsa amagana mu ntara ya Java yo mu burengerazuba bwa Indonesia, abatabazi bakaba bakomeje kugerageza kugera ku barokotse baheze munsi y’ibikuta . Guverineri wa Java y’Iburengerazuba, Ridwan Kamil, yemeje ko abantu 56 bapfuye bazize umutingito wibasiye cyane umujyi […]

Rusizi: Abanyamuryango ba SACCO Gihundwe barasaba ubuyobozi bushya guhashya ababangiriza umutungo

Umusingi SACCO Gihundwe umaze igihe mu bibazo by'imicungire mibi y'umutungo

Nyuma y’uko mu musingi SACCO Gihundwe mu karere ka Rusizi hirukanywe abakozi 5 mu bihe bitandukanye, barimo n’uwari umucungamutungo wayo Kangabo Chantal, bazira inyereza n’imicungire mibi, hagashyirwaho umucungamutungo mushya hakanatorwa umuyobozi mushya w’inama y’ubutegetsi, abanyamuryango barasaba abashyizweho imikorere mishya. Nk’uko byari byanditse mu nkuru Bwiza.com yasohoye ku wa 27 Ukwakira 2021 yari ifite umutwe ugira […]

FARDC-M23 war updates: Rebels capture new two territories, FARDC still attacking

Report coming from DRC claim that M23 combatants have captured two new territories of Katwiguru and Kiseguro, in Bwiza region located in Rutshuru Region. Local newspapers say that these two areas were captured on Sunday following heavy gunfire exchange with FARDC and allies including FDLR There was also fighting in Kibumba on the same day. […]

Etincelles FC yarezwe muri FIFA n’umukinnyi ‘yafungishije imyaka 2 y’agatsi’

Ikipe ya Etincelles FC yarezwe mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ishinjwa gusezerera mu buryo butemewe n’amategeko umunya-Nigeria wahoze ari umukinnyi wayo. Uwareze iyi kipe ni Umunya-Nigeria Owoeri Julius Tarigboro. Amakuru yizewe BWIZA yamenye ni uko iki kirego cyageze muri FIFA ku wa Gatanu tariki ya 18 Ugushyingo 2022, gitanzwe n’umunyamategeko we witwa J. […]

Un autre député démissionne du Parlement

Le dĂ©putĂ© Jean-Pierre Celestin Habiyaremye a dĂ©missionnĂ© du Parlement pour ce qu’il a dĂ©crit comme des raisons personnelles, mais a soulignĂ© son inconduite pendant la pandĂ©mie lorsqu’il a violĂ© les heures de couvre-feu, un incident qui s’est produit il y a plus d’un an et neuf mois . S’adressant au New Times lundi, Habiyaremye a […]

Habiyaremye wari umudepite yasobanuye uburyo igitutu cya Polisi cyatumye yegura

Ifoto yavuye muri videwo yafashwe Habiyaremye mu 2021 ubwo yari i Musanze

Habiyaremye Jean Pierre Celestin wari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yahishuye uburyo igitutu cy’abapolisi barimo abo bigeze kugirana ikibazo cyatumye yegura kuri iyi nshingano. Inkuru y’ubwegure bwa Habiyaremye yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2022 ndetse yemezwa n’Inteko ishinga amategeko yagize iti: “Perezida w’Umutwe w’Abadepite yakiriye inyandiko y’ubwegure ku mwanya […]

Dore uko abami bakiyoboye ku Isi barutana mu butunzi

felipe_vi.jpg

Kuva kera bizwi ko ubwami buba bugenzura ubutunzi bwose bw’ibihugu ugasanga kuvuka mu muryango nk’uyu hari amahirwe biguha yo kubaho ubuzima bwawe bwose ntacyo wifuje, ari yo mpamvu tugiye kurebera hamwe abami bakize cyane mu bakiriho ku Isi kuva Danemark kugeza muri Arabia Saoudite : 1.Umwami wa Espagne Felipe VI ngo afite agaciro ka miliyoni […]

Kigali: Avoka MHAYIMANA yihannye umucamanza mu rukiko rw’ikirenga

Mu Rukiko

Mu iburanishwa ryayobowe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2022, Avoka Mhayimana IsaĂŻe uburana n’urugaga rw’abavoka mu Rwanda yasabye ko umucamanza wari mu nteko iburanisha witwa Dr. AimĂ© Muyoboke Karimunda kuba yakwikura mu rubanza, yabyanga we akamwihana nkuko amategeko abiteganya. Ubwo iburanishwa ryatangiraga riyobowe na Perezida w’urukiko rw’Ikirenga, Dr […]

Urukiko rwategetse ko Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo asubira muri gereza

Urukiko rw’ikirenga rwa Afurika y’Epfo rwategetse ko Jacob Zuma wayoboye iki gihugu kuva mu 2008 kugeza mu 2018 asubira muri gereza kugira ngo arangize igifungo yari yarakatiwe. Muri Kamena 2021 ni bwo urukiko rushinzwe kurinda itegekonshinga rwakatiye igifungo cy’amezi 15, rumuziza kwanga kurwitaba ngo rumukoreho iperereza ku byaha yakurikiranwagaho cyo kunyereza umutungo. Zuma yatawe muri […]

Perezida Kagame na madamu bakiriwe ku meza na Emir wa Qatar

fieutmixoairo0x-14d30.jpg

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriwe ku meza na Tamim bin Hamad Al Thani, Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, mu musangiro witabiriwe n’abandi bayobozi bakurikiye ifungurwa ry’imikino y’Igikombe cy’Isi. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze muri Qatar kuwa Gatandatu, ku butumire bwa Tamim bin Hamad Al Thani usanzwe ari inshuti ikomeye y’u Rwanda kugira […]

Martha uheruka kugubwa gitumo n’umugabo we asambana na Pasiteri yaba yiyahuye

Umugore witwa Martha uheruka kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gufatirwa mu cyuho n’umugabo we amuca inyuma, biravugwa ko yamaze kwiyambura ubuzima. Amashusho y’uyu mugore wari utwite bivugwa ko ari uwo muri Zambia mu cyumweru gishize ari mu yari yigaruriye imbuga nkoranyambaga. Ni amashusho byaketswe ko yafashwe n’umugabo we, nyuma yo kumufatira mu cyuho […]

Umupira w’amaguru wongeye kwerekana imbaraga zawo uhuza Qatar na Arabia Saoudite bisanzwe birebana ay’ingwe

outrage-as-fifa-boss-laughs-with-saudi-prince-mohammed-bin.jpg

Kuri iki Cyumweru, Igikomangoma Mohammed bin Salman akaba na Minisitiri w’Intebe wa Arabia Saoudite yitabiriye umuhango wo gutangiza imikino y’igikombe cy’Isi (FIFA World Cup 2022) ibera muri Qatar, hamwe n’abandi bayobozi mpuzamahanga. Ni ikintu gisa nk’icyatunguranye kubera umubano ukonje usanzwe hagati ya Qatar na Arabia Saoudite ndetse kinagaragaza imbaraga umupira w’amaguru cyangwa imikino ifite mu […]

Rubavu: Polisi yahagaritse imodoka umwe mu bayirimo akizwa n’amaguru

Abapolisi mu Karere ka Rubavu bahagaritse imodoka itwara abagenzi yaturukaga i Mahoko yerekeza mu Mujyi wa Kigali, kuko yari imaze kwakira amakuru ko harimo urumogi, umwe mu bagenzi bari bayirimo ahita ayisohokamo, akizwa n’amaguru. Nyuma yo gusaka iyi modoka, polisi yatangaje ko hafatiwemo ibilo 16 by’urumogi n’abantu batatu bakekwaho kugira uruhare muri iki gikorwa bagafatwa. […]

Undi mudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yeguye

Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda witwa Habiyaremye Jean Pierre Celestin yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. Ubwegure bw’uyu mudepite bukurikiye videwo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi ishize, imugaragaza atongana n’abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda, bivugwa ko icyo gihe yari yasinze. Habiyaremye ariko mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yasobanuye ko iyi […]

Abazamu bari mu gikombe cy’Isi bahangayikishijwe n’umupira uzakoreshwa muri iyi mikino

Abazamu bahanganye n’ikibazo kitoroshye mu marushanwa ya Qatar World Cup 2022 kuko imipira ikoreshwa mu gikombe cy’Isi uko ibihe bihita igenda irushaho kongererwa umuvuduko kandi ubwoko bushya buri gukoreshwa muri Qatar nabwo burushaho kwihuta, nk’uko umunyezamu wa Uruguay, Sergio Rochet, yabitangaje . FIFA yavuze ko umupira mushya, bise Al Rihla cyangwa “urugendo” mu cyarabu, ugenda […]

Another Rwandan MP allegedly resigns on ‘personal reasons’

Rwandan local newspapers report that MP Habiyaremye Jean Pierre Celestin, has tendered his resignation letter on “personal reasons”. Reports say that Habiyaremye who is in parliament on ruling party ticket, was recently spotted in public while arguing with the traffic police. The resignation comes after his colleague, Gamariel Mbonimana, resigned following drunk-driving saga.

M23 yigaruriye utundi duce 2 dukomeye twahoze ari indiri ya FDLR

Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Kisenguro na Katwiguru two muri Groupement ya Bweza ho muri Teritwari ya Rutshuru; uduce twari tumaze igihe dufatwa nk’amatware y’inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR. M23 yatwigaruriye, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije abarwanyi bayo n’abo muri uriya mutwe wundi urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Ni imirwano amakuru avuga ko yagejeje ku […]

Mushikiwabo yavuze kuri Minisitiri w’Intebe wa RDC wanze kujya mu ifoto irimo Perezida Kagame

Sama ntiyemeye kujya muri iyi foto

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo yavuze kuri Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Michel Sama Lukonde wanze kujya mu ifoto irimo Perezida Paul Kagame. Tariki ya 19 Ugushyingo 2022 ubwo abakuru b’ibihugu na za guverinoma muri OIF batangiraga inama y’iminsi ibiri mu mujyi wa Djerba muri Tunisia, […]

Hamenyekanye umukino wa mbere w’Igikombe cy’Isi S. Mukansanga agaragaramo nk’umusifuzi

Umunyarwandakazi Mukansanga Rhadia Salima, yatoranyijwe mu basifuzi bagomba gusifura umukino w’Igikombe cy’Isi Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’ igomba guhuriramo na the Socceroos ya Australia. Ni umukino wa mbere wo mu itsinda D u Bufaransa bugomba guhuriramo na Australia saa tatu z’ijoro zo kuri uyu wa Kabiri. Uzabera kuri Stade ya Al-Janou iherereye mu mujyi […]

Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa

Amakuru aturuka muri leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko ibiganiro by’amahoro byari biteganyijwe i Nairobi kuri uyu wa Mbere, hagati ya guverinoma n’imitwe yitwaje intwaro byahagaritswe. Guverinoma ya Congo yanze mu bishoboka byose ko habaho imishyikirano hagati yayo n’inyeshyamba za M23 yita ko ari abaterabwoba mu gihe Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) […]

Kagame yahaye Uhuru isezerano, umusirikare wa RDC arasirwa i Rubavu, urubanza rwa Prince Kid rurasubikwa: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Ugushyingo 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, politiki n’ubutabera. Harimo ko: Dr Mbonimana weguye kubera ubusinzi yacitse ku nzoga Dr Mbonimana Gamariel weguye ku mwanya w’umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda kubera ubusinzi yavuzweho na Perezida Paul Kagame, yijeje Abanyarwanda ko yacitse ku nzoga. Mu itangazo yashyize […]

It is only a matter of political will- OIF SG Mushikwabo on DRC, Rwanda tensions

Louise Mushikiwabo, the Secretary General of the International Organisation of La Francophonie, has said the root cause of the tension between Rwanda and DR Congo should be addressed in order to establish security in the region. In an interview with French television, TV5 Monde, at the Francophonie summit in Djerba Tunisia, Mushikiwabo said what was […]