U Bufaransa bwasanze Argentine ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi butsinze Maroc

Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’ yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Maroc bari bahuriye muri ½ cy’irangiza ku bitego 2-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabereye kuri Stade ya Al Bayt. Umunota wa kane wonyine w’umukino wari uhagije ngo u Bufaransa bufungure amazamu biciye kuri myugariro […]

Perezida wa Ghana yasabye Afurika kureka gusabiriza

Perezida wa Ghana, Nana Akufo-Addo yasabye ibihugu byo kumugabane wa Afurika gukomeza gusabiriza ubufasha mu bindi bihugu kuko ngo ni impamvu ituma bisuzugurwa. Ni ubusabe yagejeje kuri ibi bihugu ubwo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 i Washington DC hatangizwaga inama ihuza abakuru b’ibihugu birenga 40 byo ku mugabane wa Afurika n’uwa Leta zunze ubumwe […]

Rusizi: Bagaragarijwe uruhare rw’ingo mbonezamikurire ku mutekano w’abana bato

Bafungura ku mugaragaro urugo mbonezamikurire rwa Gashonga

Abaturage ba tumwe mu tugari tw’imirenge ya Nzahaha, Rwimbogo na Gashonga mu karere ka Ruzizi, barishimira ko abana babo bato bahawe ingo mbonezamikurire zatumye batekana mu gihe ababyeyi babo bagiye mumirimo.Babigaragarije mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro izo ngo, zubatswe ku nkunga na Help a Child Rwanda. Akarere ka Rusizi kavuga ko, ku bufatanye na […]

Rusizi: Abahinzi b’umuceri barashinja ubuyobozi bw’akarere kubagusha mu gihombo

Bavuga ko zimwe mu ngomero zatangiye kuyoba no kwangirika kubera kubura gikurikirana

Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama, mu karere ka Rusizi, barashinja ubuyobozi bw’akarere kubagusha mu gihombo cya miliyoni hafi 2 z’amanyarwanda amaze guhabwa abanyamuryango b’amakoperative nk’insimburamubyizi, bitabira amatora ahora asubikwa, hakibazwa uzabyirengera. Intandaro y’iki gihombo no kutavuga rumwe hagati y’aba bahinzi n’ubuyobozi bw’akarere, ngo ni amatora ya komite nyobozi y’umuryango w’abakoresha amazi mu muceri (Water […]

Kenya: Komanda wa polisi ari mu mazi abira azira kwandika ibaruwa iburira ibitero bya Al Shabaab

Umukuru w’Igipolisi cya Kenya, IGP Japhet Koome, yafatiye ingamba Komanda wa Polisi ahitwa Makadara kubera ibaruwa ivuga ko umutwe w’iterabwoba al Shabaab urimo gutegura ibitero mu duce tumwe na tumwe twa Nairobi . IGP Koome avuga ko uyu mupolisi atari yemerewe gukwirakwiza iyi baruwa ivuga ko hashobora kuba ibitero. “Twisunze uburyo bw’itumanaho muri serivisi y’igipolisi […]

Ngoma: Baravuga ko bemerewe inka na Perezida Kagame nyuma bagahabwa ingurube nazo zikaburirwa irengero

Bamwe mu baturage bageze mu zabukuru bo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma, baravuga ko Perezida Paul Kagame yabemereye ko bazorozwa Inka ariko batungurwa no kuba ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bwarabahaye Ingurube, na zo bayobewe irengero ryazo. Aba baturage bageze mu zabukuru basanzwe banahabwa inkunga y’ingoboka, babwiye TV10 ko bari bizejwe inka ariko ntibazibone. […]

Kibumba: M23 yijejwe ko itazagabwaho ibitero mu gihe yasubira inyuma

Ibiganiro bya M23 n'izi ntumwa byabereye muri iki cyumba

Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) wasezeranyijwe ko utagabwaho ibitero mu gihe watangira kuva mu birindiro wafashe mu gihe cya vuba. Nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa operasiyo Sokola 2, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, iyi ngingo iri mu byaganiriweho ubwo M23 yakiraga intumwa z’ingabo za RDC, iz’ibihugu […]

Le Rwanda se classe au cinquième rang pour l’ouverture des visas en Afrique

Le Rwanda a Ă©tĂ© classĂ© cinquième pour l’ouverture des visas en Afrique et premier dans la rĂ©gion de l’Afrique de l’Est parmi les pays ouverts aux visiteurs d’autres pays africains . C’est selon les auteurs du dernier rapport Africa Visa Openness 2022. Le Rwanda s’est classĂ© cinquième dans le classement de cette annĂ©e et parmi […]

Pasteur Niyonzima yatangaje ko yabangikanyaga ivugabutumwa no gukorera FDLR

Pasiteri Niyonzima Jean Damascene ukomoka mu yahoze ari Komini Kinyami muri Perefegitura ya Byumba, yatangaje ko yabangikanyaga umurimo w’ivugabutumwa no gukorera umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Uyu mushumba bigaragara ko akuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 yasobanuriye abasirikare ba M23 bamufite ko yavuye mu Rwanda mu mwaka w’1994, ajya muri […]

Ugandan forces kill 15 ADF rebels near border with DR Congo

The East African Uganda’s military on Tuesday confirmed that at least two civilians have died in the latest attack by the Allied Democratic Forces (ADF) rebel group, while 15 militants were killed as they attempted to cross River Semliki near the border with Democratic Republic of Congo. The ADF rebels were attempting to launch attacks […]

Perezida Salva Kiir yagaragaye yinyarira ari mu ruhame

Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo akomeje guhabwa urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kugaragara mu ruhame yinyarira. Perezida Kiir yahuye n’iri sanganya ku wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza, ubwo yari mu muhango wo gufungura igice cy’umuhanda uhuza umurwa mukuru Juba n’umujyi wa Terekeka. Ni umuhanda ureshya n’ibilometero bibarirwa muri 96. Amashusho akomeje […]

Impuguke za UN zirashinja ingabo za Uganda gufasha M23

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zikurikiranira hafi ibibazo bishingiye ku mutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo zirashinja ingabo kabuhariwe za Uganda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Nk’uko ikinyamakuru Africa Intelligence cyabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022, aya makuru yemeza ko ingabo za Uganda zifasha M23 yanakusanyijwe n’abakozi mu rwego rw’ubutasi rwa […]

Umukobwa wa Perezida Ruto yaciye ibintu avuze ibiro asigaye ayoboye

Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko afite “Ibiro by’umukobwa wa Perezida” cyangwa “Office of the first daughter”. Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, kuwa kabiri Charlene yagaragaye yerekana abajyanye kandi bakorana nawe i Arusha muri Tanzania mu nama ya 2022 YouLead […]

Facebook irasabwa indishyi ya miliyari 2$ ishinjwa guhembera urwango mu ntambara yo muri Ethiopia

Algorithm ya Facebook yafashije mu gukwirakwiza virusi y’urwango n’urugomo mu gihe cy’intambara y’abenegihugu muri Ethiopia, nk’uko ikirego yarezwemo muri Kenya kivuga . Abrham Meareg, umuhungu w’umwarimu wa kaminuza wo muri Ethiopia warashwe nyuma yo kwibasirwa ku rubuga rwa Facebook, ari mu batanze ikirego kirega Meta. Barashaka indishyi ya miliyari 2 z’amadolari ku bantu bahohotewe bazira […]

Udafite Frw 100,000 ntabwo azicara mu banyacyubahiro Rayon Sports ikina na APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino ifitanye na APR FC, aho itike ya menshi yo kuwinjiraho ari Frw 100,000. Ku wa Gatandatu w’iki cyumweru ni bwo Rayon Sports izaba yakiriye APR FC, mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino Rayon […]

Kicukiro: Urukiko rwarekuye by’agateganyo abakozi ba RBC baregwa amanyanga mu itangwa ry’amasoko

Kuri uyu wa Kabiri ushize, urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, rwarekuye by’agateganyo abayobozi benshi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) batawe muri yombi bashinjwa amanyanga mu itangwa ry’amasoko batanga isoko rya miliyari nyinshi ku bakozi bagenzi babo . Urukiko ariko rwagumije muri gereza Fidele Rwema, umushoramari akaba n’umukozi wa RBC kubera uburiganya mu kubona isoko rifite agaciro ka […]

Abana barindwi bari mu barwanyi ba ADF ingabo za Uganda zafashe mpiri

Imbunda 10 za AK-47, imwe ya PKM n'amasasu byambuwe abarwanyi ba ADF

Ibiro by’Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Felix Kulayigye kuri uyu wa 13 Ukuboza byatangaje ko mu barwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF bagabye igitero mu karere ka Ntoroko, hishwemo 11, abandi 8 bafatwa mpiri. Aba barwanyi bagabye iki gitero mu gace ka Kyapa mu rukerera, nyuma yo kwambuka umugezi wa Semuliki utandukanya Uganda na Repubulika […]

EU irateganya gukomeza gukorana n’u Rwanda ku bibazo byugarije umutekano mpuzamahanga

fj3zvk2xoaqqfxr.jpg

Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi mu Rwanda, BelĂ©n Calvo Uyarra, yashimye ibikorwa bya gisirikare by’igihugu mu majyaruguru ya Mozambique ashimngira ko ari igisubizo “cyiza” ku bibazo by’umutekano muri Afurika kandi barimo kuvugana n’u Rwanda mu guhangana n’ibibazo byugarije umutekano mpuzamahanga . Uyarra wabaye Ambasaderi wa EU mu Rwanda kuva muri Nzeri, yabitangaje kuri uyu […]

Umusirikare mukuru w’u Bwongereza yahishuye ko ingabo zabo zakoze ibikorwa bidasanzwe muri Ukraine

Lt. Gen. Robert Magowan yanditse mu kinyamakuru cy’ingabo z’Abongereza ko Ingabo z’iki gihugu muri Mata zakoze ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe bikomeye muri Ukraine. Mbere y’uko Magowan ahishura ibi, u Burusiya bwari bwarakunze kuvuga ko ingabo zo mu bihugu bigize NATO zigira uruhare mu ntambara yo muri Ukraine ariko ibinyamakuru n’abasesenguzi bo mu burengerazuba bakabihakana . […]

Umurwanyi wafashwe mpiri yavuze ba ‘General’ 10 bayoboye FDLR

Adjudant Uwiduhaye Marie Chantal na we ari mu maboko ya M23

Adjudant Uwamungu Innocent ukomoka mu yahoze ari komini Mutura muri Perefegitura ya Gisenyi (ubu ni mu karere ka Rubavu) yatangaje amazina y’abasirikare bakuru bayoboye umutwe witwaje intwaro wa FDLR barimo 10 bafite amapeti yo mu cyiciro cya General. Uwamungu uri mu maboko y’umutwe witwaje intwaro wa M23, kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022 yatangaje ko […]

Perezida Tshisekedi yashyize RDC mu kindi cyunamo

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye ashyize iki gihugu mu cyunamo cy’iminsi itatu nyuma y’imvura iheruka kugwa igahitana abatari bake. Ni icyemezo Tshisekedi yafashe nyuma y’inama yamuhuje na bamwe mu baminisitiri n’abagize Guverinoma y’igihugu cye yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aha muri Amerika Tshisekedi yahitabiriye […]

Two perish in Kicukiro Centre nasty accident

Two people were killed and several others injured after a passenger bus lost control along the Kicukiro Centre slope on the evening of December 13. The Spokesperson for Traffic and Road Safety department, Senior Superintendent of Police (SSP) Rene Irere, said that Police is still establishing details about cause of the accident that which occured […]

Babiri bapfiriye mu mpanuka Kicukiro Centre

Polisi y’u Rwanda ivuga ko abantu babiri ari bo baguye mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuwa 13 Ukuboza, aho bisi itwara abagenzi ya Royal Express yaturukaga i Nyanza ya Kicukiro yacitse feri igonga ibinyabiziga yahuraga na byo mu nzira. Polisi ivuga ko umuntu umwe yakomeretse mu buryo bukomeye. Amashusho BWIZA yabonye, agaragaza polisi n’imbangukira gutabara […]

Argentine yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi inyagiye Croatie

Ikipe y’Igihugu ya Argentine ‘Albicelest’ yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Croatie bari bahuriye muri ½ cy’irangiza ibitego 3-0. Ni umukino amakipe yombi yari yahuriyemo kuri Stade ya Lusail kuri uyu wa Kabiri. Lionel Messi ni we wafunguriye Argentine amazamu ku gitego yatsinze kuri Penaliti yo ku munota wa 34 w’umukino, […]