U Rwanda rwitabiriye inama yâumutekano iri kubera i Goma

U Rwanda rwitabiriye inama yâumutekano yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) iri kubera mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Iyi nama yatangiye kuri uyu wa 6 Ukuboza 2022, ifungurwa na Guverineri wungirije wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru, Komiseri wa Polisi Romy Ekuka Lipopo. Iri kuganirirwamo ingingo ijyanye nâingengo yâimari yâingabo zo mu […]
M23 yavuye mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, gisigaramo Abanyakenya

Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 6 Mutarama bavuye mu kigo cyâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo cya Rumangabo, bagishyikiriza ingabo za Kenya ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba. Abarwanyi bavuye muri iki kigo bari bayobowe na Colonel Nzenze Imani uri mu basirikare bo ku rwego rwo hejuru muri […]
Nyaruguru: Umugabo yiyahuye nyuma yo kwica umugore we amutemye ijosi n’imyanya y’ibanga
Umugabo w’imyaka 40 witwaga Mwendangabo Alphonse, wari utuye mu mudugudu wa Sekera, akagari ka Uwacyiza, umurenge wa Muganza, akarere ka Nyaruguru, yiyahuye yishyize ku kagozi nyuma yo kwica umugore we witwaga Mukamurenzi, amutemye ijosi no ku gitsina. Uyu mugabo yatemye kandi n’umwana we w’imyaka 5 ariko uyu mwana ku bw’amahirwe ntiyapfa. Nk’uko abaturanyi babivuga, aya […]
Turukiya yahaye igisirikare cya RDC intwaro ânyinshiâ zigezweho

Igisirikare cya Turukiya cyahaye icya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ibikoresho byinshi ‘bigezweho cyane’ birimo intwaro zitezweho kwifashishwa mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo M23 yashinze ibirindiro muri teritwari ya Rutshuru. Indege yâubwikorezi yâigisirikare cya Turukiya kirwanira mu kirere yagejeje ibi bikoresho ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Goma mu masaha yâikigoroba cyâuyu wa 6 Mutarama […]
Rusizi: Rumwe mu rubyiruko ârutinyaâ inda kuruta SIDA

Nubwo SIDA ari icyorezo cyugarije Isi yose, rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rusizi ruvuga ko ruterwa impungenge na rugenzi rwarwo ruyifata nkâindwara isanzwe, ko ngo nâuyanduye imiti ayibonera ubuntu, ngo icyo rutinya mu mibonano mpuzabitsina idakingiye ari inda, rukavuga ko iyi myumvire idahagurukiwe yateza akaga. Urubyiruko rwaganiriye na Bwiza.com ku myumvire yarwo ku […]
Turakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzatuma udusuzugura â Gen. (Rtd) Otafiire
Minisitiri Kahinda Otafiire ushinzwe ibibazo byâimbere muri Uganda warwanye intambara yo kubohoza igihuu yarangiye mu 1986, yabwiye umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi Kainerugaba ko batazatuma abasuzugura . âTurakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzakwemerera kudusuzugura,â uyu ni Maj. Gen. (Rtd) Otafiire mu kiganiro yagiranye na CBS kuri uyu wa Kane ushize. Yakomeje agira ati â […]
Perezida Kagame yagize Dr. Kalinda François Xavier umusenateri
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Mutarama 2023, yagize Dr. François Xavier Kalinda umusenateri muri sena y’u Rwanda. Byatangajwe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, mu itangazo yashyizeho umukono mu cyimbo cya Perezida Kagame. Dr. Kalinda wagizwe umusenateri n’Umukuru w’Igihugu ni umwe mu Banyarwanda icyenda baheruka gusoza manda nk’abadepite b’inteko Ishinga […]
Leta iremeza ko nta muti wa SIDA wageze mu Rwanda
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bwâibiribwa nâimiti, Rwanda FDA, kiremeza ko nta muti uvura icyorezo cya SIDA wageze mu gihugu. Ni nyuma yâaho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru guhera kuri uyu wa 5 Mutarama 2023 avuga ko FDA yemeje ko umuti witwa Sunlenca na Placebo âyageze mu Rwanda kandi ngo ivura SIDA.â Rwanda FDA mu […]
Pte Waalibwa wa UPDF wishe arashe Nizeyimana yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa gisirikare muri Uganda kuri uyu wa Kane rwari ruteraniye ahitwa Rukundo mu Karere ka Kisoro, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare Pte Hamis Walibwa wari ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi . Urukiko ruyobowe na Col. Rogers Kitwala, rwakatiye iki gihano Pte Walibwa nyuma yo guhamwa nâibyaha bibiri byâubwicanyi no kugerageza kwica. Walibwa, wakoreraga muri Batayo ya […]
Andrew Mwenda yakozwe ku mutima n’uburyo P. Kagame aha umwanya umuryango we
Umunyamakuru Andrew Mwenda yifashishije amashusho ya Perezida Paul Kagame akina n’umwuzukuru we, avuga ko n’abandi bakomeye bakabaye bafatira urugero ku buryo aha umwanya umuryango we. Muri aya mashusho y’amasegonda 25 Umukuru w’Igihugu agaragara akinisha umwuzukuru we muto wari ucigatiwe na Madamu Jeannette Kagame. Ni amashusho bigaragara ko aba bombi bari iwabo mu rugo ahari na […]
Muhanga: Hafatiwe amasashe ibihumbi 190 atemewe gukoreshwa mu Rwanda
Polisi y’u Rwanda ifatanyije nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu Karere ka Muhanga, ku wa Kabiri tariki ya 3 Mutarama, yafashe abantu babiri ari bo; Nsabimana Justin ufite imyaka 36 yâamavuko na Niyonsaba Jackson wâimyaka 33, bari bafite amasashe atemewe gukoreshwa mu Rwanda ibihumbi 160 nyuma yâiminsi micye hafashwe undi witwa Habanabakize Thomas wâimyaka 35 na […]
Uganda: Impanuka ikomeye ya bisi itwara abagenzi yahitanye 16 abandi barakomereka
Nibura abantu 16 bapfuye abandi 21 barakomereka nyuma yâuko bisi igonze rukururana yari iparitse muri centre yâubucuruzi ya Adebe hafi yâumuhanda Kampala-Gulu mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu . âBiravugwa ko bus ifite pulake UAT 259P y’isosiyete itwara abagenzi ya Roblyn yavaga i Kampala yerekeza i Gulu yinjiye muri rukururana yari iparitse ahagana mu […]
Zari yasubije Mimi wamushinje kumwibira umugabo
Umunya-Uganda Zarinah Hassan wamamaye nka Zari, yasubije mugenzi we Nalule Shamirah Sembatya uzwi nka Mimi umushinja kumutwara Shakib Lutaaya basigaye bakundana ko nta kindi agamije kitari ugushaka kumumenyekaniraho. Mu kwezi gushize k’Ukuboza ni bwo Mimi usanzwe aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashinje Zari kumutwara Shakib Lutaaya uzwi nka Shakib Cham. Icyo gihe ibirego […]
Basanga kuba Prince Harry yemeye ko yishe Abatalibani 25 bishobora kumushyira mu kaga
Kuri uyu wa Kane, uwahoze mu gisirikare cyâu Bwongereza, Colonel Richard Kemp, yatangaje ko icyemezo cya Duke of Sussex cyo gusohora amakuru arambuye mu gitabo ku mibereho ye yise ‘Spare’ ari ‘uguhemukira abantu yarwananye na bo ‘. Kemp yatangarije ikinyamakuru The Sun ko aya magambo yashyize igipimo kinini ku mugongo w’igikomangoma na cyane ko ingoro […]
Le Rwanda obtient 37 millions d’euros pour numĂ©riser les services publics et stimuler l’industrie des drones
Le gouvernement rwandais a obtenu jeudi 5 janvier un prĂȘt de 37 millions d’euros (environ 41 milliards de frw) de l’Agence française de dĂ©veloppement (AFD) pour transformer davantage de services publics en numĂ©rique et dĂ©velopper l’industrie des drones du pays . L’accord connexe est Ă©galement complĂ©tĂ© par une subvention de 1,2 million d’euros pour mobiliser […]
M23 yaraye idatanze ikigo cya gisirikare cya Rumangabo nkâuko yari yabyemeye
Inyeshyamba zâumutwe wa M23 Werurwe, kuri uyu wa Kane itariki 5 Mutarama 2023 ntizashyikirije, nk’uko byari byatangajwe, inkambi ya gisirikare ya Rumangabo, muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu yâAmajyaruguru, abasirikare ba Kenya bo mu ngabo zâakarere ka Afurika yâiburasirazuba . Imihango yo guhererekanya iyi nkambi yâingabo zâingenzi yimuriwe kuri uyu wa Gatanu itariki ya […]
Umupfumu Rutangarwamaboko yasabiye Turahirwa guhanwa nyuma yo gukora ‘ubuhone bw’ubutinganyi’
Umupfumu Nzayisenga Modeste uzwi nka Rutangarwamaboko, yasabye inzego bireba guhana zihanukiriye Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshions, nyuma y’amashusho ye aheruka kujya hanze asambana n’abagabo bagenzi be. Uyu musore ukomoka i Nyamasheke amaze iminsi yarahindutse iciro ryâimigani ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yâamashusho ye aheruka kujya hanze asambana nâabagabo babiri bâabazungu. Ni amashusho yâumunota umwe […]
Tchad: Haburijwemo umugambi wa gisirikare wo guhungabanya igihugu
Inzego z’umutekano za Tchad zaburijemo umugambi wâitsinda ryâabasirikare bakuru wo guhungabanya umutekano wâigihugu nâitegeko nshinga, nk’uko guverinoma yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize . Itangazo ryasohowe rigira riti: “Iyi gahunda yateguwe n’itsinda ribujijwe ry’abagambanyi rigizwe n’abasirikare 11.” Rikomeza rivuga ko uyoboyeiri tsinda ari uwitwa Baradine Berdei Targuio, Perezida wâUmuryango Uharanira Uburenganzira bwa Muntu muri Tchad. […]
Bwa mbere abacanshuro b’Abarusiya baje kurwanya M23 bagaragaye i Goma
Abacanshuro b’Abarusiya bo mu mutwe wa Wagner Group baje gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu rugamba zihanganyemo n’inyeshyamba za M23, bagaragaye mu mujyi wa Goma. Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Mutarama ni bwo amafoto ya bariya Barusiya bari kumwe n’abasirikare ba FARDC mu modoka ya Jeep mu mihanda ya Goma ni bwo […]
Turahirwa ntakiri kuri Twitter nyuma yo kwemera ko ari we wagaragaye asambana nâabo bahuje igitsina
Konti yâurubuga rwa Twitter yâumunyamideli Moses Turahirwa wanditse izina mu Rwanda ntikiriho nyuma yo kwemera ko ari we wagaragaye asambana na babiri bahuje igitsina, akanabisabira imbabazi. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwira amashusho yâamasegonda 59 agaragaza uyu musore asambana nâabagabo babiri, ndetse yakomeje gushyirwaho igitutu, bamwe mu bakoresha izi mbuga bamushinja gusebya umuco wâigihugu cyamubyaye. […]
Justin Bitakwira yemeza ko ibihano yafatiwe na EU nta ngaruka âna nkeâ bizamugiraho
Justin Bitakwira wigeze guhagararira ishyaka UNC mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) akaba na Minisitiri wari ushinzwe iterambere ryâicyaro, ahamya ko ibihano aherutse gufatirwa na komisiyo yâumuryango wâubumwe bwâUburayi nta ngaruka na nke bizamugiraho. Mu ntangiriro zâUkuboza 2022 ni bwo komisiyo ya EU yafatiye ibihano Bitakwira hamwe nâabandi bantu 7, […]
USA irashinja abacancuro ba Wagner kugenzura umutungo kamere mu gace ko muri Ukraine
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirashinja abacancuro bâumutwe wâigisirikare cyigenga wa Wagner Group kugenzura umunyu nâikindi kinyabutabire cya âGypsumâ biri mu gace ka Bakhmut muri Ukraine. Umwe mu bakorera mu biro bya Perezida wa USA yabwiye ibiro ntaramakuru byâAbongereza (Reuters) bitashatse kuvuga amazina ye ko uyu mutwe washinzwe nâinshuti ya Perezida wâu Burusiya, Yevgeny […]