Goma: Ibiro by’ingabo za EAC biravugwamo ibibazo by’amafaranga

Ibibazo by’ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba biherereye i Goma muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biravugwamo ibibazo by’amafaranga bibangamiye bamwe mu babikoramo bo ku rwego rwa gisivili. Ikinyamakuru Jeune Afrique kuri uyu wa 15 Gashyantare 2023 cyatangaje ko cyabonye inyandiko y’imbere muri biro by’izi ngabo igira iti “Uko byifashe mu biro bikuru by’ingabo” igaragaza uburyo […]

RDC: ANR yitambitse TP Mazembe, iyikerereza kujya muri Tanzania

Ikipe ya Tout Puissant Mazembe yamaganye urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), nyuma yo kuyitambika rugatuma idakora urugendo yagombaga kugirira i Dar es Salaam muri Tanzania. TP Mazembe yagombaga kwerekeza muri Tanzania kuri uyu wa Kane, aho igomba guhurira na Yanga Africans yo muri kiriya gihugu mu mukino wa kabiri wo […]

Dore impamvu zikomeye zituma uhorana umunaniro udashira

Twese twumva ko tunaniwe mu gihe kimwe cyangwa ikindi. Mu by’ukuri, uko umubiri wacu wubakitse, iyo uri gukora akazi utakaza imbaraga bityo bigatuma unanirwa. Ariko, niba uhora wumva unaniwe, dore zimwe mu mpamvu zitera uwo munaniro, nk’uko tubikesha K24tv. 1. Indwara z’umutima Umunaniro ukabije ni ikimenyetso gisanzwe cyo kunanirwa k’umutima, bibaho iyo umutima udapompa amaraso […]

Ibikorwa byose ku mupaka Kamanyola-Bugarama bizajya bifunga saa 18h00

Abayobozi bo ku mupaka wa Kamanyola, muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, na Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda bemeranijwe ko serivisi zikorera ku mupaka zizajya zihagarika ibikorwa byose guhera ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kubera impamvu z’umutekano zifitanye isano n’amakimbirane hagati y’ibihugu byombi . Iki cyemezo cyavuye mu nama yabaye hagati y’abayobozi […]

Abakinnyi 2 ngenderwaho ba APR FC mu bafite umuziro ku munsi wa 20 wa shampiyona

Guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Gashyantare shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza, hakinwa imikino y’umunsi wa 20. Ni imikino ibimburirwa n’uwo AS Kigali iri mu makipe ahataniye igikombe cya shampiyona yakiramo Sunrise FC kuri Stade y’i Nyamata mu karere ka Bugesera. Kuri uyu munsi wa 20 kandi hateganyijwe imikino itegerejwe na […]

FARDC yatangaje ko yahaye isomo abarwanyi ba M23

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyahaye isomo abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 isomo, mu rugamba rukomereje muri teritwari ya Masisi na Rutshuru. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lieutenant Colonel Guillaume Ndjike Kaiko. Lt Col. Ndjike yasobanuriye abanyamakuru ko impamvu FARDC yahaye M23 […]

La Banque centrale relève son taux de prêt à 7%

La Banque Nationale du Rwanda a augmentĂ© son taux de prĂŞt de 50 points de base, passant de 6,5 % Ă  7 %, dans le but de maĂ®triser les prix Ă©levĂ©s persistants . Également connu sous le nom de taux directeur de prise en pension, il s’agit de la commission Ă  laquelle la Banque centrale […]

Leta ya Somalia irigamba kwivugana abaterabwoba basaga 200 ba Al Shabaab

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Gashyantare, umuyobozi mukuru wa leta yavuze ko ingabo za Somalia zishe abaterabwoba barenga 200 bafitanye isano n’umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab ukorana na al-Qaeda mu gihe cy’ibikorwa bya gisirikare byabereye muri Leta eshatu zambura uduce twinshi uyu mutwe . Minisitiri w’itangazamakuru muri Somalia, Daud Aweis, mu kiganiro n’abanyamakuru mu murwa […]

Ibibazo biri ahantu hose mu gihugu ariko ikibazo gikomeye ni Tshisekedi – Emmanuel Shadary

Ubwo yari i Kindu, umurwa mukuru w’Intara ya Maniema, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Emmanuel Ramazani Shadary, umunyamabanga uhoraho w’ishyaka rya rubanda riharanira kwiyubaka na demokarasi (PPRD), ishyaka rya politiki rya Perezida w’icyubahiro, Joseph Kabila, yemeje ko ibibazo biri hose mu gihugu ariko ko igikomeye muri byo ari Perezida FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo . Mu […]

Sobanukirwa byinshi ku ndwara ya Emphysema ikunze guhitana abanywa itabi

Indwara ya Emphysema itera kwangirika kw’ibihaha by’umuntu maze ikabyangiriza ku buryo guhumeka bigorana bikazagera aho byanga burundu, gusa ikunze kwibasira no guhitana abanywi b’itabi kurusha abandi bantu. Ese Emphysema yaba iterwa n’iki? Ku isonga bimwe mu bitera iyi ndwara ya Emphysema harimo kunywa itabi cyangwa se no kuba igihe kirekire ahantu hari imyuka yanduye yangiriza […]

Ibimenyetso 5 bizakwereka ko udatekanye mu rukundo

Hari ibintu byinshi ukora mu rukundo bikaba igisobanuro kiza cy’uko udatekanye. Nk’uko ikinyamakuru Marriage.com kibitangaza, kudatekana mu rukundo bituma ibyo umuntu yagerageza gukora byose n’uwo bakundana bitagenda neza ahubwo birangira bisenyutse ku buryo badacunze neza n’umubano wabo ushobora guhagarara. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka ibimenyetso 5 bizakwereka ko udatekanye mu rukundo. 1. Kugenzura umukunzi wawe […]

Amerika iri guhigisha umutwe w’Umunyafurika uyoboye Al-Qaeda umurundo w’amafaranga

Seif al-Adel wahoze ari Ofisiye mu mutwe udasanzwe w’Ingabo za Misiri mbere yo guhinduka umuyobozi mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda, yashyiriweho akayabo ka $ miliyoni 10 (arenga Frw miliyari 10) ku waba azi amakuru aherereye. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Seif-al-Adel ari we muyobozi mushya wa Al-Qaeda, nyuma yo gusimbura […]

Ingabo z’u Burusiya zivuga ko zapfubije misile zarashwe na HIMARS z’Abanyamerika

Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko cyapfubije misile zarashwe n’intwaro kabuhariwe za HIMARS zakorewe muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), kirasa indege 11 za Ukraine zitagira abapilote. Umuvugizi w’iki gisirikare, Lt Gen. Igor Konashenkov yatangaje ko iki gikorwa cyakozwe n’ingabo zabo zirwanira mu kirere ziri ku rugamba muri Leta ya Luhansk muri Ukraine, tariki ya […]

Gasabo: Ababyeyi bahangayikishijwe n’abanyeshuri b’abakobwa badukanye ingeso yo kunywa urumogi

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kinyinya, akagari ka Kagugu batewe impungenge n’abanyeshuri b’abakobwa batoroka ibigo by’amashuri byegereye aho hafi, bakishora mu ngeso mbi zo kunywa ibiyobyabwenge nk’urumogi n’inzoga ku manywa isuba riva, bakabisangira n’abasore. Aba babyeyi batangarije TV10 ko aba banyeshuri b’abakobwa banywera ibyo biyobyabwenge mu kibaya gihererye hagati […]

Amafoto: Team Rwanda yakiriwe gitwari ubwo yari itahukanye imidari 9 i Kigali

54egsyn-.jpg

Team Rwanda yatahukanye i Kigali imidari icyenda yasaruye muri shampiyona nyafurika y’amagare yabereye i Accra muri Ghana. Iyi kipe yakiriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe ku mugoroba wo kuwa 15 Gashyantare 2023. Bahageze bambaye iyi midali begukanye. Kuva tariki ya 7 Gashyantare, Team Rwanda igizwe n’abakinnyi 12 barimo abagabo n’abagore yabarizwaga i […]

Urukiko rwasibye mu bitabo by’inkiko ubujurire PTC Ltd yaregagamo COGEBANK

Umucamanza mu rukiko rukuru rw’Ubucuruzi mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu yasibye mu bitabo by’inkiko urubanza rw’ubujurire uruganda rw’itabi rwa nyakwigendera Asinapol Rwigara rwaregagamo banki y’ubucuruzi COGEBANK . Ni icyemezo cyafashwe ngo nyuma yo kubona uruganda Premier Tobacco Company Ltd rudahagarariwe kandi ari rwo rwatanze ikirego rwaregeraga kwemeza ko rutabereyemo umwenda COGEBANK no gusaba gusubirana […]

M23 irashinja General Mugabo kwicisha Abatutsi

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) urashinja General Mugabo Hassan uri mu bayobora ibikorwa by’igisirikare muri iki gice gutanga ibwiriza ryo kwica Abatutsi. M23 yabitangarije mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 15 Gashyantare 2023, ikomoza ku ihuriro ry’ingabo za Leta, FDLR, Mai Mai, Nyatura, APCLS, […]

Minisitiri w’Intebe wa Jamaica uheruka mu Rwanda ashobora kwisanga mu bibazo

Ikigo cya Jamaica gishinzwe kurwanya ruswa cyohereje Minisitiri w’Intebe ku muyobozi w’ubushinjacyaha kubera amasezerano ya leta yahawe isosiyete y’ubwubatsi hagati ya 2006 na 2009 . Kuri uyu wa Gatatu ushize, komisiyo ishinzwe ubunyangamugayo yashyize ahagaragara raporo ivuga ku iperereza ryakozwe ku cyifuzo cyatanzwe na Minisitiri w’Intebe Andrew Holness ku masezerano yagiranye na Westcon Construction Limited, […]

Libya: Byibuze abimukira 73 birakekwa ko bapfuye nyuma y’impanuka y’ubwato

Umuryango Mpuzamahanga w’Abinjira n’Abasohoka (IOM) muri Libya, kuri uyu wa Gatatu ushize,ubinyujije kuri twitter, watangaje ko byibuze abimukira 73 baburiwe irengero kandi bakekwa ko bapfuye nyuma y’impanuka y’ubwato ku nkombe za Libya kuwa Kabiri ushize . IOM yongeyeho ko abantu barindwi barokotse bageze ku nkombe bavuye mu bwato bwari butwaye abantu bagera kuri 80, bivugwa […]

FARDC yahagaritse Gen Chico Tshitambwe imushinja gutuma yikora mu nda

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyahagaritse GĂ©nĂ©ral-Major JĂ©rĂ´me Chico Tshitambwe wari usanzwe ari Umugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa mu ngabo za Congo. Uyu musirikare by’umwihariko ni we wari uyoboye intambara Ingabo za Congo Kinshasa zimaze igihe zihanganyemo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ubuyobozi […]

Manchester City yahaye Arsenal isomo rya ruhago

1676501464548.jpg

Pep Guardiola na Manchester City ye bagiye gutangana isomo rya ruhago ku banyeshuri b’ i Londres maze batahukana umwanya wa mbere. Wari umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 12 wa English Premier League utarabereye igihe kubera itanga ry’umwamikazi Elizabeth II, usifurwa na Anthony Taylor kuri Emirates Stadium hagati y’amakipe ahanganiye igikombe cya shampiyona. Uyu mukino kandi ntiwagaragayemo […]