General Kainerugaba yatangaje ko ateganya gusura âintwariâ Putin
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari nâumujyanama we wihariye mu bikorwa byihariye byâigisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya gusura intwari ye, Vladimir Putin uyobora u Burusiya. General Kainerugaba yatangaje ko nyuma yâaho azasura Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, akazajyayo gushaka uko intambara âyâubusaziâ iki gihugu kimazemo umwaka yarangira. Uyu musirikare yagize ati: âVuba […]
Perezida Kagame aremeza ko Leta ya RDC yarenze umurongo utukura
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwarenze umurongo utukura ubwo bwahaga umutwe witwaje intwaro wa FDLR ubushobozi bwo kurasa mu Rwanda mu mwaka ushize. Umukuru wâIgihugu yabitangarije mu kiganiro cyibanda ku mutekano wo mu karere u Rwanda ruherereyemo yagiranye nâumunyamakuru Charles Onyango-Obbo wa The East African, wari i […]
APR FC yumviye Lt Gen Mubarakh Muganga, inyagirira Musanze FC iwayo

APR FC yanyagiye Musanze FC ihamya umwanya wa mbere mu gihe Musanze FC yo imikino ibaye 10 itazi uko intsinzi isa. Musanze FC yari imaze imikino 9 nta ntsinzi yari yakiriye APR FC imeze neza kuri Sitade Ubworoherane mu Karere ka Musanze mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda. APR FC yaje gukina […]
Nigeria: Abatora Perezida bishe umuseseri wari mu buriganya bwâamajwi

Abaturage bo muri Nigeria bari bagiye gutora Umukuru wâIgihugu kuri uyu wa 25 Gashyantare 2023 bishe umuseseri wa komisiyo y’igihugu y’amatora wakoraga uburiganya bwâamajwi. Ikinyamakuru Sahara Reporters gisobanura ko aba baturage bakoreye urugomo mu mujyi wa Abuja, nyuma yo gusanga uyu museseri yifungiranye mu cyumba wenyine, atora umukandida uhagarariye ishyaka APC, Bola Tinubu, ku mpapuro […]
Perezida Zelensky aremeza ko Putin azicwa nâumwe mu bamwegereye
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin amaherezo azicwa n’umwe mu bantu be ba hafi nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru The Telegraph . Mu gihe u Burusiya bwibasiwe nâibihano bikaze kubera gutera Ukraine muri Gashyantare umwaka ushize, abatavuga rumwe mu bya politiki na Putin ngo bazashaka kumukuraho, nk’uko Zelensky yabitangarije […]
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yagize umuraperi Mwana FA minisitiri wungirije
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize umuraperi Hamisi Mwinjuma, uzwi nka Mwana FA, Minisitiri wungirije ushinzwe umuco, ubuhanzi na siporo nkâuko tubikesha The Citizen . Mu ivugurura ryatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Gashyantare, nâubuyobozi bushinzwe itumanaho muri perezidansi, Mwana FA yasimbuye kuri uyu mwanya Pauline Gekul wagizwe minisitiri wungirije ushinzwe itegeko nshinga […]
Henok Mulueberhan yegukanye Tour du Rwanda 2023, Perezida Kagame amukomera amashyi

Umunya-Eritrea Henok Mulueberhan ukinira ikipe ya Green Project yegukanye Tour du Rwanda 2023 yari imaze icyumweru iba. Ni nyuma yo kwegukana agace ka 8 kâibilometero 75.3 kavaga kuri Canal Olympia ku i Rebero, kagana i Nyamirambo, Nyakabanda, Kimisagara, Nyamirambo, Gitega, Muhima, Kanogo, Rugunga, Gikondo, gasoreza kuri Canal Olympia. Ni agace karebwe na Perezida wa Repubulika […]
Imyigaragambyo isaba guhagarika guha intwaro Ukraine yahuruje ibihumbi nâibihumbi mu Budage
Kuri uyu wa Gatandatu,itariki 25 Gashyantare, imyigaragambyo yo kwamagana guha Ukraine intwaro zo kurwana nâu Burusiya yakusanyije abantu 10,000 mu Budage, yanenzwe nâabayobozi bakuru ba guverinoma ndetse abapolisi benshi boherezwa kugira ngo babungabunge umutekano . Iyi myigaragambyo yateguwe nâumunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe nâubutegetsi, yabaye nyuma yâumunsi umwe hibutswe umwaka ushize u Burusiya buteye Ukraine, aho […]
Impanuka yâubwato bwâabimukira mu Butaliyani yahitanye byibuze 30
Byibuze abantu 30 bapfuye nyuma yâaho ubwato bwâabimukira bwarohamye ku nkombe zâiburasirazuba bwâakarere ka Calabria mu Butaliyani, nk’uko ANSA nâibindi biro ntaramakuru byâu Butaliyani byabitangaje kuri iki Cyumweru . ANSA yavuze ko imirambo igera kuri 27 yabonetse amazi yayitwaye ku nkombe za Steccato di Cutro, ahantu hâibiruhuko hafi yâinyanja mu ntara ya Crotone, ndetse nâindi […]
Iran iracyashaka umutwe wa Trump, Pompeo nâabandi mu rwego rwo guhorera Gen. Soleimani
Tehran iracyashaka kwica uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, uwari uumunyamabanga wa Leta we, Mike Pompeo, n’abandi bayobozi bagize uruhare mu iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani mu 2020, nkâuko byatangajwe kuwa Gatanu na Amirali Hajizadeh, umuyobozi w’ingabo zirwanira mu kirere za Iran . Uyu mujenerali wo hejuru yabivuze ubwo yashyiraga […]
Perezida Macron aritegura kujya gusaba u Bushinwa ubufasha bwo kurangiza intambara muri Ukraine
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko azasura u Bushinwa muri Mata mu rwego rwo gushaka ubufasha bwa guverinoma y’u Bushinwa mu guhagarika igitero cy’u Burusiya muri Ukraine . Ibi byatangajwe ku wa Gatandatu nyuma yâuko u Bushinwa busohoye inyandiko yâingingo 12 busaba ko habaho guhagarika imirwano no âgukemura ibibazo bya politikiâ kugira ngo amakimbirane […]
Lt Gen. Muganga yasabye APR FC gukina na Musanze FC nkâidafite undi mukino isigaje

Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi bâiyi kipe gukina nâaba Musanze FC nkâabadafite undi mukino basigaje inyuma. Lt Gen. Muganga yabivuze nyuma yo gukurikirana imyitozo ya nyuma ya APR FC yabereye muri Stade Ubworoherane, mbere yo gukina na Musanze FC umukino wa shampiyona yâicyiciro cya mbere kuri uyu wa 26 […]
Tshisekedi yasabiye u Rwanda kwamburwa uburenganzira bwose rufite muri CEEAC
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabiye u Rwanda kwamburwa uburenganzira bwose rufite mu muryango wâubukungu wâibihugu byo mu karere ka Afurika yo gahati, CEEAC. Tshisekedi yabisabiye mu nama isanzwe ya 22 yâabakuru bâibihugu na za guverinoma zo muri CEEAC yabereye i Kinshasa muri RDC kuri uyu wa 25 Gashyantare 2023, […]