Intumwa za UN zasuye RDC zibona gukomeza kurega u Rwanda bitagikenewe

Intumwa z’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano zimaze iminsi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zabwiye ubuyobozi bw’iki gihugu ko gukomeza gushinja u Rwanda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 no kohereza ingabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bitagikenewe. Ambasaderi Nicolas de Rivière wayoboye izi ntumwa muri uru ruzinduko rw’iminsi ine rwatangiye tariki ya 9 Werurwe […]

Real Madrid yatangaje ko izakurikiranira hafi urubanza rwa FC Barcelona

Inama y’ubutegetsi ya Real Madrid yo muri Espagne yafashe icyemezo cy’uko iyi kipe izakurikiranira hafi urubanza rw’ibirego mukeba wayo, FC Barcelona, babiri babaye ba Perezida bayo (Josep MarĂ­a Bartomeu na Sandro Rosell), Albert Soler na Ă“scar Grau babayemo abayobozi, bakurikiranweho n’ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Barcelona, intara ya Cataluña. Ku wa 10 Werurwe 2023, ibiro […]

Mahama: Urwikekwe hagati y’impunzi z’Abarundi n’Abanyekongo mu nkambi

Ubugizi bwa nabi bwafashe intera mu byumweru bibiri bishize mu nkambi y’impunzi ya Mahama, ibamo Abarundi n’Abanyekongo mu burasirazuba bw’u Rwanda. Abibasiwe cyane ni Abarundi mu gihe Abanyekongo batungwa intoki nk’abakekwaho kuba baragize uruhare muri ubwo bwicanyi, ariko Polisi y’u Rwanda yahakanye aya makuru yemeza ko ibyo bintu ntabyabayeho . Mu nkuru ya SOS Media […]

Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara

Kopi y'icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we

Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y’u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w’2018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro. Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite […]

Intumwa za UN zasabye ubuyobozi bwa RDC kutifata nk’ubutishoboye

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kibukije ubuyobozi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo ko budakwiye kwirengagiza inshingano bufite yo gushaka umuti w’ikibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bw’iki gihugu. Umuyobozi w’intumwa z’aka kanama zimaze iminsi mu ruzinduko muri RDC, Ambasaderi Nicolas de Rivière, yabivuze ubwo yasubizaga uwamubajije niba hari icyo UN iteganya ku kibazo cy’abakomeje […]

Umurambo wa Gen. (Rtd) Gatsinzi wakiriwe n’umuryango we n’abo bakoranye i Kigali

frauobmxsaa55nu.jpg

Kuri iki Cyumweru, umurambo w Gen. (Rtd) Marcel Gatsinzi wagejejwe mu Rwanda uvanwe mu Bubiligi, aho yapfiriye yaragiye kwivuza . Umurambo we wakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali n’umuryango we, ndetse na minisitiri w’ingabo, Maj. Gen. Albert Murasira, abajenerali n’abandi basirikare bakuru mu gisirikare cy’u Rwanda. Imihango yo gushyingura n’igihe izabera biztangazwa nyuma nk’uko […]

Muri uyu mwaka u Rwanda na Uganda bimaze kwakira Abanyekongo nibura 10,000 – HCR

Nibura abantu 10 000 bamaze guhungira mu Rwanda na Uganda bava mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gihe imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za guverinoma za leta (FARDC) ikomeje kongera ibibazo by’ubutabazi muri karere . Ni imirwano ikomeje nubwo kuwa kabiri hari hatangajwe ihagarikwa ry’imirwano ryari ryagizwemo uruhare na Perezida […]

Le procès de Kabuga interrompu pour cause de démence

Le procès d’un financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis de 1994 a Ă©tĂ© suspendu Ă  La Haye . FĂ©licien Kabuga, qui a 90 ans, devait ĂŞtre jugĂ© après avoir Ă©chappĂ© Ă  la capture pendant 26 ans, mais ses avocats disent qu’il souffre de dĂ©mence et qu’il n’est pas apte Ă  ĂŞtre jugĂ©. Le MĂ©canisme […]

Afurika y’Epfo yapfushije undi muraperi nyuma ya AKA wishwe mu kwezi gushize

Afurika y’Epfo yongeye kujya mu cyunamo cy’urupfu rw’ikindi cyamamare nyuma y’urupfu rw’umurperi AKA mu minsi ishize . Umuraperi n’umwanditsi w’indirimbo Costa Tsobanoglou uzwi cyane ku izina rya Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita apfa mu iserukiramuco ry’umuziki ryaberaga i Johannesburg. Mu mashusho yagiye ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ryakeye ku wa Gatandatu, uyu musore […]

FARDC na UPDF byemeje ko biherutse kwivugana umuyobozi muri ADF

Fezza Mulalo, uzwi ku izina rya Seguja, umwe mu bafite uruhare runini mu mutwe w’iterabwoba wa ADF yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zishyigikiwe n’umufatanyabikorwa wabo, UPDF, muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko byatangajwe na Colonel Mak Hazukay, umuvugizi w’iri huriro rya gisirikare, ngo uyu muyobozi wa ADF yishwe […]

Angola kupeleka wanajeshi katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo

Angola ilitangaza Jumamosi kutumwa kwa wanajeshi kusaidia operesheni za kulinda amani nchini Kongo, kulingana na redio ya Umoja wa Mataifa . Ilinukuu taarifa kwenye ukurasa wa Facebook wa Ofisi ya Urais wa Angola ambayo ilisema lengo kuu ni kupata maeneo ambayo wanachama wa kundi la waasi la M23 wamewekwa na kuwalinda wanachama wa Ad Hoc […]

Hakimu wa Kigali akamatwa kwa kughushi

Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata hakimu wa Mahakama ya kati ya Nyarugenge, Eric Twambajimana kwa kughushi nyaraka . Kwa mujibu wa chombo hicho cha uchunguzi, Twambajimana aliwekwa kizuizini baada ya kutoa karatasi bandia za wito wa RIB kwa mtu ambaye ametoroka nchini hivyo anaweza kuzitumia kutafuta hifadhi katika nchi ya Ulaya akihoji kuwa […]

Kinshasa: Minisitiri w’ingabo yahagaritse gukurikirana umunyamakuru, nyuma yo kubisabwa

Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Kabanda Gilbert, yahagaritse gukurikirana umunyamakuru Stanis Bujakera, nyuma yo kubisabwa n’inzego zishinzwe itangazamakuru. Minisitiri Kabanda tariki ya 9 Werurwe yareze Bujakera mu biro by’Umugenzuzi Mukuru w’igisirikare, amushinja kugoreka amagambo ari muri raporo y’umutekano yagejeje ku nama y’abaminisitiri ku ya 3 Werurwe. Muri iyi raporo, uyu muyobozi yavuze […]

Angola igiye kubimburira ibindi bihugu bya SADC mu kohereza ingabo muri RDC

Kuri uyu wa Gatandatu, Angola yatangaje ko igiye kohereza itsinda rishinzwe gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga amahoro ry’Ingabo za Angola (FAA), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Nk’uko amakuru yatangajwe ku rukuta rwa Perezidansi ya Repubulika, kuri Facebook, “intego nyamukuru y’iri tsinda ni ukurinda ibice biherereyemo M23 ndetse no kurinda abanyamuryango b’itsinda ry’ubugenzuzi rishinzwe […]

ADF yongeye kwica benshi muri RDC, itwika ivuriro na hoteli

Umutwe w’iterabwoba wa ADF ukomoka muri Uganda, wongeye kwica abasivili muri teritwari ya Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, utwika hoteli n’ivuriro. Ni amakuru yemerejwe kuri Twitter na Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisivili, Carly Nzanzu Kasivita, kuri uyu wa 12 Werurwe 2023. Guverineri Kasivita yagize […]