AMAFOTO: Ibirori bifungura imikino y’abapolisi bo mu bihugu 8 bari i Kigali

Imikino ihuza abapolisi bo mu bihugu 8 biherereye mu karere ka Afurika y’iburasirazuba yatangiriye kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali Pele Stadium i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Umuhango nyirizina watangijwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, DCG Felix Namuhoranye, watanze ubutumwa buha ikaze abapolisi baturutse mu bihugu […]
Rusizi: Hategekimana ukekwaho kwicisha umugore we inyundo yishyikirije RIB
Saa cyenda z’igicamunsi zo kuri uyu wa Kabiri ni bwo kuri Sitasiyo ya RIB ya Kamembe, hageze Hategekimana Jean Damascène w’imyaka 50, avuga ko ari we wishe umugore we bari bamaranye imyaka 11,ko nta rindi perereza rikwiye gukorwa, ahisemo kwizana kuko abona ntaho yabona akomeza kwihishahisha, n’ubundi amaherezo yazafatwa,anavuga uburyo yamwishe. Uwahaye amakuru Bwiza.com,yavuze ko […]
BĂ©nin: Amavubi yahuye n’uruva gusenya ubwo yari mu myitozo
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kuri uyu wa Kabiri yasohowe shishi itabona muri Stade yitiriwe Gen Mathieu Kirikou, ubwo yari mu myitozo yitegura umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2023 igomba guhuriramo na Les GuĂ©pards ya BĂ©nin. Ni umukino wa gatatu wo mu tsinda L uteganyijwe saa kumi n’imwe z’i Kigali zo kuri uyu […]
FARDC yataye muri yombi abo ishinja gushakira M23 abarwanyi bashya
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, kivuga ko cyataye muri yombi abagabo batatu bashakiraga umutwe witwaje intwaro wa M23 abarwanyi bashya mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa FARDC muri iyi ntara, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, yatangaje ko aba bagabo bafashwe hashingiwe ku makuru urwego rw’igisirikare rushinzwe iperereza rwari rufite. Harimo uwitwa […]
Ramadan: Abasifuzi bo mu Bwongereza basabwe kujya baha Abasilamu umwanya wo gufata ibyo kurya

Abasifuzi bo mu Bwongereza basabwe kujya batanga ikiruhuko gito mu mikino ya nimugoroba kugira ngo abakinnyi, abasifuzi ubwabo n’abandi b’abasilamu bafate ibyo kurya igihe kigeze. Ibi bije mu gihe abasilamu ku Isi yose bitegura kwinjira mu gihe gitagatifu cya Ramadan aho biteganyije ko bamwe bagitangira ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 […]
Rutahizamu Emmanuel Adebayor yasezeye kuri ruhago

Rutahizamu w’Umunya-Togo wamenyekaniye cyane mu makipe ya Arsenal na Manchester City yamaze gusezera burundu kuri ruhago ku myaka 39 y’amavuko. Sheyi Emmanuel Adebayor asezeye kuri ruhago akinira AC Semassi y’iwabo muri Togo yagiyemo muri Nyakanga 2021 avuye muri Olimpia Asancio yo muri Paraguay, akaba yari amaze imyaka 22 akina nk’uwabigize umwuga. Urugendo rw’umupira w’amaguru rwa […]
VIDEO: Kutanywa amazi ni ikibazo, wari uzi ko umubiri wawe ari nka moteri? Umumaro wo kunywa amazi uko bikwiye
Polisi y’u Rwanda yatangiye imikino ya EAPCCO yihaniza iy’u Burundi
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda yatsinze iy’u Burundi ibitego 3-1, mu mukino w’irushanwa rya Eastern Africa Police Chiefs Cooperation Organization (EAPCCO) rihuza Polisi zihuriye muri uyu muryango riri kubera i Kigali. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino ufungura iri rushanwa mu mupira w’amaguru wabereye kuri Stade yitiriwe Pele i Nyamirambo. Polisi y’u Rwanda yari ihagarariwe […]
Burundi: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahunze bagiye gushinga leta mu buhungiro
Abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi bari mu buhungiro batangaje ko bagiye gushinga guverinoma izakorera hanze y’igihugu izibanda ku gushakira ibisubizo byihuse ibibazo bihanze igihugu. Aba babitangaje mu itangazo bashyize ahagaragra bavuga ko bagiye kubikora kuko Leta iyobowe na CNDD-FDD yanze kugirana ibiganiro n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi . Itangazo bashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na JĂ©rĂ©mie […]
Abadepite bo mu ishyaka rya Perezida Ruto barasaba ko Uhuru Kenyatta na Odinga bafungwa

Abagize inteko ishinga amategeko bo mu ishyaka UDA riri ku butegetsi muri Kenya basabye ko Uhuru Kenyatta wayoboye igihugu n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwacyo, Raila Odinga, batabwa muri yombi. Aba bashingamategeko mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 21 Werurwe 2023, batangaje ko yaba Uhuru, Odinga hamwe n’abandi banyapolitiki bakuru mu ihuriro Azimio la Umoja […]
Mashauriano kuhusu Shirikisho la Kisiasa la EAC yataanza tena mwezi Mei
Mashauriano ya kitaifa kwa ajili ya kutunga Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC yanatarajiwa kuanza tena katika Nchi Wanachama wa EAC; huku Jamhuri ya Kenya ikitarajiwa kufanya vikao hivyo Mei 2023 . Wataalamu wa kikatiba wa kikanda wanaotayarisha Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC, wanatarajia kufanya mashauriano na wadau mbalimbali miongoni mwao; asasi […]
Ingabo za Ukraine zirizeza USA ko mu mezi atageze kuri 6 zaba zamenye gukoresha F-16
Umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanira mu kirere, General Serhii Hulubtsov, yatangaje ko igeragezwa ryakozwe ryagaragaje ko abapilote babo bashobora gukoresha indege z’indwanyi za Falcon F-16 zikorerwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe kiri munsi y’amezi atandatu. Gen. Serhii yatangaje ko iri gerageza ryakorewe ku bapilote bo muri Ukraine babiri mu byumweru bitatu. Mu […]
U Rwanda rubuze undi mukinnyi ukomeye ku mukino uruhuza na Bénin

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda ukiniraya ikipe ya FC Zimbru Chisinau yo muri Moldova, Steve Rubanguka, ntazakina umukino Amavubi afitanye na Benin kuri uyu wa Gatatu kubera ibibazo bya pasiporo. Byari biteganyijwe ko Rubanguka ukina hagati mu kibuga agomba gusanga bagenzi be muri Benin kimwe na Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ na Raphael York ku munsi w’ejo ku wa […]
Umwe mu Banyarwanda bazwi kuri Twitter afunzwe azira gushishikariza abantu ‘gusambanya abana’

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Tuyisenge Evariste uzwi nka NTAMA W’IMANA 2 ku rubuga rwa Twitter, nyuma yo gutangaza ubutumwa bushishikariza abantu gukora icyaha cyo gusambanya abana. RIB kuri Twitter yayo yatangaje ko “Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko [Tuyisenge] akoresha ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bw’urumogi gishobora kuba ari kimwe mu ntandaro z’ibyo […]
Rusizi: Arashakishwa akekwaho kwicisha umugore we inyundo
Nyiransabimana DorothĂ©e wari ufite imyaka 50, abana n’umugabo Hategekimana Jean Damascène uzwi nka Moso na we w’imyaka 50, bari bamaranye imyaka 11 yaramwinjiye, mu mudugudu wa Muhari, akagari ka Kamatita, umurenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yapfuye, bikekwa ko yishwe n’uwo mugabo we amukubise inyundo mu mutwe, agahita atoroka. Amakuru umunyamakuru […]
WFP yahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera gukomeza kwibasirwa
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera igitero giherutse kugabwa ku bakozi b’ubutabazi . WFP yagize ati: “Nyuma y’igitero giheruka, WFP yahatiwe guhagarika by’agateganyo ingendo zayo ziva muri Bor, muri Leta ya Jonglei ku nshuro ya kabiri mu byumweru byinshi kugira ngo yongere gusuzuma ingamba zo kugabanya amakimbirane.” […]
Uwacu Julienne arahakana gufungisha umuturage w’i Rubavu
Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE) ushinzwe gahunda y’ubudaheranwa, Uwacu Julienne, arahakana gufungisha umuturage wo mu murenge wa Bugeshi, akarere ka Rubavu witwa Ntabarifasha Nsabimana. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’umunyamakuru wa BTN TV, Uwacu yabajije ati: “None se njyewe ndafunga? Ibibazo by’ubutabera bibaze abantu bamufunze. Ntabwo mfunga, simfungura, sinca imanza, ikibazo umbaza […]
Les consultations sur la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC reprendront en mai
Les consultations nationales pour la rĂ©daction de la Constitution de la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC devraient reprendre dans les États partenaires de l’EAC ; la RĂ©publique du Kenya devant tenir les sessions en mai 2023 . Les experts constitutionnels rĂ©gionaux qui rĂ©digent la Constitution de la FĂ©dĂ©ration politique de l’EAC doivent tenir des consultations avec diverses […]
Kenya: Umunyeshuri yiciwe mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 werurwe, umunyeshuri yiciwe muri Kenya ubwo imirwano hagati y’inzego zishinzwe umutekano n’abigaragambyaga barwanya leta yafataga intera nyuma y’aho umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga ahamagaje imyigaragambyo ya buri cyumweru kubera igiciro cy’imibereho gikomeje kuzamuka . Igipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cyarashe imyuka iryana mu maso kinatera amazi abigaragambyaga mu […]
Perezida Paul Kagame ari i Doha
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari i Doha mu gihugu cya Qatar, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko muri uru ruzinduko n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bakaganira ku bufatanye bukomeje hagati y’u Rwanda na Qatar mu nzego zitandukanye. […]
Tshisekedi yibasiye u Bwongereza kubera u Rwanda
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yibasiye guverinoma y’u Bwongereza, avuga ko yanze kwemeza ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 rukanakorera ubwicanyi mu gihugu cye, no kurwamagana. Tshisekedi mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jane Flanagan wa Times, yavuze ko u Bwongereza buri kwirengagiza ibyo igihugu cye kirega u Rwanda, kandi […]
Missile nyinshi z’u Burusiya zasenyewe mu gitero cya drones cyagabwe muri Crimea
Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Ukraine yavuze ko guturika kwabereye mu majyaruguru ya CrimĂ©e yigaruriwe kwasenye misile z’u Burusiya zari zitwawe muri gari ya moshi . Umuyobozi w’umujyi wa Dzhankoi washyizweho n’u Burusiya yavuze ko ako gace katewe n’indege zitagira abaderevu. Ukraine yatangaje iturika ariko, nk’uko bisanzwe, ntabwo yavuze yeruye ko ari yo yari inyuma y’icyo […]
Ibintu 3 Gen. Muhoozi yigiye kuri Perezida Kagame
Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba umujyanama we ku bikorwa byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba, avuga ko hari ibintu bitatu by’ingenzi yigiye kuri Perezida Paul Kagame ahamya ko ari umwe mu bantu b’ibihangange ku Isi. Ni mu butumwa uyu musirikare yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter, mbere yo gushimira byimazeyo Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda. Yagize […]