Zelensky yateguje ingabo z’u Burusiya kurimbuka mu gihe zitava vuba muri Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zlensky, yateguje ingabo z’u Burusiya ko zigiye kurimbuka mu gihe zitamenya ubwenge ngo zive vuba muri Ukraine. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 4 Mata 2023 ubwo yasuraga ishuri ingabo z’u Burusiya zari zafashe bunyago, yabajijwe icyo igihugu cye giteganya ku rugamba kirimo n’ingabo z’u Burusiya. Yasubije ati: “Ngiye guha […]

Musanze: Umuturage ari mu gihombo cya Frw miliyoni 40 avuga ko yatewe n’ubuyobozi

Amazi yuzura mu byuzi bya Mushengezi, agatwara amafi ye

Umuturage witwa Mushengezi Jean Damascène utuye mu mudugudu wa Mpenge, akagari ka Mpenge, umurenge wa Muhoza arasaba Urwego rw’Umuvunyi ko yarenganurwa, agakurwa mu gihombo cya miliyoni 40 ahamya ko yatewe n’ubuyobozi bw’akarere ka Musanze. Nk’uko abivuga, ngo ni igihombo yagize nyuma yo kugirana amasezerano n’ubuyobozi bw’akarere akora umushinga w’ubworozi bw’amafi, bumukodesha igishanga. Avuga ko yatangiye […]

UN yamaganye bikomeye Abatalibani babujije abagore kuyikorera

Umuryango w’Abibumbye (UN) wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bw’Abatalibani nyuma y’aho bubujije abagore abagore bo muri Afghanistan kuwukorera. Kuri uyu wa 4 Mata 2023, Leta y’Abatalibani yatangaje ko abagore bo muri Afghanistan basanzwe bakorera UN bagomba kubihagarika. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, StĂ©phane Dujarric. Dujarric mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 5 […]

Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 30 y’amavuko, ukurikiranyweho kwica umwana w’umugabo we yareraga w’imyaka 6 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]

Rusizi: Umurambo w’umusore bikekwa ko yishwe n’inzoga wasanzwe mu muhanda

Mu masaa munani y’igicuku zishyira uyu wa 4 Mata ni bwo abanyerondo basanze mu muhanda wo mu mudugudu wa Kannyogo, akagari ka Kamashangi, umurenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi, umurambo w’umusore w’imyaka 27 witwaga Nsengiyumva Evariste, bigakekwa ko yaba yishwe n’inzoga nk’uko ibimenyetso by’ibanze bamusanganye byabigaragazaga, nubwo iperereza rikomeje ngo hamenyekane nyir’izina icyamwishe. Uwahaye […]

Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan

Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]

Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23

Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. “Uganda […]

Ruto salue le rôle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo

Le prĂ©sident William Ruto du Kenya a fĂ©licitĂ© le prĂ©sident Paul Kagame et le Rwanda pour leur comprĂ©hension et leur contribution «  inestimables  » à  la rĂ©solution de la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo . Il a dĂ©clarĂ© cela en s’adressant aux mĂ©dias lors d’une confĂ©rence de presse conjointe, dans le cadre […]

Perezida Kagame yatunguye Ruto mu ruhame, amukorera ibidasanzwe

Perezida Kagame ubwo yashyikirizaga Ruto ikirahuri cy'amazi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatunguye mugenzi we uyobora Kenya, William Samoei Ruto, imbere y’abanyamakuru, amukorera ikintu kidasanzwe kigaragara ku Mukuru w’Igihugu. Perezida Ruto uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, yageze i Kigali kuri uyu wa 4 Mata 2023, yakirwa bwa mbere na Minisitiri Dr Vincent Biruta ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, nyuma yakirwa na Perezida Kagame […]

Donald Trump yatangaje ko USA iri kwerekeza i Kuzimu

Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko iki gihugu kiri kwerekeza i Kuzimu bitewe n’ibikorwa abona ko ari bibi biri gukorwa n’ubutegetsi buriho. Kuri uyu wa 4 Mata 2023, uyu munyapolitiki yitabye urukiko rwa Lower Manhattan muri Leta ya New York, aburana ibyaha bifitanye isano n’amadolari 130,000 yaba […]

Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango

Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma y’ubushakashatsi bw’imbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe n’Ibiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, MĂ©lanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]

Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica

Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere y’urukiko ku bijyanye n’ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]

IMF n’u Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye n’inguzanyo nshya

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rw’abakozi n’u Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ry’inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari y’Amerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira n’iterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]

Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi wa mbere w’uruzinduko rwa Perezida Ruto mu Rwanda

Kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 04 Mata 2023 Perezida William Samoei Ruto wa Kenya ari i Kigali, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri ari kugirira hano mu Rwanda. Ni rwo ruzinduko rwa mbere Perezida mushya wa Kenya ari kugirira mu rw’Imisozi 1000 nyuma yo kurahirira kuyobora igihugu cye muri Nzeri umwaka ushize. Perezida Ruto […]

Afurika y’Epfo: Inteko iratabariza igisirikare cy’igihugu

Komisiyo ishinzwe ingabo mu nteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo yatabarije igisirikare cy’iki gihugu, SANDF, igaragaza ko kiri mu marembera mu gihe haba hatagize igikorwa byihuse. Iyi komisiyo, nk’uko ikinyamakuru News24 cyabitangaje, yagaragaje uburyo umushahara w’abasirikare wongerewe cyane, ariko Leta ntitekereze ku kubaka ubushobozi bw’iki gisirikare mu bijyanye n’ibikoresho n’amahugurwa. Muri raporo yakoze, iyi komisiyo […]