Nkore iki? Umukozi wo mu rugo arandyohera kuruta umugore wanjye

image_2023-04-27_054749393.png

Umukunzi wa bwiza.com yasabye ubufasha bw’icyo ashobora gukora nyuma y’uko byamunaniye kudaca umugore we inyuma, ahubwo akaba arimo kwiyumvamo umukozi wabo wo mu rugo ndetse ngo akaba amuryohera kuruta umugore bashakanye . Uyu mugabo yatangiye agira ati”Nitwa Flugence(Irindi ntabwo turivuga mu rwego rw’umutekano we), ndi umunyarwanda ariko utuye muri Uganda.Nashatse umugore mu mwaka wa 2021, […]

Sudan: resumption of fighting in Khartoum and Darfur despite the truce

Military planes fly over Khartoum and the troops of the two generals in the war for power exchange machine gun and heavy weapon fire . The deadly fighting between paramilitaries and the army entered its thirteenth day on Thursday in Sudan, where the capital Khartoum and the Darfur region are now in the grip of […]

Turahirwa watangaje ko yahawe icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwandakazi ashobora gufungwa

Ubutumwa bwa Turahirwa bwemeza ko yahawe pasiporo yanditseho 'F'

Umunyamideli Moses Turahirwa utavugwaho rumwe kubera imyitwarire imuranga, ashobora gufungwa nyuma y’aho atangaje ko yahawe agatabo k’inzira (pasiporo) kemeza ko ari Umunyarwandakazi. Turahirwa bigaragara ko ari umusore, kuri uyu wa 26 Mata 2023 yashyize kopi ya pasiporo yo mu Kwakira 2021 iriho amazina ye yombi, ku mwanya w’igitsinda handitseho F (Female), agerekaho interuro ishimira Perezida, […]

Perezida Erdogan wa Turkiya yafashwe n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone

Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yahagaritse kwiyamamariza amatora nyuma yo gufatwa n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone aho ikiganiro cyahagaritswe mu buryo butunguranye . Nyuma yo kuruhuka iminota 20, yagarutse avuga ko afite “ikibazo mu gifu” nyuma y’iminsi ibiri yiyamamaza. Perezida Erdogan, ufite imyaka 69, azaba ahanganye mu matora n’umugabo ushobora kutazamworohera. Umuyobozi mukuru w’abatavuga […]

Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi imaze kubonekamo imibiri 588 y’Abatutsi bazize jenoside

Byabaye ngombwa ko amaterasi yari amaze gukora asenywa kugira ngo hakomeze hashakishwe iyi mibiri

Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi mu karere ka Rusizi imaze kubonekamo imibiri 588 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi kuva mu mpera z’ukwezi gushize. Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, yatangarije The New Times ko igikorwa cyo gushakisha iyi mibiri cyatangiye nyuma y’aho mu kwezi gushize abakoraga amaterasi bavumbuye mike muri yo. Meya Kibiriga yagize […]

Perezida Paul Kagame yagendereye Tanzania (Amafoto)

20230427_133453.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Dar es Salaam muri Tanzania; mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri Umukuru w’Igihugu yatumiwemo na mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania. Perezida Paul Kagame akigera ku kibuga cy’indege cyitiriwe Mwalimu Julius Nyerere yakiriwe n’itsinda ry’abayobozi bo muri Guverinoma ya Tanzania […]

Umukozi w’akarere uvugwaho gusambanira mu ruhame yoherejwe muri gereza

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko umukozi w’akarere ka Nyamagabe ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) uherutse kugaragara akora ibyo abenshi bita gusambanira mu ruhame afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Nk’uko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwabyemeje mu minsi yashize, uyu mugabo yatawe muri yombi tariki ya 6 Mata 2023 nyuma y’aho hakwirakwiye amashusho amugaragaza asa n’usambanira n’umukobwa mu […]

Le prĂ©sident Kagame en visite d’Etat de deux jours en Tanzanie

Le prĂ©sident Paul Kagame devrait arriver cet après-midi en Tanzanie pour une visite de travail de deux jours au cours de laquelle il rencontrera la prĂ©sidente du pays, Samia Suluhu Hassan . Les deux dirigeants s’entretiendront plus tard dans la journĂ©e à  la maison d’à‰tat du pays. La visite de Kagame en Tanzanie intervient à  […]

Rema yahishuye ibyahishwe ku itandukana rye na Eddy Kenzo rimaze imyaka 4

image_2023-04-27_015626297.png

Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo, yavuze ibyo atari yaravuze mu gihe yatandukanaga n’uyu muhanzi . Hashize imyaka igera hafi kuri itanu, hamenyekanye inkuru y’itandukana ry’aba bombi, nyuma y’uko batumvikanye ku by’urugo n’ibindi batifushe gutangaza. Nyuma y’iyo myaka yose rero bagiye birinda kuvuga byinshi kuri iryo tandukana, gusa kuri iyi nshuro Rema yashyize […]

Colombia: Perezida Gustavo Petro yirukanye abaminisitiri 7 muri guverinoma ye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Mata 2023, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yatangaje ko yasimbuje abaminisitiri be barindwi, nyuma yo kwitambika imishinga myinshi y’amavugurura y’abagize guverinoma ye . Ibibazo bya politiki muri Colombia bimaze amezi icyenda, cyane cyane kuva Perezida mushya, Gustavo Petro, perezida wa mbere w’umukomuniste muri iki gihugu, ukomeje guhura n’imbogmizi […]

Erling Haaland na Kevin De Bryune, imvano y’intsinzi ya Man.City

70278845-12017801-image-a-6_1682550915470-8d416.jpg

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, nibwo abantu benshi bari bategereje umukino w’ishiraniro hagati ya Arsenal na Manchester umukino waje kurangira ari ibitego 4-1 . Uyu mukino waranzwe n’igitutu kinshi ku makipe yombi haba kuri Arsenal na Man. City kuko zose zirimo gukoza imitwe y’intoki ku gikombe. Erling Haaland, Kevin De Bryune, ni bo […]

Matata Ponyo yagaragaje uburyo urwango Abanyekongo bafitiye u Rwanda rwatumye bamwita Umunyarwanda

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo yagaragaje uburyo urwango Abanyekongo bafitiye u Rwanda rwatumye bamwita Umunyarwanda. Uyu munyapolitiki mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa France 24, yabajijwe ku itegeko ryitiriwe Tshiani ritaremezwa ribuza udafite ababyeyi bombi b’Abanyekongo guhabwa umwanya w’ubuyobozi muri iki gihugu. Matata yatangaje ko atarishyigikiye, ati: “Itegeko rya Tshiani […]

Perezida Paul Kagame agiye gusura kimwe mu bihugu bituranye n’u Rwanda

Perezida Paul Kagame kuva kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Mata 2023, aratangira uruzinduko rw’akazi muri Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Tanzania yatangaje ko uruzinduko rw’Umukuru w’Igihugu muri iki gihugu rugomba kumara iminsi ibiri. Ni ku butumire bwa mugenzi we, Samia Suluhu Hassan. Perezida Kagame nagera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga […]

Rishi Sunak yanze gusaba imbabazi Abanyafurika u Bwongereza bwagize abacakara

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yanze gusaba imbabazi Abanyafurika igihugu cye cyagize abacakara kuva mu kinyejana cya 15 kugeza mu cya 19 no guha indishyi abagizweho ingaruka. Kubyanga byashingiye ku kibazo umudepite mu nteko ishinga amategeko uhagarariye ishyaka Labour, Bell Ribeiro-Addy yamubaije kijyanye no gusaba imbabazi mu buryo bwuzuye kandi bwumvikana no kwemera gutanga […]

Gen Muhoozi yasoje Operasiyo yaherukaga gushingwa na Museveni

Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yamaze kwakira abaturage bayo barenga 200 bari baraheze muri Sudani kubera intambara ikomeje kubera muri iki gihugu. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ni bwo aba Bagande 211 bageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe bakubutse muri Ethiopia, aho buririye indege bavuye muri Sudani. Ku kibuga cy’indege bakiriwe n’umujyanama mukuru […]