Bruce Melodie wanze kumugarira mu mukino wa Basket yawushoyemo umutahe
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ku bufatanye na Coach Gael uyobora 1:55AM, bashoye imari mu ikipe ya Basket Ball ya United Generation Basketball (UGB). Bruce Melodie nk’umuhanzi yavuze ko mbere yo kwinjira mu buhanzi yabanje gukina uyu mukino ariko umuntu umwe aza kumukandagira ino, ahitamo kubireka ajya mu muziki. Kuri uyu wa Gatanu […]
Kwa Capitaine Ibrahim TraorĂ© hapfubye indi Coup d’Ă©tat
Guverinoma ya Burkina Faso yemeje ko ku wa Kane tariki ya 18 Mutarama muri icyo gihugu hageragejwe Coup d’Ă©tat, ariko iza kuburizwamo. Byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma wamaganye icyo yise “kugerageza ubugira kenshi guhungabanya” kiriya gihugu giherereye mu karere ka Sahel. Rimtalba Jean Emmanuel OuĂ©draogo yavuze ko abagerageje uriya mugambi bamaze gutabwa muri yombi. Uyu yavuze […]
Kompanyi umunani nizo zasaranganyijwe Bus 100 zizajya zitwara abagenzi
Ibigo bigera ku munani nibyo byagabanijwe Bus 100 zamaze kugera i Kigali, aho zizajya zitwara abagenzi mu byerekezo bitandukanye. Izi Bus zije nyuma y’uko Leta ifashe icyemezo cyo kuzigura, ikigamijwe ari ukugabanya umurongo ukunze kugaragara ahategerwa imodoka. Ni gahunda kandi yari igamije korohereza abashoramari mu gutwara abantu nâibintu mu mujyi wa Kigali.Kugeza ubu abatsindiye isoko […]
Baravuga ko babangamiwe n’umwanda uva mu Ibagiro rya Gakenke
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe n’amayezi avanze n’undi mwanda biva mu Ibagiro rya Gakenke, aho bemeza ko usibye umunuko biteza, binangiza ibidukikije kuko biruhukira mu mugezi wa Base. Umuyobozi wâAkarere ka Gakenke yemeje ko iki kibazo bacyumvise kandi bagihagurukiye ngo gikemuke vuba. Ni nyuma yâaho abaturage bamwe bari basabye […]
Uganda yagiranye amasezerano yâubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica
Muri iki cyumweru Uganda yagiranye amasezerano yâubufatanye mu bya gisirikare nâigihugu bidasangiye umupaka cya Repubulika ya Centrafrica. Minisitiri wâingabo nâibibazo byâabavuye ku rugerero wa Uganda, Vincent Ssempijja, avuga ko amasezerano yâubwumvikane (MOU) âyongeye gushimangiraâ ubushake bwâigihugu cye bwo kugirana ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica. Ati: âUganda yahoze ishaka guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere […]
Bobi Wine ‘yeretse umujyi’ abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe
Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi muri Uganda nka Bobi Wine, yaciye mu rihumye abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe ajya kwifatanya mu myigaragambyo n’abamushyigikiye. Kuva ku wa Kane tariki ya 18 urugo rwa Bobi Wine ruherereye i Magere mu karere ka Wakiso ndetse n’urwa Dr Kizza Besigye na we utavuga rumwe n’ubutegetsi, zigoswe n’igisirikare ndetse na […]
Abanyekongo amagana bakorewe ‘Operasiyo’ yo kubirukana ku butaka bwa Angola
Guverinoma ya Angola yafashe icyemezo cyo kwirukana, Abanyekongo barenga 200 babarizwa ku butaka bwayo.Abirukanwe ni abatagira ibyangombwa n’abacukura amabuye y’agaciro ari mu bwoko bwa Diamond mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abirukanwe bageze ku mupaka wa Kamoko uri mu birometre 150 byâAmjyepfo yâi Ntara ya Tshikapa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 17/01/2024. Sosiyete Sivile […]
Burundi:Perezida Ndayishimiye yasabwe kweguza Minisitiri w’umutekano
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yasabwe ko yakweguza mu maguru mashya Minisitiri w’umutekano ku mpamvu y’icyemezo yafashe cyo gufunga umupaka uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Ibi byasabwe n’Ishyaka ryo mu Burundi rizwi nka Nkundagihugu MAP Burundi Buhire,aho ryasabye ko uyu Minisitiri Martin Niteretse yeguzwa kuko yafunze imipaka kandi binyuranyije nâamategeko agenga umuryango wa Afrika […]
Kicukiro: Umwe mu bari bagiye kwiba mu kigo cya Real Construction yarashwe ahita apfa
Umwe mu bakekwaho ubujura bari bagiye kwiba ibikoresho bya Kompanyi yâubwubatsi ya âReal Constructionâ mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, yarashwe ubwo bashakaga kurwanya abashinzwe umutekano nkâuko byemejwe na polisi. Uwarashwe agahita ahasiga ubuzima, ni umusore warashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Nyabigugu mu […]
Komiseri Mukuru wa RRA agiye gukurikirana ikibazo cy’imisoro y’imbaho kirembeje abanya Rutsiro

Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Bizimana Ruganintwali Pascal, yavuze ko agiye guhagurukira ikibazo cy’Abacuruza ibikomoka ku mashyamba (Imbaho) bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko barembejwe n’Imisoro batazi aho yakomotse. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yahaye Itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri ushize, Tariki 17 Mutarama 2024, ubwo yari mu Karere ka Rubavu, aho yitabiriye […]
Joseph Kabila yanze kwitabira irahira rya Tshisekedi
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntabwo azitabira umuhango w’irahira rya FĂ©lix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi azarahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri, mu muhango uzabera kuri Stade des Martyrs i Kinshasa. Abakuru b’ibihugu 18 ni bo byitezwe […]
U Burundi bukomeje kurunda ingabo nâibikoresho ku mupaka nâu Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko abagabo bambaye impuzankano za gisirikare nâigipolisi, bitwaje intwaro nyinshi, bakomeje kurundwa mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rwa za komini Mabayi na Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâu Burundi) hafi yâumupaka nâu Rwanda. Abaturage baho bavuze ko bafite impungenge ariko komanda ushinzwe ibikorwa aho […]
Afurika:Ibi bihugu 18 bizabamo amatora ya Perezida muri uyu mwaka wa 2024

Uyu mwaka wa 2024, ni umwaka witezwemo amatora y’abaperezida mu bihugu byinshi ku isi , ariko byagera muri Afurika bikaba akarusho kuko ku rutonde rw’ibihugu bizabamo amatora hagaragaramo ibigera kuri 18 hakiyongeraho n’ibirwa bya mauritius bizabamo amatora y’abadepite. Ibi bihugu uko ari 18 , harimo ibyagiye bikomatanya amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ibindi bihitamo gutegura amatora […]
Indege zâintambara za FARDC zakomeje kwibasira ibirindiro bya M23 muri Masisi

Kuri uyu wa Gatanu Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gifatanyije nâingabo za SADC bakomeje ibitero byâindege ku birindiro bitandukanye bya M23 muri Masisi. Amakuru atangazwa nâabanyamakuru begereye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga ko igitero cyâindege cyibasiye ibirindiro byâinyeshyamba za M23 mu ifamu bita Espoir muri Teritwari ya Masisi, hafi yâuruganda […]
Minisitiri w’Intebe Ngirente ari muri Uganda
Minisitiri w’Intebe, Dr Ă â°douard Ngirente, ari i Kampala muri Uganda aho yitabiriye inama yâAbakuru bâIbihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango wâibihugu bidafite aho bibogamiye (Non-Aligned Movement). Ku wa Mbere tariki ya 15 Mutarama ni bwo imirimo y’iyi nama iri kuba Ku ncuro ya 19 yatangiye. Ababarirwa mu 4,000 baturutse mu bihugu 120 byo hirya […]
Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali basabye ababishinzwe guhagurukira abanyereza imitungo yabo
Nubwo bishimira umusaruro bagezeho babikesha gukorera hamwe mu makoperative, Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo barasaba ko inzego zibishinzwe zahagurukira imicungire mibi yâamakoperative bagakumira abanyereza imitungo yayo. Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, uwitwa Nyirambanjineza Josephine amaze imyaka itanu yinjiye muri Koperative KOMUSES ihinga umuceri ikanatubura ibigori mu Gishanga […]
Burundi: Agathon Rwasa n’uwahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko mu mazi abira
Leta y’u Burundi irashinja Agathon Rwasa ukuriye Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi na LĂ©once Ngendakumana wahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko gukorana n’imitwe y’iterabwoba. Ni ibirego aba bagabo bombi bashinjwe biciye mu itangazo riheruka gusohorwa na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Martin Niteretse. Ni itangazo ribaburira rinabasaba “kwitegura ingaruka zo kwihuza n’iyo mitwe.” Rwasa na Ngendakumana […]
Ruhango:Ubuyobozi buvuga iki ku banyeshuri 72 barwariye rimwe?
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buravuga buhangayikishijwe n’umubare w’abanyeshuri 72 baherutse kwibasirwa n’indwara y’ibicurane bakarwarira rimwe. Ni abanyeshuri bo mu Rwunge rwâAmashuri (GS) Indangaburezi mu Karere ka Ruhango, aho abo banyeshuri baherutse kwibasirwa n’ibicurane byabanje gutuma hacyekwa ko ari ubundi burwayi. Ubuyobozi bwâAkarere burahumuriza, abantu bukavuga ko ari indwara isanzwe atari icyorezo nkâuko hari abari babiketse. […]
Bikomeje kuba bibi hagati ya Amerika na Houthi
Ibintu bikomeje kuba bibi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’inyeshyamba za Houthi nyuma y’uko uyu mutwe urashe ibisasu ku mato y’ubucuruzi ya Amerika na Israel. Ibi byatumye habaho kumisha ibisasu kuri izi nyeshyamba Amerika ivuga ko zishyigikiwe na Iran , ariko by’umwihariko kuri uyu wa Kane nibwo hamenyekanye amakuru ko misiles 14 z’aba […]
RDC:Harimo gucurwa umugambi wo kuburizamo irahira rya Tshisekedi
Bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi barimo gucura umugambi wo kwishyira hamwe bagategura imyigaragambyo yo kwamagana no kuburizamo gahunda y’irahira rya Perezida Tshisekedi. Ni umugambi watangiye kumenyekana kuri uyu wa Kane tariki ya 18/01/2024, aho abarimo Martin Fayulu, MoĂ ÂŻse Katumbi, Anzuluni Floribert nâabandi bahamagariye Abanyekongo bose kwigaragambya ngo bagaragaze ko batishimiye ibyavuye mu matora. […]