Congo: Abafana bigaragambije mu mihanda ya Lubumbashi

Abafana ba TP Mazembe yo muri Congo biraye mu mihanda i Lubumbashi barigaragambya nyuma y’uko bandikanye ibaruwa Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi bamusaba guha ikipe yabo amafaranga igihugu cyemerera ikipe yitabiriye imikino nyafurika. Ubusanzwe ikipe yasohokeye Congo igira amafaranga ihabwa na Leta aho iyifashisha mu mikino yaserukiyemo igihugu, gusa TP Mazembe yo ntikiyahabwa. Mu rwego rwo […]

Umunyamerika yishwe n’inzovu muri Zambia

ed9a5b2a7cab48c694994686a8e91858_md.webp

Umukerarugendo w’umugore w’imyaka 80 ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yishwe n’inzovu ubwo yari yasuye Kafue National Park muri Zambia. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize nibwa umukecuru w’imyaka 80 utatangajwe amazina yishwe n’inzovu muri Zambia. Ubwo uyu mukecuru n’abandi bari kumwe mu bukerarugendo muri Kafue National Park bahuye n’inzovu yakuze maze ikaza igasekura imodoka […]

Ba Rushingwangerero baracyahanze amaso Perezida Kagame

Abayobora utugali mu Rwanda (Rushingwangerero) baracyibuka ijambo ryo muri Bibiliya umwe muri bo yabwiye umukuru w’Igihugu agira ati “Nk’uko abagaragu amaso yabo bayahanga shebuja na ba Rushingwangerero turihano amaso tuyabahanzeho murakoze nyakubahwa.” Ubu hashize umwaka urenga kuko hari ku wa 28 Werurwe 2023, ubwo Perezida Kagame yabwirwaga n’Abayobozi b’Utugali akaga baterwa n’umushahara muke bahembwa cyane […]

Kurya Chocolat birwanya umubyibuho ukabije no kwibagirwa vuba-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko kurya chocolat yo mu bwoko bwa ‘Theobromine’ bifasha mu kugabanya umubyibuho ndetse bikanarwanya indwara y’ubwonko yo kwibagirwa vuba. Nk’uko biri mu bushakashatsi bwa kaminuza yo mu Bushunwa yitwa Zhengzhou University mu nkuru yasohotse mu kinyamakuru Functional Foods, Theobromine yasanzwe muri chocolat ifite intungamubiri zigiye zitandukanye zishobora gufasha umuntu. Muri Theobromine basanzemo […]

U Rwanda rwasubije RDC irushinja gushaka urwitwazo kuri FDLR

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko itewe impungenge no kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukingira ikibaba FDLR ivuga ko u Rwanda rukomeje kugira urwitwazo uyu mutwe, nyamara utakibaho. Ni ibikubiye mu butumwa umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda yanditse ku rubuga rwe rwa X, aho yagaragaje ko ibyo Kinshasa ivuga biri mu rwego rwo […]

Umupolisi wo mu muhanda yagonzwe n’imodoka yari ahagaritse

433868738_427815839941995_862274601619207484_n.jpg

Umupolisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda wari uri mu kazi ke yahagaritse imodoka kugira ngo asuzume ko yujuje ibyangombwa maze uwari uyitwaye ahita amugonga amuta aho. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Mata 2024, mu Burundi habereye amahanoa aho umuyobozi w’ikinyabiziga yagonze umupolisi wo mu muhanda wari umuhagaritse. Ibi byabereye mu […]

Uganda: Urukiko rushinzwe iremezo ry’itegeko nshinga rwemeje itegeko rihana abatinganyi

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 03 Mata 2024, Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga rwa Uganda rwemeje itegeko rirwanya abaryamana bahuje ibitsina riteganya igihano cy’urupfu kubera “ubutinganyi bukabije”(“homosexualitĂ© aggravĂ©e”) Muri Gicurasi umwaka ushize, Perezida Yoweri Museveni yashyize umukono kuri iri tegeko. Iri tegeko rishyigikiwe n’abagande benshi, ariko ryamaganwa cyane n’abaharanira uburenganzira bwa muntu cyane […]

RIB yafashe abiyitaga abavuzi gakondo harimo n’uwari ufite inzoka n’akanyamasyo bizima

Aba bantu batatu berekanywe kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Mata 2024 ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Mujyi wa Kigali, kuri Sitasiyo ya Remera.Muri aba harimo uwari ufite inzoka nzima n’akanyamashyo. Uretse aba bantu bakurikiranyweho ubutekamutwe beretswe itangazamakuru, hanagaragajwe ibyo bakoreshaga muri ubu butekamutwe bakekwaho; birimo amahembe, impu z’inyamaswa n’ibikoresho byo hambere nk’uducuma n’utweso. […]

Mu Rwanda hazatangirwa ibihembo by’abitwaye neza muri Fomula 1 n’ahandi

Bwa mbere ku mugabane wa Africa byumwihariko mu gihugu cy’u Rwanda hazabera ibirori bikomeye cyane bitegurwa n’Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’imodoka zo gusiganwa ‘FIA’ rifite icyicaro gikuru i Paris mu Bufaransa. Buri mwaka iri FIA itegura ibihembo byo guhemba abakinnyi baba baritwaye neza mu marushanwa yo gusiganwa ku modoka agiye atandukanye ku isi. Iyo amarushanwa yose y’umwaka […]

Muri Taiwan ibintu bikomeje kuba bibi kubera umutingito

Tayiwani Ibikorwa byo gutabara birakomeje nyuma y’umutingito wibasiye iki gihugu ugahitana bane. Uyu mutingito ufite ubukana bwa 7.4 wibasiye Tayiwani wangiza ibikorwaremezo birimo amazu arenga 700. Mu murwa mukuru Taipei, amashusho yerekanaga inyubako zinyeganyega bikabije izindi zigwa. Kugeza ubu ubutabazi burimo kuboneka ngo ntibuhagije kuburyo hagomba kwitabazwa izindi nzego z’ububanyi n’Amahanga. Ibiro bya perezida byavuze […]

RIB yatangiye iperereza ku rupfu rwa Dr Adel Zrane

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye iperereza ku cyishe umutoza wari ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi b’ikipe ya APR FC, Dr Adel Zrane. Ku wa Kabiri tariki 02 Mata 2024, nibwo hasakaye inkuru y’icamugongo ivuga ko uyu mutoza wakomokaga muri Tunisia yitabye Imana aguye iwe mu rugo gusa icyo yazize kikaba kitaramenyekanye. Nyuma y’urupfu rw’amayobera rw’uyu mutoza, […]

SANDF yavuze ku makuru y’uko hari abasirikare bayo bishyikirije M23

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF), cyanyomoje amakuru yavugaga ko hari abasirikare bacyo baheruka kwishyikiriza umutwe wa M23. Ikinyamakuru National Security News giheruka gutangaza ko hari abasirikare benshi bo mu ngabo za Afurika y’Epfo Guverinoma y’iki gihugu yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu cyumweru gishize bamanitse amaboko imbere y’umutwe wa M23 boherejwe kurwanya. Iki […]

APR FC na AS Kigali ntibigikinnye ku wa Gatanu

fb_img_17121699443659464.jpg

Umukino wagombaga guhuza AS Kigali na APR FC kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Mata 2024 wasubitswe, kubera urupfu rw’uwari umutoza wa APR FC, Dr Adel Zrane. Ku munsi w’ejo hashize nibwo hamenyekanye amakuru y’inshamugongo ko umutozo wongerera imbaraga abakinnyi ba APR FC, Dr Adel Zrane yapfuye. Nyuma y’ayo makuru, APR FC yasabye ko […]

Nyina wa Gen. David Muhoozi yapfuye

Nyina wa Gen. David Rubakuba Muhoozi, Edinance Kyomugyemo Rubakuba yapfuye ku wa Mbere, tariki ya 1 Mata 2024. Amakuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi yamenyekanye ku wa Mbere w’iki cyumweru, tariki ya 1 Mata 2024. Ku wa Kabiri nibwo habaye umuhango wo kwibuka ubuzima bw’uyu mubyeyi, ukaba warabereye mu rugo aho yari atuye i Buziga mu mujyi […]

Rugombo: Umuyobozi muri minisiteri ishinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu yasanzwe yapfuye

Umurambo wa Lin Nshimirimana wabonetse kuri uyu wa Mbere, itariki ya 1 Mata, hafi y’umugezi wa Nyamagana muri Komini ya Rugombo mu Ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Burundi)nyuma yo gushimutwa ku Cyumweru gishize n’abantu bataramenyekana. Amakuru agera kuri SOS Media Burundi avuga ko uyu wishwe yari umuyobozi muri minisiteri ishinzwe ibibazo by’imbere mu […]

Ubudage bwakuye numero 44 isa n’ikirango cy’abanazi ku myenda y’abakinnyi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Budage na Sosiyete Adidas bemeranije gukura ku isoko no kutazongera kwandika ku myambaro y’abakinnyi numero 44 yandikwaga imeze nk’inyuguti SS ryakoreshwaga n’abanazi mu gihe cy’intambara ya kabiri y’isi. Ubu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Budage riri gushaka indi Sosiyete yakwandika umubare 4 neza ntugire aho uhurira n’izo nyuguti. Ibiganiro birigukoranwa n’isosiyete ya […]

Kigali: Mu rugo rw’umuntu habonetse imibiri 21 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside

Mu rugo rw’umuntu mu murenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali habonetse imibiri 21 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi mibiri yabonetse nyuma y’uko hari umuhanda urimo gukorwa mu Mudugudu w’Intiganda aho bita muri Marathon mu Kagali ka Terero mu karere ka Nyargenge. Ni imibiri yabonetse ubwo imashini ya Company Stecol Corporation yakoraga uwo muhanda […]

Kenya: Abaganga batangiye icyumweru cya gatatu cy’imyigaragambyo

Sendika y’abaganga, abize iby’imiti (pharmaciens) ndetse n’ibyamenyo (dentistes) muri Kenya yitwa KMPDU, ikaba ihuje abagera ku bihumbi birindwi, yatangiye imyigaragambyo kuva mu kwezi gushize ubu ikaba yinjiye mu cyumweru cya gatatu. Barasaba byinshi. Mbere na mbere barasaba ubwishingizi bwuzuye ni ukuvuga ijana ku ijana bwo kwivuza kuri bo no ku babo, kongererwa umushahara, kwishyurwa ibirarane […]

Inzigo y’Ubushinwa na Amerika ishobora kuba amateka nyuma y’ibiganiro bya Biden na Xi Jingping

Ubushinwa na Amerika mu nzira zisenyera umugozi umwe , nyuma y’uko Perezida Biden na Xi Jingping baganiriye kuri telefoni. Aba bayobozi baganiriye ku cyazahura umubano hagati y’ibihugu byombi bagendeye ku bibazo ibihugu byombi bigitanye birimo iby’ubucuruzi, ikoranabuhanga bimaze igihe bigomganisha ibihugu. Iki kiganiro cyamaze hafi amasaha abiri. Abo bategetsi baherukaga kuvugana mu kwezi kwa 11 […]

Umugore wa Kabila yasabye Imana kongera kumugira Perezida wa RDC

Umugore wa Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Imana kongera kumugira Perezida w’iki gihugu, kugira ngo abashe gushyira iherezo ku ntambara zimaze igihe zicyugarije. Madamu Olive Lembe Kabila yahereye Imana icyo cyifuzo i Goma, aho aheruka gusura ibihumbi by’abanye-Congo bavanwe mu byabo n’intambara imaze imyaka hafi ibiri n’igice […]

HRW igiye gusohora inyandiko zivuga kuri Jenoside zimaze igihe mu ishyinguranyandiko ryayo

Human Rights Watch,Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, uratangaza ko ugiye gusohora uruhererekane rw’inyandiko zo mu ishyinguranyandiko ryawo zivuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Izo nyandiko zerekana umuhate udasanzwe w’impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda n’i mahanga, mu kuburira ko jenoside yategurwaga no mu kugerageza guhagarika ubwicanyi nkuko HRW ivuga . Uyu […]

Uburusiya: Ukraine yashwanyuje uruganda rwa Peteroli ikoreheje ibisasu biremereye

Ukraine yigambye ko igisirikare cyayo cyagabye igitero kiremereye by, indege zitagira abapirote ku ruganda rw’Uburusiya ruyungurura Peteroli Uru ruganda rwa Taneco ni urw’ikigo cy’u bucukuzi Tatneft, ruyungurura peteroli, aho ingabo za Ukraine zarigabyeho ibitero rugashwanyuka. Reuters ivuga ko urwo ruganda ruyungurura peteroli rwateweho ibisasu, ari urwa gatatu ku bunini ku nganda ziyungurura peteroli muri icyo […]

Senegal: Ousmane Sonko utacanaga uwaka na Mack Sall yagizwe minisitiri w’intebe

Kuri uyu wa Kabiri, Bassirou Diomaye Faye watorewe kuba perezida wa Senegal, yemeza ko hazahinduka imikorere nyuma y’imyivumbagatanyo yaguyemo abantu ndetse anagira umujyanama we, Ousmane Sonko, minisitiri w’intebe. Faye, w’imyaka 44, ntabwo yari yarigeze atorerwa undi mwanya mu buyozi. Yatsinze amatora aheruka mu cyiciro cya mbere asezeranya ivugurura rikomeye nyuma y’iminsi 10 avuye muri gereza […]

Afurika y’Epfo:Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko yasabiwe kweguzwa

Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo ashobora gutabwa muri yombi kubera ibirego bya ruswa. Nosiviwe Mapisa-Nqakula, umwe mu bagize ishyaka riri ku butegetsi arashinjwa kwakira ruswa igihe yari minisitiri w’ingabo. Abashinjacyaha bavuga ko yakiriye ruswa ya miliyoni 135.000 by’amadolari hagati y’Ukuboza 2016 ndetse no muri Nyakanga 2019 yatse indi ruswa ya $105,000 ariko ntiyayishyurwa. […]

Ish Kevin yijunditse ibinyamakuru IGIHE na Inyarwanda

kevin.jpg

Umuraperi Semana Ishimwe Kevin uzwi ku mazina ya Ish Kevin muri muzika nyarwanda, yijunditse ibitangazamakuru byatangaje ko hari aho ahuriye n’abasore bakekwaho ubujura RIB iheruka kwereka itangazamakuru. Ku wa Kabiri tariki ya 2 Mata ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwerekanye aba basore. Umuvugizi warwo, Dr Murangira B Thierry yabwiye abanyamakuru ko aba bakekwaho kuba abajura […]