Goma: Dr. Paluku wari ushinzwe ibikorwa by’ ubuvuzi muri Zone ya Karisimbi yapfuye

Dr. Paluku Musumba Obedi, wayoboraga zone y’ubuvuzi ya karisimbi iherereye mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yapfuye. Mu ijoro ryo ku itariki ya 26 ishyira iya 27/05/2025, ni bwo Dr Paluku yarasiwe iwe mu rugo, n’abantu batamenyekanye bari bakihishyanye imbunda mu duce tugenzurwa […]
RDC: AFC/M23 irashinja leta kurunda ingabo n’intwaro hafi y’ibirindiro byayo

Ihuriro rya AFC / M23 riramenyesha Umuryango Mpuzamahanga ndetse n’amahanga ko Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) kiri kurunda ingabo n’ibikoresho bya gisirikare ku mpande zose z’imirongo y’urugamba nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umuvugizi, Laurence Kanyuka. Muri iri tangazo avuga ko “Ikibabaje kurushaho, ni uko ihuriro ry’ingabo, harimo n’Ingabo z’igihugu cy’u Burundi, zatunze nkana […]
Rais Kagame Aungana na Tume ya Broadband Kuadhimisha Miaka 15 ya Kueneza Mtandao wa Intaneti

Mchana wa Jumapili, Julai 6, katika Village Urugwiro, Rais Paul Kagame alijiunga na Tume ya Broadband kuadhimisha miaka 15 ya kupanua upatikanaji wa mtandao wa intaneti duniani. Rais Kagame, aliyeshiriki mkutano huo kwa njia ya kidijitali, alisema: “Imekuwa miaka 15 tangu tuanze na imani kwamba mtandao wa broadband unapaswa kufikia kila mtu, kila mahali. Leo […]
Le Président Kagame célèbre 15 ans de promotion de la connectivité avec la Commission du Haut Débit

L’après-midi du dimanche 6 juillet, au Village Urugwiro, le PrĂ©sident Paul Kagame s’est joint Ă la Commission du Haut DĂ©bit (Broadband Commission) pour cĂ©lĂ©brer 15 ans d’expansion de l’accès Ă Internet Ă travers le monde. Participant virtuellement, le PrĂ©sident Kagame a dĂ©clarĂ© : « Quinze ans se sont Ă©coulĂ©s depuis que nous avons commencĂ© avec […]
President Kagame Joins Broadband Commission to Mark 15 Years of Expanding Global Connectivity

On the afternoon of Sunday, July 6, at Village Urugwiro, President Paul Kagame joined the Broadband Commission in celebrating 15 years of expanding internet access, a mission led by this commission dedicated to promoting broadband connectivity. President Kagame, who participated virtually, said: “It has been 15 years since we began with the shared belief that […]
Perezida Kagame yagize uruhare mu kwizihiza ibimaze gukorwa mu ikwirakwizwa rya internet

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, itariki 6 Nyakanga, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yifatanyije na Komisiyo ya Broadband mu rwego rwo kwizihiza imyaka 15 yo kwagura umurongo wa interineti bigizwemo uruhare n’iyi komisiyo ishinzwe umurongo mugari (Broadband Commission). Perezida Kagame muri iyi nama, yitabiriye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yagize ati: “Imyaka 15 irashize, dutangiranye […]
Polisi ya Columbia yataye muri yombi ukekwaho gushaka kwica umunyapolitiki ukomeye mu gihugu

Polisi ya Colombia yataye muri yombi umugabo ukekwaho gutegura igitero cyari kigamije kwivugana Senateri Miguel Uribe, umwe mu banyapolitiki bakomeye bo mu ishyaka ry’abakomeye ku mahame gakondo, andetse akaba aherutse gutangaza ko aziyamamaza mu matora ya Perezida y’ umwaka utaha wa 2026. Uyu munyapolitiki w’imyaka 39 kugeza ubu aracyari mu bitaro ndetse ubuzima bwe bukaba […]
Uganda Yapinga Kuingilia Mambo ya DRC Licha ya Shutuma za Umoja wa Mataifa

Maafisa wa kijeshi wa Uganda wamekanusha kuhusika na mzozo wa usalama katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Congo (DRC), huku raia wa Kongo wakizidi kutilia shaka nafasi ya Uganda kwenye mzozo huo. Katika ripoti ya hivi karibuni, wataalam wa Umoja wa Mataifa walidai kuwa Uganda ilituma zaidi ya majeshi 1,000 ya UPDF kwenye mji wa Bunia […]
L’Ouganda nie toute implication militaire en RDC malgrĂ© les accusations de l’ONU

Les autoritĂ©s militaires ougandaises ont niĂ© toute implication dans la crise sĂ©curitaire en RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC), alors que des doutes persistent parmi les Congolais quant au vĂ©ritable rĂ´le de Kampala. Dans un rapport rĂ©cent, des experts de l’ONU ont pointĂ© du doigt l’Ouganda, l’accusant d’avoir dĂ©ployĂ© plus de 1 000 nouveaux soldats de […]
Uganda Denies Military Meddling in Congo Amid UN Accusations and Local Suspicion

Ugandan military officials have denied involvement in the security crisis in the Democratic Republic of Congo (DRC), while Congolese citizens continue to suspect Uganda’s double game in the ongoing conflict. In a recent report, United Nations experts accused Uganda of deploying over 1,000 new UPDF troops to Bunia and the territories of Mahagi and Djugu […]
Ntitwigeze duteganya gutera DRC iyo tubigira tuba twarageze i Kinshasa – Gen. Muhoozi

Abategetsi b’igisirikare cya Uganda barahakana uruhare rwabo mu kibazo cy’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe Abanyekongo bakomeje gushidikanya ku bijyanye n’impu ebyiri za Kampala mu bibera iwabo. Muri raporo yabo iheruka, impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zatunze urutoki Uganda, zivuga ko yohereje abasirikare bashya barenga igihumbi ba UPDF mu Mujyi wa Bunia no muri […]
Shambulio la Kigaidi Laua Wanajeshi 10 Niger, Magaidi 41 Wauawa Karibu na Mpaka wa Burkina Faso

Serikali ya Niger imetangaza kuwa wapiganaji wa makundi ya kigaidi walitekeleza mashambulizi mawili makubwa magharibi mwa nchi hiyo karibu na mpaka wa Burkina Faso, na kusababisha vifo vya wanajeshi 10 wa serikali, kulingana na taarifa ya Wizara ya Ulinzi. Katika taarifa iliyosomwa kupitia televisheni ya taifa, Waziri wa Ulinzi Jenerali Salifou Modi alisema kuwa mashambulizi […]
Attaques meurtrières au Niger : 10 soldats tués, 41 djihadistes abattus près de la frontière burkinabè

Le gouvernement du Niger a annoncĂ© que des combattants terroristes ont lancĂ© deux attaques majeures dans l’ouest du pays, près de la frontière avec le Burkina Faso, causant la mort de 10 soldats de l’armĂ©e, selon le ministère de la DĂ©fense. Dans une dĂ©claration diffusĂ©e Ă la tĂ©lĂ©vision nationale, le ministre de la DĂ©fense, le […]
Deadly Terror Attacks in Niger Leave 10 Soldiers Dead, 41 Militants Killed Near Burkina Faso Border

The government of Niger has announced that terrorist fighters launched two major attacks in the western part of the country near the Burkina Faso border, resulting in the death of 10 government soldiers, according to the Ministry of Defense. In a statement broadcast on national television, Defense Minister General Salifou Modi said that the attacks […]
Abasirikari 10 ba Niger bahitanwe n’ ibitero by’ Abiyahuzi abandi barabakomeretsa

Leta ya Niger yatangaje ko, abarwanyi b’imitwe y’iterabwoba bagabye ibitero bibiri bikomeye mu burengerazuba bwa Nijeri hafi y’umupaka wa Burkina Faso, bihitana abasirikare 10 ba Leta, nk’uko byemejwe na Minisiteri y’Ingabo. Mu itangazo ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Minisitiri w’Ingabo Jenerali Salifou Modi yavuze ko ibyo bitero byagabwe ku masaha amwe ku wa Gatanu, tariki ya […]
Rwanda Kufungua Hospitali 10 za Kisasa za Vyuo Vikuu Mikoani – Waziri wa Afya

Katika maeneo mbalimbali ya mikoa nchini Rwanda, serikali inatarajia kufungua hospitali 10 mpya za kiwango cha chuo kikuu, za rufaa ya pili, kama ilivyoelezwa na Waziri wa Afya Dkt. Sabin Nsanzimana katika mahojiano na RBA kuhusu hali ya sekta ya afya miaka 31 baada ya Rwanda kujikomboa. Baada ya mauaji ya kimbari dhidi ya Watutsi […]
Le Rwanda va ouvrir 10 nouveaux hôpitaux universitaires dans les provinces – Ministre de la Santé

Dans plusieurs provinces du Rwanda, 10 nouveaux hĂ´pitaux universitaires de niveau secondaire vont bientĂ´t ouvrir, a annoncĂ© le ministre de la SantĂ©, Dr Sabin Nsanzimana, dans une interview accordĂ©e Ă RBA Ă l’occasion des 31 ans de la libĂ©ration du pays. Après le gĂ©nocide contre les Tutsi de 1994, le nombre de mĂ©decins Ă©tait très […]
Rwanda to Open 10 New University-Level Hospitals in the Provinces – Minister of Health

Across different provinces of Rwanda, 10 new university-level hospitals (second-level referral) will soon be opened, according to Minister of Health Dr. Sabin Nsanzimana in an interview with RBA, reflecting on Rwanda’s health sector 31 years after liberation. After the 1994 Genocide against the Tutsi, the number of medical doctors in the country was very low […]
Hirya no hino mu ntara hagiye gukwizwa ibitaro bishya 10 bya kaminuza

Hirya no hino mu Ntara zo mu Rwanda hagiye gufungurwa ibitaro 10 bya Kaminuza, biri ku rwego rwa Kabiri nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu kiganiro na RBA, kigaruka ku ishusho y’urwego rw’Ubuzima mu myaka 31 u Rwanda rumaze rwibohoye. Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umubare w’abaganga wari muto mu […]
Wanajeshi wa FARDC Watuhumiwa Kula Mishahara ya Walimu Bafwasende

Katika eneo la Bafwasende, wanajeshi wa kikosi cha Jungle wa FARDC (Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo) wanatuhumiwa kuiba kiasi kikubwa cha fedha siku ya Alhamisi, tarehe 3 Julai. Fedha hizo zilikuwa mishahara ya walimu wa Bafwasende II, katika mkoa wa elimu wa Tshopo I. Saddam Tango, rais wa chama cha walimu wa Bafwasende, […]
Des Soldats de la FARDC Accusés d’Avoir Volé les Salaires des Enseignants à Bafwasende

Ă€ Bafwasende, des soldats du bataillon Jungle des FARDC (Forces armĂ©es de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo) sont accusĂ©s d’avoir volĂ© une importante somme d’argent le jeudi 3 juillet. Cet argent Ă©tait destinĂ© au paiement des enseignants de Bafwasende II, dans la province Ă©ducationnelle de Tshopo I. Saddam Tango, prĂ©sident de l’association des enseignants de […]
FARDC Soldiers Accused of Stealing Teachers’ Salaries in Bafwasende

In Bafwasende, soldiers from the Jungle unit of the FARDC (Armed Forces of the Democratic Republic of Congo) are accused of looting a large sum of money on Thursday, July 3rd. The stolen funds were reportedly intended as salaries for teachers in Bafwasende II, part of the Tshopo I education province. Saddam Tango, president of […]
RDC: Abasirikare ba FARDC bibye imishahara y’abarimu muri Tshopo

Ahitwa Bafwasende, Abasirikare ba FARDC bo mu mutwe witwa Jungle barashinjwa gusahura amafaranga menshi ku wa Kane, itariki ya 3 Nyakanga, yari agenewe umushahara w’abarimu bo mu gice cya Bafwasende II, mu Ntara y’uburezi ya Tshopo I. Saddam Tango, perezida w’ishyirahamwe ry’abarimu ba Bafwasende, yatangaje ko amafaranga yatwawe ari umushahara w’abarimu bo mu mashuri abanza […]
Elon Musk Aanzisha “Chama cha Amerika” Kupinga Mfumo wa Vyama Viwili Marekani

Tajiri namba moja duniani na kiongozi wa kampuni mbalimbali za teknolojia, Elon Musk, ametangaza kuanzishwa kwa chama kipya cha kisiasa nchini Marekani kiitwacho America Party, kwa lengo la kupinga utawala wa vyama viwili vya jadi unaotawala Marekani. Jumamosi, aliandika kwenye mtandao wake wa kijamii X: “Kuhusu jinsi nchi yetu inaharibiwa na ufisadi na matumizi mabaya, […]
Elon Musk lance le “Parti AmĂ©ricain” pour bousculer le système bipartisan des États-Unis

L’homme le plus riche du monde et patron de plusieurs entreprises technologiques, Elon Musk, a annoncĂ© la crĂ©ation d’un nouveau parti politique amĂ©ricain baptisĂ© Parti AmĂ©ricain, destinĂ© Ă contester la domination des deux partis traditionnels aux États-Unis. Samedi, il a Ă©crit sur X, son propre rĂ©seau social : « En ce qui concerne la ruine […]
Elon Musk Launches “America Party” to Break U.S. Two-Party System

The world’s richest man and tech mogul, Elon Musk, has announced the creation of a new American political party called the America Party, aimed at challenging the traditional two-party dominance in the United States. On Saturday, he posted on X, his social media platform: “When it comes to our country being ruined by waste & […]
Elon Musk yashinze ishyaka rigiye guhangana n’Abademokarate n’Abarepubulikani

Umuherwe wa mbere ku Isi uyoboye ibigo bitandukanye by’ikoranabuhanga, Elon Musk, avuga ko yatangije ishyaka rya politiki rishya rya Amerika ryitwa America Party, rigiye guhangana n’amashyaka abiri asanzwe asimburana mu kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ku wa Gatandatu, yanditse kuri X, urubuga nkoranyambaga rwe, ati: “Ku bijyanye no guhomba igihugu cyacu imyanda & ruswa, […]