Intsinzi ya PSG na Atlético yashimwe na Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimye amakipe ya AtlĂ©tico de Madrid na Paris Saint-Germain nyuma yo kugera muri ½ cy’irangiza cya UEFA Champions League. Ibi byabaye nyuma y’imikino yo kwishyura ya ÂĽ yabaye ku wa 14 Mata 2026, aho PSG yatsinze Liverpool FC ibitego 2-0, biyihesha gukomeza ku giteranyo cya 4-0 mu […]
Ejo hazaza ha M23: Intambara cyangwa politiki?

Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ibitekerezo by’abakurikiranira hafi ibibera muri aka karere bikomeje kwibanda ku hazaza h’umutwe wa M23. Ese uyu mutwe uzahitamo gukomeza intambara, cyangwa uzinjira mu nzira ya politiki ishobora gutanga igisubizo kirambye? Intambara irakomeje, ariko ifite aho igarukira Mu mezi ashize, M23 […]
Perezida Kagame ari muri Congo

Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida w’iki gihugu, Denis Sassou Nguesso. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo Umukuru w’Igihugu yageze i Brazzaville, mbere yo kwakirwa na Minisitiri w’Intebe wa Congo, Anatole Collinet Makosso. Ku wa Kane tariki ya 16 Mata ni bwo […]
Bwa mbere abasirikare ba AFC/M23 n’aba FARDC bagiye guhurira muri EJVM

Abahagarariye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa AFC-M23, kuri uyu wa Gatatu bashyize umukono ku masezerano agamije gukaza uburyo bwo kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge. Ni amasezerano yashyiriweho umukono mu Busuwisi, aho impande zombi ziri kugiranira ibiganiro kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru. Aya masezerano ateganya ko abasirikare ba AFC/M23 bagomba kwinjizwa […]
Abidjan: Umunyamabanga Mukuru wa OIF yagiranye ibiganiro na Perezida Ouattara

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Mata 2026, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yakiriwe, i Abidjan, na Alassane Ouattara, Perezida wa Repubulika ya Cote d’Ivoire. Ibiganiro byibanze ahanini ku bibazo bijyanye n’inama ya Francophonie itegerejwe, izabera muri Cambodge mu Gushyingo 2026. Usibye ibyo bibazo, baganiriye ku bufatanye buri hagati ya CĂ´te d’Ivoire na OIF […]
Amahoro arambye arashoboka muri Congo?

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba isibaniro ry’intambara zimaze imyaka myinshi, ikibazo gikomeje kwibazwa ni ‘ese amahoro arambye arashoboka koko?’ Igisubizo gishingiye ku mpinduka zikomeye, haba iza politiki, iz’umutekano n’iz’ubukungu, zigomba kubaho icyarimwe. Amahoro arashoboka, ariko ashingiye ku mpinduka zikomeye Amateka agaragaza ko imirwano yo mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru […]
Brazzaville: Minisitiri Biruta yakiriwe n’umuhungu wa Sassou Nguesso

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 14 Mata, Minisitiri w’Ubutwererane Mpuzamahanga wa Repubulika ya Congo, akaba n’umuhungu wa Perezida Sassou Nguesso, yakiriye Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, aherekejwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo hamwe n’intumwa z’abayobozi b’u Rwanda. Abinyujije kuri X, Minisitiri Christel Sassou Nguesso yagize ati: “Iyi nama iri mu […]
U Burundi bwohereje izindi ngabo i Mulenge

Ahagana saa mbiri z’ijoro hongeye kugaragara ibikorwa byo kohereza izindi ngabo z’u Burundi ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko ubu bwato bwari buhageze ku cyambu cya Rumonge, aho bwapakiraga ibikoresho ndetse n’abandi basirikare benshi, nk’uko ababyiboneye babivuga. Ni nyuma y’uko tariki ya 4 Mata, mu nkuru […]
Tariki 15 Mata 1994: Umunsi za kiliziya n’insengero zimenerwamo amaraso menshi y’Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 15 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. Abatutsi biciwe kuri Cour d’appel ya Ruhengeri, Musanze Inyubako y’Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Musanze, yahoze yitwa […]
Semuhungu akurikiranyweho gusambanya undi ku gahato

Dosiye ya Semuhungu Eric, uherutse gutabwa muri yombi, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026 nk’uko byemejwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry. Semuhungu yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026, akurikiranyweho ibyaha bitatu bikomeye. Birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gushyira hanze amashusho ajyanye n’imikoreshereze y’ibitsina hifashishijwe mudasobwa […]
RDC irakira abimukira ba mbere birukanwe muri Amerika muri iki cyumweru

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yiteguye kwakira abantu ba mbere barenga 30 birukanwe muri Amerika muri iki cyumweru, nk’uko amakuru agera kuri Reuters avuga, nk’urugero ruheruka rwa Washington ikoresha amasezerano na guverinoma za Afurika mu kwihutisha iyirukanwa ry’abimukira. Nk’uko amakuru amwe n’amwe ari mu nyandiko z’urukiko muri Amerika abigaragaza, abirukanwe bose bakomoka mu bindi bihugu […]
Rubavu: Batanu bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo w’imyaka 43 ukekwaho kwica umugore we w’imyaka 38 y’amavuko ndetse n’abasore bane yahaye akazi ko kumwica. Icyaha bakurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 01 Mata 2026 mu Mudugudu wa Kinihira, Akagari ka Kibisabo, Umurenge wa Rambura, mu Karere ka Nyabihu ubwo aba basore bane bategeraga uyu mugore mu […]
Ambasaderi Ntahiraja mu bari ku isonga ryo gutegura umugambi w’u Burundi wo gutera u Rwanda

Ambasaderi w’u Burundi i Bruxelles mu Bubiligi, ThĂ©rence Ntahiraja, aravugwa mu bikorwa byo guhuza abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda baba muri kiriya gihugu, mu mugambi wo gushoza intambara ku Rwanda. Iby’uyu mugambi byashyizwe ahabona n’Umuryango FOCODE biciye muri Nininahazwe Pacifique uwuyobora. Hari mu kiganiro cyagarukaga ku iturika riheruka kwibasira ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare […]
AFC/M23 na CICR basinyanye amasezerano

Umutwe wa AFC/M23 na Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge, mu mpera z’icyumweru gishize basinyanye amasezerano yerekeye gutwara abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bari mu maboko y’uriya mutwe. Ni amasezerano yashyizweho umukono hagati y’itariki ya 11 n’iya 12 Mata, akaba ateganya ko abasirikare ba Leta ya Kinshasa bari mu maboko ya […]
Macron yasabye Amerika na Iran gusubira ku meza y’ibiganiro bwangu

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran gusubukura ibiganiro bwangu, nyuma y’uko ibyo impande zombi zagiranye mu cyumweru gishize ntacyo zashoboye kugeraho. Macron mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X ejo ku wa Kabiri, yavuze ko ubusabe bwe yabugejeje kuri ba Perezida Massoud Pezeshkian wa Iran na Donald […]