I Bruxelles habereye imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanye-Congo baba mu mahanga, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi bakoreye imyigaragambyo i Bruxelles mu Bubiligi bamagana “imiyoborere mibi n’ihohoterwa rikomeje kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo”, bigizwemo uruhare n’ubutegetsi bw’iki gihugu. Ni imyigaragambyo yateguwe n’abanye-Congo baba mu mahanga biciye mu miryango irimo GAKONDO, APDH, Diaspora Plurielle Congolaise n’indi. Aba mu itangazo […]
U Burusiya bugiye kubaka mu Rwanda uruganda rw’ingufu za nuclĂ©aire

Ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ingufu za nuclĂ©aire, Rosatom, cyatangaje ko kiri kwagura ibikorwa byacyo ku rwego mpuzamahanga, aho u Rwanda ruri mu bihugu bishya gifitanye na cyo amasezerano yo kubaka inganda zitanga amashanyarazi akomoka ku ngufu za nuclĂ©aire. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa Rosatom, Alexey Likhachev, mu kiganiro yahaye igitangazamakuru cya Vesti cyo mu Burusiya. […]
Hafi ya kilometero miliyari 26 uvuye ku Isi: Voyager 1 ikomeje gukora amateka

Nyuma y’imyaka hafi 50 iri mu rugendo rutigeze ruhagarara, icyogajuru cya NASA kizwi nka Voyager 1 kiri hafi kugera ku rwego amateka atigeze abona: intera urumuri rufata umunsi umwe wose kugira ngo rugere ku Isi. NASA ivuga ko mu Ugushyingo 2026, Voyager 1 izaba iri ku ntera ya “one light-day” uvuye ku Isi — ni […]
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania ategerejwe mu Rwanda

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ategerejwe i Kigali mu ntangiriro z’icyumweru gitaha aho azitabira inama mpuzamahanga yiga ku ngufu za nuclĂ©aire muri Afurika. Iyi nama izwi nka Nuclear Energy Innovation Summit for Africa 2026, iteganyijwe kubera mu i Kigali kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 21 Gicurasi 2026. Iyi nama igiye kubera mu […]
RDC: Abatuye i Minembwe babyukiye mu mvura y’amabombe

Kuva ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 15 Gicurasi 2026, ubutegetsi bwa Kinshasa bwategetse kohereza kajugujugu nyinshi z’intambara zitwaje ibisasu byinshi zivuye i Kalemie kugira ngo zigire uruhare mu bitero bikomeje biri kwibasira Minembwe no mu turere tuyikikije. Izi ngufu za gisirikare zongerewe ku ntwaro zimaze igihe […]
Jean Luc Habyarimana yahuye na perezida wa FDLR n’abasirikare bakuru muri Pinga

Nyuma y’iminsi akorera ingendo i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’i Bujumbura na Gitega mu Burundi, Jean-Luc Habyarimana usanzwe ari umuhungu wa Habyarimana JuvĂ©nal wabaye Perezida w’u Rwanda yanageze mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu mujyi wa Pinga, uherereye muri teretwari ya Walikale. Amakuru BWIZA yamenye yemeza ko uyu mugabo mu byumweru bibiri […]
M23 kuva Sange yerekeza Luvungi na hafi ya Kamanyola: Gusubira inyuma cyangwa, amayeri ya gisirikare?

Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukaza umurego, amakuru avuga ko abarwanyi ba AFC/M23 bavuye muri Sange berekeza i Luvungi, mu bilometero nka 60 mu majyaruguru ya Uvira berekeza hafi ya Kamanyola, yateje kwibaza byinshi ku cyerekezo cy’urugamba. Ese ni uguhunga igitutu cya FARDC n’abo bafatanyije, cyangwa ni […]
Kidumu yabitswe ari muzima

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Kidum yahakanye amakuru yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yitabye Imana nyuma y’impanuka ikomeye yabereye i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2026, Kidum yavuze ko ari muzima kandi ko ayo makuru yaturutse ku […]
Walikale: Inyeshyamba za Wazalendo zishe umuyobozi washyizweho na AFC/M23

Umuyobozi mushya w’Umudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya Walikale, ku wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi, yishwe na Wazalendo, nyuma y’amasaha 48 gusa ashyizweho n’inyeshyamba za AFC / M23. Uwahohotewe yiciwe iwe imbere y’umuryango we. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko Abawazalendo bamukubise amasasu mbere yo kuburira […]
Umuyobozi wa CIA yasuye Cuba mu ruzinduko rudasanzwe

Umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bwo hanze cya Amerika, CIA, yasuye Cuba abonana n’ushinzwe ubutasi muri icyo gihugu mu murwa mukuru, Havana, aho yari ajyanye “ubutumwa bwite bwa Perezida Donald Trump”. John Ratcliffe yagiye Havana nyuma y’uko Washington yemereye Cuba inkunga ya miliyoni 100$ yo kuyifasha koroherwa n’ingaruka z’ibihano Washington n’ubundi yabafatiye. Perezida Miguel Diaz-Canel wa Cuba […]
Nduhungirehe yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byabeshye ko yitabiriye ibiganiro byitabiriwe n’abarimo P. Kagame i NairobiÂ

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavugaga ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi yitabiriye ibiganiro byabereye mu nama ya Africa Forward Summit iheruka kubera i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga X na Farah Muamba Kayowa ukuriye itumanaho muri Perezidansi ya […]