Gahunda ya Green Party yo kugeza inzego za yo mu mirenge yakomereje n’ahandi

Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Kamena, gahunda y’ishyaka Rihanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda yo gushyiraho inzego zaryo ku rwego rw’umurenge, yakomereje mu mirenge ya Kagogo na Kinyababa mu Karere ka Burera, mu Ntara y’Amajyaruguru. Muri iyi mirenge habereye inama ikomatanyije n’amahugurwa ku barwanashyaka ba Green Party, hanashyirwaho inzego z’ishyaka, mu gikorwa cyayoborwe […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yitezweho gutangaza ubwegure bwe kuwa Mbere

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere uza atangaza ko avuye kuri uyu mwanya, nyuma y’igitutu kinini cy’abadepite bo mu ishyaka ry’abakozi akomokamo, ibiharurira inzira Andy Burnham zo kuba umuyobozi w’Ishyaka ry’Abakozi. Kuri iki Cyumweru, umunyamabanga ushinzwe ubucuruzi, Peter Kyle, avugira guverinoma, yanze kugira icyo atangaza kuri gahunda zihariye za […]

Abanyarwanda n’Abarundi baba muri Kenya: Agapfa kaburiwe ni impongo

Amashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga cyane kuri Facebook, hagaragara bamwe mu rubyiruko rwo muri Kenya aburira Abanyarwanda, Abarundi batibagiwe n’Abanya-Uganda baba muri icyo gihugu, ko mu 2027 bagomba gusohoka muri icyo gihugu bitaba ibyo bakazabona ishyano. Amwe mu mashusho yakwirakwiye ku rubuga L.C.M Media, bamwe mu rubyiruko bumvikanye baburira Abanyarwanda n’Abarundi batibagiwe n’abanya-Uganda, ko […]

“Tweets” za Gen. Muhoozi zaba zimaze kuba akasamutwe ku badipolomate ba Uganda

Ikiganiro kuri telefoni hagati ya Maj. Gen. (Rtd) Kahinda Otafiire ubu uri minisitiri w’amazi n’ibidukikije, na Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, Mirjam Blaak, cyerekana ko ubutumwa Umugaba Mukuru w’Ingabo wa Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, akunze gushyira ku mbuga nkoranyambaga bumaze kuba akasamutwe ku badipolomate ba Uganda bashaka guhagarika kunengwa n’ibihugu by’i […]

Afurika y’Epfo: Umukobwa wa Zuma yirukanwe mu ishyaka se yashinze

Muri Afurika y’Epfo, Duduzile Zuma, umwe mu bakobwa b’uwahoze ari perezida, Jacob Zuma, yirukanwe muri MK, ishyaka rya politiki rya se. Araregwa kwangiza ubumwe bw’ishyaka, n’ubufatanye nyuma y’amakuru menshi yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga. Kwirukanwa kwa Duduzile Zuma ngo bitanga ubutumwa busobanutse: MK (uMkhonto weSizwe) ishobora guhana umwe mu banyamuryango bayo, ndetse n’umukobwa w’uwayishinze. Umukobwa w’uwahoze […]

Abasilamu bo mu Rwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Kamena, Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) wakoze igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza–Kicukiro. Ahagarariye ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Umuvugizi Wungirije wa RDF, Lt Col Simon Kabera, yatanze ikiganiro ku bitabiriye iki gikorwa, agaragaza uko Jenoside […]

Intumwa za Amerika na Iran zageze mu Busuwisi ahagiye kubera ibiganiro bishya

Ibiganiro bitaziguye hagati ya Amerika na Iran biteganijwe gutangirira mu Busuwisi nubwo Ingabo za Iran zavuze ko zongeye gufunga Umuhora wa Hormuz kubera ibitero bya Israel byibasiye amajyepfo ya Liban. Igisirikare cya Amerika cyamaganye ibyatangajwe n’Igisirikare cya Iran, kivuga ko “umuhora ukomeje kuba nyabagendwa”. Iran yavuze ko iyi nzira yafunzwe mu rwego rwo gusubiza ibitero […]