Umuryango wa Edgar Lungu watsindiye umurambo we wari uhanganiye na Leta ya Zambia

Umuryango wa Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati ya 2015 na 2021, watsinze urubanza wari umaze igihe uhanganyemo na Leta ya kiriya gihugu ku birebana n’aho umurambo we ugomba gushyingurwa. Kuri uyu wa 23 Kamena 2026, Urukiko rw’Ubujurire rwa Afurika y’Epfo rwafashe icyemezo gitesha agaciro umwanzuro wari warafashwe n’urukiko rw’ibanze, rwari rwahaye Leta ya […]

Shakib mu rukundo n’umunyarwandakazi 

Nyuma y’uko umunyamideli Zari Hassan, uzwi nka The Boss Lady, atangaje ko yatandukanye na Shakib Cham Lutaaya nyuma y’imyaka itanu bari bamaranye, hatangiye kuvugwa amakuru mashya ku buzima bw’urukundo rwa Shakib. Amakuru ari gukwirakwira agaragaza ko Shakib yaba ari mu rukundo n’umuhanzikazi Kin Bella, Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda. Aba bombi baherutse kugaragara bari kumwe […]

FARDC yakamejeje mu bitero byibasira abaturage nyuma yo gukubitwa kenshi ku butaka

Nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ku butaka no kugaragara ko badashoboye guhangana n’ingabo za AFC/M23, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zakajije umurego mu bikorwa byo gutera ibisasu ku baturage b’abasivili. Nk’uko bitangazwa n’Ihuriro AFC/M23 mu itangazo ryashyize ahagaragara, kuva ku wa Mbere, itariki 22 Kamena 2026, saa 11h30 kugeza kuri uyu wa Kabiri, itariki […]

Lourenço yanze umushinga mushya w’ibiganiro wa Tshisekedi uheza Kabila na AFC/M23

Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço, yanze gushyigikira umushinga Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari yagejeje i Luanda, ugamije gutegura ibiganiro byiswe ‘États gĂ©nĂ©raux de la Refondation de l’État pour le Salut de la Patrie’. Jeune Afrique ivuga ko rwagati muri Gicurasi 2026, ubutegetsi bwa Kinshasa ari bwo bwoherereje Angola umushinga wabwo […]

Kabila yishe Laurent-Desire Kabila – UDPS

Augustin Kabuya, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS, riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashinje Joseph Kabila kuba ari we wagize uruhare mu iyicwa rya se, uwahoze ari perezida, Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila (1997-2001), mbere yo kumusimbura. Kabila yiciwe mu biro bye ku itariki ya 16 Mutarama 2001, i Kinshasa. Ku cyicaro cy’ishyaka rye, Kabuya yagize […]

Umunyamategeko Martha Karua wo muri Kenya yirukanwe nabi muri Uganda

Umwunganizi mu bijyanye n’amategeko wo mu gihugu cya Kenya, Martha Karua, yangiwe kwinjira muri Uganda maze asubira i Nairobi, kuri uyu wa Mbere ushize, nyuma y’uko abashinzwe abinjira n’abasohoka bamushyize mu cyiciro cy’ “abimukira batemewe,” nk’uko bigaragara ku itangazo ryashyizwe ahagaragara ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe. Iki cyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bushinzwe abinjira n’abasohoka, bwategetse […]

U Burundi bwohereje umusada uremereye mu gace ‘Strategique’ ka Point-ZĂ©ro

Igisirikare cy’u Burundi kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Kamena, cyohereje umusada ukomeye w’abasirikare n’ibikoresho bya gisirikare ugamije gufasha ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kudatakaza agace ka Point-ZĂ©ro kuva ku wa Mbere kari kuberamo imirwano ikomeye. Amakuru BWIZA yahawe n’amasoko yayo ari mu mujyi wa Uvira, avuga […]

RDC: Ihuriro C64 riramagana ibikorwa by’urugomo bikomeje kwibasira kiliziya

Ihuriro Article 64 (C64) riharanira kurengera itegeko nshinga ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ibikorwa by’urugomo byiyongera kuri Kiliziya Gatolika muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 22 Kamena 2026, uru rubuga rwa politiki rwamaganye ibitero byibasiye inyubako nyinshi z’idini ndetse n’ibikorwa by’iterabwoba byibasira abagize ubuyobozi bwa kiliziya. Nk’uko C64 ibivuga, ibi […]

Ntabwo ndi wa mugabo ukubita urushyi mu musaya umwe nkaguha undi-Gashumba yarubiye

Umunyarwanda akaba n’Umushabitsi muri Uganda, Frank Malimungu Gashumba, avuga ko we yanga umwanga, agakunda umukunda, ko atemera ibyo ibitabo birimo Bibiliya byigisha ko ugukubise urushyi mu musaya umwe, muhe n’undi wo ku rundi ruhande. Ni mukiganiro kuri Radio4 kuwa Mbere w’iki cyumweru, Frank Gashumba yavuze ko hari igihe atajya agendera ku byanditswe mu bitabo bitagatifu. […]

RDF na RNP bahaye amatungo abaturage i Kirehe na Kayonza

Ingabo hamwe na Polisi by’u Rwanda bahaye abaturage bo mu turere twa Kirehe na Kayonza inka n’ihene kuri uyu wa 22 Kamena 2026, mu rwego rwa gahunda y’Ibikorwa bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage (DSCOP 2026). Iki gikorwa cyo gutanga amatungo kizakomeza mu cyumweru cyose mu mirenge itandukanye irimo Nasho mu Karere ka Kirehe, ndetse […]

Kuki Ndayishimiye atagaragara mu nama z’ibihangange, ese Afurika ihabwa ijambo ringana iki?

Mu gihe Perezida w’Uburundi, Évariste Ndayishimiye, ari we uyoboye Afurika Yunze Ubumwe muri uyu mwaka, hari abibajije impamvu atagaragara cyane mu nama mpuzamahanga zikomeye zihuza ibihugu bikomeye ku isi, zirimo G7 n’andi mahuriro afatirwamo ibyemezo bikomeye ku bukungu, umutekano n’imiyoborere y’isi. Iki kibazo kirenze Ndayishimiye ku giti cye. Ahanini kigaragaza ikibazo Afurika imaze imyaka myinshi […]