Babyeyi, muri kwiyicira abana mubyita “imikino”

Ababyeyi bamwe bashobora kuba batabizi, ariko ibyo baha abana nk’imitobe irimo isukari, ibisuguti, bombo n’ibindi biribwa bitunganyirijwe mu nganda, bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bwabo iyo bibaye akamenyero ka buri munsi. Inkuru yakozwe na PUNCH Healthwise igaragaza ko uburyo bamwe mu babyeyi bahitamo ibyo kurya n’ibyo kunywa baha abana, cyane cyane kubera kuborohereza cyangwa […]

Ed Sheeran mu makimbirane ashingiye kuri Palestine

Umuhanzi w’Umwongereza Ed Sheeran yitegura kongera kuririmba mu ruhame muri Philadelphia kuri uyu wa Gatandatu, nyuma y’impaka zavutse ku bijyanye n’ibitekerezo bishyigikira Palestine byagaragajwe n’umuhanzi wari kumufasha ku rubyiniro. Umuraperi Macklemore yakuwe mu rugendo rw’ibitaramo rwa Sheeran muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko avugiye ku rubyiniro muri New Jersey amagambo ashyigikira Palestine, arimo […]

Col. (Rtd) Jeannot Ruhunga yatangiye inshingano ze nshya

Col. (Rtd) Jeannot K. Ruhunga, yatangiye ku mugaragaro inshingano nshya zo guhagararira u Rwanda muri Pologne, nyuma yo gushyikiriza Umuyobozi wungirije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Wojciech ZajÄ…czkowski, kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri kiriya gihugu. Uyu muhango wabereye i Warsaw ku wa 18 Nzeri 2026. Mu biganiro Ruhunga yagiranye na ZajÄ…czkowski, impande zombi zaganiriye […]

Intambara ya Iran imaze gutwara Amerika miliyari 45.1 z’amadolari

Minisiteri y’Ingabo z’Amerika (Pentagon) yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ko intambara Amerika irimo na Iran imaze gutwara igihugu hafi miliyari 45.1 z’amadolari. Amakuru yatangajwe ku wa Gatanu, tariki ya 18 Nzeri 2026, avuga ko iki kiguzi cyari kimaze kugera kuri miliyari 43.6 z’amadolari kugeza ku wa 3 Nzeri, hakongerwaho andi miliyari 1.5 z’amadolari yakoreshejwe mu kongera […]

Amerika yakuyeho ibihano yari yarafatiye igisirikare cy’igihugu cyo muri Afurika

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwakuyeho ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zarafatiye Ingabo za Eritrea, ishyaka riri ku butegetsi muri icyo gihugu n’abandi bayobozi n’ibigo byari byarashyizwe ku rutonde rw’ibihano, kubera uruhare rwabo mu ntambara yo mu majyaruguru ya Ethiopia. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 18 Nzeri 2026 n’Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe […]

Tshisekedi na Maxime Prévot baganiriye ku ntambara ya FARDC na AFC/M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime PrĂ©vot, byibanda ku ngingo zirimo ikibazo cy’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa RDC. Ni ibiganiro byabereye i Bruxelles mu Bubiligi, aho Tshisekedi yari amaze iminsi. PrĂ©vot abinyujije ku rubuga rwe rwa X yatangaje ko yagiranye na Tshisekedi “umwanya […]

Rwanda FDA yahawe abayobozi basimbura abayiyoboraga bafunzwe

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 18 Nzeri 2026, yemeje impinduka mu bayobozi b’inzego za Leta zitandukanye, zirimo gushyiraho Umuyobozi Mukuru mushya w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA).   Uwahawe kuyobora iki kigo ni Raymond Muganga wari usanzwe ashinzwe ishami rya Laboratwari muri iki kigo. Muganga yasimbuye Emile Bienvenue wahoze ayobora […]