Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19

Sangiza iyi nkuru

Mu Kagari ka Fugi, Umurenge wa Ngoma mu Karere ka Nyaruguru, umwana w’umukobwa winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe, mu gihe yari aturutse mu Burundi ku wa 28 Gicurasi 2020 yagaragayeho indwara y’icyorezo ya Covid-19.

Aya makuru yemejwe n’umwe mu bayobozi muri aka Karere (iwabo w’umukobwa) Ati: “Yego ni byo. Ni umwana wabaga i Burundi, (…) agarutse ashaka kujya mu rugo, asanga hari Inkeragutabara, zimujyana kuri polisi kuri border (umupaka) zitamukozeho.”

Hanyuma ngo icyo gihe, imodoka y’imbangukiragutabara yaraje iramufata, imujyana mu kato mu Kigo Nderabuzima cya Ngoma. Abaganga bamufashe ibizamini, nyuma y’iminsi ibiri biza kugaragara ko arwaye Covid-19.

Ababyeyi babiri b’uyu mukobwa bashyizwe mu kato mbere y’uko bapimwa kugira ngo bamenye uko ubuzima bwabo buhagaze. Uyu muyobozi yemeza ko uyu mukobwa yajyanwe kwitabwaho mu bitaro bya Munini ariko ubuyobozi bw’ibi bitaro bwo burabihakana, bukavuga ko yajyanwe kwitabwaho mu kigo cyakira abarwayi ba Covid-19.

Soma Izindi Nkuru

32 Responses

  1. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ntago izinkuru ziba zisomeka rwose kdi kubikosora byajya bitubera byiza

  2. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ntago izinkuru ziba zisomeka rwose kdi kubikosora byajya bitubera byiza

  3. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Imana idufashe ntihabe hari abandi bahuye bataramenyekana kuko byaba ari akaga gakomeye

  4. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Imana idufashe ntihabe hari abandi bahuye bataramenyekana kuko byaba ari akaga gakomeye

  5. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahaaa Nyagasani nadutabare pe kuko ashobora nukuba yarahuye nabenshi barenze abo murugo bamubaze amakuru neza

  6. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahaaa Nyagasani nadutabare pe kuko ashobora nukuba yarahuye nabenshi barenze abo murugo bamubaze amakuru neza

  7. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    ayiii mbega mana dutabare kuko turugarijwe

  8. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    ayiii mbega mana dutabare kuko turugarijwe

  9. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi

  10. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi

  11. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi

  12. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri hashakishwe nabandibababahuyenawe kugirango batanduzabenshi

  13. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Has hawkish we bananas bahuyenawe batanduzabandi

  14. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Has hawkish we bananas bahuyenawe batanduzabandi

  15. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.

  16. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.

  17. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.

  18. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ahubwo Ndumva Bitoroshye Bafate Urwo Ruhererekane Rwabahuye Nawe Bose Bajye Muri Quarantine.

  19. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Imana ni dufashe iki cyorezo kitazatumana nkabo muri USA

  20. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Imana ni dufashe iki cyorezo kitazatumana nkabo muri USA

  21. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  22. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  23. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  24. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  25. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  26. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Muhumure Imana izadutabara Ariko tugomba kwirinda .

  27. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri ningombwa ko dukomeza kwirinda twu bahiriza amabwiriza Kandi ntitwirare kuko birakomeye,naho mumurenge wa ngoma nihashakishwe Ababa barahuye nuwo mukobwa Bose basuzumwe

  28. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Nukuri ningombwa ko dukomeza kwirinda twu bahiriza amabwiriza Kandi ntitwirare kuko birakomeye,naho mumurenge wa ngoma nihashakishwe Ababa barahuye nuwo mukobwa Bose basuzumwe

  29. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ntibyoroshye rwose nugukaza ingamba mukwirinda,nihashakishwe abahuye nuwo mukobwa basuzumwe

  30. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Ntibyoroshye rwose nugukaza ingamba mukwirinda,nihashakishwe abahuye nuwo mukobwa basuzumwe

  31. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Mubyukuri atange amakuru kubobahuye rwose kugirango babapim rwose cyangwa bashyirwe mukato kugeza bamenyeko batayirwaye

  32. Nyaruguru: Umuntu winjiye mu Rwanda mu buryo butemewe yagaragayeho Covid-19
    Mubyukuri atange amakuru kubobahuye rwose kugirango babapim rwose cyangwa bashyirwe mukato kugeza bamenyeko batayirwaye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *